Mar 14, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zirashaka guhamanya gakondo yabakiranutsi, ariko ibyo byifuzo byabo nugushinga umuhunda kukirenge kuko bidashoboka aho niho bazamenya ko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe cyawe cyo kurangiza amasomo yose yo mu butayu bugufiya kirarangiye kubera ko wihanganye nguhaye impano y’umugaragu wanjye “ELISHA” iyo yakoreshaga kugirango uzajye uyikoresha ufasha ubwoko bwanjye kuko wabaye umwizerwa kandi ugahiduka ubwoko bw’Abakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Igice cya (7) cy’Ubuhanuzi

15 Mar 2015 Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi mukuru yanyuze mu nzira ifunganye, none iyo nzira arayirangije, dore ayoboye abasore bimegenda bo mu bwoko bw’abakiranutsi, niyo mpamvu abakire b’abanyarwanda –kazi bo mu bwoko bw’Abatutsi bazahura na kaga gakomeye cyane kubera gushinga amajosi yabo nkay’impala kazi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore amabere yabo nzayashyira ku karubanda kubera kwigira intumva, umunsi wa makuba bazifuza ko nibura amabere yabo ko yahishwa n’umukungugu, naho ibibero byabo bazifuza ko byahishwa na mababa yibisiga, ariko bazakorwa nisoni nta kabuza kuko bemeye gukora imirimo yabanikorayiti, bakemera kuyoboka inzira ‘y’Umwami Ahabu mwene Nebat, bakemera kunyura mu muriro no kuraguza ibicu, ukwezi, n’inyenyeri, kubera ibyo, nzabagira igitangarariro ku munsi wa makuba bazakorwa nisoni bazifuza gusubira munda ya banyina ariko nti bazabishobora uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura ibyago bikomeye ku ntasi z’uRwanda kugirango mbahe ibihano bikomeye badashobora kwihanganira, nzabaterenya na babayobora mbereke ko bananiwe kugufata ndetse badashoboye akazi kabo ko batagakora neza kugirango ibyo bakoreye abandi nabo bibe ari byo bakorerwa uko niko Uwiteka abivuga.
15 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore urusengero rwa Evangelical Restoration Church ERC ryishwe na mukuru wa Rene Masasu witwa Bishop Simon Masasu kuko niwe utegeka murumuna we ibyo agomba gukora amanama yose bakora asozwa ni uko Simon ariwe ufata ibyemezo uko niko Uwiteka abivuga!
(ii) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’ikinyoma cya FPR urimo kongera kwiyegeranya kugirango bongere babeshye amahanga, ariko nta bwo bazabishobora kuko ubu bameze nk’ikimasa cyimya kigenzi cya cyo cyangwa inka y’ishashi yururira ngenzi yayo igeze amezi yo kwima ariko ikabura imfizi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
16 Mar 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abanzi bawe barimo gushakisha uburyo bwose basenya gakondo yawe, ari nayo gakondo yabakiranutsi. Ariko bariyimbire kuko bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka abivuga.
17 Mar 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abanzi bawe bagiye ku kugarukira, nyamara wowe nta bwo uzabagarukira kuko wakunze gukiranuka ndetse akaba nta cyaha na kimwe bakubaraho, ahubwo ubugome bwabo akaba aribwo bwabateye ku kugirira nabi, ariko nanjye manuye umwuka wo kugirango bagushake kuko ari wowe inzira y’ukuli yibyo bashaka inyuraho mu minsi micye uzabona batangira kugushaka kugirango ubafashe ndetse unabagire inama uko niko Uwiteka ategetse.
17 Mar 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abasirikare ba RDF, bari kuvuga amagambo menshi cyane, ndetse banitotombera umukuru w’igihugu ko agiye kubashora mu ntambara zidafite impamvu kandi ko akomeje kugundira ubutegetsi akaba azabuvanwaho n’intambara bakaba bamaze kubona yuko intambara yahanuwe na bahanuzi ibegereye kandi ko batazayirokoka. Nyamara barifuza icya bakiza iyi ntambara niba bishoboka! Ariko kandi nta buryo buhari bwo kuyirokoka kuko ar’ibyahanuwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’inzigo urahagurutse ku kurwanya, nyamara nta bwo bazabishobora, kuko bamaze igihe kinini bakora ibishoboka byose ngo barebe ko bakugeraho. Ariko byarabananiye uhumure ukomeze umurimo wanjye kuko ndi kumwe nawe uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore imbaraga z’ikinyoma cy’Umwakagara na RPF zirarangiye mw’isi yabazima, kuko batagifite ibyo babwira amahanga, none bahisemo kuyoboka inzira y’intambara bamenyereye bibwira yuko bizafasha nyamara iryo niryo rimbukiro ryabo uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’urukoza soni uraguhagurukiye nyamara imbaraga zawo zarangiriye kumusaraba wa kristo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
18 Mar 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore na none umwuka w’inzika y’inzigo wongeye kuguhagurukira kuko bibwira yuko ibyo bakora utabibona nyamara ukwiye kubishyira ahagaragara kugrango barusheho kumenya ko nd’Uwiteka Imana yawe ko mbana nawe kandi ko ibyo bakora byose ubasha kubibona uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abahoze arabanzi bawe, noneho bamaze kwifuza ko mwakorana nyamara nibaza bagusanga uzabe maso kuko bahinduka nkuruvu, ariko ntuzababwire icyiza cyangwa ikibi, ahubwo uzabatege amatwi kugirango urusheho kumenya ibyifuzo byabo bityo uzamenya uko ubagenza uko niko Uwiteka abivuga.
19 Mar 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore numara kugera muri gakondo yawe nasezeranije abakiranutsi, nzaguha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bagukorere, kandi uzabigishe kubaha Imana, dore ibitabo by’Ubuhanuzi bazajya babigura igiciro cy’ibihumbi icumi buri kimwe 10,000 frw kugirango basome babashe kumenya inzira zanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, icyo gihe ijambo ry’Ubuhanuzi rizasimbura ijambo ryanjye ryitwa (Bibiliya) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore nyuma y’intambara igiye kuba muri gakondo yabakiranutsi, hazakurikiraho inzara ikomeye cyane kubera yuko ubutegetsi buriho buzasenya buri kintu cyose cyaba igihumeka cyangwa icyidahumeka. Umwami w’uRwanda azategeka igihugu kivuye mu ntambara gikennye cyane hazabaho inzara ikomeye, amafunguro y’abakire bizaba fanta n’ibijumba ‹Ibiryo by’imbwa› uko niko Uwiteka abivuga.
Dore nzaguha abantu banjye ubigishe iby’ubugingo ndetse n’iby’Ubuhanuzi ni manza zitabera kugirango ubategure kuko nzabakoresha ibikomeye mu gihe cy’imperuka kuko ubwoko bwawe ‹Abatutsi› basuzuguye ibihanurwa bibereye mu by’ubutegetsi ntibitaye ku ijambo ryanjye niyo mpamvu nzabateza ishyari ku ishyanga ritari shyanga ‹Abahutu› kugirango bamenye yuko jyewe nd’Uwiteka nshobora gukoresha uwo nshaka mu gihe nshaka uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ibyo navuganye nawe yuko gakondo yawe nzayagura, imbago urwagasabo ziragutse igice cyose cya twawe na DRCongo ngiye kukigaruza ku rwagasabo icyo kizakubere ikimenyetso cya nyuma cyo gukuraho ubutegetsi bwa RPF, kuko intambara izaba ari uko Congo imaze gusubiza icyo gice bari baratwaye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intambara ikomeye cyane igeze mu mahina maze ubutegetsi bw’Umwami Ahabu bukurwaho. Maze Umwami w’uRwanda yima ingoma. Mbona abanyarwanda bari baratwawe n’imipaka y’urwagasabo ikomekwa kuri Congo bose bagarujwe mu rwagasabo mbona umurwa mukuru wa Kigali Uwiteka awuheshyemo abitwa ubwoko bw’Abatutsi banze kumvira ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi mukuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze mbona umurwa wa Kigali warutuwemo na banyarwanda basa nibigina gusa, birukanwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, hasigaramo abanyarwanda bibikara gusa, cyakora abari mu mahoteli babashije kurokoka ndetse n’abazahungiramo bazarokoka ariko abandi bose bazahehwa nk’uko baheha amabyi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abo bantu batuye mu murwa mukuru wa Kigali basuzuguye izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, azabirukana muri gakondo yabakiranutsi ku buryo bazibagirana burundu ndetse na babakomokaho bose bazibagirana kw’isi yabazima bazize gusuzugura izina ryanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore ejo nzaguha ikimenyetso cy’ubutayu kibe isezerano hagati yanjye nawe kugirango utazibagirwa ubutayu wagiriye mu gihugu cy’IBABULONI ku murwa mukuru w’Ishushani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
20 Mar, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze ahagana mu masaha ya (12) za manywa Uwiteka ahita ampa ikimenyetso cy’ubutayu, mpura n’umutabazi nari narabwiwe ubwo nari nkiri mu butayu umwaka wa 2014 taliki ya 31 kanama,2014 mu buryo bw’umwuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
21 Mar,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu tegura ishyanga rizaba ubwoko kugirango bazabe ubwoko bw’Uwiteka, arambwira ati, ubwire abahutu biyeze kandi bitunganye, maze bihanire ubwoko bwanjye bameneye amaraso ntibazakore ibyo Leta yabigishije ahubwo baagende mu miryango bahemukiye maze bayihanire nibabura abacitse kucumu ryabo bishe bazihanire bene wabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, aho umuntu yakoreye icyaha niho azagihanirwa, ibyaha mwakoreye muri gakondo ninaho muzabihanirwa kugirango mubere amahanga ikimeneyetso cyo gukiranirwa uko niko Uwiteka ategetse.
21 Mar, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu nguhaye umugisha, uzaguriza amahanga ariko amahanga yo ntabwo azakuguriza uko niko Uwiteka abivuga.
23 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umntu, dore hari intambara ikomeye y’umugisha hagati y’Umuhanuzi mukuru n’inkozi zibibi umusengere kugirango abashe gutsinda izo nkozi zibibi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
25 Mar, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti mwana w’umuntu ugiye kwakira e-mail ya za magigiri za Uganda zikorana na Leta y’umwakagara bityo ubitondere kuko amayeri yabo bibwira yuko Uwiteka atayareba uko niko Uwiteka abivuga.
27 Mar, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara yamaze guha iminsi (14); inkoramaraso ngo zihige igihanga cyawe, ukwiye kuba maso cyane kandi ugasenga cyane kugirango Uwiteka agucire inzira kandi akurwanirire iyo ntambara uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore mwishwa wawe Jeannette Mukeshimana Uwiteka Imana agiye kumushyira mu ishuri ryo kwiga kumenya kubaha abantu b’Imana kuko yaramburiye ukuboko umugaragu w’Uwiteka kugirango bizamubere isomo uko niko Uwiteka abitegetse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore umwuka w’ikinyoma ugeze mu marembera washatse kongera ku byutsa umutwe, ariko byananiranye kuko igihe cyawo cyarangiye, none senga Uwiteka Imana Nyiringabo uvangure ibyo binyoma byose kugirango Uwiteka yiheshe icyubahiro.
29 Mar, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi zikibi bagutegeye mu mayira yombi wajyaga unyuramo, none manuka wisubirire mu butayu bugufiya babanze bagende kuko aho nta bwo bajya bagerayo uko niko Uwiteka abivuga.
1 April 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura maze uvuge uti, ubwoko bw’Abatutsi bugiye kwambara amakabutura agiye gusimbura amakositime mu cyimbo cy’Amasuit uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bakozwe nisoni ku byo bibwiraga ko bizabatunganira, siko bizagenda, imigambi yabo namaze kuyiburizamo kugirango bamenye ko nd’Uwiteka Imana ishobora byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umukuru w’igihugu cya Kenya Uhuru Kenyatta nta bwo azarangiza mandate ye ya ll nta mukojeje isoni kuko yakoze ibyangwa n’Uwiteka mu maso hanjye ibyo umuhanuzi yamuvuzeho yananiwe kubyubahiriza kubera iyo mpamvu nzamukoza isoni kugirango amenye yuko nd’Uwiteka Imana y’Israel uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu igihe kirageze ngo uve mu murwa w’Ishushani mu gihugu cy’Ibabuloni kuko Umwami w’icyo gihugu yamaze kugambana n’umwakagara ngo ucibwe igihanga. Ariko uhumure kuko Nd’Uwiteka Imana yawe ukuboko kwanjye gukomeye kuzakubana nawe kuko uzanyura imbere ya maso yabo bakureba kandi nta cyo bazagutwara kugirango bamenye ko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe kireje ubwo ugiye ku nkorera umurimo, ariko kandi mfite abakozi nzakoresha mu gihe cya gakondo yabakiranutsi utazemera gukorana nawe sinzabana nawe, kandi azakorwa nisoni umwuka wanjye ntabwo ubana nawe uko niko Uwiteka abivuga.
Dore uzakugirira ishyari wese yibwira ko ashobora ku kurwanya, maze akitwaza umrimo wanjye yibwira ko nzabana nawe cyangwa nzamuha umugisha, nta bwo azawubona mu cyimbo cy’umugisha azabona umuvumo, kuko na guhagurukije kugirango wigishe ubwoko bwanjye ibyo na kubwiye na vuganye nawe uko niko Uwiteka abivuga.
02 April, 2015 Ijambo ry’Uwireka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore icyaha cya ruswa giteye ubwoba kigeze imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse umwuka w’Imana ashinze urubanza hagati ya RPF, n’Uwiteka Imana Nyiringabo dore agiye guhana iyo ruswa ya RPF ikomeye cyane ikomeje gutangwa nishyaka lili ku butegetsi ry’Abatutsi bo muri RPF, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore mucuti wawe Marie Esther Murebwayire agiye guhimba ikinyoma cya mbaye ubusa cyo kugaragaza yuko we ahigwa na RPF, kandi ko ibivugwa mu buhanuzi ar’ibinyoma yuko atari magigiri w’ingoma y’abega na Gitarama uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Esther Murebwayire Maria yi yambura ubusa akora filime ayifatanije na RPF kugirango azagaraze ko yakorewe iyica rubuzo, maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati, icyo nicyo cyaha agiye guhimba cyuzuyemo ibinyoma kugirango arebe ko yakongera kubona ijambo ariko nta bwo nzamwemerera kuko nzashyira ibye byose ahagaragaara uko niko Uwiteka abivuga.
Nyuma yo gukora ibikorwa bisa bityo, mbona aragiye asanga umulinzi mukuru w’igikari cy’abakiranutsi warushinzwe guteka ibifungurwa by’abakiranutsi, hanyuma uwateguraga ibifungurwa asanga babihumanije. Maze Marie Esther Murebwayire aravuga ngo, ni bapfe kubimuha kuko agiye kubishyira abakiristu be kugirango baticwa n’inzara? Ariko watekereza inzara no kurya ibifungurwa bihumanye ugasanga nta mahuriro namba uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umulinzi w’ibyasezeranijwe ngiye kongera kumugarurira urukundo rwo mu buto bwe kugirango yongere yishimire ubusore bwe kuko yamaze igihe kinini mu ntambara ntiyigeze abona umwanya wo kwishimira ubuto bwe kubera inkonzi zibibi zatumye adahumeka uko niko Uwiteka abivuga.
03 April 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ibihugu by’abarabu bihagurukiye umwana wanjye Israel kugirango bahungabanye ubugingo bwe, ariko bariyimbire kuko umwana n’umwana naho yaba ikigoryi aba ikigoryi cya nyiracyo niyompamvu ngiye kurwanirira umwana wanjye kugirango isi yose imenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
04 April 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu manuka ujye mu butayu bugufiya kuko umwana w’umwega (Umwakagara Paul Kagame) yariye karungu arahiga ubuging bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Umwakagara afitiye ubwoba amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, yibwira ahari ko aliyo azamukura ku butegetsi, ariko nta bwo ari ngombwa yuko nkoresha amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, ahubwo nshobora gukoresha izindi nzira nyinshi cyane zirenga igihumbi ngakuraho ubutegetsi bwe bidasabye gukoresha amashyaka amurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imva y’umwakagara yamaze gutegurwa kuko nzamucamo ibice (3); nk’uko wabihanuye, ni uko numva amajwi yabana be bajya impaka bavuga ngo bakwiye gushaka isanduka ngufiya bamushyiguramo kuko yamaze gucikagurikamo ibice. Abandi baranga baravuga ngo bagomba kumushyingura mu isanduka ndende nk’uko abandi bose babashyingura uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore barimo gutrackinga telephone yawe none yizimye kugirango batamenye aho uherereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko nerekwa abadayimoni (2); bahura na kaga gakomeye cyane, nyuma yo kunanairwa gusohoza umugambi mubisha wo kugirira nabi ubugingo bw’Umuhanuzi mukuru. Maze bahabwa igihano gikomeye cyane kurusha ibindi bihano byose bibaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
05 April 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma ubyara abana (2) b’impanga kugirango batumwe mu isi, maze RPF ishyaka lili ku butegetsi ryongere kubeshya amahanga, ariko mbona iyo myuka uko ari (2); itabashije kumvisha amahanga ibyabaye mu Rwanda bivugwa kuri RPF. Maze mbona umwuka (1) wari igikara, umwuka wa (2) wari ikigina. Ariko uwikigina warahuzagurikaga kuruta uwigikara ku buryo utabashaga kumvisha isi ya none ku bijyanye n’ubwicanyi bwabaye muRwanda.
06 April 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu uyu munsi ntujye mu butayu bwo ku murwa w’IBABULONI, kuko umwakagara yamaze koherezayo intumwa ze kuguhiga uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abo nateganyaga kuzagira ubwoko mu bihe bizaza” ABAHUTU” abakobwa babo b’impunzi bigize abakongomani kugirango babone uburyo bakina filime yitwa phonograph, none babwire uti, mwigize icyo mutari cyo, niyompamvu Uwiteka azabateza akaga mu bihe byo kubaho kwanyu kose uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abakobwa n’abagore baturutse mu gihugu cya Uganda bo mu bwoko bw’Abatutsi kazi, yamasengesho bakoraga yarayo gushaka amazu ni bindi byose bijyanye ni mibereho. None bamaze kubibona amasengesho barayareka niyompamvu nzabareka nanjye mu gihe cy’amakuba abegereje mu gihe kiri imbere uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zikozwe nisoni kuko imigambi yabo ngiye kuyiburizamo kugirango zimenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko nikoUwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe cyawe cy’umugisha kirageze kandi abadayimoni bubaha umuntu iyo igihe cye cyo guhabwa umugisha cyageze, none nawe niko bigiye ku kugendekera kuko igihe cyawe cya maze gusohoza umulimo wacyo abadayimoni bagiye ku kubaha ku buryo batazongera ku kurwanya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Esther Marie Murebwayire agiye kongera gutanga intonrano zo kugura umwuka wigikundiro kugirango yigarurire abantu batazajya bitaho ibimuvugwaho ko ari magigiri w’ingoma y’abega.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, magigiri Murebwayire Esther Maria, yongeye guhagurutswa no kuvuga ubutumwa yita ko ari ubw’Imana, kugirango abashe kwihisha muri bwo. Kugirango yongere abone inzira zikinyoma azajya akoreramo, ariko ni ha handi ibyo na byo nzabisenya kuko yanze kumvira ijambo ryanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Pastor Jean Marie utuye mu mazu kwa Rujugiro igikondo wahoze asengera muri Eglise Vivante ngiye kumucisha bugufi kugirango amenye ko arijye Uwiteka Imaana ya Nyiringabo kuko amaze igihe kinini yarayobye avuga ko ankorera. Nyamara sijye yakoreraga ahubwo yakoreraga izindi mana. Bityo rero muri uko gucishwa bugufi niho azamenya yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo yavugaga ko akorera uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intekonshingamategeko y’u Rwanda yaka umuriro, maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore intekonshingamategeko irashya, ariko ntikongoka bivuze ngo iyo ntekonshingamategeko y’uRwanda ureba ntabwo izongera kubaho ukundi uko niko Uwitekaa Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abasirikare bakuru baturutse mu gihugu cya Uganda birukanye abasirikare batavuye Uganda kugirango biharire igisirikare babone uko bayobora igihugu bakoresheje igitugu. Niyompamvu nanjye imigambi yabo nayiburijemo kugirango bamenye yuko arijye Uwiteka utegeka ushyiraho akanakuraho uko niko Uwiteka Imana ya abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inzira z’abadayimoni zose zirafunzwe ku buryo kongera ku kurwanya bitaborohera, ahubwo dore basubijwe aho baturutse kandi nibagerayo bazakora amahano uko niko Uwiteka avuga.
11 April, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi z’ikibi (24) ”abarozi” bahumanije ubugingo bwawe ngiye kubambura ubugingo bwabo kuko urubanza rwabo rwarangiye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
12 April, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo wongera guhaguruka uhangana n’Umuhanuzi mukuru, maze arawunesha uhita urapfa kuko imbaraga zawo zari zimaze kurangira. Nyuma yiyo ntambara ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, uliya mudayimoni yaraje kurwanya umugisha warugiye kwakira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
April 11,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore nakoze ubushake bwanjye hagati yawe n’umufasha wawe. none niki gitumye urakarira ubushake bwanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 12, 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man look, the mission of inyangenewss.com has been completed by a lot of pain, trials, detention, and sorrows, and behind of it was the grudge spirits. But all of these the Lord your God has rescued all of them says the lord God of heaven declared.
Njyanwa mu iyerekwa iyerekwa mbona abanyaKenya baririra Uwiteka Imana Nyiringabo ko bagowe cyane, kandi ko bahuye na kaga gakomeye cyane. Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge uti, Uwiteka Imana agiye kubatabara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 13,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, dore umugisha Uwiteka yagusezeranije uraje kand urihuse cyane kuko uwo mugisha nta bwo uzaba urimo umubabaro ukundi uko niko Uwiteka avuga. Mwana w’umuntu dore amazu y’umurwa mukuru w’urwagasabo, ugiye gusigara arumusaka kuko baraburiwe banga kumva ahasigaye reka ubushake bw’Uwiteka abusohoze uko niko Uwiteka avuga.
April 14,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore urukiko rwa Arusha rurekuye umugabo witwa Jean Berekimasi bamugize umwere, ariko Leta y’Urwanda igiye kumuhigira hasi no hejuru kugirango bamwice nyamara uwo mugabo koko n’umwere uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira ingabo za RDF uti Uwiteka yumvise kurira kwanyu amarira y’igihe kirekire dore ndamanutse nje kubatabara kugirango muzamenye ko nd’Uwiteka Imana yica ikanakiza uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara akomeje ku kugenza rero itegure ngiye kwigaragaza nkwereke imbaraga zanjye n’ubwiza bwanjye kuko nd’Uwiteka mbese hariho icyananira?
April 15,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku niko Uwiteka avuga, hanura uvuge uti Al-Shabaab wee! Ubonye ishyano! Kuko Uwiteka amanuliye imvura yamahindu kugirango abatuye isi bamenye ko nd’Uwiteka dore wabaye icyorezo mu byorezo kubera iyo mpamvu iminsi yawe nyishyizeho ishyerezo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bamaso kandi ukomere kuko umwakagara agushyizeho ingenza ikugeza kandi bategereje kugutegera kurusoro rwawe bityo rero ugire ubwenge umenye uko ugenza kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara ashyize ingabo kumupaka wa majyaruguru, kandi agambiriye kurimbura ubwoko bw’Abahutu kugirango abumare, baza ubwo bwoko ngo mbese umwakagara yabagize imbohe ze kuburyo mudashobora kwikiza?
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore za magigiri zikuriho cyane, bityo shaka ubundi buryo, ntusubire ku murwa w’Ishushani kuko niho bagutegeye hamwe no mu butayu ha handi kuri kagasozi aho ujya ukorera amasengesho uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ubwami bwanyu bwongeye kwima ingoma nyamara abagize inteko nshingamategeko bazaba ikibazo kubabona uko niko Uwiteka abivuga.
April 17,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abubashye Uwiteka agiye kubaha ubutunzi bwo mu bwihisho bw’ahantu hiherereye humwijima uko niko Uwiteka abivuga Yesaya 45:3. 3 I will give you treasures that are hidden away in dark places. I will give you riches that are stored up in secret places. Then you will know that I am the Lord. I am the God of Israel.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikoemza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwanzi aragutegereje noneho ugenze utya, wigire mu gikari cy’Uwiteka kugirango na gushaka akubure maze akureyo amaso arambirwe namara kugenda ndakubwira ugende ukomeze imirimo yawe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti, mwana w’umutu dore umwuka w’inzika y’inzigo wa kugenzeho igihe kinini ugeze kwiherezo ryawo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka yakugize Umuhanuzi wa mahanga akugira umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe cyane ku bwoko bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore abagabo b’abasinzi bo mu rwagasabo bagiye kunyagirwa n’imvura ikomeye cyane kandi iyo mvura izabarimbura uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore mu rwagasabo hagiye kugwa imvura yamahindu izahitana abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu cyane ubaburire ubishobora akuremo ake karenge uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka yibutse ubugome wakorewe n’inkozi zikibi bityo Uwiteka agiye guhora inzigo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe kirageze ngo wambuke amazi magari kuko ar’Uwiteka wa bivuze nta kitazasohora uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore baragambanye barongera baragambana na none bongeye kugambana ariko uhumure kuko Uwiteka akubereye maso uko niko uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara yongeye gusaba ababishinzwe ngo bamwongera imisni (7) yo kuguhiga ngo aguce igihanga mbere yuko wambuka amazi magari uko niko Uwiteka abivuga.
April 19,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ingabo z’inkotanyi zigiye kongera guhemukirwa ku nshuro ya lll, ariko noneho ubanza batazabyihanganira ubabwire ngo mube maso kuko Umwakagara agiye kongera kubahemukira uko niko Uwitekaa abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bamanutse kumusozi aho bari mu ishuli bamaze igihe biga, ariko mbona uwo musozi bawumanutse buri Mututsi afite umurwi w’inyama zitukura cyane (bisobanura ko bazikura mu mibibazo bakoresheje ubugambanyi) kandi bagenda bazirya ari mbisi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona bageze mu kibaya cy’ubutayu bugufiya bahura ba TVR igurisha juice kugirango bayisomeze izo nyama. Ariko banga kuyigura! Maze TVR iyibahera ubusa nabwo barayanga! Maze mbone abasore (3) b’Abatutsi bacyitse ubutayu banezezwa ni uko bambutse rutabajyanye uko niko Uwiteka abivuga.
April 19,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ibyo nakubwiye yuko nzakoza isoni intumwa ya Satani Paul Gitwaza ndabisohoje nk’uko na bivugiye mukanwa k’Umuhanuzi. Dore ubwoko bwanjye bwarayobye buyobejwe n’intumwa ya Satani kubera gukunda indamu ziby’iki gihe uko niko Uwiteka abivuga.
Niyompamvu nakoresheje umugore we kuko bigoye guhakana amakuru y’umugore cyangwa ay’umugabo, ariko iyo biza kuba narakoresheje undi muntu bari kuvuga yuko ari ukumutera urubwa kuko yamaze kwiyubakira ubwami ariko nzabusenya mbuhehe nk’uheha amabyi uko niko Uwiteka abivuga.
Dore umukumbi wanjye barawutatanije izisigaye baziryamo izifite ibinure, naho izirwaye n’izinanutse barazitereranye! Ariko ngiye gukiza umukumbi wanjye kumunsi wa makuba wegereje niho zizamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, nta bwo ari Paul Gitwaza gusa intumwa ya Satani. Ahubwo ni benshi ni uko ari we wakabije gukiranirwa naho ubundi ni benshi kandi abo bose ngiye kubashyira ku karubanda kugirango isi yose ibote bamenyekana ko atari Uwiteka bakoreraga, maze bakorwe nisoni kuko babeshye igihe kirekire bibwira yuko ntareba ibyo bakora uko niko Uwiteka abivuga.
April 19, 2015 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore nguhaye amahoro yo mu mutima n’ay’ubugingo kugirango imirimo yanjye uyikorane ituze kuko mahoro ari bwo bugingo. Dore nguhaye umugisha kugirango bazamenye ko wabaye umutoni imbere yanjye kugirango abazitondera ijambo ryajye nabo bazahabwe umugisha. Kandi dore uwo uzaha umgisha azawuhabwa, kuko nagukunze nka kumenya amazina yawe, niyompamvu uwo uzavuma nzamuvuma, uwo uzaha umugisha nanjye nzamuha umugisha uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’Ubuhanuzi iyo umanutse abadayimoni bose bahita bahunga bakava aho uwo mwuka uri. Kuko bidashobora kubangikana, na none hanura uvume za magigigri zilimo ku kugigira kugirango ntibaziigere babona umugisha imbere y’Uwiteka Imana yo mu ijuru.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, ndavuma za magigiri zigigira abakiranutsi n’umugaragu w’Uwiteka, imirima yabo ntizaragarike, ubutaka bwabo buzarumbe, abana babo bazarya ntibahage, amatungo yabo nta bwo azagwira kuko bagigiriye abakiranutsi kandi nta cyaha bakoze uko niko Uwiteka abivuga.
Imyaka ibihumbi ntibazagire amahoro, amaso yabo azareba ntizitegereza, ndetse amatwi yabo azumva ariko ntazasobanukirwa kuko bakunze gukiranirwa bakanga Uwiteka bakarwanya n’ijambo rye uko niko Uwiteka abivuga.
April 20,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umugisha uragusatiriye kandi dore uburumbuke bw’umugisha bukugezeho, kandi abakurwanyaga bose bazagupfukamira kandi bazacishwa bugufi n’Uwiteka Imana yo mu ijuru, bazicuza ibyo bakugiriye kandi batagishoboye kugira icyo bakora uko niko Uwiteka abivuga.
Dore abiringiye ijambo ryanjye ryaciye mukanwa kawe nzabaha umugisha kubera ko bakunze ijambo ryanjye, nanjye bazamenya ko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
April 21,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu akarenge kawe ugahine kuko umwakagara arimo ku kugenza ntugere mu murwa w’IBABULONI kuko yamaze gutangatanga kugirango aguce igihanga bityo rero umenye ubwenge umenye uko ugenza uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, dore yasabye iminsi (7); yo kuba yamaze kuguca igihanga mbere yuko ufata amazi magari ariko ari yimbre kuko ashinga umunda kurutare uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo r’Uwiteka rinzaho cyane rirambwira riti, cyebuka urebe hirya yawe ikusi ho mu burasirazuba bwo mu butayu. Ndakebuka maze ndareba mbona inzu ndende yitwa RPF, mbona yubatse mu butayu bugufiya izengurutswe na mazi aturuka mu butaka y’isooko, maze mbona umuyaga uturutse ikuzi uraza uhuha ya nzu maze mbona itangiye kugenda iranduka mu mizi, ni uko umwuka w’Uwiteka arambwira ati, uko ubonye iyo nzu irandurwa n’umuyaga niko RPF igiye kurandurwa n’umuyaga wa serwakira uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira ati, mwana w’umuntu dore umwakagara amaze kumenya neza ko abanyarwanda batakimukunda, kandi ko batanamushaka none afashe ingamba yo kubamara ngo kuko nta wundi wayobora urwagasabo atariwe, none hanura ubwire ubwoko bwanjye bashake aho berekera abazabishobora abatabishoboye bishingikirize k’Uwiteka Imana kugirango azabatabare mu gihe cya kaga kabategereje kabari imbere uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara yahawe uburyo bugera kuri (123) bwo gutrackinga telephone yawe btyo umenye ubwenge umenye uko ungenza kugirango batarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore abaguhiga bahawe options © yitiriwe umuhungu w’Umwakagara witwa LT. IVAN Cyomoro kugirango bamurwanirire dore intasi zakoreraga mu gihugu cya Uganda barimo Nyagasaza Innocent Fruit na JEFF ukora muri Jesuit Refugee Servise baje kuguhiga ngo kuko aribo bakuzi neza.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, balimo gushinga umuhunda kukirenge. Nyamara biyitirira izina ryanjye ritababamo, dore ubavume kugirango imigambi yabo uyiburizemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Jyewe Majeshi Leon Ainesha ndakuvumye Fruit Nyagasaza Innocent nawe Jeff Uwiteka ntazabahire kuko mwanze gukiranuka mwarwanihe ubwoko bw’abakiranutsi kubera iyo mpamvu: inda zanyu muzarya ntimuzahanga, muzanywa ntimuzashira inyota, ababakomokaho ntibazagire amahirwe y’umugisha w’Uwiteka Imana Nyiringabo nkorera uko niko Uwiteka abivuga.
22 April 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore za magigiri zije ku kugigira Uwiteka niwe ngabo yawe, yakubereye icyanzu cy’ubugingo azakurinda amajya n’amaza, nta ntwaro yacuriwe ku kurimbura uko niko Uwiteka abivuga.
22 April, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’Umuntu dore abakongomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge bafite ibigirwamana 3 (1) idini ribaha umugati (ii) urukundo rucye rwababereye ikigirwamana (iii) imirimo ya maboko yabo nyamara nta mugisha babonamo kuko banze gukiranuka bagakurikiza indamu ya baalamu niyo mpamvu ntaho bazashinga ibirenge muriyi isi ngo bahabone umugisha. nzababurabuza mbakwize isi yose kandi byo bibwira ko amahanga bazajyamo bazaba abanyammugisha ahubwo azabahanda abahindukire umuvumo uko niko Uwiteka agivuga.
April 23 ,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu uramenye wagizwe kuba umulinzi wa gakondo yabakiranutsi, none dore umwanzi yagambiriye yuko yagura gakondo yabakiranutsi nk’uko Umwami Ahabu yifuje uruzabibu rwa Naboti akarumwima yarangiza umugore we Jezebel agacura umugambi wo kumwivugana afatanije na bagabo bindarikwa bibinyoma uko Uwiteka abivuga.
April 24,2015 nerekwa ndi kunyanja nini cyane maze haza umuyaga w’ishuheri ukomeye utuma amazi y’inyanja asandara agera ku nombe z’inyanja maze mbona ya mazi azanyemo ibifi (2) binini byo mu bwoko bwa ‘Trapia’ kimwe gifite amabara ikindi nacyo gifite ibara ry’umutuku. Maze ndabiroba mbishyira kubutaka bwumye maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umugisha utarimo umuvumo n’umubabaro uraje kandi ni wowe wifuza uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo navuye aho ngeze imbere gato na none mbona ifi iringaniye yo mu bwoko bw’Inkube (thunder fish) irirukanka ngo ntayifata ndihuta ndayicakira nayo nyishyira hamwe nizindi maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, dore hari undi mugisha urimo ugushakisha ariko simwinshi cyane ni uko menya neza ko Uwiteka mubayeho umutoni kandi yumvise gusenga kwanjye areba no kwihangana kwanjye maze ahitamo kungirira neza.
Ako kanya inkozi zibibi ziba zabiteye imbone zahise zihaguruka kugirango ziburizemo uwo mugisha zirwana ariko intambara ntizagira amahirwe yo kuyinesha nica abadayimoni bagera nko (100) maze nshima Uwiteka Imana ko ajya aturwanirira intambara zidashobotse.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mu kibaya cyo kwerekerwamo munsi ya gakondo yabakiranutsi, mbona intumbi z’inkozi zibibi twarwanaga nazo aho zaguye arambwira ati, dore umurimo umaze gukora, ibi byose bitewe n’umugisha wawe inkozi zikibi zari zarigaruriye, none bahembwe urupfu kuko batabashije ku kurwanya ngo bagutsinde niyompamvu bahise bagwa muri iyi ntambara mwarwanaga.
Mvuye aho njyanwa mu ishuri gukora ikizamini maze ndagikora ndagitsinda mbona manota 89% maze umwuka arambwira ati, mwana w’umuntu genda uruhuke kuko Uwiteka aguhiriye uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo mvanwa hao njyanwa kwerekwa ibiro byanjye aho nzajya nkorera umurimo w’Uwiteka, ngezeyo nsanga inkozi zikibi zindi zimaze kuhatera ibirenge ndetse na mwishwa wanjye Mukeshimana Jeannette yararimo kugirango aburizemo umugisha wanjye maze akimara ku nkubita amaso ahita akuramo akarenge afata imfunguzo z’ibiro byanjye aziha indi nkozi y’ikibi kugirango ntabona uko ninjira ndagenda iyo nkozi yikibi nyisanga aho yihishe nyambura izo mfunguzo ninjira mubiro byanjye izo nkozi zikibi zineshwa gutyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Izo nkozi zikibi zibonye ko zineshejwe zitegura amafunguro maze zirantumira kugirano zimpumanirize mu mafunguro yanimugoroba, ariko zigira ibyago sinabasha kurya ayo mafunguro yabo bateguye bongera gutsindwa bwa nyuma barashogoshera baragenda.
April 24,2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore itegereze ubwato buri munsi y’inyanja bwitwa Submarine ndareba ndabubona maze arambwira ati buriya bwato ubonye n’ubw’Abarusiya (Rusia) burimo gutegura intambara ya lll y’isi yose,burimo kugenzura aho bazarwanira intambara yo mu mazi ndetse niyo kubutaka none hanura uvuge ngo dore intambara y’isi yose irabaye kandi iraje izasenya ibihugu by’amahanga kandi Uwiteka niwe uyizanye kugirango avuguruze imigambi yabanyabwenge n’ubwibone bwabo ndetse asenye imbaraga zabo uko Uwiteka abivuga.
Dore intambara izaba kandi izasenya ubwibone bw’abatuye isi, nyamara abakiranutsi banjye sinzabura kubarinda kuko nd’Uwiteka waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka abivuga.
April 25, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihugu cya Tanzania kigiye mu matora ariko kizahura nibibazo bikomeye cyane kuko ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi CCM rirashaka ko umwana wa Nyerere Julius Kambarage ariwe uzatorwa nka perezida wa repubulika. Ariko bizabagora cyane kugirango ibyo babigereho.
26 April 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona abasirikare bingabo z’umwakagara bitwa abajepe mbona Uwiteka amanuye umwijima urabakwiragira bose bananirwa kureba uwo barwana nawe, bakoraga ubulinzi batareba kandi bananirwa kuvuga ko batareba kugirango badahabwa ibihano uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka arinzaho rirambwira riti, uko niko bigiye kugenda kugirano ibyiringiro by’Umwakagara Uwiteka abimareho kuko igihe cye cyo gukurwa ku intebe yabukunzi kirasohoye uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore amasaro agiye guseseka muri gakondo yabakiranutsi kuko imbaraga za Satani Uwiteka yamaze kuzishyiraho ishyerezo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 26,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Abatutsi baturutse Uganda bagiye kumenya yuko nd’Uwiteka Imana ko imbaraga zabo zidahwanye ni zanjye uko niko Uwiteka abivuga.
28 April ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirimo ku kugenza kugirango zikugirire nabi, kuko zamaze kumenya aho uherereye none menya uko ugenza kuko amazi si ya yandi uko niko Uwiteka abivuga.
Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umunyapolitike ukomeye cyane wo mu gihugu cya Kenya bita Raila Odinga bariho kumugendaho kugirango bamugirire nabi none senga Uwiteka Imana ibashe kumurinda kuko uko bamugendaho ninako nawe bakugendaho uko niko Uwiteka avuga.
29 April,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu manuka ujye mu butayu bugufiya maze mvugane nawe kuko ariho njya mvuganira n’abantu banjye. Nuko ndamanuka njya mu butayu ngezeyo ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore imbere yawe itegereze urebe maze umbwire icyo ubonye. Ndareba kandi nditegereza mbona umwuka w’inzika y’inzigo mu butayu bugufiya maze arambaza ati, witegereje kandi warebye neza? Ndasubiza nti nitegereje kandi narebye neza, ati ubonye iki? Nti mbonye umwuka w’inzika y’inzigo mu butayu bugufiya.
Maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aransubiza ati, rero uko niko ngiye kugenza abanzi bawe bose bakugiriye nabi, kuko nirengagije inabi wagiriwe maze na we uba imfura uraceceka utegereza igihe cy’Uwiteka ko nzagucira imanza zitabera hamwe na banzi bawe uko niko bigiye kugendekera abakugiriye nabi ndetse na bagutekerejeho nabi kuko nd’Uwiteka Imana ireba mu mutima kandi nkitura umuntu ibihanye nibyo yakoze uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abo badayimoni bakomeje koherezwa kuri wowe n’ubugingo bwawe bwose, abo bazimu ngiye kubashyira mu butayu aho bazamara igihe kitari gito kugirango nabo ubwabo bamenye yuko barwanije uwarukwiye kutarwanywa uko niko Uwiteka abivuga.
April 30 ,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ugiye kurwana intambara ya nyuma hagati yawe n’inkozi zibibi ku buryo numara kuyitsinda bizaba birangiye iby’inkozi zikibi, dore bagiye kwicara mu gicumbi cy’umugisha ubwo rero ukwiye kurwana intambara kugirango batagutwara umugisha wawe kuko bamaze kumenya ko urumunyamugisha uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru aje mu gikombe cy’umugisha kurwana iyo ntambara maze arampamagara kugirango mutere ingabo mubitugu, ndagenda turwana iyo ntambara irangira tuneshejeje inkozi zikibi mbona umwe mu nkozi zikibi ahunga iyo ntambara ajya gucumbika mu gikombe cyo haruguru y’igikombe cyo mubutayu bw’umuvumo maze numva ijwi ry’Uwiteka rirambwira riti mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zicirirweho iteka uko niko Uwiteka abivuga.
May 1, 2015 Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riambwira riti, mwana w’umuntu dore umuhanuzi wo mu gihugu cya Kenya witwa Dr. Owol aciriweho iteka kandi agiye gukozwa isoni imbere y’isi yose kuko azamera nk’ubambwe kumusaraba kugirango isi yose imurebe kandi imwitegereze kuko yakunze intonrano nkizo baalaki yakunze iz’Umwami witwa Balamu nawe niko agiye kugenza kuko atubashye ijambo ryanjye nanjye sinzamwubaha uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi ahitwa kuri PEAGE, mbona inzu nini y’igorofa ihubatse mbona ko irangiye yarifite ubusitani bwiza cyane busa neza. Maze ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti, mwana w’umuntu waba uzi icyo ibyo bisobanuye? Ndasubiza nti oya Mwami wanjye! Aransubiza arambwira ati, igihe cy’umwakagara cyageze ngo akurwe ku ntebe yabukunzi, none burira abakiranutsi ababishoboye bakuremo akabo karenge kuko akaba karabaye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bongera guhunga basubira mu gihugu cya Congo ahitwa BUKAVU kuko ari ahantu bari basanzwe bazi n’ubundi niho bongeye gusubira kunyura bahunga intambara yogukuraho umwakagara.
Mbona gakondo yose yabakiranutsi ihinduka ubusitani bwiza cyane isa niyakozwe na byabiremwa byitwa Aliens.Ubwo menya ko imbaraga z’umurimbuzi muri gakondo igihe cyazo kirangiye zikurweho uko niko Uwiteka abivuga.
May 02, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu manuka ujye mu kibaya kiri munsi ya gakondo yabakiranutsi nugerayo ndakubwira icyo ukwiye gukora, ni uko ndamanuka ngenzeyo numva ijwi ry’Uwiteka rimbwira riti, mwana w’umuntu hagaragara nkwereke ibiri gukorerwa muri kino kibaya cya gakondo yabakiranutsi.
Nerekwa cya kibaya cyose cyahingishijwe yaba imirima cyangwa imisozi hose bari bahashinze hatunganijwe neza ndetse nibiti byari muri icyo kibaya byari byakorewe neza kugirango birusheho kwera imbuto zikwiriye abihannye.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu ibyo ureba uzi icyo bisobanura? Ndasubiza nti oya Nyagasani Mwami wanjye! Arambwira ati ibyo ubonye bisobanura yuko igihe cy’umwakagara cyarangiye hamwe n’inkozi zikibi zose uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inyoni yari inyuma yanjye ijya gusa ni numa cyangwa kasuku, ariko kari akanyoni keza cyane umuntu yagereranya muri ubwo buryo mvuze, mbona gahagaze hejuru mukirere ku gati kadafashe hasi kubutaka nitegereje mbona ako kanyoni gateye amakenga.
Ni uko nkomeje ku kitegereza mbona karagurutse kaza kansanga aho nari mpagaze mbona karaje nanjye ndagafata nkoresheje ukuboko kw’iburyo gahita kaburira muri kwa kuboko kw’iburyo nyoberwa ibibaye mukanya mbona haje umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe maze mbona anzaniye icupa ririmo ubutunzi bwa zahabu itunganijwe nuko uhereye ubwo menya yuko igihe cy’umugisha wabakiranutsi kigeze nezererwa Uwiteka Imana yanjye.
Nyanwa mu iyerekwa mbona Apostles witwa Dr. Joe KAYO wo mu gihugu cya Kenya asengera abantu akoresheje imbaraga z’umwijima, yatoranyaga abantu bakize akaba ari bo asengera naho abakene agahita abohereza kujya gusenga naho abakire bo agahita abamahagara kuganira nawe kugirango abakuremo agatubutse! Ijambo ry’Uwiteka rirambwiera riti, uwo nawe igihe cye kirarangiye kuko yabeshye igihe kirekire kandi akunda icyubahiro cyane kuruta uko akunda Uwiteka Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka abivuga.
May 03, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mfite mu ntoki zanjye icupa ririmo ubutunzi bwo mu bwoko bwa zahabu y’ibyasezeranijwe abakiranutsi, maze mbona Malaika araje ashyira ubwo butunzi mu ntoki z’Umuhanuzi mukuru mbona aranezerewe maze numva ijwi rivugiye mu ijuru ngo igihe cyo guhabwa umugisha kw’abakiranutsi kirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 04, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubukungu bwa kiliziya Gatolika burahanantutse kandi abakozi benshi bagiye kwirukanwa ku milimo yabo kuko bagenje nabi bariye ubutunzi bwa kiliziya babinyujije mu mishinga cyane kubaka amazu, za garage, ibibanza, na masociety atagira ingano. Kiliziya yisanze ubukungu bwayo bwararangiye none bahisemo kwirukana abakozi babo bose uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abanye Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge, bafite agahinda gakomeye cyane kuko impano z’Uwiteka zabaga muri bo zabavuyemo zigira mu yandi moko, bari bazi neza ko zitazava muri bo, none basigaye bafite ipfunwe yuko bajya mu bo bita abanyamoko ngo babahanurire nanjye na bakuyeho umwuka wanjye kugeza igihe umujinya wanjye uzacururuka nka za bagarura mu gihugu cyabo nyuma yuko bazaba bamaze kuba abacakara mu mahanga kandi hejuru yibyo bakihana uko niko Uwiteka abivuga.
Bacyerensheje ijambo ryanjye ndetse bagerekaho kuricuruza niyompamvu bizabagora cyane kugirango bongere kugaruka imbere y’Uwiteka Imana kuko babaswe na moko bakaba biyemera nta wundi muntu bemera kandi abakozi banjye akaba arijye ubahamagara kuko nta wantegeka uwo nkoresha cyangwa uwo ntakoresha uko niko Uwiteka abivuga.
Dore barakwanga cyane kuko wandika ibyabo kandi nijye waguhamagaye ndetse urwo rwango bakanga nirwo rurushaho gutuma ngira umujinya aho kwihana ahubwo birirwa bakuvuga wagirango nta kazi nabahaye uko niko Uwiteka abivuga.
May 05, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara yamaze gutunganya imigambi yose yo ku kugirira nabi, ariko ntugire ubwoba kuko nijye wakurinze kandi nzakomeza ku kurinda nyamara ntazigera agira amahoro azarinda ava ku ngoma ataguciye iryera kuko yamaze kubona yuko igihe cye cyegereje ngo akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara yamaze gufata imigambi yo kwica ABACIKA CUMU bose, cyane abize kugirango azabone uko yitunganiriza amatora adafitiye ikizere yuko azayageramo cyangwa azayatsinda! None burira abantu banjye ubwoko bwanjye bw’abacika cumu ubabwire ngo nzi agahinda kanyu n’umubabaro wanyu, niyompamvu ngiye gukora ikintu gishya hagati mu gihugu kugirango mu menye yuko nd’Uwiteka Imana irengera abatagira kivurira uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ibinyamakuru byose bikorera hanze y’igihugu, byongeye ku nshuro ya ll gufata intonorano kugirango bareke kwandika ibibera mu gihugu cy’urwagasabo kugirango abaturage batamenya ibirimo gukorwa n’ubutegetsi bw’ikinyoma busigaje igihe gito cyane Uwiteka akihesha icyubahiro.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umudayimoni wakurwanyaga ukomeye cyane acirirweho iteka kuko Uwiteka yimanukiye akaza ku kurwanirira intambara kugirango umenye ko ari Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
May 06, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo zijya gusa n’inkotanyi, cyangwa zishobora kuba zifite icyo zipfana n’inkotanyi, zimaze kugera haruguru y’ubutayu bugufiya buteganirijwe kurwaniramo n’ingabo za Leta y’umwakagara hamwe na batavuga rumwe n’ubutegetsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Kagame Paul afite ubwoba bukomeye cyane kuko harimo ingabo (3); atinya cyane kuko ngo azi neza ko baramutyse bayoboye urugamba badashobora kurutsindwa maze nerekwa amahanga yose atererana umwkagara abura umuntu n’umwe wamutabara nk’uko yabyibwiraga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona haruguru y’ubwo butayu hari ishuri ryubatse kumusozi aho ryigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi cyane bavuye Uganda ariko bakaba bamaze kurangiza iryo shuri ahubwo bakaba bagiye gusimburwa n’” ABACIKA CUMU” uko niko Uwiteka abivuga.
Muri ubwo butayu mbona umwuka w’inzika wa perezida Habyarimana wahoze ayobora uRwanda, uwo mwuka warimo gukora imyitozo ya gisirikare kugirango ujye kwifatanya na za nkotanyi zari ku nkengero z’ubutayu bugufiya, mbona uwo umwuka uzamuka amajyaruguru y’ubrengerazuba bw’IKUSI kugirango ujye guhura na za ngabo zifite icyo zipfana n’inkotanyi maze bakureho umwakagara uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imbibe za gakondo yabakiranutsi zongera gusubirwamo kugirango hashingwe imbibe nshayanshya, ni uko mbona umwuka w’inzika uhagurutse kurwanya izo mbago nshyanshya za gakondo yabakiranutsi, ariko uwo mwuka uraneshwa mbona usubiye inyuma uko niko Uwioteka abivuga.
May 07, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu dore umwakagara yarahiye kandi yakoze intego na bashinzwe guca ibihanga by’abakiranutsi yavuze yuko uzagufata azamuhemba inshuro (7); dore yateze imitego myinshi yo ku kugirira nabi, ariko ngiye kwerekana yuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi yuko nta mwana w’umuntu ushobora kwitambika mu migambi yanjye uko niko Uwiteka avuga.
May 08, 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, note this word: called «INTERNATIONAL BACK IN» in the research find out the meaning of this words: it means Taking a fresh look at the impact of non-state actors on the world politics and on the foreign policies of states, this book revives the debate on transnational relations which started in the 1970’s.
This debate withered away in the face of state-centered approaches, but this book’s new approach emphasizes the interaction of states and transnational actors, arguing that domestic structures of the state as well as international institutions mediate the policy influence of transnational actors.
Empirical chapters examine the European Economic and Monetary Union, US-Japanese transnational relations, multinational corporations in East Asia, Soviet and Russian security policy, democratization in Eastern Europe, and ivory management in Africa. The book concludes with chapters discussing the theoretical implications of the findings in the empirical studies.
May 09, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore hagiye kubaho amarushanwa y’ikoranabuhanga mu itangaza makuru «Promotion of Social Media» dore nagushyize kuri lisiti, witegure rero Uwiteka agiye kuguha umugisha binyuze muri iryo rushanwa uko niko Uwiteka avuze.
ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge uti, dore hagiye kubaho inama y’ibihugu bihuriye mu muryango IGAD, uyu muryango ibi bihugu bihuriyemo, bagiye kwirukana impunzi ziba muri ibyo bihugu, buri mpunzi isubire iwayo uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zisubiranyemo kuko Uwiteka amanuye umwuka wo kubatandukanya kugirango yangize imigambi yabo uko niko Uwiteka avuga. Ibyo Uwiteka abikoreye kugirango ijambo ryahanuwe nabahanzi rirusheho gusohora bityo inkozi zibibi zimenyeko mu ijuru har’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ishyari ryishe abantu benshi kubera umurimo wanjye unkorera kuko benshi bifuje gukora umurimo ukora, ariko ntibabigeraho. Dore bagiye kuzajya bagutuka ndetse banakuvuge ibibi banaguhimbira ibyo utigeze ukora, niyompamvu ntigeze nshaka ko umenyekana kugirango ubwo bazashaka kugusiga ibizinga bazabure impamvu uko niko Uwiteka abivuga.
May 10, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara ashyizeho komisiyo y’abakagara kugirango bahindure itegekonshinga, kandi uwo mushinga agiye kuwukorera mu bwihisho maze igihe cyo guhindura itegekonshinga nikigera aziyerurutsa avuge ko bagiye guhindura itegekonshinga nyamara ryarahinduwe cyera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore umwakagara agiye kwica abahutu benshi kuko azi neza yuko batamushyigikiye hamwe n’abacika cumu, azabicira hasi no hejuru, dore abacika cumu agiye gukoresha amarozi kugirago amare abacika cumu bize hafi ya bose, none hanura uvuge ngo bwoko bw’Uwiteka muramenye mwirinde amarozi yuwo munyagwa ugiye kumara ubwoko bw’Uwiteka auko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka yahinnye amaboko yabarepubulike bo mu bwoko bw’Abahutu, ahereye kuri Twagiramungu Fausitin kuko nta repubulika y’ikinyoma izongera kujya kubutegetsi mu gihugu cy’Abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka arinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi zikibi ziritotombera cyane igikorwa cy’Ubuhanuzi ko gikomeje gusenya imirimo yabo no gushyira ahagaragara uburiganya bwabo bityo abana b’abantu bagahita bamenya imigambi yabo kandi byari ibanga. Basabye ko wafatwa ugafungwa ariko byarananiranye bashyizeho ibihembo kuwabasha ku kubona ngo baguce igihanga na byo byaranaaniranye uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Umuhanuzi mukuru yakije umuriro ahari umwijima kugirango yangize imirimo yabazimu n’abadayimoni uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihugu cy’abakiranutsi kigiye kwinjira mubutayu bukomeye cyane igihe cy’akaga, amakuba, n’ibyago nyamara kubaziringira Uwiteka Imana yabo azabagirira neza uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore basirikare b’abakagara bagiye kuzajya banyuruza abahutu buhoro buhoro nyamara iyo migambi yabo yose ndayuruzi nkabihorera bakagirango mpwanye nabo, igihe kiraje kandi kirasoheye ubwo bazishyura ibyo bakoreye ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore muri gakondo yabakiranutsi habaye uburiganya kuva mu Bugesera-kugera I Kigali, ubwo buriganya bukozwe n’abakagara hamwe nabaherwe bakomeye kandi dore bakoresheje ubutabera kugirango bigwizeho imitungo nyamara nayubusa kuko imirima yabo yezemo ibigori hamwe nibigoye uko niko Uwiteka avuga.
nccleon@gmail.com