HomeNewsIgice cya (53) cy’ubuhanuzi

Igice cya (53) cy’ubuhanuzi

Mar 31, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa ibikorerwa mu isi ya bazima,bitagira umumaro.Nerekwa uburyo isi yose ifite uruhagarara rwo gukiranirwa no gutangiza intambara zitagira impamvu zishingiye ku kwibura no gushaka gutegeka abanyantegenke ngo ntibazigere bahagurutsa agatwe ngo nabo baharanire uburenganzira bwabo.

Igice cya (52) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho aguhaye umugisha uruta uyindi ndetse umubare usumba iyindi yose mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Mwana w’umuntu dore iby’Uhoraho yagusezeranije ntazabura no kubikora kuko iyo avuze ntabura gusohoza isezerano nkuko yabivuze kuko nuwo kwizerwa no kubikora azabikora uko nimo Uwiteka avuga.

Nerekwa utubuto [4] twasinapi mbona umwe mu bakomeye araje atwaramo tubiri [2] utundi tubiri turamucika [2] tugwa hasi,kand utwo tubuto twari dufite agaciro gakomeye mu isi ya bazima.Kandi twari dufite agaciro kangana numubare wanyuma mu isi ya bazima.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho genda nawe udutoragure turiya tubuto[2] dusigaye,ndagenda ndufata uko ari tubiri,ariko kamwe [1] karancika kagwa hasi gasubira mu bubiko bwako ntwara kamwe konyine[1] akandi gasigara aho kari karahishwe abahanga na banyabwenge usibye Umuhanuzi wahishuriwe ububiko bw’ubutunzi bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo akora,kandi niko avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ya bakagara bategeye k’umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yagutegeye k’Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango aguce igihanga yimare agahinda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu AINESHA,urasabwa gukoresha ubwenge nubuhanga buturuka mu Ijuru kugirango ubashe gukiza ubugingo bw’Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kuko umwanzi yamaze kugambirira kubuza ubugingo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo aciriyeho iteka abantu twari duturanye muri w’1977 muri Tanzania bahumanije abavandimwe n’umuryango wanjye.Ndetse ntangazwa ni uko nuwatugurisheje amata avanzemo amazi nawe aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi.Mbona imiryango [2] ko ariyo iciriweho iteka nubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Mbona ubutabera burakomeje bugera ku bantu barimo za magigiri zose z’Umwakagara cyane abashinzwe guhiga ubugingo bwanjye.Ndetse mbonamo na nyakwigenera Col.Patrick Karegeya wakoresheje LT.Ruyenzi Aloys ubu yahawe ipeti rya Major Muri RNC,ubwo twarikumwe Uganda tumaze gusenya umutaka wa za magigiri za RPRK,tumaze kuzisenya yakurikijeho gushuka uburyo yancisha igihanga ariko Uhoraho akinga ukuboko.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Col.Patrick Karegeya yaciriweho iteka kubera wowe yashatse kuguca igihanga.Ikindi yamennye amaraso menshi y’inzira karengane ubwo yakoraga mu nzego z’iperereza zo muli gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ubutabera burakomeje bugera kunshuti yanjye witwwa Hodali utuye Igisenyi igihe najyaga Igoma namutumaga kumfasha ibintu bimwe na bimwe mu byo nabaga nagiye gushakayo,maze mbona aciriweho iteka kubera amafaranga [500] yagavuye kandi ndibumuhe ibihembo maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iki nigihe cy’ubutabera bwatangiye taliki ya 1 mutarama,2013 uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa undi wahoze ari inshuti yanjye witwa Harinditwwali Jean Paul ukora muri ULK akaba umwana wa mukuru wa Kajeguhakwa Valens mbona arimo kumvuga nabi maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore Jean Paul aciriweho iteka kubera ko avuze nabi kandi wowe utarigeze umuvuga nabi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

 

 

 

Nerekwa Umwami YUHI VI Nyir’uRwanda yima ingoma asimbura Umwakagara wigize Umwami wa gakondo ku mbaraga za gisirikare.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho hanura maze uvuge uti,Nyagasani Nyir’uRwanda uku niko Uwiteka avuga,dore ubaye Umwami wa gakondo ya bakiranutsi nkuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze abivugiye mukanwa k’Umuhanuzi Majeshi AINESHA LEON.

Nerekwa impunzi zirimo abagore benshi bo mu bwoko bw’abahutu barambiwe kuba mu mahanga,ngo bategereje yuko Umwami YUHI VI yima ingoma bakabona gutaha gakondo ya bakiranutsi.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,humuriza imitima ya banyagakondorero maze ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuze!

Dore hasigaye agahe kuko igihe cyo kimaze kurangira kugirango Umwakagara akurwe ku ngoma,nuko rero ibyringiro byanyu ntabwo ari iby’ubussa kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yumvise kurira kwanyu akaba agiye kubaruhura umutwaro w’ubuhunzi mukaba mutazongera guhunga ukundi ahubwo muzatura muri gakondo nkaho mwameze imizi.

Dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabatera mushore imizi,ntabwo umuyaga uzongera kubanyeganyeza,ariko ibi bizabasohoraho nimugendera mu nzira z’Uhoraho Uwiteka Imana yanyu.Mukirinda gukiranirwa nubukubaganyi no kugomera Umwami w’uRwnda mukabahiriza amategeko mukubaha ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika z’Inzigo za cyera zo mu bwoko bw’Abatutsi zongera kuzamuka,ndetse nerekwa benshi bafitiye ishyari umwuka wishyari Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,ngo ntiyakabaye ariwe uhanura ngo kuko hariho abandi bantu bakomeye bazwi kandi bakomoka mu miryango myiza ikomeye!

Ndabwirwa ngo mbabwire ngo”ubushake bw’Uhoraho Uwiteka Imana burasharira”kandi ubushake bw’Uwiteka bwashimye yuko AINESHA agirwa umucamanza wabari mu isi ya bazima,mu gihe gisa nk’iki!?Kandi nawe Uhoraho iyo aza kugushinga umurimo yampaye akakugirira ikizere nta kabuza nawe uba uducira urubanza kuko Uwiteka aba yarakugiriye ikizere akakubonama ubutabera muri wowe.

None niki gitumye muhagarika imitima,ko nkora ibyo data antegeka gukora?Mbese ko abacamanza bo mu isi babacira imanza zibera kandi ntimubavuge?None umwana w’umuntu ubacira imanza  zitabera we ntimushaka no kubona usibye no kumwumva.Ariko nta kundi byagenda ko mudashobora gucirwa imanza nabadatuye ku isi se kandi mutabana!?Mukwiye gucibwa imanza nabo mubana batuye kw’isi ya bazima kugirango mutazashaka urwitwazo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 1, 2017Umwuka w’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uburiganya Umwami wabaphilisitia Yoweri Kaguta Musveni yaragiye kugurisha gakondo ya bakiranutsi waburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.None ntigire ubwoba cyangwa ngo uhagarike umutima kubwagakondo yawe wahaweho umwandu n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe.

Ahubwo bwira ubwoko bw’Uwiteka uti,mwitegure gutaha kuko Umwami YUHI VI wahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon yuko azima ingoma,dore yagizwe Umwami wasimbuye Umwami Ndahindurwa,kandi dore ahawe gakondo ya bakiranutsi kuyibera Umwami kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira uburyo ijambo ry’ubuhanuzi ryaburijemo abariganya bari bagiye kuriganya ubwami bw’uRwanda.Gen.Nyamwasa Nyamwasa yari yagambiriye kuriganya ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro,kandi nawe Umwami wabaphilisitian nawe yari yagambiriye kugurisha gakondo y’ubwoko bw’Uhoraho kugirango abahutu bongere bime ingoma murwego rwo guhima ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ariko noneho dore uwo mugambi wakurikiranywe n’Uwiteka asanga ari byo koko hariho ubugambanyi bwo kurwego rwo hejuru maze aburizamo uwo mugambi w’inkozi z’ibibi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwanzi azamuye ikigeragezo kigiye kungeraho gihita gihura numuyaga uturutse mu Ijuru,maze gihita cyuma.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bari bagambiriye kohereza icyo kigeragezo,ariko noneho kiburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamasengesho b’abagabo bagiye mu butayu bugufi bagiye kwiherera ngo bagambanire umurimo wo mu idini bakora,kugirango babone uko nabo batangira idini ryabo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo maze rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,witegereje bariya bagabo?

Ndasubiza nti nababonye!Ndabwirwa ngo,bariya bagabo babeshye yuko bagiye gusenegera mu butayu bugufiya,ariko icyari kibajyanye nukugambanira umurimo bakora mu idini kuko uwo bakorana yamaze kubigizayo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

None se ko batangira umurimo bawutangiriye mu butayu kandi bo batari bigera binjizwa mu butayu,kandi bamara gutangira uwo murimo wo gushinga idini ntibagire icyo bahindura nabo bagakora nk’aho bavuye bavuga batsikamiwe kandi batita kumfubyi nabapfakazi,nyamara barangiza nabo bakagenza kwakundi ubwo baba bakozi iki?Uko niko Uwiteka ababaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo bagabo uti,niyompamvu umuvumo utazabavaho kuko muhungira umuvumo mu muvumo.Kandi ubwo busambo bwanyu mushinja bagenzi banyu,namwe mwamara gushinga idini mugakomereza aho mwali mugeregeje kwigwizaho ubutunzi maze mwarangiza ko mutagira isoni mukirata ubutunzi bwavuye mu mbaraga z’ubwoko bw’Uhoraho mukitangaza mubinyamakuru no nkoranyambuga.

Kandi ibyo byose iyo mubikora mwibwira yuko data wo mu Ijuru muhora mubeshyera yuko mu mukorera mwibwira yuko atabona cyangwa atagira amaso na matwi yo kumva ibyo muvuga?Uko niko Uwiteka ababaza!Ariko noneho kuko mutagambiriye gukiranuka,niyompamvu muciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko mushaka gukomeza ibyiringiro byanyu bitandukanye n’iby’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye muvuga ko mukorera kandi mukorera inda zanyu.

Niyompamvu kurimbuka kwanyu kuzaba kubi cyane kandi kukazaba gukomeye kubera kutihana kwanyu ahubwo mukarushaho kurarikira mubeshya ko ngo mu mulimo wa data wo mu Ijuru,ahubwo mwibereye mu nama yubugambanyi mwabaye nkabanyapolitike birirwa bagambanirana bukira niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona ukuntu abanyamasengesho bajya mu byumba byamasengesho bakarara basenga ariko bakarinda barangiza amasengesho Uwiteka nta cyo avuganye nabo.Ndabwirwa ngo mbabaze,niki gituma mukomeza kuza gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kandi iyo muje gusenga atabavugisha?Mbese mubona nta kibazo mufite?Niko Uwiteka ababaza!

Kuki mushaka ko Uwiteka yumva ibyo mu mubwira,ariko mwebwe ntimushake kumva ibyo ababwira?Niki kibibatera?Niko Uwiteka abaza!Ubwo se iyo mubeshya ngo mwagiye mu butayu bugufiya ngo mugiye gushaka mu maso y’Uwiteka kandi muzi neza yuko mujyanywe no kugambana ubwo mwumva muba mukiranutse imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana data wo mu Ijuru muvuga yuko mukorera?Niko Uwiteka ababaza!

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ya Jezebel Nyiramongi iburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye.Mbona uwo mwuka w’Inzika y’Inzigo woherejwe mu ishuli kujya kwiga amashuri  yisumbuye maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Jezebel Nyiramongi yari yarashandikishije hirya no hino agambirie kugucisha igihanga ariko umugambi we uburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuze!

 

 

 

Nerekwa intambara yahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,izaba muri gakondo ya bakiranutsi,mbona abantu barimo gucukura imyobo yo kwihishamo kubera intambara igeze mu irango ry’irembo rya gakondo ya bakiranutsi.Mbona kandi abanyamasngesho nabo basigaye bibera mu myobo ngo barashaka mu maso h’Uwiteka barimo gusenga aho kumenya icyo Uwiteka avuga kuri gakondo ya bakiranutsi kugirango bamenye icyo bakwiriye kumenya ahubwo birirwa mu myobo ngo barimo gusenga nyamara iyo myobo bazaza bayibapfundikiriremo muheremo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa  Uwiteka atuma abagaragu be kubashinga ibyumba byamasengesho ariko abatumweho bakica amatwi bakanga kumvira ijambo ry’abahanuzi b’Uwiteka batumwe kuri abo banyamasengesho bagenda bashinga ibyumba bagambiriye kwishingiye udushinga bita idini.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abo banyabyumba buzuye ibinure byamavuta mu matwi yabo,ubabwire uti,kuko mudashaka kumva ibyo Uwiteka ababwire nta kabuza muzirimbuka kuko mwanze kumva icyo umwuka ababurira niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa umutwe wa politike wo mu gihugu cy’IBABYLON witwa WIPER abanyamuryango bawo bamanurwa mu ntera kubera bagambiriye gushaka gufata intonorano ndetse barabigaragaza akaba ariyo mpamvu bamanuwe mu ntera mu gihugu cy’ibabylon ugereranije na bandi bagize Ihuriro rya politike rya NASA.

Nerekwa gakondo y’Umuhanuzi INYANGENEWSS.COM yuko ar’ikinyamakuru kimaze kumenyekana cyane kurwego rw’isi hirya no hino kwisi kuko bafata amakuru bakayahindura mu ndimi zabo cyane cyane ijambo ry’ubuhanuzi.Ariko ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo inyangenews bayifata nkinyamakuru cya politike kubera ijambo ry’ubuhanuzi ritangarizwa kuri gakondo yawe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,niyompamvu wabonye za nkozi z’ikibi zitwa ILLUMINATI zakwandikiye zigusaba yuko mwakorana bakaguha intonorano zitubutse.

Ariko ntabwo bamenye uwo babwira ubanza bibwiraga yuko umutima wawe urarikiye ubutunzi cyane,akaba ariyompamvu Uwiteka yagutindije mu gihugu cy’ubutayu bugufiya kugirango inkamba zibanze zigushiremo kugirango uzakoreshwe ibikomeye umutima wawe uatekereza intonorano z’umwanzi wabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rinjyana mu iyerekwa mbona INKA (abadayimoni) mbona zabuze ubwatsi bwo kurisha,maze ndabwirwa ngo,bariya badayimoni bari bagutumweho ariko bagerageje kugushaka barakubura kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yaguhishe mu mababa ye uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’ibabylon umunsi wa matora y’umukuru w’igihugu hamwe abayobozi bazayoborana n’uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.Mbona abakomoka mu bwoko bw’Abakikuyu batanga za ruswa nyinshi kugirago abaturage babashe kubatora.

Ndetse umuntu agakurwa mu gace ko aho yagombaga gutorerwa,agatwarwa kujya gutorera aho atemerewe gutora bijyanye nagace atuyemo.

Kubera ubwo bujura mbona habaye akavuyo k’intambara zikomeye cyane,mbona abatoreraga mu murwa mukuru wa Nairobi,babuze aho bihisha abagore na bana Babura ubuhungiro kubera kwiba amatora mu buryo bunyuranije na mategeko uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze  ntambagizwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona ko gakondo ya bakiranutsi yakodeshejwe na data utubyara kugirango abayikodesheje bashobore kuyikorera neza izabyare umusaruro mwiza.Hanyuma yo kuyibyaza umusaruro baziyishyure ikiguzi bayitanzeho ni nyungu zacyo,ahasigaye gakondo bayisubize mu maboko ya bana data yasize.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubwo umubyeyi wanyu yasize atanzeho gakondo ya bakiranutsi ho ingwate kugirango ibashe gutunganywa,abahawe isoko ryo kuyitunganya basigayemo umubyeyi wanyu ibanja cyangwa  ideni bagombaga kubanza kwishyura mbere yuko batangira kuyisana  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirongera ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda witegereze neza niba bahereye aho imbago za gakondo ya bakiranutsi zaherega cyera mbere yuko umubyeyi wanyu bakura muri gakondo yanyu.Akaba yarayigarutsemo bamuciye igihanga kandi akaba atarabonye umwanya wo kugenzura neza niba koko aho yagerage ariho na nubu imbago zayo zigihagaze niko Uwiteka abivuga.

Ndagenda nsanga batangiye kuzitira gakondo yose,ndetse mbona ko bagejeje aho imbago zayo zose zageraga mbere yuko umubyeyi wacu atanga aho yasize avuze niho batangiriye.Nuko mbona ko abahawe cyangwa abatsindiye isoko(Tender of The National Renovation) nsanga niho bahereye nubwo hari haratwawe ni nkozi z’ibibi hashize igihe kirekire ariko abagiye gusana ntabwo bigeze babagisha impaka ngo babuze kuhashinga ibimambo bigaragaza imbago zo gusana gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwitea Nyiringabo abivuga.

Nuko ndagenda mvugana nabo,kandi mbibutsa yuko harumwenda badusigayemo,kuko avance bahaye umubyeyi wacu,ntabwo bari bararangije gutanga ikiguzi cyo kwemererwa gusana gakondo ya bakiranutsi.Ubwo maze kuvugana nabo,bemera ko bagiye kubanza kwishyura mbere yuko batangira umurimo.

Ni uko maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyagakondorero batange umwanya kugirango gakondo ibone uko isanwa neza,babe bavuye mu nzira ibanze isanwe kuko bashobora kuzahura nibibazo bikomeye nibaramuka batavuye mu nzira kuko ibimodoka Bizana umucanga na mazi,amabuye namatafari bishobora no kubateza impanuka mu gihe cyo gusana gakondo yabo yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

Ubushize twagarukiye mu gitabo cya Esther ubu rero dukomereje mu gitabo cy’umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo witwa JOB cyangwa YOBU.Igitabo cya YOBU ntabwi bizwi uwacyanditse bikekwa ko yaba ari YOBU ubwe waba yaracyanditse,cyangwa se kikaba cyaranditswe n’umugaragu w’Imana Moses cyangwa se Umwami Solomon abandi bagakeka ko cyaba cyaranditswe na Elihu.

Umwaka igitabo cya YOBU cyanditswemo,bikekwa ko gishobora kuba cyaranditswe hagati y’umwaka w’2000-1800 B.C,bisobanura mbere yo kuza kwa Christ.Bikekwa ko ariyompamvu abapharisayo bo mu bwoko bw’Abadivantiste bumunsi wa [7] batemera igitabo cya YOBU bakavugako ngo ar’igitekerezo ngo YOBU ntabwo yabayeho.Ariko mu byukuri yabayeho ahubwo ni uko babona bo barabayeho bagasanga harabayeho iterambre ryo kwandika bityo bagatekereza ko iryo terambere ryatangiranye no kurema kwisi.

Kandi ukwizera kwa YOBU bijya bigorana cyane ku bantu badafite ukwizera cyane abize iyobokamana akenshi usanga bitagira kwizera kuko ubwenge bwabo burigihe bubabwira yuko byose bikorwa nubwenge kandi mu byukuri isoko yo kwizera ikomoka mu mutima kuko ariwo iso-ko yubugingo nubwo abenshi bavuga yuko ngo umurimo w’umutima nugusunika amaraso ibyo gukunda no kwizera ngo ntaho bihuriye no kwizera.

Impamvu yiyandikwa ry’iki gitabo,ni ukugirango kigaragaze kubaho k’Uhoraho Uwiteka Imana n’ubutware bw’Uwiteka bukomoka mu mbaraga zayo,nubutegetsi bwayo bukomoka mukubaho kwayo.Ndetse igitabo cya YOBU ntabwo kigarukira aho.Ahubwo kinagaragaza ukwizera nyako,nimbaraga zo kwizera zikomoka murugendo rwo mu butayu bugufiya aho umuntu ageragezwa,ndetse abo banyabwenge banavuga ko ngo na Daniel nawe atabayeho ngo ahubwo ar’ibitekerezo byabayeho bituma abantu bagira ukwizera.

Ariko igihugu YOBU akomokamo kiragaragara cyitwaga UZZ,ubushakashatsi bugaragza ko cyari giherereye mu majyepfo yaho igihugu cya Palestina kibarizwa uyu munsi.Hafi y’ubutayu bw’inyanja ya Euphrates River.

Maze igihe kimwe Imana ibaza Satani umwanzi wabakiranutsi,iti uvuye hehe?Maze Satani arasubiza ati,mvuye kwisi kuzerera.Imana yongera kumubaza iti,waba wabonye umugaragu wanjye YOBU?Maze arasubiza ati,namubonye!Imana iti wabonye uburyo arumukiranutsi kandi yirinda kuncumuraho?Maze Satani nawe arasubiza ati,nanjye ndiwe nabuzwa niki se gukiranuka ko wamuhaye izina mu isi yabazima!

Yiyibagiza yuko yari Malaika mu Ijuru,bigaragara yuko Satani yifuje kuba yagirirwa imbabazi nibura akagirwa nka YOBU ariko bikaba bitari gushoboka.Mukiganiro Imana yagiranye na YOBU,usangamo yuko Imana nayo yirengagije icyifuzo cya YOBU nubwo Satani atabivuze kumugaragaro.Maze Uwiteka Imana abwira Satani ati,ubwo ibyo ubugize urwitwazo,ngaho nguhaye uburenganzira genda umwambure ibyo atunze byose maze urebe yuko azamvaho.

Yaragiye amucuza ibintu byose abimaraho ariko Yobu akomeza kwiringira Uwiteka Imana ye nk’Umwami n’umukiza we.Byarangiye Satani yemeye yuko YOBU arumukiranutsi ukiranukira Imana kandi ubwe ubwo yari mu Ijuru yananiwe gukiranukira Uwiteka arinda aho amanurwa ku isi ya bazima atangira ubuzima bwo kwigomeka nubwo yamanuwe yari yamaze kwigomeka k’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Muri iki gitabo cya Yobu hagaragaramo abantu bagerageje kumuca intege no kumwinuba ndetse banagerageza no kumuciraho iteka.Bamwe muri bo harimo Eliphaz,Bildad,Zophar,Elihu ukekwa kuba yaranditse igitabo cya Yobu,ndetse hakabamo na nyirubwite ariwe YOBU uvugwaho ubu butumwa.

Bivugwa ko iki gitabo aricyo cyabaye icya mbere kwandikwa mu bitabo byose byanditswe muri bibiliya kigaragaza ubugome no gukiranirwa kwa Satani,hagakurikiraho igitabo cya Ezekiel 14:14-20 na Yakobo 5:11 cyangwa se James 5:11

Njyanwa mu iyerekwa mbona Abega bagarutse kongera kugerageza kugigira Umuhanuzi Ainesha,ngo barebe yuko babasha kumubona bakaba bamuca igihanga.Bagerageza gukoresha amayeri yose ashoboka ngo barebe yuko bazamugeraho umunsi umwe kuko ngo badashobora kubaho batamugigira ngo bamenye gahunda ze zose ngo barebe yuko imigambi yabo mibisha bazashobora kuyisohoza niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa MUKAMBA aragarutse avuye gucisha andi marozi akomeye kugirango aguhumanye,nuko rero koresha bwa buryo ujya ukoresha maze imbaraga ze uhite uzica zipfe burundu.

Kuko namara kurambirwa azimuka aguhunge kuko imirimo akora y’umwijima adashobora kuyikomeza ngo bimukundire kandi muturanye.Bivuze ngo yuko agomba kwimuka kuko udashobora kwimuka kuko nta cyo uhomba ahubwo niwe uhomba niko uwiteka avuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi amasaka yeze ageze igihe cyo gutemwa cyangwa gusarurwa,ariko mbona ingabo z’Abega zitwa Kagame Deffence Force KDF zicaye hasi zitetse ibigori,kandi zinabyokeje musafuriya imwe.Haba muriyo safuriya cyangwa munsi yiyo safuriya harimo umuriro waturagurikaga ku buryo budasanzwe urusaku rwuwo muriro ntaho rwigeze kubaho mu isi ya bazima kuko rwali urusaku rwihariye.

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyago bikomeye cyane by’abakagara bigeze mu irango rya marembo ya gakondo ya bakiranutsi.Mu minsi micye cyane hagiye kuba isibaniro ry’intambara yisi yose aho Umwakagara agiye gucibwa igihanga kandi abazamurwanirira bazahasiga ubuzima abandi bahinduke ibimuga bya burundu.None burira ingabo z’Umwakagara nizibona yuko Umwakagara aciwe igihanga bazahite bikuriramo akarenge kuko badashobora kurwana izo ntambara ngo bazapfe bazitsinze niko Uwiteka ababuriye.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo z’Umwakagara hamwe na Police bose bahabwa amabwiriza yo kwica abaturage,ariko cyane cyane,ngo bakwiye kwica abanyamasengesho ngo kuko aribo bateje akaga gakomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi.Bakaba aribo batumye leta ya Abega ikurwaho kubera amasengesho yabo bahora bakorera mu butayu basaba Imana ngo leta ya Bega ikurweho.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyamasengesho cyane cyane ababyeyi bubatse ingo,ubabwire ngo”uku niko Uwiteka avuga”dore abega bakuwe ku ngoma,none barangije gukora inama ikomeye yo kubaca ibihanga bafashe umwanzuro yuko mbere yuko intambara yo gukuraho Umwakagara hamwe na bambari be,bakwiye kubanza kwica abanyamasengesho birirwa basenga basaba Imana gukuraho ubwami bw’Abega.

None murarye muri menge kuko bagiye gutangira kubahiga cyane hasi no hejuru kugirango babanze babace ibihanga mbere yuko Umwakagara akurwa ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona IHENE (umwuka w’ikinyoma) mbona Umuhanuzi AINESHA yegeranya ihene zose kugirango zishyirwe mu nzu imwe,kugirango zicirwe urubanza kubera ibikorwa byo gukiranirwa zikomeje gukora ziyobya abantu.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ziriya hene wabonye ni umwuka w’ikinyoma umaze igihe kirekire muri gakondo yabakiranutsi widegembya wica ugakiza.None igihe cyawo kirarangiye uciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Njyanwa mu iyerekwa muri gutambagizwa muri gakondo ya bakiranutsi,maze mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu.Nerekwa abana bincuke hamwe na bakuru babo bari mu nzira nyabagendwa mu muhanda barimo gukinisha urusinga rwamashanyarazi.Ndahagera mbabuza gukinisha  amashanyarazi yatezwe mu muhanda bo batazi yuko urwo rusinga rufatanye namashanyarazi ahubwo bakomeza kurukinisha.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore abagiye gutera gakondo ya bakiranutsi bagiye gutega imitego hirya no hino muri gakondo ya bakiranutsi izashibukana abahisi na bagenzi.Kuko Umwakagara yahitishijwemo n’Uwiteka guhitamo ibyago [3] inzara,inkota,n’intanbara maze ahitamo intambara nakenyere rero akagabo gahimba akandi kataraza!

Dore imitego irimo gutegwa mu gihugu cyose ku buryo umuntu wese uzajya atirimuka azajya ahitanwa nimitego yatezwe ni ngabo zigiye guhangana n’Umwakagara kuko yahisemo intambara ntabwo abivuga yari yasinze,cyangwa ngo abe yararwaye.

Ahubwo ni ukubera ubwibone no kumva yuko ntawari gutinyuka kumuhagurukira kumurwanya,ariko aho bigeze amaze kubona yuko yari yibeshye kuko adafite amahitamo yicyo yakora akaba arindiriye urwaje uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa inzu icumbikiye impunzi zo muri gakondo,mbona nibitanda baryamaho nabyo byimurwa bijyanwa mu byumba biraramo abana batoya kuko byari bitagifite ababiryamaho.Ndetse nashanarazi bakoreshaga batsa amatara ya barb nayo bayakuramo kuko yaratagifite umumaro kuko nta bantu bayakoresha bahaari.

Nerekwa gakondo ya bakiranutsi yose yagijwe ahantu hose nta nahato hasigaye ho kunyura cyangwa guhungira.ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore intambara Umwakagara yifuje mu minsi micye araba ayibonye bidatinze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ryavuzwe rirasohoza umurimo wabwo nkuko Umuhanuzi yabihanuye kugirango abahakana ijambo ry’ubuhanuzi bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ari we utegeka aravuga kandi agakora uko niko Uwiteka avuga.

Nubwo guhunga bisa naho inzira zafunze imiryango,ariko burira abanyagakondorero uti,ibyo Uwiteka yavuze biraje ndetse byamaze kugera muri gakondo imbere guhunga ubanza bitazoroha kuko umwanzi wanyu nawe ataboroheye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mbona gakondo nta ngabo ifite ingabo zigiye gukuraho Umwakagara zinjira nkinzinjira mu nzu idafite imiryango.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,nkuko ijambo ry’Uwiteka ribivuga,abazajya guhangana n’umwanzi wabakiranutsi batayobowe n’ijambo ry’Uhoraho nta kabuza yuko Umwakagara atazabura kubatatanya.

Ariko nibayoborwa nijambo ry’Uhoraho bazagenda ariko ntabwo bazabona uwo barwana nawe kuko Uwiteka azajya abatera ubwoba bwo mu mutima bahitemo guhunga urugamba batarwanye uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,uburire abanyagakondorero kwikiriza ubugingo bwabo,kuko ibigiye kubabaho muri gakondo ya bakiranutsi,nibiteye ubwoba utakwifuriza ikiremwa muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 3, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abasangirangendo b’umwakagara bagiye guhungira mu butayu,ariko ubwo butayu nabonye sibwabundi nsanzwe mbona,kuko bwo bwari buvangavanze ubutayu bugufiya nuburebure byose byasaga nibifatanye byibuze muri ubwo butayu bugufiya barimo harimo nibihuru byo kwihishamo ariko umuntu unyuzeho akababona umugongo n’umutwe.

Mbona Col.DAN Munyuza yihishe muri icyo gihuru gherereye muri ubwo butayu hamwe nabagenzi be,mbona bakoreye inama muri icyo gihuru inama yo guca ibihanga abo bahunganye cyane cyane abo bakoresheje mubwicanyi bwa bantu batandukanye kugirango batazamena amabanga hakazavamo ibimenyetso byo kubshinja mu nkiko mpuzamahanga mpanabyaha ku Rwanda.

Nerekwa ko nta handi hantu bazabona ho kwihisha mu isi ya bazima ngo bahunge ubwicanyi bakoreye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ikibi zakoze izira imbere y’Uwiteka Imana nazo azazirwanya kuzageza azimazeho niko Uwiteka avuga.

Dore bakoze inama yuko bazahunga nuko baca ibihanga abo zakoresheje mbere yuko bahunga na nyuma yo guhunga kuko bamaze kubona yuko igihugu cyamaze kubava mu maboko batagifite ubutegetsi kuko igihe cyabo Uwiteka yari yarabageneye cyararangiye akari gasigaye ni nyongera none nayo yarangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Bazahungira mu majyepfo Uwiteka azabasangayo,nibahungira amajyaruguru naho azabasangayo,nibajya IKUSI,naho azabasangayo,nibajya IKASKAZI,naho azabasangayo.Uwiteka azabatoteza kurusha uko batoteje abantu be,baziheba kandi bazicuza mu mitima yabo yuko ibyo bakoze bitari bikwiye kandi nubwo bazicuza ntabwo bazemera icyaha cyabo nugukiranirwa kwabo niko Uwiteka avuga.

Abega babigishije imico mibi,babigishije gukiranirwa no gusenga imana zabanyamahanga,maze basuzugura Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru.None bamaze kubona iherezo ryabo,dore ntabwo bagisinzira kubera guhagarika umutima waho bazahungira,bari bizeye yuko bazahungira mu bapfilisitia none naho ntabwo bagicana uwaka niyompamvu intambara izaba mbi cyane kurushaho gusa nibabona baremerewe bazapfa kuhahungira kuko nta kundi bazabigenza ariko se hazagerayo bangahe?Niko Uwiteka abaza!

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amaraso ararira kubutaka,kandi akomeje kurira atabaza Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ngo ace imanza zitabera,kugirango nayo ahabwe ubutabera kuko yamennye mu buryo budakwiriye igihe cyayo cyo kumeneka kitari cyagera niko Uwiteka avuga.Itangiriro 4:9-10

Njyanwa mu iyerekwa mbona turi muri gakondo igihugu cyarabonye ihumure,nerekwa abanyamadini batandukanye batangira gucuruza ijambo ry’imana kandi buri dini ryiyita ryiza kurusha ayandi yose.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara namara gukurwa ku ngoma,hazaza amadini nutudini kandi bose bazaba bazanywe nugucuruza ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana.Ariko icyiza Uwiteka nawe icyo azaba ahari kugirango ayo madini ayacire imanza zitabera kugirango acirweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo ariyo Mana nkorera uko niko Uwiteka avuga.

Dore benshi muribo bazaza ku kuriraka ngo ujye kubwiriza mu madini yabo,aliko ntuzajyeyo kuko bazaba bashaka kwitirirwa izina ryawe.Ikindi bazaba bashaka yuko abakiliya babo batazaza mu nzu yubutabera Uwiteka azaba yaraguhaye ngo ucire imanza ubwoko bwe,kuko bafite ubwoba yuko mutazashobora kubana muri gakondo kandi ushinzwe kubacira urubanza kuko Uhoraho yakugize umucanza wabari mu isi yose cyane cyane abo muri gakondo ya bakiranutsi.

Kubera iyo mpamvu bazakora ibishoboka byose ngo bashake uburyo baguhumanya kugirango utangire uce imanza zibera bityo babone impamvu yogusebya ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ukorera uko niko Uwiteka akuburiye kandi niko avuga.Uramenye nibakurarika ntuzageyo kuko atari Uwiteka uzaba agutumyeyo abazashaka gucirwa imanza bazajye bagusanga aho uzaba uri kuko icicaro cy’ubutabera kizashyirwa ahitwa IRAMA aho bazajye ariho bazajya bagusanga maze ubacire imanza zabo zitabera basubire iwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse!

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi amaze igihe aguhigira hasi no hejuru,ariko ntutinye cyangwa ngo uhagarike umutima kuko iyakurinze mu bapfilisitia ninayo yakomeje ku kulindira mu gihugu cy’ibabylon kugeza magingo aya.Dore uhoraho akomeje kuguhisha mu mababa ye,kuko yavuze ngo uzaba mubwihisho bw’Uwiteka,azaba mubwihisho bwisumba byse!

Nuko rero Uwiteka yagambiliye kulinda ubugingo bwawe kuzageza umwanzi wabakiranutsi (Umwakagara) akuwe ku ngoma kugirango bizamenyekane yuko wahanganye numwanzi wabakiranutsi ukamunesha mu izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe (AINESHA) niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamadini imitima yabo yagiye mu mitwe barimo gusenga amasengesho yimfabusa adashobora gusubizwa,bavuze yuko ngo bazasenga Imana bagahagarika ubuhanuzi bw’Uhoraho Uwiteka Imana bwahanuwe n’Umuhanuzi AINESHA Majeshi Leon.

None bamaze kubona amakuru avuga yuko ngo intambara igiye gutangira,imitima yabakutse ntawugisinzira,basigaye birirwa mutunama bashakisha igisubizo bakakibura none byabayobeye bamwe baratekereza guhunaga mbere yuko intambara itangira bagatinya ko bazafatirwa kumipaka babazwa aho bagiye.Batekereza gutegereza intambara nabyo bikaba ikindi kibazo none baheze hagati nkururimi babuze intama nibyuma uko niko Uwiteka avuga.

biringiye Umwakagara bavuga yuko ngo yashyizweho n’Uhoraho Uwiteka Imana,ndetse bararengera bamwita umugaragu w’Uwiteka (Moses) banga kwemera yuko atagiyeho mubushake bw’umwanzi,ahubwo bakirirwa bavuga ko ngo yagiyeho mubushake bw’Imana none Imana irivuguruza uwo yasize amavuta ikamushyira ku ngoma,ninayo igaruka ikamukuraho?Niko Uwiteka abaza!Nuko rero muhame hamwe mwumve icyanga cyibyo mwakoreye kandi munategereze kuzacirwa imanza zanyuma zo mu Ijuru kubera gukiranirwa kwanyu.

April 4, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe nuwigeze kuba inshuti y’Umuhanuzi AINESHA,maze mbona bagenda bagera ahatu hatewe igiti cyinini kandi cyagutse,icyo giti kikaba cyari gitewe vuba cyane hanyuma gikura vuba ku buryo budasanzwe!

Uyu wahoze ar’inshuti y’Umuhanuzi,yabonye icyo giti aracyifuza ashakisha uko yabona ko cyaba gifite amasubyo ngo acyurire ajye hejuru mu bushorishori kureba amashami yacyo kuko yaratangaje cyane kuko yarasobekeranye nigiti nyirizina ku buryo wagirango niyamatiyo ya mazi basobekeranya bayobora amazi kugirango bayageze kubaturage.

Ubwo nerekwa mbona umuhanuzi AINESHA we ahagaze kuruhande rwicyo giti,ahari amasubyo yo kuriraho ukaba wagera mu bushorishori bwicyo giti,ariko mucuti we,yari muruhande rwa ruguru yicyo giti,abura aho yuririra bituma azamuka ajya kugonda ishami ryali ryaragaye kugirango arizamukireho.


Agiye kurira haza abalinzi b’Abagore bari bamurindiriye ahongaho ngo atagerageza kurira ishami ryicyo giti.Atangiye kuzamura amaguru baramumanura (Abagore basobanura abarozi Kazi) mbona ako kanya ahise amanuka maze aravuga ngo”azi aho imodoka ya nyiricyo giti iparika ngo arajya kumureba hagati mu murwa”imodoka isobanura ubuyobozi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wasobanukiwe ibyakiliya giti,ndasubiza nti,ntabwo mbisobanukiwe neza.Ndabwirwa ngo”dore ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro,buyobowe n’Umwami YUHI VI,bumaze igihe gito cyane bwimye ingoma”ariko bumaze gukomera mu buryo budasanzwe,kandi bumaze gukora imilimo itangaje kuko uku ari ukwezi kwa gatatu bumaze bwimye ingoma uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Naho uriya mukire wabonye wahoze ari inshuti y’Umuhanuzi,ntawundi utari RENOVAT, mwahoranye mu byumba byamasengesho aho Uwiteka yabahishuriye amabanga y’ubwami bw’uRwanda mu mwaka w’2001 utangira kuri bonnane wibuke yuko mwavuye gusenga saa cyenda zijoro mukaryama mukabyuka saa kumi nebyeri z’umugoroba mwajyanye mu iyerekwa ritandukanye mugakurwamo nuko amayerekwa arangiye.

Renovat rero yakunze ibyiki gihe,yabaye nka DEMA, wavuzwe na Paul wabasigiriye ubwo bari mu mulimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,maze ahitamo kwishakira ibyisi uko niko na Nsengiyumva RENOVAT, byamugendekeye dore yiringiye ingoma ya Bega.Ariko ubwo izaba imaze kuvaho ubwami bukima ingoma,azibuka ibyo Uwiteka yajyaga abaganiriza igihe mwabaga imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore “NYAMPINGA” muzabana afite ikibazo gikomeye cyane,niyompamvu nzamutuma ngo aze ku kureba muvugane ukiri mu butayu bugufiya kugirango arebe muramu we,maze muvugane uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,umenye yuko imitego y’umwanzi yose uhora agenza ubugingo bwawe, kandi agahora ashaka kubirizamo umugambi w’Uhoraho.Nuko rero ushubije neza,kandi izina niryo muntu, witwa AINESHA uzabigenze uko nyine uvuze kugirango umwanzi azabure urwitwazo kandi umugambi w’Uhoraho uzasohoze mu mahora.

Dore nyampinga yashakaga kuzagusanga mu butayu bugufiya aho umaze imyaka [8] ariko nawe aragoswe,nyamara arashaka guhatiriza,none mu burire umubwire uti,mwali mwiza nkunda, ube wihanganye ndabizi yuko ufite ubwuzu bwo guhura na AINESHA umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo,ariko kandi ugoswe numwanzi wabugufi bwawe udashobora kwishitura,none genza akariro gacye na feri kugirango uzabone kurama kandi uzakorere Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mwega uhoraho ukwandikira kandi waramushyize ahagaragara wiyita Bondi Teganya,umwihorere kuko nta sano afitanye nibyasezeranijwe.Azi ibisabwa byose ariko ahora yigiza nkana kuko umutima we wuzuyemo uburiganya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Mwana w’umuntu,nta mishyikirano hagati yawe na Bega kuko bamennye amaraso yabatariho urubanza,kandi barwanije Uhoraho Uwiteka Imana yawe ukorera.Nta mpamvu nimwe rero yo gushyikirana nabo,bazashake mu maso h’Uwiteka kuko niwe wabavumye naho wowe bakureke urwane intambaza usigaje kurangiza kuko ibyabo utabishobora uko niko Uwiteka avuga.

njyanwa  mbona abatavuga rumwe na leta ya jubilee bibumbiye mu ihuriro ryitwa NASA,mbona bahanganye na leta iyobowe na Uhuru Muigai Kenyatta afatanije nicyegera cye William RUTO.Mbona ko bananiwe kumvikana birangira ihuriro rya NASA basa naho batsinze leta kubera kugaragaza impungege zabo zo kutizera komisiyo ya matora ya IEBC yakagombye kuba komisiyo yigenga idafite aho ibogamiye.

Nerekwa Senator Mike SONKO MBUVI, wo mu gihugu cya Kenya-Nairobi,akurwa muri politike asigarana idini rya Satani afite ahitwa KIBERA, asa nukuwe muri politike asigara ashakisha ibitambo bishya agomba gutanga cyangwa kuzana kwa shebuja Satani.Abo yabonaga bose yabanzaga kubakorera ibintu bya maji bimeze nkibitangaza ariko ijambo ry’ubuhanuzi rigahita ribisenya.

Maze mbona ko gahunda ze zidatunganye nkuko zakabaye zitungana,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo bizongera gukunda yuko inkozi z’ibibi zizagira icyo zikora cyangwa zigeraho,kuko ijambo ry’Uhoraho (ubutabera) bwamanutse mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Kuko nta mpfizi ebyeri murugo rumwe!?

April 4, 2017 njyanwa mu yerekwa mbona uburyo Abega bagambanye kubategetsi b’Ibabylon,bakoresha impapuro zo guta muri yombi Umuhanuzi AINESHA ngo kuko ijambo ry’ubuhanuzi rikomeje kuberemerera cyane no gutuma imitima yabo ihagarara kubera ibigiye kubaho muri gakondo ya bakiranutsi.Nuko mbona mu nzira nyabagendwa hatezwe inzoka(ubugome,nubugambanyi)maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,wirinde bikomeye kandi wigegensere cyane kuko umwanzi yaguhagurukiye nubwo atari ubwa mbere aguhagurukira.No mu gihugu cy’Ubuphilisitia barageraje barananirwa ubuse ibabylon niho bazabishobora?Niko Uwiteka ababaza!

Nerekwa izo nzoka zose uko baziteze mu nzira nyabagendwa,nzishinga umuhunda wanjye zose zirapfa!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe arakuneshereje,kandi ntutinye ndetse ntugire ubwoba kuko Uwiteka arikumwe nawe niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Mbona mfashe impungure bari bateguye ngo bazinzanira muri gereza,ndazifata ndazibagaburira kuko nabo bari bashonje cyane bafite inzara.Maze ndabwirwa ngo”ibyo bakwifurizaga,nibo bisohoyeho niko Uwiteka avuze!”.Mbona urubyiruko rwa Bega rwinjizwa muri gereza aho bajyaga bafungira abandi bamenya yuko Uwiteka ari we mucamanza utabera niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nuko rero wikomereze inzira wigire mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,maze abagushakisha ubihorere kuzageza igihe cyabo cyategetswe n’Uhoraho kibanze gisohore bakurwe ku ngoma maze ubone kwidegembya ntawukiguhiga wikomereze gahunda zawe umutima utuje uko niko Uwiteka akuburiye,kandi nuko avuga.

 

 

 

April 5, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi Umwakagara yarayisenye akubita hasi amazu yasanze murwagasabo yubatswe na za Leta za bahutu.Mbona azamuye amazu maremare ataruko ashaka kuzana amajyambere,ahubwo agambiliye gukenesha abanyarwanda bo mu bwoko bwa Abahutu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo mu Umurwa mukuru w’Iyerusalem yazamutse ku buryo bukomeye cyane!

Kuko Umwakagara na bambari be,bagambiliye gukenesha abantu banjye ngo azabone uko abakubita hasi burundu azabategeke ubuziraherezo.Bwira ubwoko bwanjye yuko ngiye kubaha ubutabera kandi yuko azashaka mu maso h’Uwiteka azabasubiza ibyo bahoranye baruhiye byaturutse mu maboko yabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi ibyo zigambiliye biburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nerekwa umufuka wa magyi wa kilo 100,uhetswe ni nkozi z’ibibi zigiye gushaka uko zahumanya abantu,maze umuyaga uraza uhungabanya ingorofani bari bayahetseho,ako kanya amagjyi yose aramenagurika.

Ijambo rirabwira riti,mwana w’umuntu,ibigeragezo byari bije none Uwiteka abiburijemo,abadayimoni bari bagiye kuvuka ngo bakujujubye,bose baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

Nkomeza guhishukirwa ibikomeye bikorerwa mu isi ya bazima,mbona Idini rya Vivante riyobowe na Gataha Staraton inkozi y’ikibi yo mu bwoko bwa “soothersays” imbaraga bakoresha zo mu maso ukareba umuntu ukamenya ibyo atekereza cyagwa gahuna ashaka gukora,cyangwa ukamenya ikimuzanye agushakaho.Babyita ngo nimbaraga zituruka muri ‘science’ ariko ni mbaraga z’umwijima zikoreshwa cyane muri za kaminuza abazikoresha bahgarariye idini rya Satani bita “ILLUMINATI.”

 

 

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,igihe kirageze ngo ibyahanuwe kuri “VIVANTE”bisohozwe,nuko mbona bagoswe cyangwa bazengurutswe na toilet cyangwa W.C yatobotse ibagose ahantu hose,maze nimvura ihita igwa kugirango iyo myanda ibagereho yose kuko aho bashoboraga gukandagira hose habaga hariyo myanda.

Mbona abantu bose batangiye gusohoka murusengero bahunga umunuko wiyo myanda yo muli toilet.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,iki nicyo gihe ijambo wahanuye uhereye mu w’2001 rigiye gusohoza imilimo yaryo nyuma y’imyaka [16] kandi biraje ndetse birasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Iryo dini rizasigara aramateka mu isi ya bazima,aho bazaba bavuga ngo habayeho uko niko Uwiteka avuga.

Iri dini riherereye mu murwa mukuru ahitwa mu KANOGO munsi ya kimihurura mu gace gaherereyemo inganda munsi ya Gikondo muri gakondo ya bakiranutsi.

April 6, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wikinyoma (Ihene) ujyanwa mu butayu bugufiya bufite uduti twa mahwa dufatanye nibihuru mbona izo hene zitangiye kurisha amahwa nabonaga ar’Isekurume ni nyagazi.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wikinyoma winjijwe mu butayu bugufiya kugirango  isi yose imenye yuko Uwiteka ariwe Mana kandi ko ikinyoma nukuli bidashobora kubangikana niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona “INKA”ibice [2];igice cya zizanwa nabashinzwe kuziragira zari zagiye gusura ‘STEVEN KALONZO MUSYOKA,uhagarariye ishyka rya “WIPERDemocratic Movement.Mbona izo nka zubakiwe inzu zinyuramo ariko mu nzira yazo ntarumuli rwali ruhari,ahubwo rwali mubikuta byubatse izo Nkingi zanyuzwagamo zisubizwa aho zaturutse!Igice cya mbere kirangiye hazanwa igice cya kabili,nazo zinyuramo ziragenda.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye ziriya nka zinyujijwe muruzitiro?Ndasubiza nti,ndazibonye.Ndabwirwa ngo,dore hateguwe gutandukanya abagize ihuriro rya “NASA”National Super Alliance”kugirango batandukane,none abashyitsi bari batumwe gukora uriya mulimo kugirango UhuRuto  bazabone uko bakoresha Kalonzo (Water Meloon) umugabo ukunze kwivuguruza cyane utajya uhagarara hamwe,none dore abakuliye inzira kumulima ibyo gutandukana ntabikibayeho,kandi naho yagenda ntibyatuma NASA badatsinda ngo ubahagarariye abe ariwe usimbura UhuRuto ngo abe ukumukuru w’Igihugu.

Ubwo mbona baraduherekeje hamwe nabafasha babo,ariko ubwo twali twakuyemo INKWETO, bisobanura kudatahana (ubutumwa); hanyuma Kalonzo (Waterloo) yanga ko dutaha tutambaye inkweto zacu.Atwingingira kuzambara kugirango dutahe tunezerewe.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uko biri kose mutahanye inkweto bisobanura ubutumwa bwuzuye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona itorero ry’Imana yuko rigiye kujyanwa mu bugufiya,aho rizamara ibihe [2];mbona abayobozi bose bahamagawe mu nama yubutegetsi bajya kubwirwa cyangwa guhabwa amategeko akomeye bagiye kugenderaho.Iyo nama ntabwo yatumiwemo umuntu utarize,kuko yari yagenewe abanyabwenge bize bafite amashuli menshi.

Naho abatarize basigara bategereje kumva icyo abayobozi babo babwiwe kujya mu butayu bugufiya,mbona ITORERO rya Kristo yuko rigiye kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,aho rizamara amasaha [60] ni minota [240] kugirango rizabe rimaze gutunganywa.

Abo bayobozi bamaze gukurwamo bajyanywe kwigishwa mu butayu bugufiya,mbona hamanutse umunezero ukomeye cyane abantu batangira kunezerwa bararya baranywa,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore itorero ry’Uwiteka Nyiringabo barisigiye umugora kandi abagabo bahari.

None zamuka ugende wegeranye ziriya ntama z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango hataza ikirura giturutse mu butayu burebure cyikazimra bunguri.Ndazamuka ndagenda nsanga intama zamaze guterena kandi zamaze kwegerana ku buryo utabona aho wanyura cyangwa aho wahagarara maze nyura nzijya imbere ndikuririmba ikorasi y’igiswahili ivuga ngo anaweza,anaweza Yesu,numva undi mukobwa ayiririmba ndaceceka kugirango akomeze aririmbe bityo intama z’Uhoraho zirusheho kumva yuko Uhoraho ashoboye!

Ariko mbona munsi y’umusozi wariho ubwo butayu,hasigaye abandi bashumba batize,bahita nabo bategura amafunguro meza kandi ku buryo bwihuse.Numva barantumiye bashaka kumvikana uburyo nabo bagiye kuyobora intama z’Uwiteka zasigaye.Ariko nubwo babigenzaga gutyo,ntabwo bari barize,ahubwo basaga nabashumba b’INKA,baje kwisanga barageze mu mukumbi w’Uwiteka.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntujye muri iriya nama kuko itagamije gukorera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ahubwo igamije gusimbura bariya bashumba bajyanywe kwigishwa mu butayu bugufiya.None bariya babonye yuko badahari,babonye umwanya wo gukora inama kugirango bumvikane uko bagiye gushumba intama z’Uwiteka Nyiringabo kugirango babone uko bazajya barobamo izibyibushye bazirya ibinure.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yakugiriye ikizere,none agusigiye umukumbi wiwe,kugirango ubashe kuwurinda.

Uramenye ntuzemerere amasega yuko yinjira mu mukumbi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ngo utatanye intama z’Uwiteka usigiwe kumanywa yihangu (daylight) kuko Uwiteka yakugize umucamanza uca imanza zitabera kandi ni ntama uko niko zibizi,ufite ikibazo cyose cyangwa agifitanye na mugenzi we,bajye baza IRAMA ubacire urubanza kugirango hagati muri bo hatabamo intonganya na mahane no kutumvikana bityo amasega akabona aho yinjirira akabatatanya uko niko Uwiteka abitegetse!

Nerekwa Cabinet Secretary ushinzwe imali mu gihugu cy’ibabylon witwa Henery Rotch,acirwaho iteka ahinduka ikimuga cya burundu.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Henery Rotch yanze gukiza abanyaKenya bishwe ninzara afata ubutunzi bwose buri mububiko abagabana na bakuru be,abandi batatanira mu mashyamba bicwa ninzara none dore azajya agenda akambakamba kuko yirinze kugirira neza abanyaKenya bagenzi be,kandi mu kigega cy’igihugu hatabuzemo ibyabakiza niko Uwiteka avuga.

April 6, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uko Uhoraho Uwiteka agiye gucira imanza zikomeye inkozi z’ibibi zigize indakoreka.Mbona hamanutse umuyaga wa serwakira wamanutse uturutse mukirere hjuru mu Ijuru.Umuyaga uraza uzamura inkozi z’ikibi hejuru mucyeragati hagati y’Ijuru nisi isi yose irababona.

Mbona umuyaga ko utwaye nibigori byari bimaze kwera basaruye bari banitse kumbuga,nabyo bizamuka bibakurikiye binaganaga munsi y’Ijuru maze biragenda byegera za nkozi z’ibibi zabarozi bo mu bwoko bw’Abagore.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye ibikorewe munsi y’Ijuru?Ndasubiza nti cyane nabibonye!Maze nabwirwa ngo,mwana w’umuntu,biriya ubonye nibyo bigiye gukorerwa inkozi z’ibibi zazengereje abantu mu isi ya bazima.Kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,aziciriyeho iteka kugirango zimenye yuko mu Ijuru hari Imana ica imanza zitabera kandi ikiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,rero mwana w’umuntu,andika ibyo weretswe ubishyire ahagaragara,maze ubwoko bw’Uhoraho bwo muri gakondo ya bakiranutsi bumenye ibibaye bureke kwitotomba ngo Uwiteka ntabwo ajya ahana inkozi z’ibibi,kuko ayo ariyo magambo bavuga bari mu byumba byamasengesho basenga bakibagirwa yuko Uwiteka yatangije ubucamanza muri 2013 mutarama taliki ya mbere uko niko Uwiteka avuga.

Burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,uti Uwiteka yarimanukiye aza guhemba no guhana.Kandi dorre umwanzi wabakiranutsi ahagaritse umutima bikomeye cyane kuko ijambo ry’Ubuhanuzi lilimo gukora umulimo waryo.Kuko ubuhanuzi bw’uyumunsi April 6, 2017 bw’Ibabylon bwamaze gusohoza umurimo wabwo kuko urufatiro rwa bakikuyu rwitwa “MUGUMO”rwamaze gucirwaho iteka.

Nuko mfunguye TV,ndeba amakuru mbona kuri NTV bavuga yuko ahitwa NYERI Central agaca gaherereyemo ubwoko bw’Abakikuyu,ko igiti bajyaga basenga cyitwa MUGUMO cyaguye.Mbona bazanye abasaza baza guterekera batera amazi icyo giti cyarandukanye nimizi nimiganda maze abanyamakuru baasobanura yuko ngo”Bisobanura irangira ry’ubutegetsi bwa perezida Uhuru Muigai Kenyatta”.Uko niko Uwiteka akora.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uwiteka wahanuye risohoye hatarashira amasaha [12] kuko ubuhanuzi burimo kwihuta cyane kugirango busohoze umurimo wabwo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndabwirwa ngo”mwwana w’umuntu,reba ubutabera bw’Uwiteka bwageze kubakozi bakuru bari bahagarariye Satani Kwisi.Barimo Obama Barack na Hilary Clinton,indiri ya Satani yasenyutse umwuka wikinyoma umaze imyaka uyobora isi wikorera ibyo wishakiye uwo mwuka uciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bimenyekane yuko Uwiteka yatangiye ubutabera mu isi ya bazima uko niko Uwiteka akora,kandi ninako avuga.

April 7, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zikora inama yuburyo bangeraho,maze mbona umwe muri bo ushinzwe gukoresha imyuka mibi,umudayimoni amuvugiramo maze aravuga ngo”nzinjira mu mukobwa maze nigire yuko ari jye wavuzwe mu buhanuzi yuko tuzabana nawe maze mwandikire ubwo nzaba nabanje kumuvangira mu buhanuzi kugirango ata ntahura, maze musabe yuko nifuza guhura nawe tukabonana ndetse akansengera bityo ubwo namwe muzaba muri hafi nimara guhura nawe muzahite mu mufata ahite acibwa igihanga.

Nkomeza kwerekwa uko abakora ubucuruzi hagati ya Uganda na gakondo ya bakiranutsi,bugiye guhagarara,mbona umukuru wa bacuruzi muri gakondo ya bakiranutsi abacuruzi bajya kumuganyira ariko basanga yakoreheje ubukwe adashobora kwakira abantu kuko yari yibereye mu minsi mikuru we na madamu we.

Mbona abagore bakoraga umwuga wubucuruzi babuze abamajyo na mabuye,babura uwabavuganira ngo bakomeze ubucuruzi bwabo kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryali rimaza kubabera ukuboko kuremereye kurusha uko Umwakagara yabaremereye mu myaka [23] amaze kubutegetsi abayoboza inkozi yicyuma uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona abacuruzi bari bagiye mu gihugu cy’Ubuphilisitiya bagiye kurangura ibicuruzwa bagarurirwa ku nkiko z’Ubuphilisitiya ntibemererwa kujya kurangura ibicuruzwa kuko hariho gukeka ko baje kugigira ubwami bwa philisitiya mbere yuko batangiza intambara yo gukura Umwakagara ku ngoma.

Numva abo bagore baravuze ngo,ubanza ibi ari byabindi Umuhanuzi ajya avuga,ariko mbona abagiye mbere yabo bakagera mu gihugu indani bahindura amacumbi bajyaga bararamo bajya kurara muducumbi duhendutse cyane kugirango babone uko bazatinda bashakisha amakuru ajyanye na gahunda zo gutera Umwakagara agakurwa ku ngoma uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Nubwo Umwakagara yari yohereje za magigiri nyinshi cyane mu murwa mukuru wa Kampala,hotel bageragaho zose basangaga zuzuye bakabahakanira yuko nta macumbi ahari ariko bayabimaga nkana kuko uhereye muri gakondo inama balimo bavuga uburyo bagiye kugigira hagati muri bo harimo abakorana na za magigiri z’UMUSITA bagatanga amakuru yinama bavuyemo maze barabihorera binjira mu gihugu imbere ariko babura abacumbi bacumbikamo baraburanirwa bafata imodoka zibagarura muri gakondo aho baturutse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona AINESHA ahabwa urufunguzo rw’imodoka nziza yo mu bwoko bw’imodoka zakozwe n’abanyamerica.Mbona bohereje umushofeur kuza kumutwara akamugeza aho iyo modoka iherereye kugirango yinjire muri iyo modoka yahawe.Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi umukurikiye ariko unanirwa guterera ahazamuka usubizwa inyuma kure cyane mu itaba.

 

 

 

Mbona abatutsi benshi cyane bashyirwa muri rya shuli ryo kwigisha abatutsi kubaha Imana.Bari benshi udashobora kubona aho wa banyuramo.Muri bo mbona bacuruza imyenda yitwa chaguwa ariko babaga babeshya kuko barabanzaga bakifungura bagakuramo imyiza barangiza bakongera bakayifunga neza kugirango abaza kurangura batware ubusa.Uwo niwamwuka wabakagara wo kuriganya uzabakurikira no mu buhungiro.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bapfunyikiye abantu ubusa,nabo bazapfunyikirwa ubusa,kuko uwicishije INKOTA ariyo azazira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko mbona na bandi batutsi bazerera muri bwa butayu buri munsi ya rya shuli ryigisha abatutsi kubaha Imana, bakizerera batarazamuka umusozi ngo bagere kuri iryo shuli barimo bashakisha kujyaho nubwo inzira izamuka kuri iryo shuli yari hafi yabo kuruhande ariko ntabwo babashaga kuyibona uko niko Uwiteka avuga.

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega binjijwe mu butayu,aho bazagera hose bazirukanwa nkuko birukanishije abahutu,kandi bazicwa umusubirizo uko bagiye bica abantu hirya no hino mukarere nabo niko bagiye kugenzwa kuko uwicisha inkota niyo azazira uko niko ijambo ry’Uwiteka ryategetse.

Mbona abenshi muri bo bahungira ibuphilisitiya abandi baza mu gihugu cy’IBABYLON,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire bene so batazacumbikira umuntu numwe ka bone naho yaba ari mwene wabo bavukana kuko bizateza uruhagarara rukomeye kandi bizazana gukiranirwa muri bo uko niko Uwiteka ababuriye.Nibyo byari bikwiye yuko babakira,ariko inshingano bafite zinyuranye nizo gahunda bazifuza kuba bakwakira bene wabo,kuko abakagara bazaza biyoberanije bakazahungana na bandi batarabakagara kandi bakazashaka kubagira ingwate zabo nkuko interahamwe zabigenje.

Nuko rero kubera impamvu z’umutekano wabo bazamenye yuko umwicanyi aho ageze hose arica kuko azaba yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nouko rero ubabwire bazirinde utarahunze mbere nkuko ijambo ry’Uwiteka ryavuze,ubwo uzarokoka azashaka uko azabigenza kuko yanze kumvira ijambo ry’Uhoraho kuruta bumviye abakagara uko niko Uwiteka avuga.

Cyakora abatazahunga bazahirwa kuruta abazahungana na bakagara kuko bazahura na kaga gakomeye cyane,ukuboko k’Uhoraho kuzaba kubaremereye cyane icyo gihe,uzivanga nabo ntakabuza yuko nawe atazabura kuremererwa agahanirwa hamwe nabo kugirango amenye yuko yanze kumvira ijambo ry’Uwiteka ahubwo akiringira abakagara kurusha kwiringira Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka ategetse!

 

 

 

April 8, 2017  njynwa mu iyrekwa mbona ibigiye gukorerwa  mu isi yabazima,mbona  umunyapolitike ukomeye mu gihugu cy’ibabylon witwa RAILA Odinga  ahanganye bikomeye cyane n’umukuru w’igihugu uriho ubu ngubu witwa Uhuru Kenyatta mbona atinze amatora y’umukuru w’igihugu ariko Uhuru Kwemera yuko yatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu biramugora kubyemera kandi yatsinzwe amatora ku buryo bukomeye!

Nerekwa Gen.Nyamwasa Kayumba ari mu myiteguro ikomeye yo gutera Umwakagara ngo amukure ku ngoma.Mbona Gen.Kayumba Nywamwasa aciye bugufiya cyane yumvikana nabo bakorana ariko mbona abamukorera basa naho bashaka kumumenyera (batamwubaha) kandi ariwe muyobozi wabo mukuru.

 

 

 

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abakorana na Gen.Kayumba Nyamwasa uti,kwicisha bugufiya ntabwo bitera gusuzugurwa ahubwo bitera icyubahiro kizahoraho.

Nuko rero mu menye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we warinze Gen.Kayumba Nyamwasa kugirango azakoreshwe ibikomeye mu isi ya bazima.Nuko rero mu mwubahe kugirango mutazacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko Uwiteka afite impamvu yatumye amurinda kugirango azakore icyatumye imurinda.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira Gen.Kayumba Nyamwasa uti,mwana w’umuntu,iki nicyo gihe Uwiteka yavuze yuko uzatereramo Umwakagara,nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kandi ntuhagarike umutima kubw’intambara zikuri imbere ugiye guhura nazo.

Ahubwo witegure neza kandi udahubutse ariko kandi umenye yuko iyo ntambara itazarwanwa na maboko ya bana b’abantu,ahubwo dore ingabo zose ufite Uwiteka Nyiringabo azazijya imbere kandi Uwiteka azazigira nyinshi imbere y’iz’Umwakagara kuko iz’Umwakagara azazikuramo umutima w’ubutwari wa kigabo akaziha umutima w’ubwoba no gutinya gukomeye cyane kuko zitazaguhagarara imbere ngo zihangane nawe.

Nuko rero komera kandi wikomeze k’Uhoraho Uwiteka Imana yawe yagukijije urya munsi wa makuba ubwo Umwakagara yari yaguteze ikigozi cy’umugoyi ashaka kuguca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Namwe ngabo z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zirikumwe n’Ingabo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Gen.Kayumba Nyamwasa mu mwumvire kandi mucishe macye cyane imbere yewe kuko yababereye umuyobozi,kandi azababera umugisha nimumwubaha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore Gen.Kayumba Nyamwasa yaciye bugufiya cyane,yamenye yuko Uwiteka ariwe wimika kandi agashyira umuntu ku ngoma.None amaze kumenya yuko Uwiteka ariwe nyiribihe byose kandi akomeye kurusha imbaraga zindi zose ziba kwisi ya bazima.Nuko rero mwana w’umuntu burira general uti iki nicyo gihe cya cyindi Uwiteka yavuze,kandi wikomereze k’Uwiteka kuko atazabura kugucira inzira kandi imitego yose yatezwe n’Umwakagara uzayisimbuka kuko Uwiteka ariwe wabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse!

Nuko rero ntiwikomereze kumbaraga zabanyembaraga ahubwo wikomereze k’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo kuko ariwe uzagutsindishiriza intambara z’umwanzi wawe uko niko Uwiteka avuga.Dore wemeye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kandi Uhoraho yarebye umutima wawe wicishije bugufiya niyompamvu uyu munsi yongeye kuvuga kubyawe kugirango agukomeze umutima kandi akwambike imbaraga kugirango umenye yuko Uwiteka ya kumenye utabaho kwisi ya bazima.

Ngaho rero ambara imbaraga kandi wambare imyenda ya kigabo maze witegurire kujya kumashana n’umwanzi w’ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo kuko igihe gisohoye mu nzira zo gukiranukira Uwiteka nyiringabo kugirango bimenyekane yuko Uwiteka yitaye kubwoko bwe no kubukomeza umutima niko Uwiteka Imana yanjye avuze!Dore Uwiteka azabajya imbere kandi azabarwanirira kuburyo bukomeye Umwakagara atabakangisha ibitwaro bikomeye kuko ziriya ntwaro ntaho zizarwanira cyangwa zizabone aho zizarashishwa kuko Uwiteka ari we uzirwanira akikorera imirimo yo gukiranuka niko Uwiteka abitegetse!

 

April 8, 2017 nsubizwa mu iyerekwa mbona Inzika y’Inzigo za batutsi bishwe n’Umwakagara,ndetse nizabishwe nabarozi binkozi z’ibibi z’ubwoko bwose uhereye igihe inkozi z’ibibi zagiriye nabi zigaca ibhanga ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo.Maze bakajyanwa ikuzimu igihe cyabo cyo gutabaruka kitaragera.

Nerekwa ko izo nzika zose ziyobowe n’umwuka w’Inzika ya Col.Karegeya Patrick waciwe igihanga n’Umwakagara taliki ya 31 ukuboza 2013 bucya dutangia umwaka wa 2014,maze mbona izo nzika zose za bantu bishwe mu buryo bwa karengane amaraso yabo ateraniye hamwe ajya kwihorera muri gakondo ya bakiranutsi.

Mbona uwo mwuka w’Inzika y’Inzigo urasa Umwakagara umurashisha imbaraga nutubaraga byinshi cyane,ugeze muri gakondo uhahurira na maraso ya bacika cumu bishwe 1994 maze bakiriza intero imwe bakuraho Umwakagara ku ngoma ariko na none Umwakagara yongera gukora mu nkovu ahitana abantu benshi cyane baruta umubare abambere yishe dore ko noneho nta cyo yaragikera kuko yarazi yuko akuwe ku ngoma.

Mbona isi yose igiz ubwoba bwinshi kandi bukomeye cyane kubera ishyaka rya RPF ryongeye guhitana abantu benshi cyane kuruta abambere yishe muri genocide ya mbere yabanjirije iya kabiri.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo z’Uwiteka zahanuwe mu gice cya (1-3); cy’ubuhanuzi no mu gice cya (4); cy’ubuhanuzi zambariye urugamba kugirango batabare kandi bakize gakondo ya bakiranutsi yigaruriwe ni nkozi z’ibibi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Nuko mbona hasigaye imfubyi nyinshi cyane kurusha iza mbere kandi zose zari zivanze zaba iz’Abatutsi cyangwa iz’Abahutu zose zahuye nakaga gakomeye mu isi ya bazima kuko ntawari gushobora kubatabara kuko Umwakagara yari yarabagize imbohe ze muri gakondo ya bakiranutsi.

Ariko nibo bamutije umurindi kuko banze kwemera no kwizera ijambo ry’Uwiteka ryahauwe n’Umuhanuzi AINESHA Leon wahanuye intambara ikomeye cyane izatera muri gakondo ya bakiranutsi ariko abantu bavunira ibiti mu matwi kubera gukunda intonorano uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,kumvira biruta ibitambo bariya bapfuye abenshi bararimbutse kuko batigeze biteganiriza mu Ijuru ngo bizere ijambo ry’Uhoraho,ngo nibura bashake mumaso he,ahubwo babaye nka babantu bo kwa NOAH bahinduye ijambo ry’ubuhanuzi kubabera indirimbo bibwira yuko ibyahanuwe bitazasohiza umurimo wabyo mu gihe gikwiriye.Uko niko nabo muri gakondo ya bakiranutsi babaye bananiwe kwizera ijambo ry’Uwiteka ahubwo bizera Umwakagara abigisha gukiranirwa no gutuka iyo mu Ijuru birirwa baririmba amajyambere badateze kuzapfa bagezeho niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho isomere ZABURI 84:2-6 maze wumve icyo Umwami Mana Uwiteka Nyiringabo avuga kugirango usobanukirwe iryo yerekwa.

Psams 84:2-62  My soul tlongs, yes, ufaints for the courts of the Lord; my heart and flesh sing for joy to vthe living God.

Even the sparrow finds a home, and the swallow a nest for herself, where she may lay her young, at your altars, O Lord of hosts, wmy King and my God.

xBlessed are those who dwell in your house, ever ysinging your praise! Selah

Blessed are those whose strength is in you, zin whose heart are the highways to Zion.2 As they go through the Valley of Baca they make it a place of springs; athe early rain also covers it with bpools.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi uturutse mu burengera zuba bwisi uzanywe na malaika w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango ushobore gukomeza umurimo w’Uwiteka Imana yawe ukorera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 9, 2017 njyanwa mu iyerekwa rikomeye kandi ridasanzwe,nerekwa ibikomeye bigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi,no mu gihugu cy’ibabylon kubera amatora ateganijwe muri byo bihugu byombi.Mbona ibice [3]; by’ubutayu biri mu kibaya kimwe,ariko bitandukanye uko bigiye birutana.

Mbona ubutayu igice cya mbere[1]; bwari buteye ubwoba bukomeye cyane!Ubwo butayu bwari bugufuiya cyane,nta masengesho yasabwaga kuba wasenga no ube wakira ubwo butayu bugufiya.

Ubutayu igice cya [ll] washoboraga gukora amasengesho,ariko nabwo bwasaga nubutayu igice cya mbere[1];ariko nabwo bwashoborwaga nabafite impano y’ubuhanuzi naho abandi nta cyo byari kubamarira.

Ubutayu igice cya [3];bwari ubutayu burebure ariko aho umuntu ageze akaba ariho aguma,kuko harimo nigishanga cyuzuye amazi!Kandi hagati muri icyo gishaga ndetse no ku nkengero zacyo,habaga hari umwuka w’ubusambanyi uzerera ahongaho ariko kubera inzara ninyota byari bihagwiriye ntabwo uwo mwuka washoboraga kugira imbaraga zo kuhategeka.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho riransobanurira riti,mwana w’umuntu,buriya butayu bwose wabonye ntabwo butandukanye cyane,kuko bujya gusobanura kimwe.

Ariko ubutayu igice cya mbere bugereranywa ni ntambara igiye kubera muli gakondo ya bakiranutsi,kandi bukagereranywa n’umuntu ushobora guhura nikibazo kidafite igisubizo,urabe wumva birenge niwowe ubwirwa.Naho bene ngango barigaramiye!

Muri gakondo ya bakiranutsi barabwiwe,kandi cyane,kimwe nundi muntu Uwiteka yamaze kuburira ariko ntabe maso akanga kumva abigambiriye kubera irali ry’umutima we,uwo iyo atabaye maso gusenga nta cyo gushobora kumumarira kandi yamaze kwinjira mukibazo mu gihe yagombaga kwirinda mbere yuko kimugeraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Igice cya [ll] cy’ubutayu wabonye n’umuntu wamaze kumenya iby’Imana yamweretse cyangwa yabwiwe akabasha kwirinda agakora amasengesho asaba imbaraga z’Imana no kurindwa k’Uwiteka Nyiringabo kugirango atagwa mu moshya!Uwu nguwo naho yakora amasengesho yo kwiyiriza ubusa bijyanye nubushobozi ndetse nimbaraga ze,bishingiye kwizera Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,nta kabuza aratabarwa kuko aba yarabaye maso kandi akirinda kugwa mu moshya y’umwanzi niko Uwiteka avuga.

Igice cya [lll] wabonye cy’ubutayu burebure,ni ntambara igiye kubera mu gihugu cy’ibabylon izaterwa no kutumvikana ku byavuye mu matora.Abantu batiteguye bazabura aho bahungira bazabura epfo na ruguru,abagore bicuruzaga icyo bazajya batangira Ubuntu kugirango babashe kubona ibyo kurya,ariko ntabyo bazabona kuko abakabibahaye bazaba bashonje kandi bafite inzara kuko burya umudiho uba mu itako!

Niki gisabwa rero,harasabwa kwishakira ibizabatunga bakabihunika cyane ibinyampeke,amazi bazakoresha cyangwa ayo kunywa,aha ngaha umukene azahura nibikomeye birutwa nuko yataha akigira iwabo mu cyaro akava mu murwa kuko abazaba batuye mu murwa bazahura nibikomeye cyane!

 

 

 

Kandi gusenga kwabo nta cyo kuzamara kuko burya gusenga bamwe bagapfa abandi bagakira ntabwo wavuga yuko wasenze cyangwa yuko Imana yasubije amasengesho kuko Uwiteka aca imanza zitabera ntabwo yakwemera ko bamwe bapfa ngo abandi bakire ubwo nyine ntabwo aba yatanze igisubizo kuko iyo asubije asubiza kuri bose bakabonera amahoro rimwe,ariko byose bijyana nuko umuntu abana n’Imana ndetse nimitekerereze ye uko niko Uwiteka avuga.

Intambara zo zizahoraho mu gihe tukiri mwisi,ariko ikinyuranyo ni uburyo abantu bitwara mu isi ya bazima.Kubaha Uwiteka kuba mu mutima w’umuntu,nabyo bishobora gukiza umwana w’umuntu bitewe nuko abana nawe (Uwiteka Nyiringabo) nuko rero burira abo mu gihugu cy’ibabylon batataniye mu mpande [4]; z’isi ubabwire bamenye ubwenge kuko ibihe bikomeye biraje ndetse utanibagiwe nabo muri gakondo ya bakiranutsi kuko naho bazanasenga ntabwo bazasubizwa kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nibwo ibyago byahanuwe kuri gakondo bizarangira Umwami w’uRwanda amaze kwima ingoma niko Uwiteka avuze!Abatazabishobora babwire bigurire amazi na za biscuit bazakoresha mu gihe gikomeye kugirango bazabashe kurama niko Uwiteka avuga.

April 9, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abanyamurenge birukanywe muri gakondo ya bakiranutsi kubera gukora umwuga wo kuroga.Mbona abananijwe kuyibamo arabaroga,naho abataroga bakaba barayisigayemo.mbona yuko bananiwe kuba muri gakondo bahita bahungira muri gihugu cy’ubuphilisitiya (Uganda) bajyayo kuhakomereza uwo mwuga kuroga ari nako bacuruza ubwo burozi.

 

 

 

 

Mbona idini rya CELPR, riyoborwa na Col.Fred Nyamurangwa hamwe na Col.Twahirwa Dodo,ko iryo dini bariroze kugirango ritazatera imbere dore ko babanje guhera ku ishami ryahaoze inyamirambo barariroga rirafunga.Kandi ikibabaje ni uko abasaza bakuru babamo bazi neza abakora uwo mwuga wo kuroga ndetse na bashumba babo(Pastor’s) usanga babazi ariko bakananirwa kubashyira hanze yurusengero kubirukana ngo bareke gukomeza guhumanya urusengero basengeramo wagirango barakorana.

Nerekwa ko abagiye Uganda bagiye gutunganywa neza cyane,bagahura na kaga gakomeye cyane aho batazongera gukora umwuga wo kuroga.Kandi nubwo bazashaka kugaruka muri gakondo ya bakiranutsi ntabwo bizabakundira kuko hamaze kumanuka imbaraga z’umwuka w’Imana zizabashyira ku karubanda niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa Uwiteka Imana amanura ibikmeye mu gihugu cy’ubuphilisitiya kugirango inkozi z’ibibi zihagwiriye zirirwa zicuruza ibihumanya kugirango babure amajyo na mabuye.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore abahungiye Uganda bagakomeza umwuga wo guhumanya abantu b’Imana,Uwiteka ahamanuye ibyago bikomeye kugirango yice kandi arimbure izo nkozi z’ibibi zitazabona aho zihungira mu isi ya bazima.

Ntangazwa no kubona apa Pastor bemera kujya mu cyumba cyamasengesho bagasengana nizo nyanga birma z’inkozi z’ibibi za banyamurenge zihaye kwirukana Uwiteka Nyiringabo wahoze muri bo,bakimika umwanzi wabakiranutsi (Satani) kugirango abone uko arwanya abashaka kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nkomezwa gutangazwa ni uko abitwa abashumba (Pastor’s) uburyo bihorera izo nkozi z’ibibi bigaragara yuko basanzwe bakorana cyangwa bafite uko babiziranyeho ngo baratinya ko idini risenyuka wagirango nubundi rirahagaze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kirahe kandi kigeze bugufiya cyane aho umwana azasigwa na nyina,umuhungu agasigwa na se Uwiteka azabatatanya cyeretse abafite ikimenyetso cy’umwana w’intama mukiganza abo nibo bazarindwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi naho abandi bose bazahehwa nkuheha amabyi niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo bizashoboka yuko abanyamurenge bakora umwuga wo kuroga bazagaruka muri gakondo ya bakiranutsi nyuma y’intambara yubutita igiye kubera muri icyo gihugu.Kuko kizaba kimaze kwezwa inkozi z’ikibi zizahagaruka zizajya ziterwa amabuye kumanywa yihangu kuko Uhoraho atazazihanganira kuko kubihanganira byararangiye uko niko Uwiteka abitegetse!

Niyompamvu nkumanuriyeho imbaraga mu ntoki zawe zibiganza kugirango uwo uzajya utunga agatoki arumurozi azajye ahita agaragazwa nabadayimoni bamurimo batazashobora kwihanganira imbaraga z’Imana nshyize muri mukiganza cyawe kugirango nihagira uwibeshya akaza aho uzaba ukorera umurimo azajye ahita ashyirwa ku karubanda utiriwe uhangayikishwa no kubanza kumwerekwa ahubwo azajye ahita akorwa nisoni mu bantu icyo kizatuma bazajya baguhunga aho bazajya bakumva hose ndetse nurusengero uzaba urimo bazajya batinya kuruzamo kuko uzajya agwa wese azajya agushwa nuko afite imbaraga z’umwijima muri we uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko avuze!

April 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Inkozi zibibi zibye imigisha yacu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ayigaruza,ndabwirwa ngo mwana w’umuntu kuva igihe wahereye urwana intambara yo kugaruza umugisha wibwe ni nkozi z’ibibi zo (kwa Rwibasira) bibasiye ubugingo bwanyu igeze ku iherezo.

Mfata ibyo bibye byose ndabigarura mbona umwuka w’urupfu nubukene bari barohereje bibasubiyeho umugisha wacu bari baratwaye ndawugaruza maze umuvumo nubukene byabo barabisubirana uko niko Uwiteka abitegetse.

Nkomeza kwerekwa ibikorerwa mu isi ya bazima,mbona Hon. Baricana EUGENE, uri mu nteko ya bashinga mateka b’Umwakagara,mbona ayikuwemo asimburwa numuvandimwe w’Umuanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,mbona uwo munyacyubahiro ahura numwuka w’ubukene ndetse no kugura ishati byari ikibazo kuri we.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashing mateka ba FPR, igihe cyabo kirarangiye kandi ntabwo bazongera kubaho ukundi,kuko ibyo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryavuze ari byo bigiye gusohoza umurimo wabyo kugirango bimenyekane yuko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo aba muri wowe uko niko Uwiteka abitegetse! Mbona umwubatsi watsindiye isoko ryo kubaka inzu,nawe akimara guhabwa iryo soko (tender) mbona atangiye kubaka,nawe ahita ashyiraho gupiganirwa isoko ryo gukora amasuku muriyo nzu aho arangije kubaka.

Nerekwa mbona  Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe ariwe watsindiye isoko ryo gukora isuku mu nzu.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe kumwana w’umuntu birasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa nkomeza kubona ibikorerwa mu isi y’umwuka,mbona imbere yanjye hari inyanja nini cyane,ngiye kwambuka mbona hateweho urutindo rwo kwambukiraho ndambuka ngera hakurya yarwo,ndongera ndagaruka nitegereza uko urwo rutindo (Bridge) uko rukurwaho.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ukorewe urutindo rwo kwambuka ibibazo biri imbere yawe,nyamara aho uzanyura ntawundi uzahanyura ngo ahambukire kuko mutanyujijwe inzira imwe,ntabwo wundi wayinyujijwemo uzaza kwambukira hano,uzahanyura akaba umwizerwa nkuko wabaye umwizerwa ubwo nawe azakorerwa icyambu cye aho azambukira niko Uwiteka Nyiringabo abtegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abana batatu batangiye gukambakamba,bakajya bazamuka hejuru y’umukingo warubegereye,bakongera bakagaruka hasi aho bakiniraga.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu witegereje bariya bana?Ndasubiza nti nabitegereje nyagasani.

Ndabwirwa ngo genda ubakinishe kandi ubigishe ko kiriya gikuta gishobora kubagwira kuko barimo bashaka gukura vuba vuba binyuranye nuko abana bakwiye gukura bakurikije igihe bagezemo amezi ni myaka.Ndagend andabikora.Maze ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hari abana mu mwuka benshi barimo gushaka gukura vuba vuba mu byumwuka kandi bidashoboka bagomba gukurikiza uko Imana yategetse bakwiye kugenda bakura nkuko umuntu akura mu bijyanye numubiri kugirango bazabashe kuba abakwiriye mu murimo w’Imana.Ariko nibashaka gukura vuba nka za nkooko za kizungu,bazapfa ntaho baragera umwanzi arimbure ubugingo bwabo kuko umuntu uko akura ninako agenda amenya ubwenge bijyanye nubukure bwe,cyangwa nimyaka ye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

April 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona nerekera ku kazi aho nari nahawe ikiraka cyo gusiga amarangi inzu yarimaze kubaka kandi yuzuye neza hasigaye kuyitaha ngo bayibemo.Turi mu nzu tugenda ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe yakugize nk’umugaragu we Umuanuzi YOSEPH,kugirango Uwiteka azahure abantu be mu gihe kigoye kandi kigoramye gisa niki uko niko Uwiteka avuga.

Turagnda tugenze kuri yanzu dusanga abakozi bategereje yuko umuryango ukingurwa,barakingura uwambere arinjira ariko inzu nta rumuli(amashanyarazi)yakaga,maze natsa itara ryo muruganiriro tugiye kwinjira mucyumba uwari yinjiye imbere yikingiranye ahita yatsa iryo mu cyumba tubasha kubona urumuli.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyahanuwe birageze kandi igihe cyabo kirasohoye ndetse igihe cyabyo niki,nuko rero dore nagushyizeho kuba umulinzi wa gakondo ya bakiranutsi ngo ubere maso ubwoko bwanjye na gakondo yawe.Uzagenda atagendanye nawe cyanwga atavuganye nawe ntamugisha azabona uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunganiriza rigenda rimbwira uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yangize nka nk’Umuhanuzi” YOSEPFa’uburyo yazamuwe mu ntera no kwizera Uwiteka Nyiringabo,akagirirwa icyizere n’Uwiteka,bigatuma agirwa umwe mu bakomeye mu gihugu cya Egypt.Kandi nyamara yari umunyamahanga muri iryo hanga rya Egypt.

 

 

 

Ndabwirwa ngo,mbese mwana w’umuntu,mbese Uwiteka ntazarushirizaho ku kugirira neza nuhabwa gakondo yawe,ariyo gakondo ya bakiranutsi?Niko Uwiteka abaza!Dore wabereye umugisha gakondo yawe ari nayo ya bakiranutsi,kandi uzakomeza kuyibera umugisha kuzageza ku iherezo,abakugiriye neza nabo bazagirirwa neza n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi abazagukomokaho bose bazaba abanyamugisha,ikigeretse kuri ibyo,gakondo yawe nayo izahabwa umugisha kuko amahanga azifuza kuyituramo kugirango bitirirwe izina ryayo niko Uwiteka avuga.

This is the Rhema word: Jeremiah 9:7 therefore, this is what the lord of heaven’s armies says: See, I will melt them down in a crucible and test them like metal. What else can I do with my people?

Dore uzaba mubakomeye mu isi yabazima kuko wakunze gukiranuka,ukumvira ijambo ry’Uwiteka,ukanga ubugome,no kugomera Uwiteka,kugirango umenye neza yuko Uwiteka ajya yita kubakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntujye gutegura uriya mutego w’umwanzi kuko uracyateze,kandi niwowe utegereje,ahubwo uwihorere kugirango Uhoraho wenyine azabe ariwe uwitegurira utazavaho ugushibukaa ugahura ningaruka.Nerekwa ikimasa ni nyana yishashi bitegereje Umuhanuzi AINESHA none wigumire murutare utegereze ijambo ry’Uwiteka wahawe muri Yeremiah 9:7 uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunsobanurira amakuru ya gakondo ya bakiranutsi,ndabwirwa ngo,iriya nzu wabonye isobanura gakondo yawe ariyo gakondo ya bakiranutsi.Hanyuma kuba iriya nzu yaririmo umwijima wamara kuhagera amashanyarazi Akaka bisobanura urumuli rw’ijambo ry’ubuhanuzi ryazanye umucyo muri gakondo ya bakiranutsi.Naho uriya muntu wabonye wabahaye ikaze akanabakingurira nabari muri gakondo babategereje kuza gukuraho umwakagara bakazabakiriza yombi kugirango mufatanirize hamwe gukuraho inkozi z’ibibi zigaruriye gakondo y’Uwiteka yabahayeho kuzababera umwandu.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,dore ingabo z’Uwiteka zigiye gutera Umwakagara mbere yuko zitera zizaza ku kureba kugirango ugire icyo uzibwira ijambo rya nyuma kubijyanye no gutera Umwakagara.sibyo gusa ahubwo uzanabafasha cyane mu bijyanye nitangaza makuru kugirango uzababere umuvugizi muri rubanda rw’Uwiteka Nyiringabo hamwe na rubanda rw’Umwami YUHI VI wimye ingoma wasimbuye Umwami Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko avuga.

 

 

 

Nuko rero mwana w’umuntu,AINESHA humuriza ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ubwire abahutu bubahe Uwiteka Imana yawe,kandi ubibutse yuko yabasezeranije kuzaba ubwoko kuko basanzwe batari ubwoko!Bazubahe Umwami wimitswe nijambo ry’Uwiteka kuko ntawuzongera kubarenganya abaziza ubwoko cyangwa akarere cyangwa amavuko kuko ibyo byose Uwiteka abishyizeho ishyerezo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Bwira ubwoko bw’Uhoraho uti,namwe muhumure kuko Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,abaciriye imanza zitabera,dore agahinda mwatewe ni nkozi yikibi yitwa Umwakagara Uwiteka azagasimbuza umunezero nibyishimo,ariko muramenye ntimuzagendere mu nzira zo gukiranirwa kugirango muzabashe kubona ubugingo no kurama azabaha ibinezeza imitima yanyu,ariko nimugendera mu nzira za basogukuruza mukiha gukorera izindi Mana,muzamenye yuko ukuboko k’Uwiteka Imana yanyu kutazabura kubaremerera niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko uhereye ejo hashize nkomeza kumva indirimbo yigihimbano cy’umwuka ikomeza kugaruka murijye ivuga ngo uri uwera,uri uwera Mana year,wakoze ibikomeye mu maso yamahanga none natwe turishimye×3.

 

April 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Abega batetse amafunguro,bayatekesheje amamesa,ariko bo bakavuga yuko batekesheje amavuta y’INKA (umutego wabadayimoni) nerekwa mbona bashaka kungaburira amafunguro adahiye kandi yamaze no gushirira munsi kuko bashyizemo ibirungo bikiri bibisi bitarashya!Mbona bafata ayo mamesa bayahindura amavuta y’Inka akuze!Kandi amamesa atajya akura nka mavuta y’inka.

Mbona bakaseho igice kinini kandi kirekire barakimpereza,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inko z’ibibi z’Abega za magigiri ijambo ry’Uhoraho rizigeze ahaga,kuko bamaze gukomererwa kandi baremerewe cyane.None dore bagiye kugutega umutego wa mamesa babeshya ngo ni amavuta y’Inka (butter) ariko se bo iyo batageze nta nubwo bagereranya?

Koko babona amamesa bayagereranya na mavuta y’inka?Niki gitumye babura ubwenge bigez’aho? Niko ijambo ry’uhoraho Uwiteka Nyiringabo ribaza! Nuko rero urabe umunyabwenge kandi umenye yuko umwanzi akugenda runono kugirango arimbure ubugingo bwawe kuko mukanya aribwo barangije inama batekereza icyo bakora ngo bagute muri yombi.Ariko ubabaze uti,cya gihe ko mwantaye muli yombi mukananirwa mbari mu maboko mbese ubu hoho mwanshyira mu maboko yanyu byabakundira?Uko niko Uwiteka ababaza!Uwakoze birya ntaho yagiye niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’umusinga wanze gusigiza Uhoraho,yaguteze akamanyu kumutsima kugirango ufatirwe muri uwo mutego,ariko umwihorere kugirango yibwire yuko utamutahuye,hanyuma ntuzabure kumwanika kurubuga rwikimenya bose kugirango amenyekane mu isi  ya bazima kugirango isi imumenye yuko yavukiye gukiranirwa kugirango acirwe ho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

Dore baguteguriye ubugome bwinshi cyane kuko bahagaritse umutima cyane kubw’ijambo ry’ubuhanuzi,hamwe na makuru ugeza kuri rubanda rw’Umwami w’uRwanda kuko bamaze kubona kurimbuka kwabo kubegereye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ongera uvume izo nkozi z’ibibi,uko zizajya zigutega imitego,uzajye ubavuma kugirango guhirwa kwabo kugabanuke,uwarufite umugisha uhinduke umuvumo kugirango bamenye yuko wahamagawe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akakumenya mu izina uko niko Uwiteka avuga.

Yewe mwana w’umuntu ugambaniye umugaragu w’Uhoraho,uzahura nishyano rikomeye cyane kuko inzira zawe z’umwijima,nta gihe na kimwe zizigera zihinduka umucyo,kandi umucyo wawe uzahora ar’umwijima iteka ryose kuko wagambiriye kugira nabi ariko ntabwo imigambi yawe izigera isohoza mu mahoro kuko wagambaniye utariho urubanza! ibyawe byose bizahinduka inzira z’umwijima,umucyo wawe uzaba ubwirakabiri.Ineza yawe izahinduka umwijima gusa gusa! Irembo ry’imbabazi zawe rizahinduka umwirare kuko wagambairiye kumena amaraso y’umukiranutsi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo utariho urubanza!

Wigize umunyabwenge,ariko ubwenge bwawe buzahinduka igicumbi cy’ubujiji kuzageza ku iherezo wibwiye yuko uri umuhanga,ariko imbabazi zo mu gicuku cya ni njoro reka zizaguhindukire umwijima kandi uzajye uhinga hasarure abandi, ibyo wabibye wiyushye icyuya, kugirango umenye neza yuko mu Ijuru har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse!

Ubugome wonse mu mashereka azaguhindukire imfabusa,umurava wawe uzakubere umwijima,guhirwa kwawe bizakujye kure nk’ukwezi,umucyo wawe warashe igihe wavukaga hamwe ni Nyenyeri yakumurikiye icyo gihe, bizaguhindukire umwijima mu gihe cyo kunezerwa kugirango umenye yuko Uhoraho aca imanza zitabera.

Kandi yuko ajya yita kubakiranutsi.Icyo gihugu ubundarayemo wibwira yuko ari kure cyane nkigisiga cyaritse hejeuru ku Ijuru, kizakubera ubwihisho bw’umwijima butagira urumuli kugirango umenye yuko naho wakwarika icyari cyawe mubushorishori bw’Inyenyeri,ko naho Uwiteka azahakumanura akagukubita hasi kugirango umenye yuko ntaho Uwiteka atagera kuko ariwe waremye Ijuru nisi nibirimo byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Abazagukomokaho bose uko bangana bazagendere mu nzira z’umwijima kuko ariyo nzira wabageneye cyangwa wabateguriye mu maso h’Uhorao hazababere kure cyane umucyo w’Uwiteka uzaba ikizira kuri bo,kugirango inzira zabo zizarangirire mu irimbukiro batabonye umucyo w’Uwiteka Imana Nyiringabo Imana yanjye.

Kuko wagenje nabi ugambirira ikibi ushaka kuguca igihanga cy’umugaragu w’Uhoraho maze ibyari umugisha byose biguhindukire umuvumo kugirango imbabazi utagize zizakube kure cyane maze urukiryi rwawe ntiruzigire rubona umucyo washyizweho n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana abitegetse,kandi niko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,za magigiri zapanuwe uzihorere zibanze zumirwe nizimara kubura icyerekezo zirahita zinanirwa zigende naho aya masaha ziracyari mu nzira ziracyafite ibyiringiro bikomeye yuko ziri bukubone uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zintegereje mu nzira nyabagendwa, kugirango bayimfatiremo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore zamagigiri zihuye nakaga gakomeye kuko zananiwe umurimo zahawe wo kuguta muri yombi kandi zaremeye yuko byanze bikunze zizaguta muri yombi dore zanahawe na mafaranga atubutse yo kuguhiga kugirango byanze bikunze bagute muri yombi ariko noneho baciriweho iteka kuko ibyo bifuzaga atariko byagenze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 13, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wikinyoma uturuka mu banyamadini bashyigikiye ikinyoma cya leta y’umwakagara uzamuka uturutse mundiba y’umutima,kubera ubwoba no guhisha ukuri bagatinya guhamya Umwami wabakiranutsi bavuga yuko bizeye.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo unzaho ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore ikinyoma kidashyitse kiravutse,ariko nubwo kivutse ntambaraga zihagije gifite kuko abantu bazahita bakibona batahure yuko ari ikinyoma kivutse kandi ko gituturutse mu banyamadini bakorana na leta y’umwakagara kugirango bimakaze umuco w’ikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa bohereza umwuka wikinyoma k’Umuhanuzi kugirango ahanure ibinyoma,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zaraye ziterekera zikoherereza umwuka wikinyoma kugirang uhanure ibinyoma maze abasoma ijambo ry’ubuhanuzi bareke kujya bakurikira ijambo ry’ubuhanuzi bajye bavuga yuko ngo uhanura ibinyoma none biriya ubwiwe ndetswe weretswe bisobanura umwuka wikinyoma wohererejwe ntubisobanure ukundi utagwa mu mutego w’umwanzi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imirwano ikomeye cyane hagati y’Umwakagara na Gen.Nyamwasa ingabo zirahura zirasakirana bikomeye cyane,aho barwaniye nta bwatsi bwongeye kuhamera.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hagiye kubaho imirwano ikomeye cyane hagati ya batutsi n’Umwakagara wigize ingunge kubutegetsi,nyamara igihuru kigiye kubyara igihunyira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa mbona abatutsi bitotombera Umwakagara yuko yabatakarije igihe,akabateza intambara zitari ngombwa kubera gukunda ubutetegetsi bwigitugu.Akongera kubateza intambara igiye kubamarira imiryango yabo,ndetse nibintu byabo.

Mbona kumpande zombi bashyira abana mu gisirikare kandi bibujijwe na mategeko,ariko kuko hari ikibazo cyihutirwa cyo gukuraho Umwakagara byabaye ngombwa yuko babashyira mu ngabo zihanganye kumpande zombi,mbona inkomere nabaguye kurugamba kuruhande rwabarwanya Umwakagara ari benshi cyane kuko banyuze mubirunga bagatunguka Ruhengeri bashyirwa ahantu mu nzu yabigenewe babakorera ubulinzi  bukomeye kugirango bazashyingurwe mu cyubahiro nyuma y’urugamba rwo gukuraho Umwakagara.

Maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,ubwire Gen.Nyamwasa Kayumba uti izo nzira nuzinyuramo ntabwo uzahirwa,ahubwo uzanyure izndi nzira zitarizo utapfusha ingabo nyinshi kandi bitari bicyenewe niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo ibintu  byoroshye kuko hasigaye ingabo nyinshi zarwaniraga gakondo yabakiranutsi kuko zose ziyifiteho umugabane ariko abakagara bagashaka kuyiharira bonyine kandi atari umwandu wabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira Gen.Nyamwasa yuko naramuka anyuze muruhengeri azahsiga ingabo nyinshi zizahitanwa niz’Umwakagara.Nuko nahindure ashake iyindi nzira nyabagendwa itariyo muruhengeri kugirango atazatakaza ingabo nyinshi kumpamvu zidasobanutse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

nccleon@gmail.com

SaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSaveSave

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments