HomeNewsImikorere ya Anti-Christ mu byangombwa ID na Pass Port!!? Ibyahishuwe 13:1-18

Imikorere ya Anti-Christ mu byangombwa ID na Pass Port!!? Ibyahishuwe 13:1-18

Amakuru ikinyamakuru inyangeNews gikomeje gukorera ubushakashatsi ajyanye numubare wa Anti-Christ.Twavumbuye yuko mu nzandiko z’inzira za Pass Port zatanzwe muri 2008 zatangiranye nirangamuntu zatanzwe icyo gihe.Ndetse uwo mubare wa 666 ku ndangamuntu warahishwe ukoreshwa nka serial number urebye inyuma hindangamuntu usanga hariho ahantu bashyizeho ibara ry’ijuju ku buryo udashobora kubona ibyanditsemo imbere.

Aho rero niho hari wa mubare wa 666 nyirizina.Ariko nk’uko mu bibona mu rwandiko rwinzira twakuye mu biro byabinjira nabasohoka mu Rwanda,mwitegereje neza murabona yuko hariho imibare [2] ariyo ihagarariye code y’umubare w’inyamaswa Anti-Christ,hakabaho numubare 666 nyirizina wa Anti-christ.

Murabeshya nzabafata tuu!!!

Uyu mubare ukozwe mu buryo bw’ubwenge nk’uko mu byahishuwe havuga,reba kuri uru rwandiko rwa pass port hariho Nº 066428 umubare [08] ni code ituma udashobora kumenya ibihishwe muri uwo mubare.naho 66 nibisanzwe kuri buri cyintu cyose kigurishwa uzagisangaho gatandatu [2]; hanyuma ufashe 4+2 = 6 ubwo nufata za 66+4+2 = 666 ariwo mubare way a nyamaswa Anti-Christ.

Uyu mubare [08] uhagarariye code y’umwaka wafashemo pass port,kuko uru rwandiko rwatanzwe muri 2008 ubusanzwe nk’uko mu bizi ntabwo birirwa bandika 2008,ahubwo bandika mu ncamacye 08.Noneho rero reba kuri uru rwandiko harasigaramo umubare wa [666].

Urugero ikigo gishinzwe gutanga imibare wibicuruzwa Rwanda Bureau Standard (RBS) urabona yuko izi nyuguti [3] zihagarariye [666] ugeze muri Kenya naho ni uko bafite ikigo gishinzwe ubuziranenge cyitwa KBS Kenya Bureau of Standard (KBS) Still murabona yuko ariya mibare [3] ihagarariye wa mubare wa Anti-Christ [666].

Ugeze Uganda naho uzahasanga UBS Uganda Bureau of Standard iyi mibare ihagarariye ikigo gishinzwe iyo mibare nacyo ubwacyo murabona yuko ari imibare [3] isobanura [666] aha rero niho ubwenge buri kubafite ugutwi mwumve iby’umwuka ubwira amatorero.

Niyompamvu abanyarwanda badakwiye kwifuza yuko Umwakagara yavaho hanyuma ngo asimburwe nundi murepubulike uwo yaba uwari wese yaba hutu cyangwa tutsi cyangwa twa,kuko bahita batugurisha nk’uko Umwakagara yatugurishije.Niyompamvu ubuhanuzi bwavuze yuko Umwami uzasimbura Ndahindurwa azahangana na Anti-Christu mu gice (1-3) cy’ubuhanuzi

Nuko rero bene data mwifuze kandi musabe Uhoraho adusohoreze ibyo yadusezeranije kugirango duhabwe ubwami bugendera ku itegekonshinga.Kandi abakiristo mube mwiteguye kuzajya mu ntekonshinga mategeko kugirango natwe tuzajye tuba mubafata ibyemezo ejo inteko nshingamategeko itazatugurisha tutabizi ugasanga batangiye gusinyira amategeko yo kwemeza ubusambanyi no gukuramo amada nk’uko Umwakagara yabyemeje aho basigaye basigasira abatinganyi wagirango barasigasira abana bimpinja.

Murabona yuko buri gicuruzwa gifite bar code ituma kimenyekana aho wabikuye nuwabiguze nawe akerekana uwabiguze aho yabijyanye kubera bar code aho usanga ibicuruzwa bifite id selling order,noneho ugasanga na client nawe afite purchased order yibyo yaguze cyane kubafite za card za supermarket biroroshye cyane kumenya inshuro ujya muri supermarket namafaranga ukoresha ku kwezi kuko baba bagufite muri database zabo.

Bibaye ataritegeko yuko usabwa kuba ufite card ya supermarket yo guhahiraho wayireka ntuyituge maze izo promotion baguhaga bakazireka.Jye bampatira kenshi gutunga card ya supermarket ariko narabahakaniye ko nta promotion nkeneye.

Nibamara gukwirakwiza kuri buri cyintu cyose gikorerwa mu sib amaze kugiha uwo mubare wa Anti-Christ,bazahita bakuraho ibyo byose nibarangiza babishyire mu mubiri w’umuntu ariyo gahunda Obama yari yaratangiye yitwa Obama care twagize amahirwe Donald Trump akuraho uwo mushinga we.

Kuko bafite gahunda yo kuzanyuza uwo mushinga muri ministeri yubuzima bakagushyiramo Micro cheap mu mubiri maze ahasigaye bakazajya bagukontorola uko bashaka aho bateganya gushyira mu mubiri w’umuntu akantu kameze nka SIM Card kazajya kazenguruka mu mubiri gafite details zawe zose za mashuli wize,imyaka yawe mbese ibyo usabwa byose kuba ufite muri ubu buzima bizashyirwa muri ako ka Micro Cheap ahasigaye imachine izaba iri mu gihugu cy’Ububiligi izajya ikontorola isi yose mu munota umwe gusa babashe kubona buri muntu wese.

Aho rero niho ibyhishuye bivuga yuko umunyabwenge akwiye kumenya uwo mubare kuko ari umubare w’umwana w’umuntu uzaba ugizwe nimibare [666] mu bundi buryo byitwa izina rituka Imana yo mu Ijuru.Abafite uwo mubare mu nzandiko zabo kugeza aya magingo nta kibazo kirabaho ariko nibyiza yuko tubimenya kuko basigaje kudushyira uwo mubare mu mibiri yacu aho ho sinakubeshya yuko wazapfa winjiye mu Ijuru kuko uzaba ufite iimenyetso cya satani kandi ugifite ntabwo azinjira mu Ijuru ry’Uhoraho Uwiteka Imana.

Banklays Bank niyo bank ya mbere ikorana na Anti-Christ,na society yikoranabuhanga ikora za telephone yitwa I PHONE na SMART Phone kugeza ubu nizo zimaze kwemera gukorana na Anti-Christ ubwo rero urabe wumva birenge niwowe ubwirwa.

Gusa birababaje nyine kuba abitwa abashumba birirwa bababwira ngo mukandigire Satani nabadayimoni kandi satani umugendana mu byangombwa byawe bakananirwa guhishukirwa iby’Imana aho kwemera yuko ari nta Mana bafiteho umucunguzi wabo,ahubwo bakirirwa babarindagiza ngayo nguko ahasigaye namwe mwishakire amakuru kwari ukubasogongeza Uwiteka abane namwe.

Save

Save

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments