HomeNewsUmwakagara agiye gufata umurwa mukuru wa Uganda "KAMPALA" amahanga amusubize inyuma!

Umwakagara agiye gufata umurwa mukuru wa Uganda “KAMPALA” amahanga amusubize inyuma!

Iri jambo ry’ubuhanuzi bwabitswe muri e-mail kubera ubutayu buribagirina ariko umwuka w’Uwiteka Nyiringabo niwe watugiriye Ubuntu muri e-mail nabitsemo ubuhanuzi nabuze umwanya wo gutangaza kubera intambara zo mu butayu ubwo bari bamaze kugusha ikinyamakuru www.inyangeNews.com, nibwo twakoraga www.inyangeNewss.com

Jan 23, 2013 njyanwa mu iyerekwa mbona ko Umwakagara azatera Uganda akazafata umurwa mukuru wa Kampala agafata ibiro bikuru byingabo za Uganda “High Command”maze ijambo Uwiteka  Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo Umwakagara wigaruriye gakondo yabakiranutsi ubwo azaba asumbanirijwe azaterwa nubwoba maze ahitemo gutera Nyirarume umwana w’UMUSITA kugirango amukure ku ngoma ariko ntabwo bizamuhira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore leta ya Kigali igiye kohereza za maneko nyinshi mu bihugu duturanye cyane cyane mu gihugu cy’Ubugande ndetse n’igihugu cya Kenya,dore ko ariho higanje impunzi nyinshi.Impamvu ngo nukureba uburyo yakwigarurira izo mpunzi zikemera zigakorana na leta ye,zakwanga akazihitana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kumbwira ngo “mwana w’umuntu,burira impunzi zabanyarwanda zimenye umugambi mubisha Umwakagara azifitiye,kugirango zimenye uko zakwirinda Umwakagara bitabo ibyo,zikazahura na kaga gakomeye cyane kuko azazijujubya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Wandika ibyo,Imana yagaragaje kugirango impunzi zirusheho kwirinda,kugirango ejo zitazisanga mukaga zikavuga ngo Uwiteka ntiyazitayeho,muri uwo mugambi harimo no gukora ibishoboka byose ngo bashakishe aho umuhanuzi Majeshi Leon yaba aherereye  ngo kuko akunze guhishura imigambi yabo bigatuma iba impfabusa.Kugirango ntazongere guhishura imigambi yabo mibisha.

ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’Umusita, Uwiteka Imana Nyiringabo okomeje guhishura yuko mu minsi iri mbere nyakubahwa M7,ashobora kuzisanga mukaga gakomeye cyane agiye guterwa n’umuhungu we,nyakubahwa Paul Kagame,ugiye kumushyira mu ntambara atari yategenyije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara azateza igisa n’intambara mu gihugu cya Uganda,ndetse azinjira mu gihugu imbere afate umurwa wa kampala ku buryo butunguranye,azafata ibigo (2) urwego rukuru rwa maneko C.M.I,ndetse n’ibiro bikuru by’ingabo C.D.F,nyuma yaho ingabo z’urwanda zizasubira inyuma ariko M7 azaba yakutse umutima,ndetse azasuzugurwa mu maso yabaturage bicyo gihugu dore ko nawe batakimushaka uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubona ibyo Imana iguhishuriye,uzamenye ko hasigaye igihe gito ngo manda ya perezida M7 iri hafi kurangira,niho bazasubiranamo ndetse Kagame agasa nutangiza iyo ntambara izamara umwanya muto cyane,agahita asubizwa inyuma namahanga nawe akazahita akurwa ku ngoma akazasiga M7 ku ngoma ariko nawe akazahita akurikiraho nawe agakurwa kungoma kuko atazamara igihe kinini Umwakagara namara gukurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments