HomeNewsMagigiri Beatrice ABANDI MANZI ya kamye ikimasa!!!

Magigiri Beatrice ABANDI MANZI ya kamye ikimasa!!!

Uburyo Umuhanuzi Majeshi Leon yahuye na Beatrice ABANDI MANZI utuye mu gihugu cya Canada.Uyu mu byeyi w’imyaka mirongo [60] uyu mucyecuru yakoze ibishoboka byose ngo amvugishe ashirwa ari uko abigezeho.Beatrice twahuye taliki ya 04 mutarama 2017 aho yansabaga ku nkura muri Africa wagirango nari namutakiye yuko nshaka gutabarwa ngo njyanwe IBURAYI cyangwa muri Canada aho atuye dore yavugaga yuko nzashyikira mu nzu ye yaguze akoresheje uburiganya bw’Abakagara yakoresheje umuzungu babeshya bank ko afite akazi,kandi ari ntako yarafite maze umunyamategeko wa leta ashyiraho cashe maze umwakagara Kazi ahabwa inguzanyo muri bank aba umukire gutyo.Ngo muri Congo babyita deburiale article [15]

Magigiri Beatrice ABANDI MANZI,yonyohereje amadollar $1400 ya Canada ku $1600 yifuzaga kohereza,ngo ngo yifuza yuko nayagira ticket y’indege ngo ampungishe za magigiri z’Umwakagara zitazantsinda IBABYLON.Nyamara yibagiwe yuko we ubwe ari magigiri kandi yanyibwiriye yuko ar’umwega Kazi w’Umuhenda bana! Gusa icyo nzi ni uko umwega n’umwega nta kindi nari nkeneye kumenya kirenze kuri ibyo.Dore ze za tel Nº +15-143-281-984

Ubwo yakoraga ibishoboka byose akamvugisha hafi buri munsi ubwo ari nako yandika inzozi zimwe ar’izimpimbano izindi ar’ukuri, nanjye nkazimusobanurira kuko uwo niwo mulimo wanjye nagabanye mu Ijuru kwa data wo mu Ijuru Uwiteka Nyiringabo Imana ishobora byose yaremye Ijuru nisi.Tukimara guhurira ku ikoranabuhanga yakoze kwa kundi Mukashema Esperance yakoraga twabaga turi kuvugana maze nkamubwira ko ngiye gushyiraho inkuru kugirango ndebe ubugambanyi bwe,ako kanya ikinyamakuru bagahita bagusenya.Ibyo byabaye inshuro ebyeri ariko ndamwihorera kandi nabimubwira ukumva nta nimbabazi angiriye nanjye ndryumaho ndicecekera kugirango mbanze mugigire hanyuma nimara kubona ibimenyetso bihagije nzabone kumushyira ahabona.

Umuhungu we Patrick warozwe nuwo mugore we!!!

Beatrice Abandi Manzi,amaze kohereza ticket yo kwihyura indege byamwanze munda,arambwira ati,noneho mfite inshuti yanjye ifite agency y’indege reka mubwire ahite agushyira mu ndege akuzane hano naho nizamagigiri zikora iyo milimo yavugaga kugirango bance igihanga.Namusubije yuko igihe cyanjye kitaragera cyo kuva muri Africa kandi ubwo igihe kizaba kigeze nzahava kandi nta muntu numwe ukwiye kumenya gahunda zanjye z’uko ngiye kuva ibabylon. Rwose sinshaka yuko bazagutsinda ahongaho kandi uri umukozi w’Imana ukomeye mu isi dore ko ntawundi Imana yahagurukije upfuye kaba katubayeho!!!

Uko twakomezaga tuganira niko yazanaga udukuru twa ba MBUMBUZA, GAKWAYA JEAN MARIE,nizindi za magigiri bakorana barwanya ubwami bw’uRwanda.Icyintu gitangaje ni ukuntu yababajwe nuko ngo nanditse MAHUMA EZRA  NPYISI ngo mwita yuko yagambaniye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa ngo akwiriye kubahwa kuko ngo ar’umukozi w’Imana.

Bidateye kabiri,EZRA MPYISI arabigarika asohora inyandiko ivuga yuko ngo Umwami Yesu atapfuye ngo abaPastori babwiriza izo nyigisho babashaka kwiba abakiristu.Aho kubabazwa n’Umwami Kigeli wishwe ku kagambane ahubwo akababazwa na MAHUMA MPYISI  namubwiye ko izina ariryo muntu.

Magigiri Beatrice abandi Manzi,yansabye ko yangurira imyenda myiza numva nifuza ngo kuko amfata nkumwana we w’umuhungu.Ambaza aho yayinyuza ngo ingereho.Namubwiye yuko nambara suit cyangwa kositime igura hagati ya $300 na $600,ambaza aho azayinyuza mubwira ko yayicisha ku IPOSTA kuri P.O.BOX zanjye maze ambwira ko byaba byiza ayinyujije kuri societe zitwara courie ngo nkazajya kuyifatayo.Uyu mwicanyi sinigeze mu bwira yuko nkeneye imyenda,ariko kandi niyo washaka gufasha umuntu ntiwamuha cash akigurira icyo ashaka?Ngaho nzakugurira jeans,mukanya gato ati nzagura imyenda ya sport.Ninde wamubwiye yuko mubutayu bahakinira umupira?Cyangwa bahambarira jeans!?My dear ubanza mutekereza yuko nagowe cyane ku buryo mwankorera ibyo mwishakiye!Ubwo koko munyitegereje mwasanga nsa ni uko muntekereza?

Namubwiye yuko yakohereza cash nkigurira kuko ntampamvu yo gukoresha manevure nyinshi kandi nsanganywe umutekano mucye maze arabyanga.Amaze kubyanga nahise mwoherereza imvitation nohererejwe nuwitwa INGABIRE CHRISTINE utuye muri France nawe washakaga kuncisha igihanga akoresheje bene ubwo buryo bwo courie nyamara nawe nari namuhaye P.O.BOX zanjye iyo nkuru nayibagejejeho umwaka ushize wa 2016 mu ntangiriro zawo.

Ubwo uko iminsi yagendaga ninako yibagirwaga maze akanyoherereza udukuru twabantu ngo bifuza gusengera dayimoni(Umwakagara) ngo azakizwe,ndamubwira ngi,mugire umwete mube ibirenga mushishikare murebe yuko yareka guca amashu (imitwe ya bantu) ubwo bitarakubita kabiri,ati umhungu wanjye bakunze kwita toto ngo agiye gukorera ubukwe murwagasabo ngo kandi jyewe sinzajya muri ubwo bukwe ngo kuko yanga Umwakagara(musaza we) ndamwumva nibuka uburyo MUKASHEMA Esperance nawe yarishaga iyo turupfu avuga ko,umukobwa we GAJU akundanye n’umuhungu uba murwagasabo ngo bakaba bashaka kujya gukorera ubukwe murwagasabo nyamara yibereye muri gahunda zo gucisha igihanga Umwami Kigeli V ndahindurwa.

Mukanya ati nashakaga yuko usengera umuhungu wanjye Patrick kuko yarozwe numugore we,none nifuzaga yuko wamfasha tukamusengera.Ndamwemerera ariko gahunda bashakaga yuko namusengera mu masaa cyanenda za hano ibabylon menya ko bashaka yuko nzafatirwa kuri whatsApp.

Ubwo amasaha bifuzagaho ku mbasengera,sinayubahirije,ahubwo nkabahamagara saa kumi nebyeri z’umugoroba iyo gahunda bayivamo ndetse ntibongera kubimbaza ubwo icyo kiba kivuyeho.Ngirango mwasomye ubuhanuzi bwavugaga umugore,umuhungu,n’umukobwa bagiye mu modoka barigendera kuo bari bananiwe kungingira nibo navugaga Beatrice n’Umhungu we,ndetse nundi mukobwa wishuti ye nawe nkeka yuko ari umwega kazi.

Uko ubuhanuzi bwamanukaga buvuga ko nkwiye kuzamushyira ahabona,ninako yarushagaho guhagarika umutima.Nibwo za magigiri zakajije umurego cyane,wo kumpiga ku buryo bukomeye cyane.Nibwo batangiye gushakisha umukobwa baguririra ngo azanyanidikire ambwira yuko Imana yavuganye nawe ko ngo azambera umufasha ibyo nabyo naiciyemo amarenga mbishyira ahagaragara ndaceceka ndaruca ndarumira ndabihorera.

Igice cya (1-3) cy’ubuhanuzi buvuga yuko ingoma ya Bega b’Abakagara bazarwanya Uwiteka Imana n’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo.Nibi barimo gukora,yampaye amakuru ya Gakwaya ko ngo asigaye yihisha abantu atakijya ahagaragara,ampa amakuru ya MBUMBUZA utuye Calfonia muri America ukibaza ayo makuru yose aho ayakura ugahita wumva uwari we.

Beatrice amaze igihe kinini ashakisha amakuru ya RNC,yagerageje kuvugana n’umukwe we,Maj.HIGIRO ROBERT.Uri muri America yashakanye na BEBE murumuna wa ASSUMPTA KAYIRANGA, nawe babana muri Canada.Ybwiraga yuko HIGIRO azajya amuha amakuru ajyanye na RNC,ariko HIGIRO amubera ibamba.Hari numusaza baherutse kuvugana uri muri america maze amubaza ngo niba koko amatora yo mu Rwanda azaba cyangwa atazaba ngo kuko ashaka kumenya kugirango Umhungu Gatoto ugiye gukora ubukwe mukwezi kwa NYAKANGA 2017 atazajya mu Rwanda.Usibye ko byaba ari nibinyoma bya za magigiri ziba zishaka kumva akava mu muntu.Ngo maze uwo musaza aramubwira ati,nta matora azaba kuko bazayasabota(sabotage)

Ubwo nanjye yashakagamo amakuru y’ibwami kumenya Umwami YUHI VI urimo guhigwa n’Umwakagara arayabura.Ibyo byose ari kubikora ngo abone cash zo kwishyura ideni ry’inzu yaguze mu ideni rya bank nibwo yahisemo kutangira gucuruza ibihanga bya bantu dore ko muri iyi minsi ari bwo bucuruzi bugezweho.

Birangiye umugambi we atawugezeho nagerageze ashakire ahandi aho gushakira mubihanga bya bantu,ntabwo bizamuhira kuko Uwiteka yamaze kumuciraho iteka.Ariko naramuka yihannye imilimo mibi,Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo azamubabarira.Ikindi gitangaje ngo ntabwo yarazi yuko kwihana bisaba gushaka kujya imbere yuwo wahemukiye ukamusaba imbabazi yakubabarira n’Imana ikaba ikubabaririye.

Umuntu ukuze w’umumagigiri wigira injiji cyane,ngo we n’umukongomani ntabwo yarabizi,kandi ubwo niwe ucumbikira abaPastori bose bagiye muri Canada.Harimo Maxime,Kasongo nabandi baPastori bajya kuvuga ubutumwa.Uyu mucyecuru ukuntu ari ibandi rikomeye cyane,amaze kubona yuko namutahuye ko ari magigiri yahise ansaba kumusengera nkamukuraho umuvumo navumye Abakagara,maze mubwira ko atar’uko babivuga.Ndamwihorera abegakazi nihatari nukubitondera basinyanye amasezeno na Satani ariko natwe twahawe isezerano n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi bitinde bishyire cyare ibyo Uwiteka yavuze ntakabuza azabishyira ahagaragara kandi bazamenya yuko dufite Imana icyo bazashaka kwihana bitagishobotse!

Ubwo yaziye rimwe nundi mukobwa uba muri France witwa Bucyana Bety,nawe yagerageje kuzajya ampamagara uko yishakiye ndetse akarangwa nikinyabupfura gike.Umukobwa wita umugabo ngo nishahu!?Abega barasuzugura ariko birumvikana ntiwamena amaraso ngo ube har’ikindi usigaje da!

Bantegerage kumasengesho kugirango mbasengere kuri whatsApp maze za magigiri zimfatire kuri telephone.Ariko narababwiye ngo,umuntu washobora kuneka ntabwo aravuka.Wenda reka nemere yuko mwaneka,ariko se n’umwuka w’Imana nawi mwashobora kuwugigira kandi ari wo watangije gahunda z’ubumagigiri!?Dore Nº +33-752-597-896 uyu we yaje avuga ko ngo yavukiye IBURUNDI,ariko ngo agakurira Uganda.Yivugira igikiga ikinyankore(igihima)icyongereza naho igifaransa ni bwacyeye!?

Rwose naho abagore baba barabuze,nashaka iyi mbeshyu?!!

Ubu rero ubwo mbashyize ahagaragara buriya ngiye kubona abakiriya benshi bagiye kunyandikira kuri e-mail,kuko iyo maze kubatahura bahita bazana abandi bashya basaba gusengerwa,nyamara mu gihe mba ntarabashyira ahabona abasaba gusengerwa baba bacyeya cyane.Ariko ibyo nibisanzwe ndabimenyereye ntagitangaza kirimo icyangombwa nuko menya ikibazanye ubwo rero abatataniye imahanga murabe maso.

Beatrice yagerageje guhamaga Higiro amusaba yuko ngo yatorekesha umugore we BEBE nabana ariko umugambi kwari ukugirango bajye baganira maze za magigiri zibashe kwibonera amakuru ya Maj.Higiro

Ngo yamubwiye yuko yabwira uwahoze ari madamu we BeBe ko yatwara abana Uganda ngo namara kubagezayo azahita abahakura.BeBe nawe ubanza yaramubereye ibamba yamubwiye yuko ngo za magigiri zimugendaho buri munsi ntabwo afite uko yacikisha abana ba Maj.Higiro ngo abageze Uganda.

KADADA JOSIANE bari bateze Umuhanuzi!!!

Urumva Higiro yarikengeye ya BeBe numwega,yaba Beatrice nawe ni uko,ubwo niba yiyanga azagerageze arebe yuko atazahisiga ubuzima.Abega nta mikino bagira bemeze nk’ABAKIKUYU bahano IBABYLON kwica umugabo nta cyo bivuze kuri bo.Bapfa kuba babivuganye n’umuryango wabo.Ni MOTO wa kuotea mbari.

Uyu Beatrice yagerageje kunshakira abantu benshi bo gusengera wagirango nikiraka nari namuhaye,ageza ubwo abwira abantu,ngo ubu kugera kumuhanuzi utanyuzeho ntushobora kumubona.

Yavuze murwenya ariko burya nta bikino bijya mu nka,ngo ushaka Umuhanuzi azajya abanza amwishyure!Ubanza amahanga atoroshye!Ifaranga ryabaye ifaranga ariko imfura ziracyariho ntabwo zari zashira usibye abakagara nabakagara kazi bazanye ubunyema wagirango ntibarenzwe umuvumo wa maraso niwo ubazerereza amanyawa nijoro birirwa bahiga abo baca ibihanga bukarinda bubiriraho.Beatrice yashimishijwe nubuhanuzi bwavugaga yuko NYIRAMONGI azafungwa,ejo bundi umugabo we amufungiye KUMUHAZI arababara maze arambaza ngo ese buriya nibyo?

indi nkuru yincamugongo ya MAHUMA Mpyisi yumvise ko ahakanye Umwami Yesu ko atapfuye,yongera gukubitwa inkota murubavu.Ubwo nabwo amagambo ashira ivuga.Yavugaga yuko ashyigikiye ubwami bw’uRwanda.Yumvise ubuhanuzi buvuze yuko Umwami YUHI VI yarahiriye ubwami bugendera ku itegekonshinga araruca ararumira!!!

ndasaba Umwakagara ngo areke gukoresha inkecuru zitazi akazi,nubwo ari bashiki be,rwose nzamuha inkunga mwigishirize za magigiri ze uko bagigira naho ubundi byaba ar’ugutesha agaciro umulimo wo kugigira.erega umuntu udafite ubwenge kandi ubuzima bwe bushingiye ku kinyoma ntabwo ashobora kuba magigiri kuko uwo murimo ubundi bajya mu ishuri kubyigira,naho umwana w’umusita n’umwakagara bawuciye amazi barawusebya!Reka wumve uko Umwami Yesu agira neza wenda wazareka ubugambanyi abanyarwanda bagahumekaho kabiri.

Sinari nagambiriye kwandika izi nkuru za magigiri Beatrice,ahubwo yamaze gusoma Ubuhanuzi bumuvugaho,kandi mu byukuri nta mazina ye nigeze nshyiramo,arangije yohereza inzozi yarose ngo akaba yazibagiwe,bityo akaba yashakaga yuko mubwira ibyo yibagiwe!Ubwo se ampemba anagahe la!?Naho cyaba ari icyo gihumbi cy’idollar sinakmusubiza ariko nkigirira amahoro!!?Ati ko wanditse ko ngo haraho wanditse ibyo ntigize nsobanukirwa ibyo nibihe?Ubwo aba ampaye akanya keza ko kumushyiraha ahabona.Ariko abakagara koko burya ndabyemeye narabavumye,uziko ntabwenge bagira!?Urwishigishiye ararusoma!!!Mugire weekend nziza.

Abakagara bajya bakirigitwa n’umuvumo kuzageza bawubonye,reka nimara gutuza nzamuha gift y’umwihariko yiyongera kuwo yarasangwanywe,maze ubwo nibwo azamenya yuko nkorera Uwiteka Imana yaremye Ijuru nisi.Ese ubundi yareze izo mpyinja za bazungu yirirwa arera arabona azabifatanya no kugigira abanyarwanda akazabivamo!Yewe reka abana basinzire ndaza kongera kuguhamagara bamaze gusinzira wagirango hari agahato yashyizweho ko guhamagara!!!Uzumirwa kandi ushaje nabi ndakurahiye dore aho nibereye muzaba mu mbwira.

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments