Bene data bakundwa reka twongere dusangire mbere yuko umwaka wa 2015 urangira,uko biri kose dukwiye kuzirikana ko ibahanuwe birimo gusohora ubutitsa uko bwije nuko bucyeye.Nk’uko mu bizi neza yuko ibyahanuwe byo mu gice cya 1-3 bivuga yuko umwakagara azagundira ubutegetsi kandi kuzavaho akazahitana abantu benshi cyane bashoboka ku buryo usanga yuko gakondo izasigara ntabauturage ifita kuko abenshi bazahitanwa ni ntambara igiye gukuraho umwakagara ku ngoma no ntebe yabukunzi.
Gusa ibimenyetso bikomeje kwigaragaza,aho igihugu cy’amahanga cyigihangage cya America muri iki xyumweru tugiye kurangiza cyongeye kwihaanagiriza umwakagara kimusaba yuko atazahirahira yongera kwiyamamaza kuko binyuranye namahame y’itegekonshinga agiye kurandura maze agashyiraho ibyo we yishakiye.
Iryo tangazo ry’aabasade y’Ameica ryarangije rivuga yuko bibabaje cyane niba umwakagara azemera kongera kwiyamamaza nyuma yuko akoresheje kamarampaka ku ngufu za leta aho iryo tegeko ryemejwe yuko batoye 98% Ibi bikaba bishyira ubuhanuzi aho bwavuze yuko umwakagara azakurwa ku ntebe ya bukunzi nabamushyize ku ntebe ya bukunzi.Abo bamwicaje u ntebe ya bukunzi bakomeje bavuga ko ngo umwakagara asubije demokarasi y’uRwanda inyuma ho imyaka 100 bisobanura kugirango uRwanda ruzongere rutere imbere rubashe kugera kuri demoakarasi bizatwara iyindi myaka 100 nyuma yuko umwakagara azaba akuwe ku ngoma muri 2034 niba umuhungu we wigishijwe kuzategeka abanyarwanda bitanyuze muri mu matora kuko bamaze kumutegurira ubwami niyomyaka 100 ishobora kuzarenga kuburyo ishobora kuzagera na 200 kuko a father like a son.
Turasabwa gusengera abanyagakondorero cyane kuko bagiye kwinjira mu moshya adasanzwe aho igihugu cyose gishobora guhura nakaga gakomeye cyane kubera umuntu umwe gusa!Just One Person.
Nuko rero murasabwa gusengera bene data bose basigaye muri gakondo yabakiranutsi no mu murwa mukuru w’Uwiteka .Ibi byose mukwiye kubitekerezaho bury anta nyoni ipfa kuririmba cyangwa ngo umuyaga uhuhe udafite icyerekezo kuko werekeza aho utumwe n’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’Isi.
Ngirango muteze amatwi amagambo ya Samantha Power yavugiye ku cyicaro gikuru cy’umuryango wabibumbye ukongeraho ibyo uhagarariye ambasade mu Rwanda ukongera intumwa y’umuryango wabanyaburayi uhita ubona neza ibigiye gukorerwa gakondo yabakiranuatsi byavuzwe nabahanuzi b’Uwiteka Imana yabakairanutsi.
Buriya se ntawatangira gukurayo abavandimwe be,aha ndavuga kuri babandi bajyaga bambaza ngo bizaba ryari ngo tubone uko twikuriramo akarenge?Za nshuti zanjye zo kuri facebook.com,niba haba harikindi kimenyetso mwaba mutegereje mwaba mubaye abapfapfa cyane kuko ikindi kimenyetso gisigaye ar’icya YONA ajugunywa mu Nyanja akajya munda y’Ifi.Ohooooooo icyo rero niba ari cyo mukeneye mutegereze ho gatoya mu giye kukibona vuba bidatinze.
Reka nitumirre bene data bagiye gucyurwa mu ijuru kuko nibwira yuko bashobora kuzantangayo,muzansuhurize Abraham Issac,na Yakobo ,Daniel, Yeremeya, Yesaya, Yobu, Ezekiel, umuhanuzi mukuru Samuel muzamubwire ko dukomeje umurimo we yadusigiye wo guhanura usibye ko ibihe bye ni byacu bitandukanye ho gatoya gusa ntimuzabure kumubwira yuko intebe y’Umwawmi Daudi igiye kwima vuba bidatinze.





