OCT 3, 2016 ijmabo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ISHOKA (ijambo ry’Uwiteka) imanukiye gutema ibiti biri mu butayu (ubutegetsi) byo muri gakodo ya bakiranutsi bigaragara ko bimaze kuma imizi bikaba bigeze igihe cyo kurimburwa.Dore abantu bose muri FPR baravumwe kandi bagiweho numuvumo kubera guca imanza zibera,kandi ntabwo bateze kugira amahoro igihe cyose batarihana ngo bakurweho umuvumo wabokamye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira uriya mugore utuye kumugabane w’UBURAYI,umubwre uti,nta mahoro uteze kuzabona igihe uzaba ugituye mu muvumo,kuko uwo mwashakanye agizwe nubuzima bw’umuvumo kandi akaba nta mugusha muteze kuzabona igihe cyose muzaba mugikorera munsi y’umuvumo.
Dore yagizwe intego y’ubuzima bw’ubuzima,kandi ababikoze bahora bagenzura uko bwije uko bucyeye yuko yazibohora,kugirango ubutunzi bwabo butayoyoka bagasubizwa kwisuka uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Nuko rero akwiye kuba umunyabwenge akamenya uko akwiye kwigenza kugirango azabashe kuba umunyagisha uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Nuko mbona amanuwe mu butayu bugufiya kandi bugari cyane ahabwa kubugenda ariko mbona ko bumubanye burebure sinigeze mbona agera kw’Iherezo ryabwo.
OCT 4,2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intambara usigaje zabarozi b’inkozi z’ibibi ni nkeya.Abarozi basheshe akanguhe bamaze gusaza benshi barapfye,hasigaye abarozi [4] bakiri batoya,Muhoza Benon,Uwimana Ernest,Kamanzi Vicent Narsis,na Mwishwa wawe MUkeshimana Jeantte.Abo nibo usigaranye uhanganye nabo kandi bakiri batoya abandi [30] bamwe barapfuye,abandi babuze imbaraga zibasubiza mu nkozi z’ibibi zo kurwego rwo hejuru(abapfumu) barakennye kubera amasengesho wakoreye mu gihugu cy’ubutayu bituma bamburwa imigisha bari baratwaye itari iyabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nuko rero aba bandi basigaye hagana nabo kugeza igihe bazanesherezwa,kuko igihe cyose iyo ugiye kwakira umugisha bibagiraho ingaruka bigatuma bongeramo ubumara bw’imbaraga z’umwijima.Buri ntera yose Uwiteka akugezaho mu buryo bw’umwuka,bahita bayibona bagashaka uburyo bakumanura ngo usubire munsi yabo aho bazajya bagukontrola ariko bikabananira uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero burira abanyamasezerano ubabwire yuko bagiye kwinjira muri gakondo ya bakiranutsi,kandi ko,uzaba atarabohoka akaba agikorera munsi y’umuvumo,bene abo bantu naho bakwinjira ICANAN umuvumo ntuzabura kubasangayo kuko uzigaragaza mu buryo bumwe cyangwa ubundi bisobanura kubura amahoro igihe cya mahoro.Kudatuza igihe cyo gutuza,kubura ihumure mu gihe cyo guhumurizwa.Kubura umunezero mu gihe cy’IBYISHIMO! Kubura urubyaro mu gihe uba warashatse,kubura umugabo mu gihe cyo gushaka kubura ibishoboka mu gihe bishoboka uko niko Uwiteka avuga.Burira abantu bafate umwanya wo kugenzura ubuzima bwabo bwerekeranye ni nzozi na mayerekwa babona ubabwire uti,umuntu wese uza mu nzozi zawe kenshi kandi akagaruka mu buryo bwa NEGATIVE uwo abe ari we bahangana nawe cyane mu masengesho kuko uko bazajya banesha ninako bazajya barushaho kuzamuka mu ntera bakwerekwa nabandi basigaye nibura barwane nabo babamanure kugipimo kiri munsi ya %50 bazatangira kubona ubuzima buhinduka kandi bazarushaho gukunda Imana no kuyigirira ikizere barusheho gukiranuka no gushaka mu maso hayo kugirango barusheho kugirirwa neza n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Kandi bazishimira Uhoraho Uwiteka Imana yabo kuko atazabura kubagirira neza uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.





