HomeNewsPresident aravumwe kubera kugambanira ubwoko bw'Uhoraho,ashaka gusubiza abahutu ku ngoma!

President [M7] aravumwe kubera kugambanira ubwoko bw’Uhoraho,ashaka gusubiza abahutu ku ngoma!

April 17, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’UMUSITA Kaguta Yoweri Museveni Umwami w’Ubuphilisitiya,akomeje kugambanira gakondo ya bakiranutsi kugirango ubwami budasubira ku  ngoma.

Kuri we,aho kugirango ubwami bw’uRwanda busubire ku ngoma,ahubwo yasubizaho leta ya bahutu bafatanije na bakagara guca ibihanga ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore yakiriye intonorano za bafaransa abizeza yuko azasubizaho ubutegetsi bw’abahutu,niyompamvu Padiri Nahimana Thomas yashinze government ikorera mu buhungiro kuko yari yamaze kugira ikizere cy’uko abafaransa bamaze kuvugana n’UMUSITA.

Bakamuha intonorano bazitirira gucukura amavuta ariko mu by’ukuri harimo n’Intonorano yahawe kuruhande kugirango abafashe gukuraho Umwakagara akoresheje abatutsi ariko bikarangira abahutu bahawe ubutegetsi bazavuga yuko ngo abahutu bahise babatanga gufata ubutegetsi bima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho UMUSITA muhe impamba dore yamaze kwitegura yohereza za magigiri hafi ni nkiko za gakondo ya bakiranutsi kugirango nirwambikana nawe ahite yinjiza abe ku ngufu kugirango ajye gufasha abahutu gufata ubutegetsi nibwo buryo bwonyine yakwishyuramo intonorano za bafaransa yakiriye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Mwana w’UMUSITA watwiciye intwari z’Uwiteka zari zatabariye gakondo ya bakiranutsi,ukoresha Umwakagara zose uko ari [44] arazirangiza umusiga iheruheru.None kunshuro ya ll wongeye kutugambanira kandi wowe twaragufashije ugahabwa gakondo yawe hakurya ya YORDAN nkuko ABIFRAIMU bahawe gakondo yabo “I RAMOD y’IGERIYADI”.

Niki gitumye wongera kutugambanira ko wahawe ahawe natwe tugahabwa ahacu n’Uhoraho Uwiteka Imana,kandi akaba ari wowe wahisemo hakurya ya YORDAN I RAMOD y’IGERIYADI?None niki gitumye ukiranirwa bigeze aho kugeza aho wifuza ko twamburwa gakondo twahawe n’Uwiteka Imana yacu?

Dore ntanzeho umuhamya IJURU NISI kugirango bizatubere umuhamya imbere y’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore umuvumo uturuka iburasira zuba,Iburengera zuba,Ikasi Kazi,Ikusi ndetse hasi no hejuru,uwo muvumo ukuzeho kugirango uburiganya bwawe buzaguhinduke igihe abandi bazaba banezerewe wowe uzabe uri mu mubabaro.

Ubwo abandi bazima ingoma,wowe uzayikurweho,amahanga yose azaguhana kuko wagambaniye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo wibwiraga yuko atazatubera umurengezi? None urongeye ubugambanyi nubugome buri muri wowe burakwangiye bukubujije amahwemo uti sinaruhuka ntongeye kubagambanira!

Igihe cyawe kirarangiye kuko uramburiye ukuboko ubwami bw’uRwanda bwimitswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ariko akaba ari ntamahirwe ufite kuko Uhoraho watubereye umurengezi,akaba ari nawe wahishuye ibyawe akabishyira ahagaragara.Uhora wifuza ko tutagira ituze,uhora wifuza ko tuba impunzi muri gakondo yawe wagenewe n’Uhoraho,ariko noneho kuko wanze guturiza muri gakondo yawe,dore nayo urayambuwe kugirango umenye yuko Uwiteka aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona Umwami Kigeli V Ndahindurwa waciwe igihanga na Bega (Gakwaya Jean Marie)maze Umwami Kigeli V Ndahindurwa arambwira ati,mwana wanjye ndakwinginze umvumire Gakwaya kuko namugiriye ikizere nkamufata nkumwana ariko akanga akancisha ighanga.None kuko ari wowe Uwiteka yaduhaye ho Umuhanuzi,umfashe umvumire uwo mugizi wa nabi wancishije igihanga akambuza kwima ingoma nari nagenewe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nkimara kumva agahinda gakomeye n’umwuka w’Inzika y’Inzigo Umwami Ndahindurwa yamanukanye ikuzimu ahacecekerwa,numva nanjye ndababaye cyane,nibuka uko twajyaga tuganira tukiganirira nibereye mu butayu bikamfasha kwikorera ubutayu.Numva ngize agahinda kenshi cyane,maze numva ngize izindi mbaraga zo kuvuma Gakwaya Jean Marie ntugahirwe amajya namaza,kandi ibyo wakoreye Umwami w’uRwanda umubyeyi wacu,Uhoraho azagukubire inshuro igihumbi nagahumbagiza ndetse nabazagukomokaho bose kurukiryi rwawe ntibazagire umubano mwiza nabatuye mu isi ya bazima!

Kandi buri gihe imitima yabo izajye ihora mu mitwe ntibagatuze,bazahinduke inzererezi kuzagza isi irangiye,kuko wakunze gukiranirwa ukarambura ukuboko k’Umwami wasizwe amavuta y’ubwami n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Iminsi usigaje kw’isi izakubere iminsi y’umubabaro ibihe byawe byose byo kubaho kwawe,kandi imbabazi n’ubuntu bw’Uhoraho bizakube kure wowe nab awe hamwe nabo mwafatanije gucisha igihanga Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Uyu muvumo ntuzibagirwe KIBUKAYIRE MARIE CLAIRE(MBUMBUZA),Mukashema Esperance,Kagiraneza,Christian Ntaganira,Mukabayonjo Christine,Mukabayonjo Speciyoza,Mahuma Ezra Mpyisi,Jezebel Nyiramongi,Dorcella wahoze mukibikira,madame Kale Kayihura(Angela) wa Uganda, nabandi bose bagize uruhare guhitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikigeragezo kiraje ariko kiraguhusha,ntabwo kiribukugereho kuko giturutse ku nkozi z’ibibi ikizamini bashakaga kugukoresha ntabwo kiri bukugereho kuko urinzwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbon bazanye igice cy’ikigori cyokeje barakimpa nsanga kitokeje neza ndongera ndakibasubiza abo bagore barakirya ikindi ngihungurira mu muriro.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zirahagurutse ariko ntuzitinye kandi ntiziguhagarike umutima kuko igihe cyazo cyamaze kubarangiriraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments