Mar 24, 2017 Nerekwa INYENYERI yavuzwe nabanyabwenge mu mwaka wa 2007,baturutse kumugabane w’America,iteza ikibazo gikomeye mu nkozi z’ibibi zishinzwe kurwanya Uhoraho Uwiteka Imaa ya bakiranutsi.Icyo gihe baje bavuga yuko babonye INYENYERI imanuka ikaza kumugabane w’Africa ikagwa muri gakondo ya bakiranutsi(Mu Rwanda) aba bazungu bamaze kubona iyo NYENYERI baje muri gakondo maze bahura na Dr.Pastor ANTOINE Rutayisire bamusaba gushinga ibyo bise ibicaniro(Ibyumba by’amasegesho)Igihe cyarageze bavuga yuko hagiye kubaho ububyutse.Nibyo koko ububyutse bwari bwaratangiye umwuka w’ubuhanuzi warurimo gukora umurimo wawo,ari nako umwanzi ahigira hasi no hejuru usibyeko yaba abanyabwenge cyangwa abaPastor,dore baje mu izina rya ba Pastor kugirango bagigire bamenye ikigiye kubaho mu isi ya bazima.
Rutayisire Antaine yashyizeho abantu bahagararira amatsinda yabanyamasengesho,ndetse akajya abahemba ku kwezi,harimo uwitwa DAVID yahose ari CPL mu ngabo za APR,RDF,KDF,maze batagira kwigisha ibijyanye nububyutse nyamara batazi ibyari byo,ariko nyine bapfa gukoresha ubwenge bibwira yuko ibyo batekereza bihuye nimigambi y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ubwo ntibyatinze Antoine aba Pastor mu BANGIRIKANI,vision ya masengesho isa naho izimye,abazungu baragaruka bahura n’Umuvugatumwa witwa SEBAKARA.Nawe asa nukomereje aho Rutayisire yagarukirije ubwo twahuye muri 2010 mucyumba cyamasengesho dusenga maze nibwo atangiye kutubwira uko gahunda zicyo gihugu ziteye.
Harimo numugambi wo gusengera igihugu ariko jyewe mbabwira yuko gusengera igihugu bidakenewe kuko hariho ijambo ry’ubuhanuzi ridashobora guhindurwa namasengesho yabo.Sebakara byaramugoye cyane kubyumva,ariko ugasanga muiby’Imana yavuze,harimo ibyo nawe yabwiwe ku giti cye,maze bimubera uruvange.RUkomeye bituma muhunga sinaba nongera gusengana nawe ndihungira ndigendera.
Iyi NyeNyeri rero bavugaga yuko abayibonye yuko izagwa muri gakondo hanyuma ikazahava ikerekeza Uganda hanyuma ikazava Uganda ikazerekeza Kenya maze bakabigereranya nububyutse bwabayeho mu w’1935 kuko ububyutse bwatangiriye muri gakondo buhava bwerekeza Uganda burangirira muri AUSTRALIA.
njyanwa mu iyerekwa mbona ibigo by’Imari ziciriritse zihomba kandi zikaba zihombejwe na FPR,n’Umwakagara.Mbona abashinze ibyo bigo bakunze kwitwa micro Finance bahangayitse cyane ndetse na babihagarariye nabo ubwabo bafite ibibazo yuko bahagarariye ibigo aho kunguka ahubwo bigahomba.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara igihugu agisize iheruheru ku buryo abazamusimbura ku ngoma bazasanga igihugu yaracyunyuguje uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Mbona ba senior cadles bakuru ba FPR,bahungira mu mahanga kugirango batazafatwa,ahubwo baba bishyiriye amahanga abashakisha mu buryo buborohereye kuruta abasigaye mu gihugu bashobora kuzafatwa cyangwa ntibafatwe bitewe ni uko Umwami YUHI azategeka ariko abahungiye mu mahanga bivuze yuko bishinja ibyo bakoze bahunze ubutabera bikazatera umwete leta izaba iriho kuzabashakisha uruhindu uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore FPR,icitsemo ibice [2] bamwe bagiye kuyirwanira,abandi bayirwanye kuko yabashyize mukangaratete ku buryo ubuzima bwabo bugiye kurangira nabi.Bibwira yuko nibayirwanya hari ikizahinduka,nibyo kizahinduka,ariko ntabwo bizasibanganya ubugome nibyaha bakoze ngo ni uko bafashije gukuraho agatsiko kabicanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abari bakomeye bakoranye ni ngoma y’Umwakagara,mbona bashatse umugore uzaba akomeye cyane ku ngoma y’Umwami YUHI VI,kugirango abavuganire k’Umwami YUHI VI ntibazafungwe maze nabo babashe kwibera mu ngoma ya mahoro yahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Umwuka w’Uhoraho ukomeza kunzaho cyane nerekwa inkozi z’ibibi zirwanya umugisha wanjye Uwiteka yanjyeneye,ariko birangira zitsinzwe,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe wahuye ni nkozi z’ibibi zikorera mukirere cy’umwijima ariko uhumure kuko intambara ikomeye Malaika ayirangije umugisha wawe uraje wihangane niko Uwiteka ategetse!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bahagaritse umutima kubw’amakuru wandika,hamwe nijambo ry’ubuhanuzi.Ariko cyane cyane kumakuru aberekeyeho kandi badashaka yuko uyashyira ahagaragara kuko batekereza yuko intambara zabo zirushaho kwiyongera!Ariko bakibagirwa yuko muri abo bose nta numwe ukurusha intambara ndetse guhigwa no kurwanywa ni mbaraga z’umwijima,kandi gushyira amakuru yukuri ahagaragara bifasha abaturage bashaka kujya kuyobora bityo bakamenya ukuri bagakiza ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mar 25, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso y’umuntu,nerekwa uburyo za magigiri zikomeje gutegura umugambi muremure cyane,kugirango zizabashe kugera k’Umuhanuzi Majeshi Leon.
Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,bateganije kuzagutegera ku Mulizni Mukuru w’ibyasezeranijwe,kuko bibwira yuko udashobora kwihaganira kujya kumusura.Nuko rero ubihorere ntuzagire aho ujya kugirango bazabone yuko byose bishoboka kandi ko utari imbata ya mategeko kandi ibyo bitabuza Uwiteka Nyiringabo kwikorera imilimo ye uko ya yiteganije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa izo nkozi z’ibibi zishaka kujyana mu ishuli rivuga Icyongereza,birananirana.Bashaka kunjyana irivuga Igifaransa nabwo birananirana.Aho kwinjira muri iryo shuli,ahubwo bampa amahirwe yo kubohoka!
Nerekwwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ambohora ubugizi bwa nabi bwose bukomeje gukorwa ni nkozi z’ibibi,mbona ibyo bintu byose Uwiteka abikuraho birarangira uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Pastor uyoboye idini rya Vivante,Gataha Staraton yizanira abaririmbyi bakorana nikuzimu,kugirango arusheho gutanga ibitambo byinshi kwa Satani yitwaje urusengero ayoboye maze bikamuhesha kubona ibitambo atanga ikuzimu kwa Satani.
Mbona abantu [2] umuhungu n’umukobwa bashinzwe kwakira abantu baza gusenga,abongabo bakaba bashinzwe kumenya uje bwa mbere arumushyitsi bagahita bamushyiramo imyuka mibi ihumanya kugirango niba afite impano yo guhishurirwa atabasha kumenya ibikorerwa murusengero rwa Vivante rukorera mu kanogo ahitwa industrial hakorera inganda munsi ya gikondo.
Nerekwa bene data bohorerezwa imbaraga z’umwijima kubera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabahaye umwana w’Umuhanuzi Kazi,wavutse kuri gahunda z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango Uwiteka azamukoreshe ibikomeye mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ategetse!
Ijambo rikomeza kumburira rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’ABAKAMBA bohereje imbaraga z’umwijima kuko ukomeje kubabera inzitizi kubw’imbaraga zikorera muri wowe.Iyo bazanye imbaraga z’umwijima zibafasha kwikorera gahunda zabo zo guhumanya abantu b’Imana zihita zishya ntizibashe gukora icyazizanye akaba ariyompamvu bakomeje kugerageza guhangana ni mbaraga z’Uhoraho Uwiteka Imana yawe ngo barebe yuko baguhangura ariko ntibishoboka kuko ijambo ry’ubuhanuzi mu gice cya [1-3] ryahanuwe taliki ta 01 Mutarama 2013 ryavuze inkozi z’ibibi ziciriweho iteka imbaraga zabo zitazongera guhumanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore isi yose ihangayikishijwe na bana bavutse bakavukana impano y’ubuhanuzi,abo bakaba bazasenya imbaraga z’umwijima zikoreshwa ni nkozi z’ibibi,akaba ariyompamvu abo bana bakomeje guhura n’intambara zikomeye bashaka kubarimbura cyangwa kubahumanya kugirango batarwanya ubwami bwa Satani mu minsi iri mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nuko rero uhugurire bene so bamenye uko gahunda ziteye kuko ubwami bw’umwijima bukomeje guahagarika umutima cyane,kubera abana b’Abahanuzi bakomeje gukurira munsi y’ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi kubaho kwabo gutuma hari byinshi byangirika mu isi y’umwuka kuko guhumeka kwabo,konyine kwangiza imbaraga z’umwanzi ku buryo budasanzwe akaba ariyompamvu bakomeje guhiga abo bana hasi no hejuru uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu bakunze kujya muyandi masi (PLANET) cyane cyane abajya kumubumbe wa ‘MARS’nerekwa uko bajyayo ni uko bavayo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore biriya byogajuru iyo bigiye mu mibumbe ariyo bita (planet)iyo bagezeyo ahantu bururukira,bakava mu cyogajuru,aho bakandagiye basiga bahangije kuko hatameze nakahano ku isi mutuyeho usibye ko niyisi yanyu aho umuntu anyuze asiga ahakandagiye kandi aho akandagiye asiga hari uko ahangije.
No kumubumbe wa (MARS),naho nuko,usibyeko,iyo mibumbe uko ari [9] yose ifitanye isano,kandi ifite uruhurirane (NETWORK CONNECTION) iyo mu mubumbe umwe,hari icyintu cyangiritse,aho ndavuga iherereye mukirere ku Ijuru.
Ako kanya bigira ingaruka kumubumbe mutuyeho wo ku isi yanyu (UNIVERSE) iyo bangije icyintu kimwe mu mubumbe wa (MARS) iyo bagarutse ku isi batuyeho,ariyo (UNIVERSE) urugendo rwabo bakoze bajyayo rwiyongeraho ikindi gice cyurugendo kurwo bakoze bajyayo!
Ndetse ibilometero bakoze bajyayo kunshuro zose bagiyeyo,iyo bagarutse ibilometero birushaho kwiyongera kuko ibintu bakurayo bazana hano ku isi dutuyeho bashaka kwerekana yuko bagezeyo,ibyo bintu nibyo biteza ikibazo cyo gukora urugendo runini cyane kuko ibyo bintu biba bifitanye isano nisi dutuyeho (UNIVERSE) kandi bikaba hagati yabyo bikorana.
Bivuze ngo,imbaraga za (UNIVERSE) zishingiye kuyindi mibumbe iherereye mukirere idatuye ku isi,duteyeho.Kandi imibumbe yose ifitanye imikoranire ku buryo bukomeye cyane,iyo umwana w’umuntu azamutse akajya muri iyo mubumbe akagira icyo yangizayo,bigira ingaruka kw’isi mutuyeho ariyo (UNIVERSE) imibumbe yose ifitanye za (LAYERS) hagati yayo ku buryo iyo ugize icyo ukurayo mu mibumbe iri hejuru za (TRANSPORT LAYERS) iyi Layers ya Transport niyo ishinzwe gukora (TRANSPORT and COMMUNICATION) yiyo mibumbe yose uko ari [9]
Iyi mibumbe yose uko ari [9] ihurira kucyo twakwita nka “RING TECHNOLOGY” cycles iyo hagize kimwe mu bibigize kiburamo bitera ingaruka ku isi ya bazima yitwa (UNIVERSE) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.





