Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi,aravuga yuko Uhuru Kenyatta yamaze gutaga miliyari [7] za’amashillingi yo kugura itangaza makuru ryigenga kugirango ritazajya ritangaza yuko ngo afite abantu bacyeya mu ishyaka rye rya jubilee ugereranije n’Ihuriro ryabatavuga rumwe na leta rya NASA rigaragza kuba rifite abantu benshi cyane kurusha jubilee.
Kumunsi wejo hashize nibwo intekonshinga mategeko ya Kenya iyobowe na minisitiri w’Imana Hener ROTCH umuyobozi wa The Natinal Treasure yigihugu yasomeye abadepite ingengo y’imali y’umwaka 2017-2018 ihwanye na Tiliyari 2.62 byamashillingi ya Kenya.
Mu manyarwanda angana na Tiliyari zigera kuri 21 z’amanyarwanda uyavenje ni nshuro 2.62*8 = 20.6 z’amanyarwanda.Bikiraho mu shyaka rya WIPER riyobowe na STEVEN Kalonzo Musyoka ufite umudepite mu nteko nshingamategeko witwa NYENZE watanze itangazo muri iki cyumweru rivuga yuko niba NASA idatoye Kalonzo nka Flag Bela wa NASA yuko WIPER izava mu ihuriro rya NASA.
Uyu mudepite uyobora mu gace ka KITUI WEST nyuma yo gutanga iryo tangazo,umukambwe muri politike RAILA yahise abeshyuza ibyatangajwe na NYENZE yuko Kalonzo agiye kuva muri NASA ihuriro rihuriwemo na ODM,WIPER,FORD KENYA,AMAN NATIONAL CONGRESS ANC.
Uhuru Muigai Kenyatta afite ubwoba bwinshi cyane yuko ashobora gutsindwa amatora,kuko ibyo yasezeranije abaturage ntabwo yigeze abikora.Abanyeshuli yemereye za mudasobwa(Takirishi) ntabwo yazibahaye,impapuro zemeza umutungo bwite w’umuturage Title indeed yavuze ko azazitanga mu mezi[3] nazo ntazo yatanze uko yari yabivuze mu gihe cya mezi [3],abagore yavuze ko bazajya babyarira ku buntu nta bwinshyu bwo kwa muganga bishyujwe nabyo ntiyabikoze.
Amashanyarazi aherutse kuvuga ko,ngo yatanze amashanyarazi ayageza kubaturage bagera 3,n’ibihumbi 700 byabaturage.Ariko ikigo cya mashanyarazi Kenya Power cyavuze yuko ibyo Uhuru yavuze ntaho bihuriye nukuri ngo kuko bashinze ibiti byamashanyarazi bigera kuri miliyozi kandi bakaba batarashyiramo umurira ngo abaturage batangire kuyakoresha.
Nta project nimwe yigeze atunganya ahubwo yagiye arangiza izari zaratangiwe na KIBAKI hamwe na RAILA Odinga.Yagiye kwiyamamaza ahitwa KISII bamutera amabuye,icyegera cye RUTO yagiye western nawe bamutera amabuye.Kubigaragara ntabwo bakunzwe na baturage niyompamvu iyo bagiye kwiyamamaza buri muturage bamuha amashilligi 500 Kshs kugirango baze kwitabira inama zabo zo kwiyamamaza.





