Reka mbanze nshimire za magigiri zimaze gufata icyemezo cyo gusaba gusengerwa,ariko banasabwa kwitandukanya n’Umwakagara kugirango gukiranirwa kwabo aho birirwa bahiga ibihanga bya benewabo.
Ba magigiri bamaze kwemera ko ari bamagigiri kandi ko bari bashinzwe guhiga Uuhanuzi AINESHA Leon,nyuma yo kubavuma bemeye kwica icyiru maze basaba gusengerwa.Ariko reka mbaenyeshe yuko niba uri magigiri w’umwega,rwose ntabwo umuvumo uzakuvaho !Kuko ibyo kuvuma no kuvumura bigengwa na nyir’ubwite wabimpereye uburenganzira.
Ariko niba uri magigiri gusa,ukaba utari umwega,kugukuraho umuvumo wavumwe n’Umuhanuzi kubera guhiga no gushaka guca igihanga cye,rwose nshobora ku kubabarira niba wemeye kwihana burundu utazongera guca amashu ya bandi utaremye.
Ariko abega rwose mwihangane nta cyo nshobora kubamarira naho mwatanga ibyamirenge ngo mukurweho umuvumo,nta bwo byashoboka kuko mwahanganye nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo na nubu kandi mukomeje gushaka no guhiga igihanga cy’Umuhanuzi.
Magigiri wese wumva ko amaze gusobanukirwa ingaruka z’umuvumo uturuka k’Uwiteka Nyiringabo,akaba yafata icyemezo cyo kureka ibikorwa byo guca amashu ya bene wabo,azandike e-mail nkabandi asabe imbabazi azababarirwa kandi asengerwe kuko ikibazo s’ukwica,ahubwo ikibazo n’ukutihana.
Niteguye kubasengera kuko nijye wabavumye kandi ndahamya yuko mwatangiye kubona ingaruka z’umuvumo.Ntawundi muntu ushobora kubakuraho uwo muvumo usibye uwabavumye !Numvise ko ngo Abega bazajya gushaka Umuhanuzi w’Umuny’america ngo akazawubakuraho.
Ariko ubanza atazabishobora kuko niba koko ar’Umuhanuzi w’Uwiteka,ntabwo umwuka w’Imana yamukundira ko abavumura kandi uwabavumye akiriho kandi akaba atanazi impamvu yuwo muvumo !
« I’m sure % per cent that i’m the only person who can deliver you from the curse I cursed you”I think it will cost you very expensive to be delivered from the under of curse you obtain because of your des-Obedience to God.





