HomeNewsIgice cya (54) cy’ubuhanuzi

Igice cya (54) cy’ubuhanuzi

 April 14, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka nyinshi cyane zitonze umurongo zerekeza mu butayu, ariko kuko buri wese yashakaga kunyuraho,ngo atange umuri mbere,byatumye zigongana zitera “JAM” bituma zihagarara zinanirwa kugenda ngo zihunge intambara ikomeye yaririmo ivuza ubuhuha muri gakondo ya bakiranutsi.Ndabwirwa ngo, “mwana w’umuntu,dore bariya bose ubonye bahunga uruvunganzoka, bahunze intambara ikomeye cyane irimo kubera muri gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Igice cya (53) cy’ubuhanuzi

Nerekwa umugore uhunganye umwana ukiri mutoya uwo mwana ni umwana w’umuhungu,maze mbona akuwe mu modoka yararimo we n’umwana we w’umuhungu bagenda na maguru mbona bakuwe mu nzira nyabagendwa banyuzwa mu nzira zibizigu bahungishirizwa mu butayu bugufiya bahishwayo kuzageza igihe intambara ikomeye igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi izarangirira bakaba ari bwo bazongera guhabwa indi modoka (umurimo) cyangwa ministeri.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryongera kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore itorero ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, rijyanywe mu gihugu cyo mu butayu bugufiya,kugirango rijye kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko Uwiteka agiye kwikorera umurimo muri gakondo ye ya bakiranutsi. Abo yajyanye kwigishirizwa mu butayu bakazigishwa neza cyane,bazamara kumenya neza inyigisho zijyanye no gukorera n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bakazakurwa mu butayu.

Nerekwa mbona umwana w’umusore ukiri mutoya mu myaka iri hagati ya 23/25 ambwira ngo,muntu w’Imana ubu twebwe urubyiruko twiteguye guhindukana nisi kuko igiye guhinduka kandi tukazahindukana nayo.Dore isi igiye gusohora ibigezweho bijyanye nirali ryacu rijyanye nigihe tugezemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!!!

Nitumara guhindukana nayo,tuzaba tugezweho kandi cyane kuko uburyo isi izaba itwifuza kugirango tuyikorere kandi tuyibemo kandi tuyibemo tunezerewe kuko ubuzima aribugufiya nka JOHN uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yamaze gutegura ibishuko byinshi bigiye kugerageza urubyiruko (Youth) kugirango rugire irali rikomeye cyane rurakire ibyisi, kuko umwanzi agiye kuzana ibindi bintu bitangaje kandi bigezweho bizararura urubyiruko kugrango bareke gukunda Imana, ahubwo bikundire isi nibiyuzuyemo byose kugirango batazagira umwanya wo kwihana bakarimbuka uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Burira urubyiruko rutinya Uwiteka bazirinde ibyo nibabibona,kuko ar’ibizabakura mu isi y’umwuka bikazabatandukanya n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorerwa mw’isi y’umwuka mbona agatsiko kabicanyi kafashe gakondo ya bakirautsi kugufu za gisirikare na  FPR, na za zamagigiri zitegura umugambi wo guhumanya abantu bose bagaragara nk’aho batemera leta ya Abega.Mbona bafashe inshinge zirimo amarozi zabigenewe zo gutera abantu batemera ubwami bw’Abega kugirango bazajye bapfa bakenyutse!

Mbona ko babateye inshinge ndetse nabajyaga bashyigikira umutwe witerabwoba wa RPF,nabo babatera inshinge z’uburozi babarenganije. Maze mbona batumiye ubundi burozi bwo kurogora abo bateye kubera ko ababateraga bari bahawe gahunda ko bazajya babikorera umuntu wese w’umukire ngo kuko abakire bakomeje kwitotombera ubwami bw’abega bubatwaza igitugu bugatuma imitima yabo ihora mu mutwe aho kuba mu mutima uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abasigaye muri gakondo ya bakiranutsi ubabwire uti,dore Umwakagara agiye kubakenya igihe cyabo cyo kuva ku isi kitaragera.Ubabwire uti,uzabishobora azajye ajya kwivuza imahanga kuko Umwakagara yamaze kugambirira kubarimbura kuko amaze kubona ko byaze bikunze agomba gupfa ubwami bw’abega bugasubiraa ba nyirabwo.

Ugomba kwica benshi baruta abo wishe 1994,kuko nicyo cyatumye tuguha gutegeka

None arashaka gusiga ahekuye uRwanda kunshuro ya kabiri kuko ibyo yakoze mbere atanyuzwe akaba ashaka kwimara agahunda nkuko abitegekwa na nyirakuru “NYIRABIYORO” kugirango yihimure ku bwami bw’uRwanda bugiye kwima ingoma bukamusimbura ku ntebe nkuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero abanyabwenge mukwiye gukora uko bikwiriye kugirango mubashe kwikiza uwo mugome,dore buri bitaro byose byo mu Rwanda birimo byibuze umwega umwe w’umudogiteri uzajya ukora izo gahunda z’Umwakagara aho umuntu azajya ajya kwivuza,mukimbo cyo kumutera urushinge rujyanye nuburwayi,ahubwo bagahita bamutera ubumara cyangwa uburozi agahita apfa yihinnye nkurwayi SIDA cyangwa warozwe kugirango bizabe urwitwazo yuko uwo bishe bamuroze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwibera no gutambagizwa mu isi y’umwuka,mbona uburyo Umwakagara na bambari be,bakomeje kwitotombera ikinyamakuru inyangeNewss.com,amakuru cyandika na mabanga gishyira hanze kikaburizamo imigambi mibisha baba bateguye ikaburizwamo n’Uhoraho Uwiteka nyiringabo binyuze k’Umuhanuzi AINESHA Majeshi Leon,abinyujije ku kinyamakuru inyangeNess.com uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,noneho amagambo ashize ivuga,kuko uhishuye amabanga akomeye cyane Umwakagara yararimo gutegura kugirango amareho ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Niyompamvu Uwiteka yagukuye muri gakondo kugirango akujyane mu gihugu cyamahanga aho wigenga kugirango uzajye wandika amagambo akomeye yamabanga yamahanga ariko cyane cyane Umwakagara kuko Uhoraho afite gahunda kuri gakondo ya bakiranutsi ubashe kurengera ubwoko bw’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo uko niko aburiye ubwoko bwe,niko Uwiteka avuga.

 

April 15, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi ararekereje yitwaje iminsi mikuru alimo gushaka abo yahitana,burira rubanda rw’Umwami abantu birinde cyane muri iyi minsi mikuru kugirango batagwa mu mutego w’Umwanzi hirya no hino uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore inkozi z’ibibi zabadayimoni zateze kandi zirategereje ngo zirebe yuko zabona amarariro zitwaje umunsi mukuru wa Pasika (Passover) kuko zamaze kubihemberwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga z’abazimu na badayimoni b’Abega bari bategereje kumena amaraso ya batariho urubanza,bakorwa nisoni.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ziriya mbata ubonye zikumwe n’Inkoko na badayimoni bari bategereje kumena amaraso ya batariho urubanza.

Ongera witegereze hanyuma umbwire icyo ubonye,nditegereza mbona noneho zinjiye mukazu kazoo ziraramo.Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,inyandiko washyize ahabona yakijije benshi kuko bari bamaze gukora utonde rwa bantu bari bucibwe ibihanga,none umugambi wabo uburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Mbona abo bazimu na badayimoni batatanye hirya no hino kuko icyo bari bategereje bakibuze,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,muri iki gihe,iyi minsi ninjyana muntu,cyane ibi bihe byanyuma by’umwakagara agiye gukurwa ku ngoma ubwami bwa Abega buri gukora ibishoboka byose ngo bwisasire benshi bakomeze gukoresha iterabwoba nyamara nta cyo bizaramira igihe cy’Uwiteka nigisohora nta kabuza azarara akuwe ku ngoma kandi azahita acibwa igihanga kuko akeba yagereyemo abandi nawe niko azagererwamo niko Uwiteka avuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibizamini [2] nakoze cyera mbitsinda byose uko ari bibiri,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibizamini wari wakoze,umwalimu wari yagukoresheje ibizamini yashatse guhisha ibisubizo byawe by’ibizamini wari wakoze,ariko noneho,byaranze kandi umutima uramucira urubanza none agiye kuguha ibisubizo byabyo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane,kuko Umwakagara igihe gihumuje kandi abagomba kumuca igihanga bakaba barimo gukora isesengura ngo barebe uburyo Umwakagara yacibwa igihanga adahitanye abantu benshi nkuko yabigenje muri 1994.

Ariko uburyo bwose barimo kugerageza barasanga bidashoboka kuko yamaze gushyiraho abantu be,bazamurwanirira kuko abamulinda R/G bahembwa umushahara mwinshi cyane kurusha izindi ngabo.

Kandi abenshi muri bo,bakomoka mu nzu ya abega,byanze bikunze bazahitana abantu kubera gushaka kuramira ingoma ya Bega,ntabwo rero bizashoboka yuko babona uburyo bwose bwo gukiza rubanda nubwo abega ari bacye,ariko umenye yuko bamaze gufatana n’umuryango wa Jezebel Nyiramongi kuburyo kuzahitana abantu byanze bikunze bazabahitana nta buryo buhari bwo gukiza abantu abatarahunze bazashira hasigare abafite isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bamenye neza yuko iby’ijambo ryahanuye bitazabura gusohoza umurimo waryo!

None mwana w’umuntu,ongera uburire ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo,nubwo ari injiji nta cyo bitwaye,ejo batazavuga yuko ngo Uwiteka nta cyo yabamariye kuko uzaba umugabo wo guhamya ibyo kugirango Uhoraho azabacire imanza zitabera.

Abananiwe gukiza ubugingo bwabo babwire biyeze igihe cyageze kandi iminsi ikona ingwe,anho ubundi nah’Intarane kuko intwari zirataka zinyinyiriwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Uko iminsi igenda ishira ninako iminsi igenda irushaho gukomera no kuba mibi uko niko Uwiteka avuga.

April 16, 2017 njyanwa mu iyerekwa ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,uti uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Mwana w’umuntu,wakoze umurimo mwiza ukomeye cyane kandi utarakoroheye nubwo Umuhanuzi yakubereye umugisha akagufasha muri byinshi utari kwishoboza niyompamvu nawe azahabwa umugisha kubwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umuhanuzi Mukuru mwabanye mubutayu,nubwo yagutanze kubukurwamo,akajyanwa mu gihugu cyamasezerano,naho wowe ukaba warasigaye ku nkengero z’ubutayu.

Dore Uwiteka azamuha umugisha ukomeye cyane,kandi azaba umwe mu bakomeye mu isi yabazima.Nubwo benshi bamwirengagije igihe yarakiri mu butayu,ariko icyo gihe benshi bazifuza kumubona ndetse no kumuvugisha kuko azagirwa umwe mu bakomeye mu isi ya bazima niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

Nerekwa abahoze mu ngabo z’Umwakagara bavuye kurugerero,mbona bafite isindwe rikomeye cyane (stress) kubera intambara ikomeye igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona bashaka kwinjira mu nzu ngo bakuremo ibyo bayibitsemo,ariko birananirana kuko inzu babagamo yarifite imiryango [2] kandi yose yarifunze (igihugu) badashobora kubona aho banyura ngo basohoke muriyo nzu kugirango bakize imiryango yabo doreko babazwa nuko badafite impamba zabakura mu gihugu ngo bashake uko baba bagiriye mu gihugu cyubutayu bufiya kuzageza cya gihe cyahanuwe n’Umuhanuzi Mukuru ko bihora mu gihe cyabyo cyategetswe.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ku nkiko za gakondo ya bakiranutsi,hasigaye imiryango [2] gusa aho abantu bashobora kunyura,indi miryango irafunze!Kanyura irafunze,Gatuna nayo nuko irafunze,Kagitumba nayo nayo irafunze kuhanyura haca uwambaye!Ubu biragoye cyane gupfa kunyura ku nkiko z’uRwanda ngo wambuke werekeza Uganda cyanngwa Uburundi kuko bahita bagushinja yuko ugiye kwifatanya nabagiye gutera Umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi hatangwa isoko (Tender) ryo gusibura za ruhurura zari zarasibye amazi atakibona aho yanyura.Mbona isoko ritsindiwe nabagore batatu (abagambanyi 3) maze bahabwa isoko ryo gusibura ruhurura ngo kuko hagiye kugwa imvura y’Umuhindo yahanuwe n’Umuhanuzi yitwa umutambiko izatambikana abakagara nabambari babo uko niko Uwiteka yabitegetse!

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abagambanyi bagambanira Umwakagara barabonetse,dore habonetse ibihugu [3] byemeye kugambanira Umwakagara bigatanga inzira yo kumutera kugirango akurwe ku ngoma niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nongera kubona abagabo [3] bahabwa isoko ryo gushishura ibigori byinshi byari byamaze gucibwa ngo babyotse kuko byari bimaze kwera,maze mbona babashyize ahantu hiherereye ngo babikureho ibishishwa.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hashyizweho abahanga batatu b’abasesenguzi bagiye gusesengura iby’intambara yahanuwe n’Umuhanuzi AINESHA Majeshi Leon,mu gice cya [1-3] cy’ubuhanuzi ko gakondo ya bakiranutsi izanyagirwa nimvura yumuhindo yitwa ‘umutambiko’izanyagira abantu benshi cyane bakabura aho bayugama,none dore igihe cyayo kirageze ngo imanukire abaturiye gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa imyiteguro irimo gukorwa y’intambara hagati yibihugu byombi America na Koreya ya majyaruguru.Ariko mbona Koreya ya majyaruguru itangira kugenza biguru ntege itafite umurego nkuwambere ubwo batangazaga yuko biteguye guhangana na America kubera gukora ibirwanisho ruhonya nganda bitwa Misilles.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,

Dore intambara mukarere ka ASIA igiye gufata indi ntera ndetse byashoboka yuko yazavamo intambara ya lll yisi yose”Third world war”,ariko ndabona amahanga ahagaritse umutima kubera icyemezo cya leta zunze ubumwe z’America zafashe zigatangira kujya ibikoresho byintambara muri koreye yamajy’Epfo kugirango ibone uko ihangana na Koreya yamajyaruguru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abitwa abakozi b’Imana cyangwa nababyiyita,bashishikajwe no kwiga iyoboka Mana bita Theo-logy,aho gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abiyita abakozi b’Imana bagiye kwiga Theology ariko nta cyo izabamarira kuko itazabakiza ibyago bibegereye kuko bibwira yuko kwiga iyobokamana byazagira icyo bibagezaho nyamara siho habonerwa ubugingo bw’ibyasezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Babwire bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kuko ibyo bibwira bisa no kugosorera murucaca,kuko ibyahanuwe bidashyize cyare,ahubwo bigeze mu marembo yo mu irango rya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa za magigiri zirukankana abadayimoni ngo babafashe mu gihe gikomeye kugiye kuza,mbona abadayimoni bakuramo akaba karenge,maze abaega basigara bonyine badafite gifasha kuko abadayimoni bajyaga babafasha gusohoza gukiranirwa kose kubaho mu isi ya bazima,mbona basigaye bonyine batagifite gifasha.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hamanutse imbaraga z’Uhoraho zije kurangiza imbaraga z’umwijima zioreshwa na abega kugirango bakurwe ku ngoma kuko igihe cyabo kimaze kurangira imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagabo [2] bakomeye boherejwe kugigira cyangwa kuneka Umwakagara,maze mbona baje bafite itumanaho rya telephone ariko baragenda barihisha hafi nubutayu bugufiya,bamara kuvugana n’Umwakagara bakagaruka bakigira nkabagiye kwituma bakihengeka bagahamagara bakavugana na bakomeye babatumye kuza kugigira Umwakagara kugirango bamenye yuko bazamuca gihanga bitabagoye!Ariko igitangaje ntabwo Umwakagara yigeze abitahura cyangwa ngo abamenye kuko atatekerezaga yuko baza kumugigira ndetse badafitanye isano nabatavuga rumwe nawe uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abanyamasengesho b’abagore bo muri gakondo ya bakiranutsi binjira mu byumba byamasengesho ngo bagiye kubaza Uwiteka niba koko hazaba intambara cyangwa nimba azayikuraho.Mbona umwuka w’Uwiteka aramanutse avugana nabo banyamasengesho ariko abenshi bari abega maze ijambo ry’Uhoraho rinyura muri umwe muri bo,ahita amera nkupfuye maze abwirwa yuko intambara igeze ku irango rya gakondo ya bakiranutsi.

Maze mbona bose uko bakabaye bahise bavuza induru kuko umwuka w’Imana yanababwiye yuko batazarindwa ahubwo ko bari mu bageni bagiye gucyurwa mu Ijuru.Maze ako kanya batangira kurira bavuza induru ndetse nugerageje kubahoza bakanga guhora kubera gutinya ibyo bumvise kandi n’Uwiteka nawe yirinda kubahumuriza arabihorera kuko bari baje kwibariza nta bwo bari bajyanywe no gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye niko Uwiteka avuga.

Nkomeza gutambagizwa mu isi y’umwuka nerekwa ibikorerwa mu isi ya bazima,mbona amakipe [2] agiye gukina umukino wahanuwe na bahanuzi,mbona ikipe yo kuruhande rwa leta y’Umwakagara,mbon iriko kwitoreza mubigo byagisirikare,naho bakeba babo bo muri RNC,bo barimo kwitoreza mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore leta y’Umwakagara ifite ubwoba bukomeye bwibigiye kuyibaho kuko yamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.Ndabwirwa ngo mu minsi itarambiranye ayo makipe araza guhura akine umukino wa  final kugirango hamenyekane uzatwara igikombe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa muri uwo mukino utumirwamo abanyamakuru benshi cyane bimihanda yose,mu isi yabazima baje kogeza uwo mukino wa nyuma wo gutwara igikombe cya “Champions” ariko mbona nubwo umukino warugiye kubera kuri stade amahoro,mbona abafana bahari ariko abakinnyi badahari. Ndabwirwa ngo, bagiye kwitoza bihagije kuko igihe cyabarangiranye kuko italiki yo gutsindanirwa igikombe yamaze gusohora igihe cyayo cyageze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkiri muri iryo yerekwa mbona uwahoze akora umurimo wo kugabura iby’Uwiteka Nyiringabo,bigeze aho aza kubivamo yikundira iby’iki gihe,amera nka “DEMA” ajya kwishakira ibyihuse bibyara ibihumye.Nuko mbona uwo muherwe witwa “Renovat”akora ibishoboka byose ngo ahunge igihugu nyuma yo gukorana na bakagara ariko aza kwibuka ibyahanuwe n’Umuhanuzi “AINESHA” ubwo bajyaga bigishwa mucyumba cyamasengesho.

Mbona afunze ibicuruzwa kugirango yitwaze yuko abijyanye hanze ya gakondo ya bakiranutsi,abanza kujya gusaba uruhushya muri ‘RPF, secretary’uruhushya rwo kwambuka,ariko bisa naho bitamukundiye kuko muri iki gihe bigoye kugirango umwakagara arekure umuntu wese wifite ngo abe yajya hanze ya gakondo ya bakiranutsi kubera gutinya ko yajya kwifatanya nabarwanya ubutegetsi bwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ko Nsengiyumva Renovat abuze uko abigenza kuko kujya Uganda kandi ariho umwanzi ugiye gutera Umwakagara ariho acumbitse,bidashoboka.Mbona ko no kujya I Burundi aho yavukiye naho bidashoboka kuko batameranye neza,Kenya naho amatoara yahoo ntawuzi icyizayavamo niko Uwiteka avuga.

Nerekwa uwahoze ari umukuru w’igihugu Pasteur Bizimungu,uburyo bamuhumanije ubwo yarafunzwe muri gereza.Bamuteye urushinga rwo mu maraso kugirango ahinduk igisenzegeri ntazagire icyo yimarira.Maze ndabwirwa ngo,dore abanyamakuru bajya bashaka kujya kumubaza ibjyanye nubuzima bwe ubwo yari muri gereza,ariko bakabura aho banyura kuko Umwakagara amuhozaho ijisho igihe cyose ku buryo atinyagambura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uyu wahoze ar’umukuru w’igihugu yategetse imyaka [6] nyuma yagenocide yabaye mu Rwanda uhereye 1994,kugeza mu mwaka w’2000,akurwa kubutegetsi n’Umwakagara kuko yaranyotewe kumena amaraso kandi akaba atari kubishobora akiri kumwanya wa Vice-President.Byatumye akura Bizimungu ku ngoma kugirango yicare ku ngoma ashinge ubwami bwa Bega bahora bashyira imitima yabo bategeka mu mitwe.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuntu ni wa wundi,ntabwo yigera ahinduka,kuko buri gihe ahora atekereza ibiri mu nyungu ze,zitandukanye niz’Uhoraho Uwiteka Imana yawe!Nuko rero ugire umwete wo gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kuko nibyo bifite umumaro kandi akaba ari byo Uhoraho Uwiteka Imana yawe (AINESHA) wahamagariwe kugirango uce imanza zitabera mu isi ya bazima.Nuko rero wirinde guha urwaho umwanzi atinjira mu mulimo w’Uhoraho akawangiza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubushize bene duherukana mu gitabo cya YOBU,reka twongere dusuhuzanye mu izina rya data,umwana,n’umwuka wera.Igitabo cya ZABURI (Psams) nigitabo gifite ibitabo [6] byanditswe na bantu batandukanye tugiye kureba mukanya.Iki gitabo cya zaburi gifite inshingano zo kuramya Uhoraho mu mivugo,ndetse mukuririmba no gushyira hejuru Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mu isi yose.

Umwami akaba n’Umuhanuzi David,yanditse zaburi [73];naho Asaph yandika zaburi [12];akaba yari umwana wa Korah,Solomon we yanditse zaburi [2];Heman nawe akaba umwana wa Korah yanditse zaburi [2];Ethan n’umugaragu w’Imana akaba n’Umuhanuzi Moses bombi banditse zaburi [51];zaburi ya [2,95] zanditswe na bo mu isezerano rishya ariko ntabwo bazwi niyompamvu zitiriwe Umwami David reba mu byakozwe (n’Intumwa 4:25,nigitabo cya Baheburayo 4:7)

Iki gitabo cyandikiwe ubwoko bwa Israel,cyanditswe na Moses hagati y’umwaka w’1440 B.C ni gihe cyijyanwa mu bunyage mu gihugu cy’ibabylon mu mwaka wa (586 B.C) umuntu uvugwamo cyane n’Umwami David,aho byabereye murusengero rw’Iyerusalem rwera rw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Iki gitabo cyigaragaramo kuramya Uwiteka Imana Nyiringabo,hakagaragaramo imbaraga z’Uwiteka Imana,hakagaragaramo gutanga imbabazi Forgiviness,hakiyongeraho gushimira (Thankfulness) reka rero turangize tubifuriza ineza y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo dukorera twiringiye yuko turi kumwe mu bihe byose haba mu mwuka cyangwa mu mubiri kuko turi urugingo rumwe,kandi tukaba twizeye yuko mu gihe gikwiriye tutazabura guhurira muri gakondo ya bakiranutsi.

 

April 17, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hasigaye igihe gitoya cyane mugasubira muri gakondo yanyu ya bakiranutsi mwahaweho kuzababera umwandu wanyu kuko yahoze ar’umwandu w’Uwiteka,hanyuma Uwiteka nawe arayibaha ngo izababere umwandu wo gukiranuka imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu ntabwo byoroshye!Kuko kuri uyu mugoroba witaliki ya 16 mata,2017 hariho kuba inama hagati ya Gen.Kayumba Nyamwasa n’ubwami bw’uRwanda,bigira hamwe imikoranire nimitegekere igiye kuzasimbura Umwakagara irambye itazongera guteza intambara muri gakondo ya bakiranutsi.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyo gushakishwa na bakomeye mu isi ya bazima,kirageze ngo bagushakishe nkuko Uhoraho yavuze,kuko bidashoboka yuko bagira icyo bakora mutabanje kuvugana.Kuko Uwiteka atazaba kuruhande rwabo niba baramutse bagize icyo bajya gukora batabanje kuvugana nawe,kuko ari wowe nashyizeho kuba umucamanza wa gakondo ya bakiranutsi ndetse nisi yose muri rusange!

Ariko dore bamaze kumvikana yuko mbere yuko bagira icyo bakora bakwiye kubanza ku kubabaza kugirango batazavomera mukiva kandi intsinzi yari imbere yabo uko niko Uwiteka ategetse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Kayumba Nyamwasa, aje mu gihugu cy’ibabylon umurwa mukuru w’ISHUSHAN,aho agiye guhura na bakuru bingabo kugirango bavugane ntibazivange mu ntambara igiye gukuraho Umwakagara kuko igihe cye cyo gukurwaho gisohoye nkuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze!

Mbona Gen.Nyamwasa aherekejwe ningabo zivuga ikinyarwanda ndetse zambaye imyenda ya gisirikare zo mu gihugu cy’ibabylon bajya Bambara kugirango hatazagira umuca iryera akajya gutanga amakuru k’Umwakagara bigatuma ashwana nabategetsi bo mu gihugu cy’ibabylon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Nyamwasa akeneye uwo bakorana ubucuruzi bwa mabuye ya gaciro (ubuhanuzi) none arifuza yuko wamushakira ayo mabuye ya gaciro kuko yiteguye kuyagura kandi azajya atanga igiciro cyiza.Ndagenda nshaka abagabo bacuruza ayo mabuye ndagaruka nza kumuha igisubizo uko agurishwa maze ngenda mfite INKOTA, yanjye nziza ityaye kandi ndende kuko ubusanzwe ngira INKOTA [2] ingufiya ni ndende ariko sinagenda nambaye kositimu SUIT yanjye nziza kuko nanze kuyambara mbere kuko nari nagiye gushaka (Blockers) bamabuye yagaciro.

Nuko mbona kujya guhura na General ntambaye suit ari ukwisuzuguza nsubirayo njya kwambara suit yanjye kugirango umulimo w’Uwiteka nkora utagibwaho ubusembwa ndagaruka nsanga baracyari mu nzu za gisirikare mu bigo bya gisirikare by’ibabylon muha igisubizo cy’ibyo yari yantumye.

Maze arambwira ati,erega muntu w’Imana habuze imikoranire hagati yacu nawe,ariko mu byukuri s’uko tutabyifuje kwifuza twarabyifuje ariko hagenda habaho inzitizi nawe utayobewe nubwo byatwaye igihe kirekire ariko amahirwe ni uko birangiye duhuye tukavugana kugirango tubashe gukorera hamwe tubashe gukiza gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abategereje yuko urugamba rusakirana bagafata amashusho yo kuzakora film yurugamba rwo gukuraho Umwakagara,ariko weho ho,uzaba ushinzwe za “documentaries”nuko rero utegure ububiko bwagutse kugirango uzabone aho uzajya ubika izo documentary uzajya uhabwa kuko zizakenerwa nyuma yo gukuraho Umwakagara.

Bizerekana uko urugamba rwagenze kugirango bizashyirwe mu mateka kuko izo documentary nizo zizasimbura documentary za FPR kuko zuzuye ibinyoma zikaba zidashobora gukoreshwa nyuma yurugamba rugiye gukuraho abakagara na bambari babo bihaye gutegekesha gakondo ya bakiranutsi imbaraga za gisirikare ziherekejwe nabadayimoni uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,buriya ubona Umwakagara yiyemera imbere ya bana b’abantu,ntabwo bimubuza kugera ibyo kurya.Kugirango azakure amafaranga yo guhaha mu isaho ye,biba ar’intambara ikomeye,kuko hariho naho ababwira kujya gufata amadeni akazishyura nyuma.Ubwo koko ninde muturage wazamukuraho umugisha?Niba urugo rwe arugenza gutyo,ubwo noneho igiti cyumye akigenza ate?Uko niko Uhoraho abaza!

Niyompamvu abantu bose bamukorera badashobora kuba abanyamugisha kuko atajya ashimishwa nuko baba abanyamugisha.Niyompamvu yambuye abaturage ibishanga bahingagamo,abambura ubutaka abugira ubwa leta kugirango abantu bose bajye bumva yuko nta cyo bafite igihe cyose bumva ko batamufite.

Bityo bajye bamukenera kugirango barebe yuko bagira icyo bamukuraho niyompamvu abamukoreye bose batazabura kuba abakene ibihe byabo byose kuko bakoranye n’Umwami wumunyamuvumo utajya yifuriza abaturage be ko baba abanyamugisha kuko abagabira bugacya yabanyaze ngayo ng’uko uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijwi ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rivugira mukirere cyo hejuru riti,yemwe bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo!Kariya kagabo kabajujubije (Umwwakagara) dore igihe cyako kirageze ngo gakurwe ku ngoma.Dore Uhoraho araje kandi azanywe no kubomora mwebwe mwese mwemeye kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ndetse nabazarokoka iriya ntambara yuzuye ishuheri ryinshi,ndetse hakabamo numuhengeri udasanzwe abo nabo azabomora ibisebe byose mwatewe nakariya kagabo kadafite ibiro ijana byuburemere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

 

 

 

 

 

Niyompamvu nisigarije uzamukura ku ngoma kugirango amenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yabakiranutsi,kandi ko ari we utegeka gakondo ya bakiranutsi idategekwa n’umwana w’umuntu,kubera umugambi ukomeye Uhoraho afitiye ubwoko bwe,kuko yabonye bufite umutima wo gukiranuka nubwo bwahuye namasega akaba ariyo aziragira yiyitirira kuba abashumba bintama zanjye kand ahubwo ar’ibirura namasega byazanywe no kwiba no kwambura no kuragira izo batoroye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga!

Njyanwa mu iyerekwa mbona habayeho umutingito ukomeye wo gukuraho Umwakagara na bambari be,maze mbona haraswa ibisasu bikomeye byateraga umutingito maze umuntu uryamye kugitanda kikamukura aho kiri kikajya kizenguruka mu cyumba aryamyemo kubera umutingito wa za bombe ukomeye cyane.Hazabona ishyano abagore bazaba batwite,nabazaba bari kubise kuko uwo munsi bazicuza cyatumye bavukira mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

 

 

 

 

Nerekwa abaganga bakoraa mu bitaro bakora ubutaruhuka,gahunda yo gukora bisanzwe yo kujya amazamu,ntabwo yarikiriho,ahubwo bakoraga 24/7 kubera inkomere nyinshi cyane z’Umwakagara mbona bahamagaye na banyeshuri batararangiza muri KHI biga ibijyanye niby’ubuganga bahabwa akazi kuko umubare wa baganga ntabwo waruhagije ugereranije ni nkomere zabasirikare bazanaga kuvurira mu bitaro!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu bigiye gukomera cyane,kandi nubundi byakomeye kuko umwanzi wa bakiranautsi (Umwakagara) ageze ku iherezo,kandi igihe cye kikaba kirangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ube uretse kubwira abashaka kwinjira mu ngabo z’Uwiteka Nyiringabo ngo bajye kumashana ningabo zabadayimoni z’Umwakagara zigiye gukurwa ku ngoma.Kugirango mubanze muvugane nabayoboye urugamba niba koko bagiye guharanira isubizwaho ry’ingoma y’ubwami bw’uRwanda.

Kandi bazakwereke ibimenyetso cyangwa za gihamya zerekana ubufatanye hagati y’ubwami ni ngabo za RNC kugirango ubwoko bw’Uwiteka bwemererwe gushyigikira uwo mushinga wo gukuraho Umwakagara wababereye umuvumo aho kubabera umugisha uko niko Uwiteka avuga!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abana bakomoka k’Umwakagara,barimo IVAN,ANGEL,na bucura bwabo,mbona barokoka intambara igiye gukura Umwakagara ku ngoma,maze intambara irangiye mbona batangiye gucuruza za bombo cyangwa (sweety) ubuyobe cyangwa ubunyobwa bukaranze babucururiza kumuhanda hamwe na za mayibobo maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore bariya bana bibwira yuko bazakomeza kubaho neza kandi ntaho bazahurira na bakene ariko babwire ngo uku niko Uwiteka avuga.

Dore ubutunzi bwanyu muzabwamburwa buhabwe abandi bataburuhiye nkuko ijambo ry’Uhoraho ribivuga yuko ubutunzi bwabanyabyaha buzahabwa abakiranutsi bataburuhiye kugirango bimenyekane yuko Umuhanuzi yarabarimo.Kandi yuko Uwiteka ari we Mana yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa aba General bakorana n’Umwakagara batangiye guhungisha imiryango yabo mbere yuko amatora aba cyangwa mbere yuko intambara itangira kuko bazi neza yuko ari nta matora ahari muri Kanama 04,2017 ahubwo ko amatora azasimburwa ni ntambara igiye gutangira vuba bidatinze!

Mbona abanyarwanda batinya kwigaragaza yuko bazagira uruhare mu matora y’umukuru wa gakondo ya bakiraanutsi kuko bamaze kubona yuko ari nta matora ahari kuko nimyiteguro yayo babona yuko ari ntayihari uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi uje wihuta vuba vuba,kuko mbonye woherejwe n’ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,igihe cyawe kirageze ngo uhabwe umugisha kuko ugiye gushakwa nabakomeye  kugirango ubabere umugisha ndetse nabo bakubere umugisha nk’uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yagambiriye kuva cyera nkuko yabigusezeranije kuko ari ko Uwiteka yavuze,kandi nubu niko yongeye kubivuga,kandi ni uko avuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mukristo kazi,araje kandi aje agusanga kuko agukeneyeho ubuhamya bw’uko wabaye mu butayu bugufiya,nyamara suko atasomye iyo nyandiko ahubwo ni uko yumva ahari yuko bidahagije haba hari byinshi byasigaye utavuze!Birumvikana gusa igihe kiraje kandi kirasohoye ngo umwana w’umuntu ashyirwe hejuru nk’uko data wa twese yabigambiriye kuva cyera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko mbona mukiristo kazi afite icyubahiro igice kimwe,ikindi gice ari nta cyo afite,maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Mukiristo afite icyubahiro kituzuye, kandi akeneye uburyo yaziba kiriya cyuho,nyamara ntabwo byashoboka atarahura n’umuntu w’Imana (Bamenya) niho icyuho cye kizazibwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

April 17, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’UMUSITA Kaguta Yoweri Museveni Umwami w’Ubuphilisitiya,akomeje kugambanira gakondo ya bakiranutsi kugirango ubwami budasubira ku  ngoma.

Kuri we,aho kugirango ubwami bw’uRwanda busubire ku ngoma,ahubwo yasubizaho leta ya bahutu bafatanije na bakagara guca ibihanga ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore yakiriye intonorano za bafaransa abizeza yuko azasubizaho ubutegetsi bw’abahutu,niyompamvu Padiri Nahimana Thomas yashinze government ikorera mu buhungiro kuko yari yamaze kugira ikizere cy’uko abafaransa bamaze kuvugana n’UMUSITA.

Bakamuha intonorano bazitirira gucukura amavuta ariko mu by’ukuri harimo n’Intonorano yahawe kuruhande kugirango abafashe gukuraho Umwakagara akoresheje abatutsi ariko bikarangira abahutu bahawe ubutegetsi bazavuga yuko ngo abahutu bahise babatanga gufata ubutegetsi bima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho UMUSITA muhe impamba dore yamaze kwitegura yohereza za magigiri hafi ni nkiko za gakondo ya bakiranutsi kugirango nirwambikana nawe ahite yinjiza abe ku ngufu kugirango ajye gufasha abahutu gufata ubutegetsi nibwo buryo bwonyine yakwishyuramo intonorano za bafaransa yakiriye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Mwana w’UMUSITA watwiciye intwari z’Uwiteka zari zatabariye gakondo ya bakiranutsi,ukoresha Umwakagara zose uko ari [44] arazirangiza umusiga iheruheru.None kunshuro ya ll wongeye kutugambanira kandi wowe twaragufashije ugahabwa gakondo yawe hakurya ya YORDAN, nkuko ABIFRAIMU bahawe gakondo yabo “IRAMODI y’IGERIYADI.

Niki gitumye wongera kutugambanira ko wahawe ahawe natwe tugahabwa ahacu n’Uhoraho Uwiteka Imana,kandi akaba ari wowe wahisemo hakurya ya YORDAN IRAMODI y’IGERIYADI?None niki gitumye ukiranirwa bigeze aho kugeza aho wifuza ko twamburwa gakondo twahawe n’Uwiteka Imana yacu?

Dore ntanzeho umuhamya IJURU N’ISI kugirango bizatubere umuhamya imbere y’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore umuvumo uturuka iburasira zuba,Iburengera zuba,Ikasi Kazi,Ikusi ndetse hasi no hejuru,uwo muvumo ukuzeho kugirango uburiganya bwawe buzaguhinduke igihe abandi bazaba banezerewe wowe uzabe uri mu mubabaro.

Ubwo abandi bazima ingoma,wowe uzayikurweho,amahanga yose azaguhana kuko wagambaniye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo wibwiraga yuko atazatubera umurengezi? None urongeye ubugambanyi nubugome buri muri wowe burakwangiye bukubujije amahwemo uti sinaruhuka ntongeye kubagambanira!

Igihe cyawe kirarangiye kuko uramburiye ukuboko ubwami bw’uRwanda bwimitswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ariko akaba ari ntamahirwe ufite kuko Uhoraho watubereye umurengezi,akaba ari nawe wahishuye ibyawe akabishyira ahagaragara.

Uhora wifuza ko tutagira ituze,uhora wifuza ko tuba impunzi muri gakondo yawe wagenewe n’Uhoraho,ariko noneho kuko wanze guturiza muri gakondo yawe,dore nayo urayambuwe kugirango umenye yuko Uwiteka aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona Umwami Kigeli V Ndahindurwa waciwe igihanga na Abega (Gakwaya Jean Marie) maze Umwami Kigeli V Ndahindurwa arambwira ati,mwana wanjye ndakwinginze umvumire Gakwaya kuko namugiriye ikizere nkamufata nkumwana ariko akanga akancisha ighanga.

None kuko ari wowe Uwiteka yaduhaye ho Umuhanuzi,umfashe umvumire uwo mugizi wa nabi wancishije igihanga akambuza kwima ingoma nari nagenewe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Umukobwa wa Gakwaya Jean Marie wize ku nkunga y’ubwami bw’uRwanda

Nkimara kumva agahinda gakomeye n’umwuka w’Inzika y’Inzigo Umwami Ndahindurwa yamanukanye ikuzimu ahacecekerwa,numva nanjye ndababaye cyane,nibuka uko twajyaga tuganira tukiganirira nibereye mu butayu bikamfasha kwikorera ubutayu.

Numva ngize agahinda kenshi cyane,maze numva ngize izindi mbaraga zo kuvuma “Gakwaya Jean Marie ntugahirwe amajya namaza,kandi ibyo wakoreye Umwami w’uRwanda umubyeyi wacu,Uhoraho azagukubire inshuro igihumbi nagahumbagiza ndetse nabazagukomokaho bose kurukiryi rwawe ntibazagire umubano mwiza nabatuye mu isi ya bazima!

 

 

 

 

Kandi buri gihe imitima yabo izajye ihora mu mitwe ntibagatuze,bazahinduke inzererezi kuzagza isi irangiye,kuko wakunze gukiranirwa ukarambura ukuboko k’Umwami wasizwe amavuta y’ubwami n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Iminsi usigaje kw’isi izakubere iminsi y’umubabaro ibihe byawe byose byo kubaho kwawe,kandi imbabazi n’ubuntu bw’Uhoraho bizakube kure wowe nab awe hamwe nabo mwafatanije gucisha igihanga Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Uyu muvumo ntuzibagirwe KIBUKAYIRE MARIE CLAIRE (MBUMBUZA), Mukashema Esperance,Kagiraneza, Christian Ntaganira, Mukabayojo Christine, Mukabayonjo Speciyoza, Mahuma Ezra Mpyisi,Jezebel Nyiramongi,Dorcella wahoze mukibikira,madam Kale Kayihura nabandi bose bagize uruhare guhitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikigeragezo kiraje ariko kiraguhusha,ntabwo kiribukugereho kuko giturutse ku nkozi z’ibibi ikizamini bashakaga kugukoresha ntabwo kiri bukugereho kuko urinzwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbon bazanye igice cy’ikigori cyokeje barakimpa nsanga kitokeje neza ndongera ndakibasubiza abo bagore barakirya ikindi ngihungurira mu muriro.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zirahagurutse ariko ntuzitinye kandi ntiziguhagarike umutima kuko igihe cyazo cyamaze kubarangiriraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 17, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’ubuhanuzi bw’uyumunsi igice cya mbere,Umwakagara yarangije kubusoma kuko yemera cyane ijambo ry’ubuhanuzi ariko akaba adashobora kuryizera kuko umwuka atari uwa bantu,ahubwo akaba ar’umwuka wabadayimoni wambaye ishusho ya bantu.

Ijambo rirambwira riti,akimara gusoma ubuhanuzi bwuyumunsi yahagaritse umutima bikomeye cyane aho yumvise yuko abana be bazasabiriza.

Dore yahise afata umwanzuro wo kuzakoresha ibitwaro bikomeye byakirimbuzi kugirango arimbure igihugu cyose kuko amaze kubona yuko yaruhiye ubusa nkumusambanyi wa prudence kuko uyikoresha ntamumaro imugirira usibye kumva mu mutwe yuko yakoze imibonano mpuzabitsina ariko ntawundi mu maro umugirira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore azakoresha ibitwaro biremereye cyane,kandi azarimbura benshi cyane banze guhunga,kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe n’Umuhanuzi “AINESHA”uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore iminsi iragiye kandi irarangiye ngo ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo,maze ibyavuzwe n’umwuka w’Imana bishyirwe mu bikorwa kandi abazarokoka bazamenya kandi bazemera yuko umwuka w’Uhoraho waruri muri wowe niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho abanze guhunga binangira umutima,kubera kuruha barushye imiruho myinshi none bahisemo kuzagwa muri gakondo yabo bagenewe n’Uhoraho kuzababea umwandu wabo.Abongabo kuko bananiwe kandi bigaragara yuko ukwizera kwabo kumaze kunanirwa,abiringiye Uwiteka bazarindwa nibikomereza mu Mwami Mana nta kabuza nta kizatuma batabona kugira neza k’Uhoraho kugirango bazabe abagabo bazahamya imirimo y’umwuka w’ubuhanuzi ni nzira z’Uwiteka zitamenyekana uko’niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo rikomeza kunganiriza cyane no kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuhanuzi bumaze kuba ubukombe kuko bwemerwa na bantu bose bari bafite umutima wo gukiranuka,ariko bakaza kuyoba bayobojwe na bashumba bishakira intama zifite ibinure.

Dore abatagira idini bizera ijambo ry’ubuhanuzi bizera ubuhanuzi kurusha abavuga yuko bafite idini basengera,kandi nandi madini yose avuga ko akorera Uhoraho,ubuhanuzi bwamaze guhumura amaso babandi bafite gukiranuka mu mitima yabo badashingiye ku idini iryali ryo ryose uko niko Uwiteka yabishatse kandi niko yabikoze,niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Dore bamaze kuzahuka mu buryo bw’umwuka kuko inyota bari bafite bayimazwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko babonye yuko Uwiteka ajya aca imanza zitabera.

Kubera iyo mpamvu,byatumye bizera ijambo ry’Uwiteka kurusha uko bizera amagambo babwirwa na bashumba babo bihimbiye inzira zo gukiranuka zidashingiye ku ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ahubwo zishingiye kumagambo yuburiganya ni nyigisho zidashingiye kumwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ndetse zitarimo ubwenge bw’umwuka w’Imana ishobora byose yaremye Ijuru nisi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ijambo ry’Uwiteka washyize ahagaragara rivuga k’umwana w’UMUSITA,benshi bazi neza uburyo yagiye abahemukira,kandi baramufashije kubona gakondo ye,nyamara we ahora abarwanya ngo batazigera babona gakondo yabo kugirango bajye bahora biruka bahunga maze abone uko azajya abakoresha no kubategekesha igitugu batazigera bamwitura inaba yabagiriye akaba ariyompamvu alimo gushakisha uko yasimbuza Umwakagara abahutu nyamara abo arwanya yibagiwe yuko bamurusha kugira Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ho umugabane wabo!!!

Ubugome yabakoreye barabuzi kandi barabuzirikana,ariko igihe kizagera ubwo,azacirwa imanza zitabera,maze ibyo yakoze byose bishyirwe ahabona kugirango acirweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu benshi cyane bamaze kugira ukwizera kudasanzwe,kubera ijambo ry’Uwiteka ubagezaho buri munsi rituruka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ndetse bamwe bamaze kureka amadini yabo bajyaga bajyamo kuko bajyayo bakagaruka amara mas anta cyo babamariye!

Ibyo umutima wabo wifuzaga nta bwo ari byo babaha,ahubwo bababwira ibyo imitima yabo yibwira ko byaba ari ko kuri.Ariko ntaho bihuriye ni ukuri k’Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo none ikinyoma cyabo Uhoraho yamaze kugishyira ahagaragara kugirango yigarurire imitima yubwoko bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rimaze imyaka [7];risohoka buri munsi kugirango rirusheho gukomeza imitima y’ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo.Kuko umwanzi yagambiriye kenshi kuzaburizamo umugambi w’Uwiteka Nyiringabo yagambiliye kuzagirira ubwoko bwe.

None yagize ishyari kuko mu isi yose Uwiteka yahisemo ubwoko bwe,kugirango azabugirire neza,kandi abukoreshe ibikomeye mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Bwira ubwoko bwanjye uti,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niryo zina rye,kandi uwo niwe uzabakiza ikibi nikiza kigambiliye kubagirira nabi.Dore hateye imyuka myinshi yo kubayobya kugirango mutazasohoza muri rya sezerano uwiteka yabasezeranije.

Niyompamvu mukwiye kwirinda bikomeye,kuko Uwiteka Imana yamanuye umwuka w’ijambo ry’ubuhanuzi kugirango ribayobore mu nzira zo gukiranuka muri byose!Kandi ribagezeho ijambo rya bulimunsi kugirango murusheho kumwizera no kumwiringira kugirango mu menye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yanyu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 18, 2017  Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu ntabwo bimeze neza,kuko umwanzi ahimbye andi mayeri yuko agiye kwitwaza ikibazo cy’Inkiko zihuza gakondo ya bakiranutsi nbindi bihugu muturanye.

Nibyo koko abaturanye batwaye imbago ziruta kure cyane gakondo yanyu uko ingana,ariko se noneho iki nicyo gihe Umwakagara abonye cyo kugaruza imbaga za gakondo ya bakiranutsi?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Yagiye muri DR Congo inshuro zingahe?Yarajyanywe niki,ko yarafite ubushobozi bwo kuba yafata agace kose mwambuwe na babiligi,akakagarura kuri gakondo yanyu,kandi ko icyo gihe amahanga yaramushyigikiye,nubwo yitwazaga ko yakurikiye abicanyi wagirango hari uwamurushije guhitana abantu benshi dore umubare wa ONU bamurega kuba amaze kwica abarenga miliyoni [5] zabaCongoman hamwe nabanyarwanda.

None uyu munsi nibwo yibutse kugaruza gakondo yanyu mwambuwe na babiligi?Uko niko Uwiteka abaza!Aho inyuma ye,ntabwo haba hihishe byinshi biriguterwa na babiligi bamaze kubona yuko ubwami bw’uRwanda bari bazi yuko bwasenyutse burundu,ahubwo bakabona ari bwo bugarutse bushinze imizi?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ikibazo kimipaka nicyo repubulika zabayeho zose zirisha kuko baziha inkunga imeze nk’Intonorano kugirango batazigera bazamura icyo kibazo gikomeye gishobora gukoza isoni amahanga.

Nyamara dore igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ukuri kugiye gushyirwa ahagaragara ariko nta nubwo kuzashyirwa ahabona na mwene Rutagambwa,ahubwo Uwiteka niwe wagushyize ahabona kuva ijambo ry’Uhoraho ryatangira guca imanza mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kuba rero mwene Rutagambwa ashaka kwitwaza izo mpamvu kugirango akomeze kuriganya ingoma yambuwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,akayigarura muri bene yo,ntabwo ijambo ry’Uhoraho ryigeze rivuga ko,mwene Rutagambwa utagira umugabane muri gakondo ko ari we uzayigarura.

Kuko iyo aza kugira umugabane,aba yaragaruje gakondo ya bakiranutsi,ahubwo yaremewe kuzabera gakondo ya bakiranutsi umutwaro uremereye kugirango abantu bamenye gushaka mu maso h’Uhoraho,kuko uburyo aremwemo,ari uburyo bw’abadayimoni ntabwo aremwemo mu buryo bwa bana b’abantu basanzwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ushaka kubimenya neza ibye,wareba Igice cya (1-3) kuri egretNews.com “Ubuhanuzi umuhanuzi Majeshi Leon yahanuriye perezida Kagame,Urwanda n’ abanyarwanda”.. Ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,mwana w’umuntu nkwibarize,mu myaka [23] mwene Rutagambwa amaze ku ngoma,ubu nibwo yibutse kugaruza gakondo ya bakiranutsi?

Mu gihe yararimo gutegura ibyo,umwana w’UMUSITA, nawe bamubwira yuko ngo Umuhanuzi AINESHA yamaze gushyira ahabona ibyuburiganya ashaka gukorera ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Uburyo yamaze kugambana na bagambanyi (France) kugirango bigarurire gakondo ya bakiranutsi bayihe abatarayiruhiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana “AINESHA”bwira Gen.Nyamwasa uti,ntiwifatanye n’umwana w’UMUSITA, gutera Umwakagara kuko azakugambanira kandi uzisanga wararuhiye ubusa kandi bidakwiriye.

Dore arakurwanya ndetse nta nubwo ashyigikiye amahoro muri gakondo yawe,kandi arabizi neza yuko urugamba watangije byanze bikunze ugomba kurutsinda.Dore ategereje yuko watera Umwakagara,nawe akabona gutera yitwaje yuko ngo agiye kugarura amahoro muri gakondo ya bakiranutsi,kuko ashaka kwishyura intonorano za Bafaransa yariye kuko adashobora kuzisubiza.

Nta byiza abifuriza mwebwe mwese mwifuza kugukuraho Umwakagara,abahutu bagiyeyo bajyanywe na Bafaransa barapfukama bakubita ibipfukamiro hasi bamwemerera kuzabayobora naramuka abahaye gakondo ya bakiranutsi.Nawe abibemerera bamaze kumuha intonorano zaturutse mu mushinga wo gucukura amavuta abibemerera bibwira yuko ngo agiye kubafasha naho ntiyashakaga yuko ubwami bw’uRwanda bwasubira ku ngoma kuko azi neza yuko byange bikunde ikinyoma cyabarepubulike kizajya ahabona bikamugiraho ingaruka niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ikibazo nicya kindi,gihora kigaruka ni cya kinyoma gikomeje gutegeka isi yose muri rusange,umwana w’UMUSITA, arabizi neza nubwo imandwa ze zamaze kumubwira yuko ngo Umuhanuzi yamaze kumuvuma kugirango ntazakomeze gutegeka none dore akuye agahu kunnyo,yiyemeje gutera Umwakagara kugirango yereke abafaransa yuko ashaka kwimika Abahutu kugirango batazamwishyuza intonorano zabo yariye mbese aho azabishobora?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Niyompamvu ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rivuga ko,abashaka kujya kumashana bakwiye kuba baretse kuko iyi ntambara irimo uburiganya bwinshi mudashobora gupfa kumenya.Ninayompamvu bizatuma hapfa abantu benshi cyane birenze kwizera kwa bantu cyangwa birenze gutekereza.

Kuko iyi ntambara hahishemo ibntu byinshi cyane uwasomye ijambo ry’ubuhanuzi rigitangira niwe ushobora kubyumva neza cyangwa uwasomye amateka atavangiye akongeraho ijambo ry’ubuhanuzi niwe ushobora kubisobanukirwa.

Nuko rero mwana w’umuntu uburire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bamenye uko ibintu bimeze,ubabwire uti,ntimwiringire UMUSITA, kuko arusha ubugome Umwakagara cyane,akaba umwicanyi ruharwa udasubirwaho ahubwo mwiringire Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko niwe uzabagirira neza kuruta uko UMUSITA yabagirira neza.Dore nimumwizera azabariganya kuko niwe wabahaye Umwakagara kandi bitari biri muri gahunda y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

UMUSITA niwe wakoresheje Umwakagara guhitana Intwari y’uRwanda Gisa Fred Rwigema,numugome wambaye umugomo,nta mbabazi zimurangwamo,numuriganya wabariganya,numwicanyi rwimbi asekana imbereka nta jya acya kumutima,avugana uburiganya kandi buhora kumunwa buri gihe.

Ndetse umwitegereje neza ushobora kubona uburiganya bwe,avuga ibyo atemera nta nshuti agira mu isi ya bazima,ahinduka nkuruvu afite amabara menshi cyane ntushobora kumumenya niba yirabura cyangwa niba ar’umuhondo cyangwa nimba yera dede ninyamaswa muntu muzajye mu mugendera kure nibitaba ibyo azabakorera ibiruta ibyo imitima yanyu yibwira uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

 

 

 

Ariko nimwiringira Uwiteka Imana yanyu,azabagirira neza,kandi azabakiza amakuba yose hamwe n’Umwakagara waturutse mubushake bw’abadayimoni kuko usibye Uwiteka ninde wundi Wabasha kubatabara akabakuraho umuvumo wa Bega bateje gakondo ya bakiranutsi numuvumo wo guhora mwirukanka hirya no hino ku isi nkabatagira gakondo kandi muyifite ariko mukaba mutajya muyiturizamo uko niko Uwiteka ababaza!

Nuko rero ntimube abana ahubwo mube abanyabwenge mu menye yuko iminsi ari mibi kugirango mumenye icyo Umwami ashaka kugirango muzabashe gukizwa amakuba kumunsi mubi wa makuba nibyago akaga no gukiranirwa bituruka kumwanzi uhora abarwanya ngo mutinjira mu masezerano uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore mugiye gutungurwa no kugira neza k’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ibyo yavuze no kubikora azabikora uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 19, 2017 njyana mu iyerekwa mbona igiti kirekire cyane  cyingaza marumbo uhereye hasi kugeza hejuru kigiye gifite amasubyo cyarabembye kugeza no mu mashami yacyo.Kubera ibibmbe byatumye kidakomeza kuzamuka hejuru kuko imizi yacyo nayo yari yarabembye yanatangiye kubora munsi yubutaka.Abantu bose batangazwa nicyo giti kirekire cyane cyageze ku Ijuru,ariko kikabemba.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba wamenye icyo biriya bisobanura?Ndasubiza nti oya Nyagasani nabibwirwa niki nta bisobanuriwe?Umwuka w’Uwiteka arambwira ati,kiriya giti kirekire cyakuze kikazamuka kikagera ku Ijuru,cyarangiza cyikunama kubera uburebure bwakiremereye,kirangije kirabemba kubera gukiranirwa gukomeye cyakoreye mu isi ya bazima.

 

 

 

 

Kiriya giti,nubutegetsi bw’Umwakagara bwakomejwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yagambiriye mu mutima we gukiranirwa no gukora ibikomeye mu isi ya bazima.Kugirango azabyitirirwe mu izina rye,maze Uwiteka nawe aramwemerera kugirango asohoze imigambi ye,arebe amaherezo yo kurimbuka k’umwana w’umuntu wuzuye uburiganya,ikinyoma,ubutiriganya,kwica,kuroga no gukiranirwa kose kandi azi neza yuko afite iherezo ry’ubuzima.

Nuko rero bwira Umwami w’Abega yuko igihe cye cyo kurimbuka cyageze imbere ya maso y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,maze umubwire uti,mwana w’umuntu,haba hari ikindi waba usigaje utagezeho cyangwa utihaye mu buzima bwawe?Haba hariho umuntu ukomeye mu isi ya bazima utigeze ubonana nawe cyangwa uvugana nawe mu isi ya bazima ngo nkongerere igihe urangize ibyo utarangije?Niko Uwiteka akubaza!

 

 

 

 

Nuko rero niba ntagisigaye,dore iherezo ryawe, ni ngoma yawe, rije imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Tunganya ibyawe kuko igihe cyawe gihumuje maze witegure kwisangira basogukuruza bawe bakuraze gukiranirwa maze nawe urabisohoza ugendera mu nzira zabo zose kandi warwanije abakiranutsi hamwe n’Uwiteka Imana wibwira yuko uzabanesha none uciriweho iteka utabigezeho usibye ko wari hafi kubanesha Uwiteka akagukoma mu nkora uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi interahamwe za bahutu,zisimburwa niz’Abatutsi(Intorehamwe)mbona abagabo benshi bo mu bwoko bw’Abatutsi bashyirwa muri gereza zari zifungiwemo abahutu bakoze genocide yakorewe mu Rwanda.

 

 

 

 

Abenshi bari bafungiwemo nabakada (cadles) ba FPR/RPF,nabonaga abagize amahirwe yo kubona abantu barokotse,baza kubasura nk’uko interahamwe zajyaga zisura abavandimwe babo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uribuka mu mwaka w’2009 ubuza Local defense yakubituga umugore w’Umuhutu-Kazi,ukamubwira ngo yirinde kugirango bitazarangira ahindutse interahamwe y’umututsi?Ndasubiza nti ndabyibuka!Ngayo nguko niko bibaye hahindutse imirishyo ariko ingoma niyayindi niko Uwiteka avuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’Ubuphilistiya(Uganda) hatezwa umwuzure wa mazi,mbona abitwa ba (BISHOP) mbona umwuzure ubasanze mu za biro zabo,no mu mago yabo (residence) numva baravuze ngo,ibi byago,nakaga na makuba tubitewe na wa Muhanuzi AINESHA Leon,waduhanuriye ibyago bikomeye.None reka tumwoherereze intonorano kugrango adusengere dukurweho ibi byago bitubayeho akangaratete.

Mbona banyoherereje izo ntonorano maze umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabi,arambwira ati mwana w’umuntu,uramenye ntiwakire izo ntonorano ahubwo uzifate uzibasubize zibafashe kuko aribo bari mu byago.Kugirango umurimo ukora w’ubucamanza utajyaho ikizinga imbere ya bana b’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mfata za ntonorano banyoherereje ndazifata ndaziboherereza barazisubirana maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo ntonorano zabo bazikuye mu buriganya,ntabwo rero umuntu w’Imana ntabwo yakira ibitejejwe kandi byaturutse mubiganza byuburganya byakoreshejwe mu mwuka w’ikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa umusore w’umututsi warufata umubyeyi wafunzwe kubera ubwicanyi yafatanije na FPR,mbona ko afashe isigara cyangwa itabi (urugambo) mu ntoki.Atumagura iryo tabi vuba vuba mukanya ko guhumbya ahita arirangiza.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira uwo musore w’Umututsi uti,niki mutabwiwe?

Ko ijambo ry’Ubuhanuzi ryasohokaga buri munsi ribaburira ariko PaPa wawe akiringira Umwakagara akijandika mu bwicanyi ngo ararwanirira ingoma ya Bega,none niki kikuvugishije amagambo angana gutyo,kandi uzi neza yuko yakoze ibinyuranye na mategeko y’igihugu ndetse akaba yaranishe itegeko ry’Imana ribuza kwica none niki kikurakaje!

Ese iyo aza gukora neza akitwara neza,hari ubwo yari gufatwa agafungwa?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo baza abatutsi bazafungwa nyuma y’ihirima ry’ingoma ya Bega y’Umwakagara uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona data alimo gutunganya nzu yari yarasenyutse arimo kuyisana kugirango twongere kuyituramo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’Umwega akuwe ku ngoma,kandi muratashye vuba cyane musubiye muri gakondo yanyu nkuko Uwiteka yabivuze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi zohereza umwuka wikinyoma k’Umuhanuzi  AINESHA kugirango umugiha agiye kwakira awukoremo project,kugirango abe anyuranye nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yahamagariwe gukora zijyanye ninshingano z’ubucamanza cyangwa ubutabera bw’Uwiteka Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntugakore icyintu cyose kitanditswe mu ijambo ry’ubuhanuzi bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Umugisha ugiye kwakira nuwo gukora imurimo y’Uwiteka yanditswe mu ijambo ry’Ubuhanuzi ryahanuwe n’Umuhanuzi AINESHA Leon,wagizwe umucamanza w’imanza z’ubutabera bw’Uwiteka Nyiringabo mu isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 19, 2017 kumusaha ya nimunsi ubwo nari nirambitse ngirango nduhuke ho gato,kuko numvaga naniwe cyane kubera akazi kensshi k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gakomeje kwiyongera kubera ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rigeze mu mahina kugirango rihore rikore umurimo waryo.

Nabonye ubuhanuzi bwihuta cyane bugiye gusohora sinamenye ikibaye!Byashoboka yuko Umwakagara yaba yamenye amakuru atari meza kubijyanye numutekano we.Kuko mbonye ibintu bikomeye cyane kurusha uko umuntu yabitekereza.Birashoboka ko,Umwakagara urugendo yagiyemo yaba yaragiye gushaka ubuhungiro muli MOROCCO cyangwa muri DJIBUTI kuko mbonye ibinyuranye cyane!

Njyanwa mu isi y’umwuka mbona Umwakagara ahungana n’umugore ukiri muto ugifite umwana ucyonka uri ku ibere.Uwo mugore yarari mukamodoka gatoya ko mu bwoko bwa Starlet mbona wa mugore avuye kuri steering abisa Umwakagara aba ari we wicara kuri steering kuko ako kamodoka kari gafite umurango umwe mbona uwo mudamu yicaye inyuma.

Mbona na escort we umwe niwe bahunganye nawe yinjiramo hamwe n’umuntu w’urutuku ujya gusa n’umuzungu(Rutuku)ariko na none ukabona asa n’Umwarabu mbona nawe yinjiye muri ka kamodoka.

Ubwo Umwakagara hari imodoka nini yari yajemo ayisiga iparitse ahongaho atwarwa nako kamodoka gatoya.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara amaze igihe asoma ijambo ry’Uwiteka(Ubuhanuzi)ryamuhagaritse umutima none arimo gushaka aho yahungira kugirango akize ubugingo bwe ariko ubanza bitazamworohera.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,nyamara Umwakagara agiye guhunga kuko ariyo migambi arimo ntabwo ari muri gahunda y’igihugu nkuko abantu babyibwira.Ikibazo mwana w’umuntu,igihugu aragisigira nde?Ko ntawe yateguye nkuko yabyivugiye yuko nadatagira umusimbura azaba yarayoboye nabi.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,akari inyuma karahinda umuriro kuko umwuka wikinyoma ugeze ku iherezo kandi uwo mwuka uciriweho iteka niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 20, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane kuko Umwakagara bamuhitishijemo guhunga n’intambara none akaba yahisemo intambara.

Nyamara ubugabo butagaruka bubyara ububwa, kuko ahisemo kurimbuka no kurimbura abatariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Bamuhitishijemo gutanga ubutegetsi kuneza ye,arabyanga atanga igisubizo yuko azahangana yitwaje intambara kandi iyo ntambara ntabwo azayirwana ahubwo izarwanwa na bandi kandi nabo ntabwo bazayitsinda niko Uwiteka avuga.

Dore amahanga yari yemeye kumuha ubuhungiro mu gihugu cyose yifuza cyangwa ashaka,kandi ibyo akabikora mbere ya matora,none yabyanze,ahubwo yabahaye igisubizo cyo kwiyemera no kwihenura cyane yibwira yuko amahanga atinya yuko abantu bazapfa nyamara ibyo yibwira byose nta cyo bizamurarira namba kuko atazabirebesha amaso ye,ahubwo azaba yarafashe urugendo yaragiye gusura bene wabo bamubanjirije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nyamara ibintu birakomeye cyane,kandi binyuranye nuko abana b’abantu batekereza.Dore Umwakagara amerewe nabi cyane kuko isi yamuhagurukiye yose uko ingana,kugirango atange igisubizo cyaba kibi cyangwa cyiza kugirango amahanga amenye icyo gukora.

None Umwakagara yananiwe ubusubira mu gihugu ndetse no kwigumira hanze ya gakondo ya bakiranutsi kuko ubwoba bwamaze kumutaha akaba atangiye kubona iherezo rye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi z’Abakagara zirimo guhimba ibinyoma kugirango zibeshye amahanga ariko byanze ntabwo amahanga ashaka kumva ibyo binyoma byabo.Nta nubwo akeneye ibisobanuro ahubwo icyo amahanga acyeneye nugutanga igisubizo kimwe rukumbi yego cyangwa oya.

Kandi abari mu bwami bw’Umwakagara ntabwo bashobora gutanga igisubizo uretse Umwakagara wenyine none babuze ibyicaro barushirejeho gukomererwa igisigaye ni uko basubiranamo kuko bamaze kubona yuko imbaraga z’Umwakagara zamaze kurangira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijambo rikomeza kumbwira imigabo nigambi ya Abega, bahoza imitima yabo bayobora mu mitwe yabo,ndabwirwa ngo,dore Umwakagara agiye gutera umwana w’UMUSITA, kugirango arangaze amahanga.Kandi dore abatutsi(Abahima,cyangwa abararo)baherereye mu gihugu cy’Ubuphilisitiya,bumvise amakuru y’intambara igiye guterwa n’Umwakagara none bamwikuyeho kuko Umwakagara ashaka kubagarura muri gakondo ya bakiranutsi ku ngufu za gisirikare.

 

 

 

None dore asigaranye abahutu bo mu bwoko bwa Bakiga niba bagiye kwifatanya n’Umwakagara batekereza yuko bazakuraho umwana w’UMUSITA, ku ngoma hanyuma bakima ingoma.ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo Umwakagara yanze guhitamo iyubuhungiro,agiye gucibwa igihanga kumanywa yihangu kugirango amenye yuko ijambo ry’Uwiteka ridakiranirwa nuko rero burira abari muri gakondo bamenye yuko iminsi iri mbere ari mibi maze bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zo mu bwoko bw’Abatutsi,batuye kandi bagakorera mu gihugu cy’Ibabylon(Kenya)bihindura abo mu bwoko bw’Abakikuyu kugirango biyamamarize imyanya itandukanye muri icyo gihugu.Mbona bahawe imbunda zo mu bwoko bwa SMG bajya gutorezwa munsengero z’abakikuyu bigira nkabarimo gusenga no kwigishwa ijambo ry’Imana.

Ariko ukuri ni uko barimo gutozwa imyitozo ya gisirikare kugirango bitegurire kuzarwana intambara igiye guterwa nibizava mu matora kubera kutemera ibyavuye mu matora kuko Ihuriro rya politike riri kubutegetsi rya jubilee ridashobora gutsinda amatora nkuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabivuze!

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire ubwoko bwanjye bwahungiye mu gihugu cy’ibabylon bazirinde cyane umunsi wa matora cyane abatuye mu gace gatuyemo ubwoko bw’Abakikuyu bavumwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Kuko bafata ijambo ry’Uwiteka bakarikoresha muri gahunda zabo zo gukiranirwa bigatuma abantu b’Imana barushaho kwanga ijambo ryanjye.Ubabwire bitandukanye nizo nkozi z’ikibi kugirango kugirango batazagabana umugabane w’umuvumo batagizemo uruhare uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi ziterana zikora inama ikomeye kubera amagambo yabaye menshi cyane kubera ijambo ry’Uwiteka ryanditswe n’Umuhanuzi AINESHA Leon.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukore amasengesho urimbure izo nama zizo nkozi z’ibibi,dore bafashe inkoko ni mbata bagiye guterekereza batangaho ibitambo byurugimbu bibwira yuko ahari imyuka mibi bizeye kandi biringiye ishobora kugira icyo yabamarira.Ariko mu byukuri nta cyo ishobora kubamarira habe nagato uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa inkozi z’ibibi z’Abega,Abasinga,Abajiji,n’Abashambo baterwa ubwoba bukomeye cyane,nibigiye kubabaho muri gakondo ya bakiranutsi kuko ubwami bw’Abega bwabakamiye bugiye gukurwa ku ngoma.Mbona bahise bafata urweso baterekereraho bohera imyuka mibi bayohereza k’Umuhanuzi AINESHA Leon,kugirango bamuteze ibyago na kaga gakomeye areke gukomeza guhanura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Maze nerekwa bakora ibijya gusa n’ubufindo bwo gukora ibitangaza bishingiye ku mbaraga z’umwijima,ariko uko bageragezaga kubikora ninako imbaraga zabo zarushagaho kuyoyoka ibyo bibwiraga yuko bakohera imbaraga z’umwijima k’Umuhanuzi birabananira.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bantu baciriweho iteka burundu kuko batinyutse gukiranirwa barwanya umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yashyize muri wowe uko niko Uwiteka abivuga.

 

 

 

 

Nuko nerekwa iyo mihango yabo bayigerageza inshuro [5] byanga gukora.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,niyompamvu wabwiwe gukora amasengesho kugirango uburizemo ibyo bikorwa by’umwijima birimo gukorwa nizo nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa Batutsi uko niko Uwiteka avuze!

 

 

 

 

Nuko rero dore umwuka w’Uwiteka ukomeje guhishura ibikorwa byinkozi z’ibibi birimo gukorwa rwihishwa na Abega banze kubaha Imana,ahubwo bagahitamo guhangana ni jambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yacishije muri wowe bibwira yuko bashobora kunesha ariko ntabwo byashoboka ahubwo bazarimbuka bose uko bangana kugirango bamenye neza yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko ntawarwanya Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ngo azamutsinde kandi ari we wamuremye uko niko Uwiteka avuga.

Mu nama zabo muri report batanze bavuze yuko bagerageje kugushaka baciye hasi no hejuru ngo barebe uko baguca igihanga cyangwa bakaguheza muri gereza,ariko bakananirwa ngo kuko utagikoresha telephone ukaba usigaye ukoresha e-mail yonyine.Kandi ko ngo naho bakwandikiye udapfa gusubiza uwakwandikiye bakaba barabuze uko bakugeraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwami bw’uRwanda uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Nimutegura umushinga witegekonshinga ry’ubwami bw’uRwanda,kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abahaye igihugu.Kuko mutazinjira mu gihugu ngo mujye gukoresha itegekonshinga rya repubulika kuko itemewe na mategeko,kandi amategeko yayo akaba anyuranye nuburenganzira bwa muntu uko niko Uwiteka abitegetse.Nimuramuka mudakoze gutyo,muzaba mwanze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo wabitegetse.

Kandi nimugera mu gihugu bizabagora guca imanza z’ubwoko bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi mudafite amategeko agenga ubwami bugendera ku itegekonshinga ajyanye na mategeko y’ubutabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira bene so mu Mwami wacu Yesu Kristo,uti uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Umuntu wese uzajya akoresha mwene se muri Kristo Yesu,umurimo wa maboko,bikagaragara yuko uwo muntu yaburaye ashonje azajye abanza kumuha amata mbere yuko akora umurimo wa maboko yamwatiye kugirango abone imbaraga zo gukora umurimo wamuhaye.

Utazabigenza atyo,azaba anyuranije nitegeko ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kandi bizamubera umuvumo.Niba udafite inka ikamwa amata,uzajye kuyagura kugirango Uhoraho Uwiteka Imana yawe aguhe umugisha kubwo kugira neza kwawe kuko uwo muntu atazabura kugenda asingiza Uwiteka Nyiringabo akamuha icyubahiro avuga ko uri umuntu w’Imana igirira neza abakene nabaciye bugufiya.

Kandi ubabwire uti,niharamuka haje umunyamahanga kugusaba ubufasha,akaza aticishije bugufiya mu gihugu cyawe,ntuzamufashe.Ariko naza aciye bugufiya akagusaba ubufasha,ntuzabure kumugirira neza kuko bizakubera umugisha umuturutseho kandi ntazabura kugenda avuga yuko gakondo ya bakiranutsi arabantu b’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!

 

 

 

Nerekwa Abega bavuye kurugerero basubizwa mu gisrikare ngo bajye kurwanira ingoma yabo ya Abega,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega basubijwe mu gisirikare bagiye kurwanya Uwiteka Imana bibwira yuko bamutsinda.Mbese ikibindi cyabwira umubumbyi ngo cyarwana nawe kikamunesha?Uko niko Uwiteka abaza!

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bavuga yuko bakijijwe,buzuye ubugome,ubutiriganya,uburiganya,nubugambanyi.Imitima yabo yuzuye gukiranirwa gusa gusa,none babwire ngo uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga,dore mwananiwe gukiranuka,ahubwo mwahisemo kugendera mu nzira za Balaki na Balamu kandi mwirirwa mu beshya yuko mukiranuka.Niyompamvu muciriweho Uwiteka kuko mwashyize imbere uburiganya kubeshya no kwica no kurimbura.Ibyo mukorera abandi muzakubirwa inshuro 1000 zo gukiranirwa kugirango mumenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ica imanza zitabera.

 

 

 

 

Dore nabashyiriyeho umucamanza ubacira imanza zitabera,ariko mwirirwa mu mugenza kugirango mu muce igihanga.Iyo ntaza kumurindisha amaboko akomeye muba mwaramurimbuye uko niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.Nuko rero kuko mwagambiriye mu mitima yanyu kuva cyera yuko muzakiranirwa,niyompamvu muciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Dore ubwami bwanyu mwishingiye buciriweho iteka kuko mutagenje neza,ahubwo mwaranzwe no gukiranirwa niyompamvu imbabazi z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zizababa kure uko niko Uwiteka avuga.

April 21, 2017  njyanwa mu iyerekwa maze mbona abakobwa bo muri gakondo biga za kaminuza bananirwa gukora ibizamini kubera kwirirwa mu bagabo hirya no hino bashakishaka amafaranga yo kwishyura amafaranga yishuli hamwe no kwiyushyurira amacumbi.Babona yuko bazatsindwa ibizamini bakajya gushaka abaprofessors babo babigisha kugirango baryamane nabo maze bazabahe amanota mibizamini kuko batigeze biga ngo babe bashobora gutsinda ikizamini.

 

 

 

Sibyo gusa bakora,ahubwo bakora ibishoboka byose,bakajya gusambana na bagabo ngo babishyurire amacumbi no kubatunga mu gihe cyose baba biga za kaminuza.Sibyo gusa!Iyo barangije za kaminuza bajya gushaka akazi,kuko baba baramenyereye buraya bagasambana nabakoresha batanga akazi kugirango babahe akazi.

 

 

 

Iyo barangije gukora ibyo,kuko baba barabaye ikimenya bose,bahitamo gushaka umusore cyangwa umugabo wubatse babona ko ashobora gukora inshingano ze,bakamutega inda bakabyarana nawe kugirango ubuzima busigaye abukure k’uwamuteye inda wemera kurera umwana babyaranye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira umukobwa wisiyoni umubwire uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore wariyandaritse uhinduka ikimenya bose,ugurisha umubiri wawe kandi warawuhawe ngo uheshe icyubahiro Uwiteka Imana yawe.Nuko rero ubwo igitsina cyawe wagishyize ku karubanda ukakigurisha nkugurisha ihene mu isoko,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agiye gushyira igitsina cyawe ku karubanda kandi za ndaya zabagabo mwasambanaga nta numwe uzongera kugukenera ahubwo uzakorwa nisoni kumugaragaro ujye utumwaho nisazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ukobwa wisiyoni wiyita ko akijijwe kandi akavuga ko akiranuka,umubwire uti,kuba wisiga CUTEX kumunwa ntabwo bishimisha Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kandi kuba wiharanguza ibitsike byo kumaso INGOHE,nabyo ntibishimisha Uwiteka Imana yawe.

Dore bizakubera umuvumo,kandi bizagukururira akaga gakomeye cyane,nkuko byanditswe muri JEEMIAH 9:25 yuko abakora ibisa bityo bizabateza intambara zingana ni ntambara zitezwa ibihugu.

Bene data bakundwa reka duhugurane kubyanditswe byera,uko bivuga,turebe yuko twafatanya murugendo rugana IZION.Abantu benshi bakora ibintu batazi bizabajyana murubanza ruzabakururira kurimbuka.ABALEWI 19:27 havuga ko,bibujijwe yuko mwiyogoshesha mu buryo bubujijwe n’ijambo ry’Imana.Ndetse kwicisha imanzi nabyo birabujijwe(tatos) aha ndavuga abagabo mbese guhidura umubiri wawe uko utari birabujijwe ubirengaho aba akoze icyaha.

 

 

 

Abadamu birabujijwe yuko biyogoshesha “INGOHE”  zo kumaso,nyamara bashiki bacu ntabwo babashije kubahiriza uwo iryo tegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo Yeremiah 9:25,birababaje kumva umuntu ashobora kuba yarimbuka kubera udusatsi twingohe.Nyamara ntabwo bazarimbuka kubera ingohe,ahubwo bazarimbuka kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nubwo bashiki bacu batanga ibisobanuro bitandukanye bidafite aho bishingiye,kwica imanza kumubiri,ntabwo byemewe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Jeremiah 46:16,Uwiteka iyo yagukunze,aguca imanzi mu biganza byayo.Icyo kimeyetso kigaragaza yuko Uwiteka yagukunze akaguca imanzi ze mukiganza.

Ariko umwanzi yashoboye kubeshya bashiki bacu,noneho nabasaza babo,nabo ni uko basigaye barapfumuye amatwi amazuru niminwa ndetse bahisemo kuba abagore aho kuba abagabo nk’uko baremwe.

Kwambara imyenda ya bagabo birabujijwe gutegeka kwa kabiri (Deuteronomy) 22:5 havuga ko,abagore badakwiye kwambara imyenda yabagore,na bagabo babujijwe kwambara imyenda ya bagabo.Ko uzambara imyenda ya bagore cyangwa abagore bakambara imyenda ya bagabo,nikizira k’Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru.

(Leviticus abalewi 18:22) havuga ko,bibujijwe ko,umugabo aryamana nundi mugabo,”GAY”ibi byabayeho igihe cy’ISODOMA n’IGOMORAH, umugore nawe abujijwe kuryamana n’umugore mugenzi we,”Lessibiene” ariko uyu munsi bisa nibigezweho ndetse ibihugu byamaze kubishyira mu itegekonshinga igihugu kibyanze bakagifatira ibihano bavuga ko,batubahiriza uburenganzira bwa muntu.

Umwanzi kubera gukoresha uburiganya,yateze abantu intonorano,kugeza ubwo nabitwa abashumba babyemera gusezeranya abahuje ibitsina(Abatinganyi) ugasanga abantu ntasoni bafite kuko imitima yabo yabaye akahebwe bahitamo gukiranirwa kugirango bironkere intonorano z’umwanzi kuko bavuga ngo,biraruta kwemera Malaika wa satani ubasha kubona ukamwizera,kuruta Malaika w’Imana utabona

Bene data ibi byose bishingiye ku irari ry’ibyisi,nyamara bijya biza byarangiza bikitera amababa bikigendera.MOBUTTU na GADDAFFI ntabwo bari bafite bicyeya.None bagiye gusozererwa n’Umwakagara kuko ari bakire bakomeye ku isi,nyamara azakurwaho nk’umwe mubakomeye ahari namara kuvaho mushobora kuzizera Uwiteka kuko muzaba mu maze kubona yuko nta muhanga w’Isi,kandi ko isi idasakaye buri wese anyagirwa ku giti cye.

 

 

 

 

Muri iki gihe abapfumu nabo bihinduye abakozi b’Imana,abandi nabo,bavukanye imbuto za badayimoni zikora ibimenyetso nibitangaza aho abantu bizera ndetse bakemera yuko ukoreshwa ibyo,aba ari umukozi w’Imana nyamara ntaho ahuriye nubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana nyiringabi.Abantu Imana ikababurira biciye mu nzozi cyzngwa  mu mayerekwa ariko bakanga nti mu byiteho.JOB 33:14-18,Kubara 12:6 Uwiteka avuganira namwe mu nzozi,ariko umugaragu we Moses ukiranuka murugo rwe we bavugana amaso kumaso!

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi ziguteje ibyago byihuse ndetse nibindi bizaramba,ngaho byitegereze neza uko biza nurangiza unabyitegereze uko bigenda kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe,adashobora ko wasubira mu butayu kandi waraburangije.

 

 

 

Nta deni ubafitiye kuko warangije ubutayu bwawe Uwiteka yakujyanye kugirango utunganywe wigishwe uko uzakorera Uwiteka Nyiringabo,ari we Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Ndabwirwa ngo ibyo bigori bazanywe byo gushyirwa mu nzu yimbohe sibyawe,kandi ibyo bizamini bazanye ntabwo uzabikora kuko ibyo wakoze bihagije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

Nerekwa idini rya Assembles of God rikorera Kimihurura rikataje cyane gushinga amashuri yigisha iyoboka Mana cyangwa se Theology,maze mbona abantu bashishikajwe no gushaka uko bajya muri ayo mashuri,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira izo njiji ziyitirira umurimo wa data uti,nimushake ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

 

 

 

 

Kuko igihe ari kibi,naho mwajya muri ayo mashuli kugirango mwemerwe aho gushaka mu maso h’Uwiteka akabaha imbaraga n’umwuka wera akabakoresha ibikomeye mu isi ya bazima,ahubwo mushishikajwe no gushaka amashuli kandi ibihe murimo ari bihe bibi cyane nyamara abayoborwa n’umwuka w’Imana nibo bana b’Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,birakomeye cyane kuko Umwakagara ahagaritse umutima kuko waburiye ubwami bw’uRwanda gukora itegekonshinga ubwami bw’uRwanda buzagenderaho.K’umwakagara rer we abona yuko byamurangiranye kandi nibyo koko byamurangiranye barimo bariga uburyo bwose bukomeye bakubonamo.

Ariko bakagira ikibazo cy’uko nta muntu numwe uzi aho uherereye ndetse ukaba utanagikoresha telephone kuko niyo yabateraga ubwibone bakumva yuko igihe cyose bashobora ku kubona none kuva aho igihugu cy’ibabylon cyashyiriyeho itegeko ryo kumviriza za telephone bibwiye yuko bakubonye ahubwo baba ariho bakubura uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Umwami wawe Uwiteka Nyiringabo ari kumwe nawe.Baguhize ibihe [7] ndetse bagize [8] ariko se icyo gihe cyose bakoraga iki?Niko Uwiteka abaza!Abakuburiye mu gihugu cy’Ubuphilisitiya,bazakubonera mu gihugu cy’ibabyloni?Niko Uwiteka ababaza!

April 22, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona njyanwa mu butayu burebure mvuye mu butayu bugufiya  Impongo,ubwo mfata INKOTA yanjye nyikuramo ndasimbuka  nyijya kumugongo  nyifata  ijosi  nyijomba INKOTA nyica igihanga.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka  Nyiringabo  rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa z’Umwami ziraje ziturutse mu burengara zuba  bwisi baje kuvugana na mahanga ku itahuka ry’ubwami bw’uRwanda.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbwira riti mwana w’umuntu dore Uhoraho yongeye gukomeza  isezerano yuko azaha radio station Umuhanuzi Mukuru yo gukora umurimo w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirabwira riti,mwana w’umuntu,tunganya C.V yawe kuko ugiye guhindurirwa imirimo n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kuko ugiye kongererwa imirimo yiyongera kuyo wakoraga niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho  rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara amerewe nabi cyane kandi ahagaritse umutima bikomeye cyane kuko yamenye yuko amahanga yamaze kumugambanira akaba agiye gukurwa ku ngoma bakoresheje imbaraga za gisirikare uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore abasangira ngendo bafatanije gutegekesha igitugu,nabo bahagaritse umutima bikomeye kuko bamaze gutakaza ikizere cy’Ikerecyezo cy’ubuzima bwabo niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona ku kibaho(Bill board)handitse ijambo ry’Icyongereza ryitwa Rhema word (LONG LIFE KING HIS-MAJESTY) harakabaho Umwami w’uRwanda YUHI VI Nyir’uRwanda.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami YUHI VI yimye ingoma muri gakondo ya bakiranutsi,kuko noneho bongeye kwimika (Official) no gukora imihango yose ya cyami irarangiye ubu yitwa LONG LIFE KING HIS-MAJESTY.

Nerekwa uwahoze arumufasha w’Umuhanuzi AINESHA Odette Murekatete,mbona yifuza cyane yuko twahura agasaba imbabazi,maze akanampa amakuru ya za magigiri nyuma yuko abonye yuko abana b’abantu yiringiye baciriweho iteka,bakaba bagiye gukurwa ku ngoma.Mbona na za magigiri zikorera mu mahanga bashinzwe guca ibihanga abatavuga rumwe na leta y’Umwakagara,mbona binjijwe mu butayu bugufiya baba ariho bajya kwihisha kugirango batazafatwa bagafungwa bagashyikirizwa inkiko kubera ibikorwa byurugomo nubwicanyi bakoreye abanyarwanda.

Bamwe mbona batangiye kunywa inzoga nyinshi bahinduka abasizi,bihindura imyambaro bambaraga bigira nka baturage kandi arabasirikare ariko bakora umurimo wubwicanyi bambaye civilian maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mu gihugu cy’Ubuphilisitiya (Uganda) abagore baho batwite bajyanwa mu butayu bugufiya,kubyara byari ihurizo rikomeye cyane ugiye kubyara bakabanza kumusaba bituga ukwaha na mashilingi ya deposit mbere yuko yinjira mu bitaro agatanga imitwari [8] bihwanye nibihumbi [80,000] byamashillingi yamara kuyatanga akabona kwemererwa kwinjira mu bitaro kubyaro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

April 23, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inyamaswa isa Nuruko,ubundi igasa Ningwe,mbona ibunze ahantu isa nitegereje umuhigo.Maze mbona ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gufashe INKOTA mu kuboko,kuraza gukegeta amatwi ya Nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO.Mbona amatwi yose kuyamazeho!Mbona nay a NKOTA ifashwe mu ntoki n’ukuboko k’Uwiteka,gusogota mu matwi ya nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO INKOTA ihinguka mukundi gutwi.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba wasobanukiwe ibyo weretswe?Ndasubiza nti oya nyagasani!Nabibwirwa niki ntabisobanuriwe!?

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,iriya nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO,ibundiye ahantu isa nitegereje umuhigo,niwowe yari itegereje.Nariya matwi wabonye ni Netework yikoranabuhanga (Tracking) ya za magigiri zashyizeho ngo bajye bagutrackinga kugirango bamenye imigambi yawe na gahunda zawe zose kugirango babone uko bazakubikira baguce igihanga.

Ariya matwi yaciwe n’ukuboko k’Uhoraho,ni Network yabo Uwiteka yashenye,iriya nkota yashinzwe mugutwi igahinguranya mukundi gutwi,na none niya network yabo yamaze gusenyuka kuko abari barahawe umurimo wo kujya bakumviriza bagakoreshwa mukohereza umugisha ariko kuri bo ar’umuvumo baguteze kugirango uwugwemo none byabaye imfabusa uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nongera kwerekwa INYONI imeze nka TAUSI (peacock) nayo ibundiye ahantu yigira nkaho irimo gutoragura,ariko isa naho itegereje umuntu.Mbona kwa kuboko nabonye mbere,gufata UMUKASI(ijambo ry’Imana)kogosha ikirokoroko cyayo cyo hejuru kumutwe cyose gishiraho.Maze mbona uhereye ku ijosi igenda ishonga gahoro gahoro kugeza ishizeho.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,iriya Tausi ubonye ni NYONI ihagarariye umuzima ukomeye ufite ubwibone ABEGA bakoresha bavuga ko batazava kubutegetsi none uwo muzimu wabo uciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umuririmbyi witwa APOLINAIRE ukomoka ISAMRIYA uririmba indirimbo zo kuramya Imana,yarahungiye muri gakondo ya bakiranutsi ahunga intambara zabereye iwabo muri SAMARIYA na nubu zitari zarangira.Mbona anyura hejuru mugezi unyura munsi yibishanga,maze akajya abinyura hejuru arazenguruka agaruka ahumutse.Mbona ko Abanyasamariya baungiye muri gakondo ya bakiranutsi bagiye gusubira iwabo kuko ngo bumvise yuko muri gakondo hagiye kuba amatora ashobora kuzavamo intambara bagatinya yazabahitana uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nerekwa mu gihugu cy’ibabylon ahitwa COST cyangwa MOMBASA hatera inzara ikomeye maze abagore bafite abagabo bagasiga abagabo murugo bakajya gushaka abagabo (Kwicuruza) ijoro ryose bakarara banyuranamo naba Police ndetse nurubyiruko rwa basore mbona nabo bajya kwiba ninjoro Police irara ibirukankana.

Mbona mu gice Nairobi,Kajiado urubyiruko rwaho rutega abantu bafite amashillingi bagiye guhaha waba ufashe amashillingi mu ntoki urimo kugura ibintu hanze hatari muri super market bakayagupapura bakirukanka.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cy’ibabylon hatewe umwuka wubucyene ukomeye cyane ku buryo mu gihugu cyose hagiye kubura umutekano kubafite amashilingi none nukuba maso cyane kubajya  guhaha no bajya kubikuza amashillingi muri za bank kujya kubikuza abantu bakureba nukwiteza ibibazo bikomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.

Nongera kubona ndwana n’umwuka w’Inzika y’Inzigo,turahangana kugeza munesheje,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’Inzika y’Izingo urawunesheje kuko uhanganye nawo igihe kitari gito mu bihe [7] urwana nawo none mu gihe cya [8] ukaba uwuhanguye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa gutambagizwa mu gihugu cy’Abaphilisitiya,kumusozi wa masengesho witwa (PRAYER MOUNTAIN) uherereye bunamwaya SSEGUKKU mbona za magigiri z’Umwakagara zijya guhigayo ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwahungiye mu gihugu cy’Ubuphilisitiya maze bagezeyo,mbona abagiye gusengerayo bose bakwira amashyamba nibishugunda bajya kwihisha bahunga ingoma ya Bega kugirango batajyanwa muri gakondo bagacibwa ibihanga mu gihe nk’iki Umwakagara ategereje gukurwa ku ngoma  agasimburwa n’ubwami bw’uRwanda bwmewe na mategeko.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ubwoba bwamutashye none yatanze intonorano muri  police ya KPC kugirango bafashe za magigiri z’Umwakagara gushimuta abacitse ku icumu ry’Umwakagara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkiri mur’iryo yerekwa mbona uruganda rwubakishijwe amabati adassanzwe,nabonaga hari imachine ikora mu mwanya wabantu.Yakataga amabati ikayazamura igasakara uruganda rushya rw’ubatswe vuba.

 

 

 

 

Mbona urwo ruganda rwo gutunganya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,mbona rusakarwa hose kugisenge no munguni zarwo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uruganda rutunganya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rurarangiye aho ubwoko bw’Uhoraho bugiye gutunganirizwa(Refined)kugirango babe kuba abantu b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nkigikoresho gikwiriye nyiracyo none Umwakagara wabajujubije ngiye kumukuraho kugirango abantu banjye nubwoko bwanjye butunywe muruganda rwamaze kuzura uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuba.

Nuko rero burira ubwoko bwanjye bwahungiye mu gihugu cya Philisitiya yuko bagiye guhigirwa kumusozi wamasengesho,kandi abazajyayo bazafatwa.Uhereye ejo ku mbere taliki ya 24 mata,2017 ntimuzongere kujya kumusozi gusengerayo,kuko bamaze kubagura ahubwo muzategereze igihe Uwiteka azababwirira ko habonetse umutekano maze mubone gusubirayo uko niko Uwiteka avuga.

Dore n’umwana w’UMUSITA afite ubwoba bw’Umwakagara yuko za magigiri ze,zitwaza gusenga zikaza guteza umutekano mucye gushaka uburyo bagambanira UMUSITA wiwabo kwivuko IGITARAMA none nawe agiye gutangira gufata ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwaturutse muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Mwirinde kandi cyane kuko igihe kiri imbere ar’igihe cy’umugisha nk’uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze!

Abazumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bazarya ibyiza byo mu gihugu.Naho intumva  ni nkozi z’ibibi ntizizabura guhanwa n’Uwiteka Nyiringabo kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bazaza gusaba kuba abanyamuryango ba RDM ishyaka ryaharaniye gusubizaho ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga kugirango nabo bagire ababahagararira mu ntekonshinga mategeko y’uRwanda ku ngoma y’Umwami YUHI VI ugiye gusimbura Umwakagara ku ngoma.

Nuko rero burira abayobozi ba RDM,ubabwire uti,ntibazakire abo banyamurenge binkozi z’ibibi bazaza gusarura aho batabibye!No gushaka gusangira ibyo batatetse cyangwa batoreye inkwi uko niko Uwiteka avuga.Ubwo bwoko bwaravumwe kubera gukerensa ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi banze kwihana imirimo yabo.Nuko rero ntihazagire imyanya mubaha mu butgetsi kuko arabanyamuvumo kuzageza igihe umuvumo uzabaviraho batazabasiga icyasha mugakurwa imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka atgetse!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri z’Abega,zigiye gukoresha uwahoze ar’inshuti yawe bamubwiye yuko azaza kwivuriza mu gihugu cy’ibabylon kugirango azakoherereze intonorano maze agusabe uze muhure akuramutse uramenye ntuzageyo kuko bazaba bashaka kuguta mu mutego ngo baguce igihanga,kandi iyo nshuti yawe bakaba baramaze kumufata mu Ijosi kugirango bamugire igikoresho cyo kumena amaraso atagambiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments