24th Dec,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,injira mu iyerekwa ngire icyo nkwiyerekera,ubwo ako kanya ninjira mu iyerekwa,nerekwa mbona abahoze ar’ibikoma ngoma,abatware n’abami ku ngoma y’Umwakagara ko bakuwe ku ngoma kandi bayikurwaho nabi cyane bakojejewe isoni imbere yamahanga yose yo mu isi yabazima.
Nuko mbona ibyo bikoma ngoma abami n’abatare bose bategetswe gutura mu bihanamanga by’imisozi ahantu hadafite umuco wimibereho.Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibikoma ngoma by’umwwakagara bigiye gushyirwa mu bisi bya HUYE kugirango bazahamare igihe kinini bigishwa kubaha Uwiteka Imana yo mu ijuru bazahava aruko bamenye yuko Uwiteka ashobora byose.
Banze kumvira ijambo ry’Uwiteka ahubwo bumvira ijambo ry’abadayimoni bumvira umwana w’umuntu uhumeka umwuka mu mazuru yarangiza agapfa agakurwaho akibagirana mu isi yabazima.
Ahagana saa 03:00 zo murukerera,ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye gukora ikintu gishya muri gakondo yabakiranutsi.Burira abakiranutsi bitegure kuko uzabyumvisha amatwi azavuza injereri kandi ibyaremwe byose bituye murwagasabo bizamenya yuko nd’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’Isi.
Dore mubagore uzaba afite inda y’ukwezi kumwe(1) niyumva ikintu gishya Uwteka azaba akoze,azajya kubise kimwe n’ufite amezi (9) kandi bose bazibaruka icyubahiro cy’Uwiteka Imana kuko ibyaremwe byose bigiye kumenya yuko Uwiteka yagendereye gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Inyamaswa zo mu ishyamba,ibiguruka,ibigendera hasi,nudukoko two hasi byose bizamenya yuko Uwiteka anyuze mu gihugu gusuhuza abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Dore nta kabuza ibiragi nibipfamatwi byose bizavuga abandi bazumva kuko bazamenya yuko Uwiteka yanyuze muri gakondo yabakiranutsi.Musabe Uwiteka icyo gihe ntihazabe arumunsi wimbeho cyangwa umunsi w’isabato kuko uzaba ari hejuru y’inzu ntazamanuke ngo ajye gutora icyo yasize mu nzu.Nuzaba ari mu murima ntazasubire murugo gufata umwitero kuko bizaba bikomeye cyane birenze ubwenge bwa muntu uko niko Uwiteka avuze!
Uwiteka Imana yumvise kurira kwabahatuye kandi yabonye ibyo bakorewe kuko bapfakajwe igihe kitaragera,niyompamvu nanjye nzabapfakaza nkitura amarira yabaharega kuko numvise gutabaza kwabo uko niko Uwiteka avuga.Dore nzamanuka njye kwirebera yuko urussaku rwabaharega arukuri kugirango menye ibikorerwa ubwoko bwanjye Exodus 3:7 The Lord said, “I have indeed seen the misery of my people in Egypt. I have heard them crying out because of their slave drivers, and I am concerned about their suffering. 8 So I have come down to rescue them from the hand of the Egyptians and to bring them up out of that land into a good and spacious land, a land flowing with milk and honey—the home of the Canaanites, Hittites, Amorites, Perizzites, Hivites and Jebusites. 9 And now the cry of the Israelites has reached me, and I have seen the way the Egyptians are oppressing them. 10 So now, go. I am sending you to Pharaoh to bring my people the Israelites out of Egypt.”
Isi yose itangazwa cyane no kubona byabikoma ngoma byatinywaga nisi yose,mbona binjiye mu butayu abandi batorongera mu mashyamba ahabo ntihaba hakibukwa abantu bose batangararira Uwiteka Imana numva baravuze ngo.YEWE TUREMEYE PEEE!!!!!! KOKO UWITEKA ACA IMANZA ZITABERA KUKO TWAJYAGA TWUMVISHA AMATWI AMATWI NONE TUBIREBESHEJE AMASO YACU Uwiteka ahabwe icyubahiro iteka n’iteka ryose Amen.
Nongera kubona abatutsi-kazi Uwiteka abakoza isoni birirwa bazenguruka bashaka ababasambanya kubera yuko bari begeramiwe nubutayu mbona bwa buranga bwabo buzira umuze buhindutse imiranga nerekwa basambanywa ningegera bibagirwa ibyubahiro bari bafite bahinduka imiranga Babura ipfo na ruguru ariko abenshi muri bo,bari abegakazi nuko mbona basubiye kukabo ko gucanisha inkwi zumye kandi hari hashize igihe kirekire barabyibagiwe bavuga ko ar’ibyabaturage.
Nuko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,ntaho Uwiteka atagukura ngo agire aho akugeza,kandi nta naho atagukura ngo ananirwe kuhakugeza ukimana na bami nibikomangoma kuko iyo ariyo kamere y’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka avuga.
Dore ubukungu bwabo bugizwe namaraso y’ubwoko bwanjye,amazu yabo yuzuye uburiganya,ububiko bwabo nzabuha abataraburuhiye kuko bikomye kugituza bakavuga yuko ngo bakomeye cyane kandi ngo nisi yose ibazi cyane ko arabarwanyi.Nibakomere kumuheto rero bahangane n’Uwiteka turebe ko izo nshuti zabo zizabakiza amaboko y’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Mwana w’umuntu,bwira abasigaye muri gakondo yabakiranutsi,uti,ntimutinye kandi ntimugire ubwoba cyangwa ngo mukuke umutima,kuko Uwiteka azi abe kandi azabarinda ndetse abakize kumunsi wakuba kuko nd’Uwiteka naka umuriro mukanwa,ngacumbeka umwotsi mu mazuru uko niko Uwiteka avuga.Job 41:20-22 20“Out of his nostrils smoke goes forth As from a boiling pot and burning rushes. 21“His breath kindles coals, And a flame goes forth from his mouth. 22“In his neck lodges strength, And dismay leaps before him.…
Nta mwana w’umuntu Wabasha kumenya uburemere bwanjye,kandi nta numuhanga Wabasha kumenya ubure bure bwanjye cyangwa ngo umunyabwenge abe yamenya ibiro byanjye (kgs) ninde wamenya iherezo ry’Uwiteka ngo aritubwire tumenye ko arumuhanga mabahanga babaye mu isi yabazima uko niko Uwiteka abaza?
UBUTUMWA BW’ABATUTSI-KAZI BAKORA UMWUGA WUBURAYA MUKINYABUPFURA BATISHYIZE KUKARUBANDA.
Mwana w’umuntu,ndagirango ngutume kubatutsi-kazi basanzwe bikorera umwuga w’uburaya kandi bakawukorana ikinyabupfura bigira abamikazi kandi arabasambanyi kazi.Ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuga,dore nzashyira ibitsina byanyu ku karubanda kuko mwabyandaritse mukinyabupfura mugakongeza umuriro ariko mugahisha umwotsi,igihe cyanyu cyo kubashyira kubarubanda kirageze ngo mbashyire kumugaragaro kugirango mubonwe na buriwese kuko mwagurishije imibiri yanyu muyigira igicuruzwa ikomeye mu isi yabazima murangije mwigira imfurakazi nkaho mutazi ibyo mwakoreye iyo mibiri yanyu.
Mwitwara nka Malaika w’umucyo nyamara muri ba Malaika w’umwijima,dore Uwiteka arabahagurukiye kandi mwese nta numwe uzanyura mujisho ngo azancike ahubwo ngiye kubegeranya ibyo mwaruhiye mwakuye mu mibiri yanyu bizaribwa nabatarabiruhiye.Mwigize ibitangaza muhinduka abarozi muroga abahisi nabagenzi mwirinda kugaragaza gukiranuka k’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Niyompamvu nanjye kuri wa munsi wa amakuba yanyu ntazigera numva gusenga kwanyu habe nagato ahubwo nzabateza amahanga aho muzahungira hose bazabaagana kuko nzabambika umwenda mwidodoye wo kumena amaraso naho mwiringiye ko muzahungira aho naho nzahateza umwunzure kugirango mutazabona ubuhungiro.
Dore muzifuza urupfu ariko ntarwo muzabona ahubwo mukimbo cy’urupfu,nzabaha kuzerera ku gahinga muzicwa ninzara kugirango igihe mu maze munywa murya abandi bacwa ninzara mutabacira akarurutega habe no kubagirira ibambe icyo muzumva kandi muzamenya gukiranirwa kwanyu nimumara kumva ibyaha mwakoreye bene wanyu muzaza mwihane nanjye nzababarira kuko ntazigera numva gutaka kwanyu kuzageza igihe cyategetswe n’umuhanuzi wanyu nubwo mwanze kumwumvira.
Dore muzajya mubona abo mwabanye mubahunge kubera gukiranirwa kwanyu mwatewe no kwishyira hejuru mwanze kubafungurira ubwo bari mukaga bashonje ahubwo mwababatije amazina mubita inyangarwanda abanzi bigihugu nandi mazina atarakwiriye kuko abo bari ubwoko bwanjye bwite nironkeye mu maraso y’Umwami wanjye uko niko Uwiteka avuga.
Ubu butumwa muhabwa uyu munsi murabucira inkeri ariko umunsi bwasohoye muzamenya yuko umuhanuzi yarabarimo kuko mwanze kumvira iyo ivuga yo mu ijuru mbahagurukiriza umuhanuzi wanyu ariko mwanga kumwumvira ngo nuko abahanurira ibikomeye nkamagupfa imbwa uko niko Uwiteka avuga.
Ariko dore igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo mugiye kumenya yuko umuhanuzi w’Uwiteka yabaga muri mwe kuko nta nakimwe yahanuye mu izina ry’uhoraho kitazasohora ngo mukirebeshe amaso yanyu naho mwakwanga kumva muzanga no kureba se?Uko niko Uwiteka ababaza?!
Muzababara kuzageza igihe muzibagirwa ko mwigeze kuba abantu,kuko mwirase cyane imbere y’ubwoko bwanjye ntimwanyurwa murangije mugerekaho no kuvuga yuko Uwiteka Imana yabairanutsi ngo ntashobora byose,ngaho noneho nimukenyere turebe uzabakiza mu maboko yanjye uwo munyembaraga mwiringiye umuriro mwacanye niwo muzota ubukonje mwateje nimwe buzatwikira muzifubika amarira mwoyorose agahinda mugerekeho kujiginywa no guhekenya amenyo kandi ibyo bizaba bibatunguye kuko mutazamenya igihe bizazira kuko mwasuzuguye izina ranjye nanjye ngomba guhesha izina ryanjye icyubahiro niko Uwiteka avuga.
Nuko rero mwana w’umuntu,fata ikaramu yawe wandike ibi bihanurwa kuko bishyize cyera kandi igihe cyabyo kikaba gisohoye nuko ndibambura mfata ikaramu yanjye nagatabo nandikamo SHORT HAND ntangira kwandika ibyo Uwiteka avganye nanjye usibye ko bitari byoroshye kuko ntigeze ngoheka ijoro ryose numva urutugu rurambabaza kubera kutaruhuka ariko niringiye uwandemye yuko nta cyo ndibube
Gusa maze kumva ibigiye kuba muri gakondo yabakiranutsi,ntibyabuze kumpagarika umutimwa,ariko kuko narinzi yuko Uwiteka aumucamanza utabera niringira yuko abasigaye muri gakondo bagizwe imbohe n’Umwami wabakagara utubaha Imana yamuremye batazabura kurokoka inkozi zibibi z’umwakagara
Mwana w’umuntu,dore umwakagara akomeje kugenda arushaho kuba mubi cyane kubera yamaze kubona yuko ibihe bye byarangiye akaba ari ntayandi mahitamo afite kuko yiyemeye kubera ubutunzi afite yibwira yuko bizamurira umumaro ariko noneho kubera ubwibone kandi akibwira yuko atatnye kwica abantu banjye ngo afate ubutegetsi yigire Umwami kandi Atari we,ese abandi bo bazatinya kumura kubutegetsi ngo abantu badapfa!Uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa umuhanuzi mukuru arangiza ubutayu,mbona amanutse kumusoni yaramazeho igihe atunganywa n’Uwiteka Imana kugirango azabashe gukorera Uwiteka Imana umurimo yashinzwe ubwo tuzaba tugeze muri gakondo yabakiranutsi.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu gnda ujye kumwakira kuko ari we muzafatanya kujya gukura umulinzi mukuru wa masezerano kuko asigaje iminsi (7) ngo yuzuze amezi (7) arangize ubutayu aho nawe yanjyanywe kwigishwa ibyo kulinda ibyasezeranijwe byabakiranutsi b’Uwiteka Imana.
Nuko ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye gukoza isoni JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame yaciye ibihanga by’ubwoko bwanjye nda,mwihorera agirango nta muremyi wabo ubareberera ariko noneho dore ngiye gukora icyintu gishya muri gakondo yabakiranutsi Jezebel nzamukoza isono mu arembo yamahanga mu isi yose ntaho afite ubuhungiro kuko aho azajya hose azafatwa agacirwaho iteka naramuka icitse inkota y’ingabo z’umulinzi
Abamukuye ku gahuga aho yari yariyandaritse bose yabahinduye za ihehe nyamara yiyibagije ko urugo yicayemo yarushakiwe nababyeyi uyu munsi wa none atakabaye yitwa umubyeyi ariko se ntiyabituye kubohereza ishyanga dore nzamukubira inshuro (7) kugirango amenye yuko yakiraniwe kandi igihe cyo kwihana kizaba cyarangiye kuko azarimbuka agacirwaho iteka ry’abazima nabapfuye uko niko Uwiteka avuga.






