Mar 1, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yambikwa impeta ya zahabu (ring of gold) y’isezerano hagati ye n’Uwiteka Imana Nyiringabo ko ariyo azakorera nta yindi Imana azakorera uko niko Uwiteka abivuga. ijambo ry’Uhoraho w’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, dore hari Abatutsi bahunze kuva 1959 bahumanije abantu banjye! None hanura ko nciye iteka abo bantu babohowe, kandi ko ngiye guhora ku bagize ibikorwa by’ubugizi bwa nabi uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari Abahutu barenganijwe n’Abatutsi kandi barabahishe, mu ntambara yabaye muri gakondo yabakiranutsi, barangiza bakabagirira nabi bagafungwa bazize akamama, ibyo na byo sinzabura kubahorera kuko babuze kirengera, ndetse bahora bicuza ineza bakoze ko yababereye umuvumo, ariko kuko nd’Uwiteka kandi nkaba narabibonye hanura uvuge ko ngiye kubahorera uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore icyegera cy’umukuru w’igihugu wa Kenya Samuei William Ruto wungirije Uhuru Kenyatta akoresha imbaraga z’umwijima kandi igihe kirageze ngo mushyire ku karubanda uko niko Uwiteka avuze.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona abasirikare bakuru mu ngabo za RDF bamezwa gahunda yo kugambanira shebuja Umwakagara kugirango acibwe igihanga kuko yanze kuva ku ngoma, ahubwo arashaka kuzayivaho ayisigira umuhungu we uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu uramenye ntubuze kandi ntuhagarike abadayimoni bagiye muri gahunda yo guca igihanga Umwakagara Paul Kagame kuko uwicisha inkota niyo azazira uko niko Uwiteka abitegetse.
Mar 2, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abakiristu na bayisilamu bahanganye cyane mu isi ya bazima, maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu hanura kandi uvuge uti, dore yabayisiramu nta mpuhwe bagirira abakiristu, nabo niyompamvu Uwiteka atazigera abagirira imbabazi kuko ugira imbabazi nawe azazigirirwa.
Nerekwa uburyo abayisilamu barwanira ubutaka, kandi batari mukuri nyamara abakiristu bakabubarekera kubera kwanga intambara za hato nahato zirangwa mubayislamu.
Mar 10, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe, sinza guhana nahato, kuko abahiga ubugingo bwawe nta gihe na kimwe bazigera babubona uko niko Uwiteka abivuga.
Nerekwa umwe mubanyapolitike bo mu gihugu cya Kenya witwa Raila Odinga azungurutswe n’abaturage bambaye imyenda y’intambara za gakondo bambaye ingabo bafite amacumu bambariye urugamba kugirango barwane kandi bakureho umukuru w’igihugu Uhuru Kenyatta. Nyamara Raila yararinzwe kuburyo budasanzwe kandi bukabije bamufata nk’Umwami.
Mar 11, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu kibaya cy’ubutayu bugufiya, mbona umwuka w’inzika y’inzigo winjira mu bigeragezo, mbona abanyepolitike bo mu Rwanda; ko bagiye gupfa bagashira bakarimbuka nta numwe uzasigara wo kubara inkuru uko niko Uwiteka avuze.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ibibembe utera amadini yo mu Rwanda, kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ibyo yavuze, mbona Umuhanuzi mukuru agerageza kubatabara, ariko Uwiteka aramubuza ngo kuko babaye intumva bahinduka ingumba zamatwi uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Uwiteka Imana Nyiringabo yoherezwa kuza kurimbura ayo madini yo mu Rwanda, kugirango arimbuke kandi ayamaraho ntihazasigare nuwo kubara inkuru uko niko Uwiteka avuga.
Mar 12, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona aba Congomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge, bakaba abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, mbona uburyo ingoma y’abega yamaze kubaha umurimo wo kuneka igihugu cya Kenya ndetse no kugambanira abanyarwanda b’impunzi baba muri icyo gihugu, ariko ntabwo ibyo bakora bizabahira kuko umuvumo w’Uwiteka utazabura kubabaho uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intasi z’ u Rwanda zihagurukiye kongera guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango bamuce igihanga, kubera Ubuhanuzi ahanura ngo burababangamiye cyane kandi abanyarwanda bose nibwo bubatunze nyamara babuze uburyo bwo ku buvuguruza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mar 13, 2015 njyanwa mu mwuka mbona umwakagara Paul Kagame, yateranije abakonikoni be, abasaba gushika umwuka w’Umuhanuzi mukuru kugirango bamwice bakoresheje imbaraga zitwa iya kure urushikisho mu yandi magambo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona bashitse Umuhanuzi mukuru numva urusaku rw’amajwi menshi asuma nk’amazi amanuka mu mugezi, mbona Umuhanuzi mukuru bazanye umwuka we, maze bahita ba mukubita ikintu kimeze nk’inkuba, ahita yi kubita hasi ngira ubwoba ntekereza ko apfuye, ariko mukanya ko guhumbya mbona arazutse.
Deuteronomy 18:10-11 “Let there not be found among you anyone who causes their son or daughter to pass through the fire, or practices divination, or is a soothsayer, augur, or sorcerer” “Or who casts spells, consults ghosts and spirits, or seeks oracles from the dead.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura kandi uvume RPF, kuko bakabije gukora ibyangwa n’amaso y’Uwiteka kandi igihe cyabo cyarangiye uko niko Uwiteka avuga.
Mar 14, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ashinga urubanza hagati ye, n’ubwoko bw’Abatutsi, abashinja ubuhemu, ubugome no gukiranirwa no kumena amaraso atariho urubaza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Numva umwuka w’Uwiteka avuga ngo, Uwiteka ashinze urubanza hagati ye, n’ubwoko bw’Abatutsi, abashinja ubuhemu bukomeye! ubwicanyi bukomeye! kumena amaraso gukomeye kw’abatariho urubanza. Nerekwa umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ugurumanira mukanwa no mu mazuru wakijwe n’ubutegetsi bwa RPF, n’Umwakagara Paul Kagame wigize ikigirwamana mu banyarwanda.
Nerekwa ingabo nkuru z’igihugu zigambanira umukuru w’igihugu Paul kagame kubera ko imbaraga yabijeje zitagize icyo zibamarira maze bafata umugambi wo kumukura ku ntebe kugirango habe intambara ibintu bisubire irudubi kandi bitangire bushya ahari bazakira amahanga arimo kubagera ibijanja.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ninde muhanga, kandi w’umunyabwenge, ngo akoreshe umwuka w’Uwiteka amenye imigambi y’Uhoraho? Ninde muhanga wigeze kumenya icyo Uwiteka atekereza? Uko niko Uwiteka abaza!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ninde wasengesha umwuka w’Uwiteka maze akamugira inama? Uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona aba Mailaka (2) bamanutse kuza gufasha Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha kurwana intambara kuko byari byakomeye inkozi zibibi zabagabye ibitero bikomeye cyane, maze Uwiteka arambwira ati ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nohereje abamailaka kugufasha kurwana intambara kuko abarozi bagukoraniye uko niko Uwiteka avuga.
Mar 15, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi bohereza imyuka iyobya yo kwibagirwa ibyo neretswe, ibyo babonye bibananiye mbona bahindura noneho bohereza imyuka yo kumpindura umusazi, ariko umwuka w’Imana anzaho angarurira ubwenge bwanjye bwose ndetse nongerwa ubundi ntari nsanganywe uko niko Uwiteka avuga.
Mar 16, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona z’abega APR/RDF zitegura intambra igiye kuba mu gihugu cy’u Rwanda no mukarere kibiyaga bigari mbona ingabo zirinda Umwakagara Paul Kagame zihindurwa, maze bajya mu biro bikuru by’iperereza bya DMI bazana abandi basimbura abarinda Umwakagara, ndetse bagenda banatoragura abandi mu mihanda ngo kuko abari basanzwe bamurinda atakibizeye uko niko Uwiteka avuga.
The rhema word of the Lord came from heaven unto me, and told me that, son of man of living God of heaven, this is the word of the Lord blessed to you called UC Hong Kong. According the research, I found out, that word it means «income comes every monthly through in the Bank to the account of the somebody» This system started from Hong Kong says the Lord mighty.’
Mar 17, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu umwakagara Paul Kagame atangiye kwitegura uburyo azacika igihugu ubwo intambara izaba irimbanije yo kumukura kubutegetsi! Mbona atunganya amato ayo azakoresha acika igihugu ategura kuzahungana na basirikare (36) na batandatu (Platoun) abenshi bazaba bari kumwe nawe bazaba ari Abatutsi b’abega bavanzemo na banyamurenge.
Mar 18,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru alinze gakondo yabakiranutsi, maze mbona Umuhanuzi mukuru alimo kumubaza ngo mbwira aho igihe kigeze? Na we aramusubiza ngo burenda gucya! Hasigaye agahe gato cyane umuseke ugatambika! Mbona abakuru ba madini bashaka umugabane kuri gakondo yabakiranutsi kandi ntaruhare cyangwa umugabane bawufiteho.
Maze umulinzi mukuru arabahakanira, baravuga ngo byanze bikunze bazakoresha inzego za Leta babone umugabane kuri gakondo yabakiranutsi, maze mbona Umuhauzi mukuru arababwira ngo cyeretse muhinduye itegeko nshinga kandi ntibishoboka.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bakuru bamadini mu Rwanda abavamo arababwira ati, uko niko bimeze cyeretse itegekonshinga rihinduwe aliyo (Bibiliya) naho ubundi nta bwo mwabona umugabane kuri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Ako kanya asaba Umuhanuzi mukuru kumusabira umulinzi mukuru kumuha amazi agakaraba intoki akitandukanya nabo bakuru bamadini. Umulinzi mukuru aramwemerera atema umutumba w’insina maze havamo amazi akaraba intoki yitandukanya nabo bakuru bamadini uko niko Uwiteka avuze.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakuru b’intara z’u Rwanda n’utugari, n’imirenge bitegura guhunga, mbona binjijwe mu ishuli haruguru yiryo shuli harimo ababaji babazaga ubwato bw’abayobozi bakuru bigihugu bitegura guhunga. Maze mbona Umuhanuzi mukuru ababaza iby’ihunga ryabo, mbona ko abayobozi batakivuga rumwe buri umwe atangiye gushaka uburyo yakuramo ake karenge.
Mar 19,2015 Njyanawa mu iyerekwa mbona hakozwe inama hagati ya Leta y’abega na Leta ya Kenya, mbona intumwa ya Leta y’abega mu bahagarariye Police yari komiseri wa police Rumanzi wigeze kuyobora intara y’umujyi wa Kigali Region Police Commander RPC ariwe utumwe guhagararira u Rwanda muriyo nama.
Maze mbona inama ikorwa bemeza ko uRwanda ruhawe uburenganzira bwo guhiga impunzi z’abanyarwanda zahunze igihugu ziba mu gihugu cya Kenya, zikaba zifatanije na batavuga rumwe na Leta ya RPF, hahamagazwa zimwe mu mpunzi z’Abarundi, Congo, n’u Rwanda kuza mu nama y’intasi z’uRwanda zihabwa amashillingi, imbunda yitwa (pistol) bahabwa n’imyenda yo kwambarira kuri iyo (pistol) kugirango batangire bahige kandi bice umuntu wese wahunze u Rwanda cyane abagabo bize, abacuruzi, bakora ikiswe (one network in Nairobi).
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, nta bwo ari abo gusa balimo guhiga, ahubwo banemeje yuko bakwiye guhiga umuntu wese wabayeho umusirikare wa APR/RDF cyane abahoze mu mutwe wabarindaga umukuru w’igihugu kuko ngo bafite amabanga menshi y’igihugu abo n’ukubarasa mu gihe bizaba binaniranye ko babashimuta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona impunzi z’abanyarwanda zose ziyegeranya ngo zitahe kuko igihe cyo gutaha k’Umwami w’uRwanda cyari kigeze ngo ajye kwima ingoma. Mbona impunzi zose zitonze umurongo zerekeza muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Imana avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imitwe ya politike cyangwa amashyaka ya politike atahukana na banyirayo, ariko nta mbanziriza mushinga (Project Proposal) bari bafite kuko batunguwe n’itahuka ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndoli uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, just read revelation 19:21 three-fold Hallelujah Over Babylon’s Fall
19 After this I heard what sounded like the roar of a great multitude in heaven shouting: “Hallelujah! Salvation and glory and power belong to our God,2 for true and just are his judgments. He has condemned the great prostitute who corrupted the earth by her adulteries. He has avenged on her the blood of his servants.”3 And again they shouted: “Hallelujah! The smoke from her goes up for ever and ever.”
4 The twenty-four elders and the four living creatures fell down and worshiped God, who was seated on the throne. And they cried: “Amen, Hallelujah!”
5 Then a voice came from the throne, saying: “Praise our God, all you his servants, you who fear him, both great and small!”6 Then I heard what sounded like a great multitude, like the roar of rushing waters and like loud peals of thunder, shouting:
“Hallelujah! For our Lord God Almighty reigns.7 Let us rejoice and be glad and give him glory! For the wedding of the Lamb has come, and his bride has made herself ready.8 Fine linens, bright and clean, was given her to wear.”
(Fine linen stands for the righteous acts of God’s holy people.) 9 Then the angel said to me, “Write this: Blessed are those who are invited to the wedding supper of the Lamb!” And he added, “These are the true words of God.”
10 At this I fell at his feet to worship him. But he said to me, “Don’t do that! I am a fellow servant with you and with your brothers and sisters who hold to the testimony of Jesus. Worship God! For it is the Spirit of prophecy who bears testimony to Jesus.”
The Heavenly Warrior Defeats the Beast
11 I saw heaven standing open and there before me was a white horse, whose rider is called Faithful and True. With justice he judges and wages war.
12 His eyes are like blazing fire, and on his head are many crowns. He has a name written on him that no one knows but he himself.
13 He is dressed in a robe dipped in blood, and his name is the Word of God. 14 The armies of heaven were following him, riding on white horses and dressed in fine linen, white and clean.
15 Coming out of his mouth is a sharp sword with which to strike down the nations. “He will rule them with an iron scepter.”[a] He treads the winepress of the fury of the wrath of God Almighty. 16 On his robe and on his thigh he has this name written: king of kings and lord of lords.
17 And I saw an angel standing in the sun, who cried in a loud voice to all the birds flying in midair, “Come, gather together for the great supper of God, 18 so that you may eat the flesh of kings, generals, and the mighty, of horses and their riders, and the flesh of all people, free and slave, great and small.”
19 Then I saw the beast and the kings of the earth and their armies gathered together to wage war against the rider on the horse and his army.
20 But the beast was captured, and with it the false prophet who had performed the signs on its behalf. With these signs he had deluded those who had received the mark of the beast and worshiped its image. The two of them were thrown alive into the fiery lake of burning sulfur.
21 The rest were killed with the sword coming out of the mouth of the rider on the horse, and all the birds gorged themselves on their flesh.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru wibyasezeranijwe afata urugendo ajya mu mahanga aho yasezeranijwe n’Uwiteka Imana, kugirango ibyasezeranijwe bibone gusohora, mbona agiye mu buryo butangaje ku buryo byantagaje kuko inbaraga z’Imana ziruta iza bantu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mar 20, 2015 Neno la bwana likanija kwangu nabii Majeshi Leon na kusema kwamba, mwana wa Adam, jihadhari sana na uwe macho kwa maana, adui wako wanaendelea ku kutafuta kwa njia zo zote ziwezekanazo, ili waone kwamba wanaweza ku kufikia asema Bwana wa Majeshi. Lakini usiogope kwa maana bwana Mungu amelinda roho yako nanjia zako zote kwa maana wamejaribu na wakashindwa na hata siku zote watashindwa asema wa Bwana Majeshi.
Mar 21, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ishyaka rya RNC ryifuza yuko Umwami Kigeli Ndoli bakorana nawe ibikorwa bya politike, kugirango babashe kugira imbaraga zihagije muri politike. Nerekwa ko, RNC yatangiye kubyina intsinzi kandi itarayigeraho, nabonaga Dr. Rudasingwa na Gen. Kayumba Nyamwasa babyina umuziki bakawuceza cyane, ariko bari mu butayu bugufiya kuko akabyiniro kabo ariho kari karateguwe uko niko Nyiringabo abivuga.
Mar 22, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ko ijuru rishyize umukono kumasezerano (agreement) y’Umuhanuzi mukuru hamwe n’Umuhanuzi, hamwe n’Umulinzi mukuru kugirango bahabwe umugisha uko Uwiteka avuga.
Mar 23, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urubyiruko rw’uRwanda rwanze kumva imbuzi z’Uwiteka Imana Nyiringabo, nyamara nimwo harimo ubugingo. None Uwiteka abakuyeho amaboko uko niko Uwiteka avuga.
(i) ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore wabahaye ubutumwa bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko barabwanze bubahindukira umuvumo. Nyamara se ntibwarigukiza ubugingo bwabo? Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
(ii) Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirongera rinzaho cyane rirambwira riti, dore nguhaye ubutware bwo kuvuma no gutanga umugisha uwo uzaha umugisha nanjye nzamuha umugisha, uwo uzavuma nanjye nzamuvuma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(iii) Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, ibyago byose byari bigutegereje mbikuyeho byose bihindutse bishya kandi Uwiteka ari kumwe nawe uko niko Uwiteka abivuga.
(v) Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore utsinze ikizamini cyari kigutegereje Uwiteka akugiriye neza ntiwongere gutinya cyangwa ngo uhagarike umutima uko niko Uwiteka avuga.
Mar 24, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, dore abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge bakomoka mu bwoko bw’Abatutsi! Ubaburire yuko umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo urabahagarukiye kuko bakunda gukiranirwa kuruta gukiranuka, kandi ntibashaka umuntu wese wabahanurira kuko bazi neza agaciro ku buhanuzi, kandi bakaba baziko muri iki gihe Uwiteka abahanuraho ibyago gusa.
Nuko rero nanjye nzababuza amahwemo, ntaho bazakandagiza ikirenge, nzabarwanmya aho bazajya hose kugirango amahanga ntazabakunde nibamara kubura amahoro bazangarukira uko niko Uwiteka avuga.
Nzabahozaho umuvumo igihe cyose bazacuruza ntibazunguka, bazarya ntibazahaga, bahora bashaka bene wabo bagakiranirwa babahanurira ibyiza binyuranye n’ubushake bwanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga. Ariko ubwo amahanga yose azabima matwi bakabura epfo na ruguru bazashaka mu maso hanjye uko niko Uwiteka avuga.
Mar 25, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona mu intekonshingamategeko yo mu gihugu cya Kenya ihinduka uruhu rw’inzoka yo mu bwoko bw’IMPIRI, mbona urwo ruhu rugenda rushonga gahoro gahoro kugeza igihe iyo nteko yarangiriyeho isigara itakibaho igihugu cya Kenya kitakigira inteko ishinga amategeko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo ya abacitse ku icumu rya jenocide 1994 yongera guhishurwa kubera ibyari bihishwe byashyizwe ahagaragara, mbona rpf ifashe ingingo yo kongera kubica kugirango batayikoza isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka avuze.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abanzi bumusaraba bongera guhagurukira Umuhanuzi mukuru kugirango barimbure ubugingo bwe, ariko mbona Malaika w’Imana amanuka kumutabara no kurwana iyo ntambara uko niko Uwiteka avuga.
Mar 26, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’abahutu, n’inzika ya rpf yongeye kuzamuka hagati yabo, aho bazarwanira nta cyatsi kizahasigara uko niko Uwiteka avuga.
Mar 27, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore impunzi zo mu gihugu cya Kenya zigiye kwirukanwa kuko Leta irimo gukora ibishoboka byose ngo yirukane impunzi ziba muri icyo gihugu, ariko nabo nibamara kuzirukana bazahita baba impunzi kugirango bamenye ko izo mpunzi zitabaye impunzi kubushake bwazo bityo bazajya bubaha impunzi ntibazongera kwishyira hejuru uko niko Uwiteka avuga.
Mar 28, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore uganira na Esther Marie Murebwayire wibwira yuko ankorera, ariko nta bwo arijye akorera ahubwo akorera ingoma y’abega kuko bamuhaye umulimo wo kuba magigiri kuzajya agigira abantu banjye maze agatanga amakuru I Kigali uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Burya n’ubufasha yaguhaga yabaga akuneka, dore ko ubwo mwavuganaga 04 12,2014 yarimo agufata amajwi kugirango abone raporo atanga i Kigali kandi ikimenyetso ni uko mutazongera kuvugana nawe.
Dore uwo murimo awukoze igihe kinini kandi nagiye mugutumaho ariko yanze guhinduka yinangiye umutima. We abikora yibwira ko ahima abatutsi nyamara byamuteye gukiranirwa kuko abikora yihishe mu izina ry’Uwiteka Imana ya Israel uko niko Uwiteka avuga.
Mar 29, 2015 The day of the Lord the Rhema word comes upon of me, and told me that son of man, you should research about the word of SUPERSTRATE what does it means? Superstrate prefix, it means an agreement or rules and regulations signed between two companies or purchase order in the business both sides should respect the agreement they’ve signed.
Mar 30, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yongeye kumwibuka amutegurira nyampinga bazakorana umurimo w’Imana, uwo nyampinga azaba ari hagati y’imyaka 20 na 30, kandi azaba afite amashuri haagti yakaminuza n’amashuri yisumbuye.
(ii) Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni ba karande bakomoka kubanzi bumusaraba bongera guhagurukira umulinzi mukuru wibyasezeranijwe kugirango barwanye isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ubutunzi batwaye bakoresheje imbaraga z’umwijima batabwamburwa uko niko Nyiringabo abivuga.
Mar 31, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, andika ibyo ngiye ku kubwira, kuko utazabura kubirebesha amaso yawe. Umunsi wo kuwa (4) uzabona ineza y’Uwiteka Imana yawe kuko uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
April 1,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, dore Impunzi zo mu gihugu cya Kenya zigambaniwe na banyaKenya, kuko batazishaka mu gihugu cyabo, niyompamvu nanjye nzabatatanya kumunsi wamakuba bakazahinduka impunzi kugirango mbacishe bugufi bazamenya uko ubuhunzi bumera kuko birata ko mugihugu cyabo ngo nta natambara ishobora kuhaba. Ariko ubwo bazahunga bazamenya agaciro k’impunzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 2, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abahiga ubugingo bwawe nta bwo bashobora kububona, kuko nd’Uwiteka Imana yawe, ntutinye ntugire ubwoba kuko ndikumwe nawe uko Uwiteka avuga.
April 3, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Gen.Nyamwasa Kayumba Fausitin ahawe umugisha n’abanyaMerica baneka ibikoresho bya gisirikare “ibyombo byitumanaho bakabyumviriza barangiza bakabwira Kayumba Nyamwasa amabanga y’igisirikare cy’u Rwanda. Kugirango abashe kuyashyira ahagaragara nta banga na rimwe batamubwira ku buryo kurwanya umukuru w’igihugu bizoroha cyane, kuko icyo Umwakagara akoze cyose babasha ku kimenya, ariko nta bwo azajya ku buyobozi bwo kuyobora igihugu kuko namaze kwimika Umwami w’u Rwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 4, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, dore abanyarwanda b’Abahutu babaye ingaruzwa muheto na FPR, bemeye kurya intorano za FPR, niyompamvu abanyapolitike b’Abahutu batazabona umugisha kuko batazi agaciro k’igihugu uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira rit,i dore Leta ya RPF, ifitiye ubwoba bukomeye cyane bwo kwima ingoma k’Umwami w’Urwanda, niyompamvu bamaze igihe basaba imishyikirano hagati y’Umwami na Leta y’u Rwanda bakoze ibishoboka byose kuko bazi neza yuko Umwami ariwe uzabasimbura ku ngoma nk’uko na bivuze barashaka gukoresha ibiguzi byose bishoboka ngo barebe ko Umwami yacyurwa mu nzira z’uburiganya ariko na nangiye umutima we kugirango nziheshe icyubahiro uko niko Uwiteka avuze.
April 5, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwami bw’Urwanda nzabusubiza ku ngoma, kugirango bamenye ko arijye Uwiteka wica ngakiza, uzabwire Umwami agirane amasezerano n’Umuhanuzi mukuru ko batampemukira kuko nabagiriye imbabazi mbasubiza kungoma kugirango ubwami nzabukomeze mbarinde umwanzi wese wazatekereza kugirira nabi ubwami bw’uRwanda. Ariko nibanga ntakabuza yuko ibyago akaga amakuba bizatera ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka avuze.
April 6, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ndi umunyembaraga wa Yakobo, ibuka igihe na bahaga amazi muri gereza nyacishije mu gikuta uko niko ngiye kuguha umugisha kuko nta na kimwe cyananira uko niko Uwiteka abivuga.
Col.Twahirwa Dodo azagambanira umukuru Umwwakagara Paul Kagame ubwo urugamba ruzaba rugeze mumahina
April 7, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona abavuye kurugerero muri APR/RDF bambikwa imyenda y’intambara, bahabwa umuheto mukuboko kwiburyo ukwibumoso gufata umwambi, bahabwa intwaro inini n’intoya kugirango bajye kumashana, mbona Col. Twahirwa DODO na LT. Naftal James bayoboye itorero rya CLPR ryashinzwe na Pastori Rugumbuguza Meshack basubijwe kurugerero mbona aho bari bakambitse har’igiti kinini kandi kirekire cyane, bahabwa amabwiriza yo kugitema.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu mbese waba uzi icyo kiriya giti gisobanuye? Ndamubwira nti oya! Arambwira ati umukuru w’igihugu abazamurwanira ni nabo bazamurwanya bamukure kungoma yibwira yuko bamushyigikiye kuko nahinduye imitima yabo kuko yiringiye umwana w’umuntu azamenya ko kwiringira umuntu nta mumaro bigira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nabonaga Col.DODO Twahirwa yareberaga abantu batemaga icyo giti nta babuze kandi yitwa ko ar’inshuti y’umukuru w’igihugu, ariko kugeza ubu imitima yabamushyigikiye yamaze kumuvaho kuko bamaze kubona ko imbaraga ya bizezaga zarangiye bityo bituma imitima yabo yiheba ndetse nawe ubwe yamaze kwiheba niyompmavu hazapfa abantu benshi kuko adafite igisubizo cyibibazo bimugose kuko yirase amaboka y’abana bab’abantu none bamutabye mu nama uko niko Uwiteka avuze.
April 8, 2015 The rhema word came from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, just take a look front of you the rhema word called “IN MABAD” and find out what it means. It means the place where people of INDIA they used to worship god’s, and this word originally comes from India. Masculine (or boy) mainly used by Muslims by religion.
April 9, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umuvumo wose warukuriho hamwe n’umuryango wawe wose nkuyeho uwo muvumo wasanga n’inyamaswa y’inkazi yo mu bwoko bw’isega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
(iii) Njyanwa mu iyerekwa mbona umuvugabutumwa Marie Esther Murebwayire yisobanura cyane ku bantu ko Umuhanuzi Majeshi Leon yamubeshyeye ko yaretswe ko ari maneko wa Leta y’u Rwanda; ariko abantu banga kwizera ibisobanuro bye, ararakara ariko umujinya we urangira nta cyo agezeho. Akora ibishoboka byose ngo asebye Umuhanuzi Majeshi Leon ariko abantu banga kwemera ibyo binyoma by’ibihimbano uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 10, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru ahagaze kumuryango wamasezerano, maze ako kanya amashanyarazi ahita arabura, mbona aba Mailaka (2) baraza baramubaza bati, byagenze gute kugirango amashanyarazi abure? Mbona umulinzi babwira uko byagenze, nyuma yo kubaha ibisobanuro binjira muri iyo nzu, maze bareba ama mashine yatangaga urumuri maze baramubwira ngo, nakore amasengesho yo kwiyiriza ngo kuko Uwiteka Imana yamanuye imigisha y’abakiranutsi ngo none umwanzi arashaka kuyiburizamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona umulinzi mukuru arasenze, nyuma yo gukora amasengesho iminsi yahawe na ba Mailaka, mbona ya mashanyarazi aragarutse urumuri rwongera gucana muri ya nzu ibitsemo amasezerano. Ahabwa ijambo ryitwa “ONE Prayer, One Network International” bisobanura ko abanyamasengesho bakwiye gufatana urunana bagasengeranira kugirango umwanzi atabiba amasezerano yabo.
April 11, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo hagati y’ubwami bw’u Rwanda bugendera ku itegekoshinga na repubulika ya lll itemewe na mategeko mbona hazamuka inzika ikomeye cyane birahangana kugeza kuri amina uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakangura mbaga bakangurira ubwami bw’u Rwanda ko bugiye gutaha bukava mu buhungiro, ko igihe kigeze ngo abashinzwe uwo murimo batangire kuwukora.
(ii) on day of the the Lord the rhema word came unto me, and gave me the bread of blessings, the Lord told me that before 7 pm, you’ll receive my blessings in my hands says the Lord our God host’s said.
April 12, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zishaka kwambura umulinzi mukuru ibibitsanyo byasezeranijwe kugirango bitagera kubakiranutsi, ariko mbona Uwiteka aramutabaye inkozi zikibi ziburizwamo n’Uwiteka Imana yo mu ijuru.
April 17, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu dore gakondo yabakiranutsi igiye guhura na kaga, ibyago, n’amakuba muri uyu mwaka, kandi ikimenyetso cyabyo, n’umuhanzi witwa Mihigo Kizito ukingiraniwe mu nzu y’imbohe ugiye kurekurwa n’umukuru w’igihugu icyo kizakubere ikimenyetso yuko urubyiruko nyarwanda rugiye kwinjira mubigeragezo bikomeye muri uyu mwaka wa 2015, kandi kizaba ikimenyetso cyo guhirima kwingoma ya FPR uko niko Uwiteka avuga.
April 18, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo urarakaye cyane kuko Umuhanuzi mukuru agizwe komiseri mukuru w’ibyasezeranijwe.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igitabo cy’amasezerano yabakiranutsi abadayimoni bashaka ku cyiba ngo bakiburizemo bityo abakiranutsi banditse muri icyo gitabo baburizwemo. Ariko umwuka arambwira ati sengera abakiranutsi kugirango kiriya gitabo cy’amasezerano kitibwa na bo badayimoni, n’uko ndasenga mbona cya gitabo kiragarujwe kuko abadayimoni bari bamaze gufuta amazina yose ya banyamasezerano maze gusenga mbona ya mazina yose agarutse mu gitabo cy’ibyasezeranijwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru ari we abimburiye abandi imiryango mu guhabwa umugisha w’ibyasezeranijwe ahabwa igice kimwe, amaze guhabwa icyo gice cy’umugisha, mbona abadayimoni bayobowe n’umwuka w’inzika y’inzigo bategekwa kuzanira Umuhanuzi mukuru umugisha bari baratwaye uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, andika aya magambo ngiye ku kubwira, kandi ngiye ku kwereka kugirango ubwoko bwanjye bubashe kumenya ibigiye kubaho mu isi yabazima. Dore urubyiruko nyarwanda banjiye idini rya satani Illuminati, kubera imishinga bakoze na Leta ya yiteye utwatsi nyamara ubukene bubamereye nabi, babwire ko uwihangana akageza imperuka nzamugororera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Kubera ko ubutegetsi buriho buruhije abantu banjye, niyompamvu igihugu nzagihindura amatongo masa, kandi ababateye gukiranirwa bose nta mbabazi nzabagirira kuko bazabura aho bahungira. Bibwira ko amashillingi bafite azabakiza kumunsi wamakuba, ariko nzabateza isi yose ibamagane ntibazabona n’umwobo bazihishamo uko niko Uwiteka abivuga.
April 19, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Leta y’u Rwanda ifashe abana bato na bakuru bose ibashyize mu ngabo z’u Rwanda za RDF.Ibi ibikoze kubera ubwoba no gutinya ibigiye kubabaho mu minsi iri mbere. Batekereza ko ubwinshi bw’ingabo bushobora kubafasha, nyamara ntibibuka ko, nakirishije Abisrael ingabo 300 mu gihe Gidion yari yazanye ibihumbi 20.000 by’ingabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imaba Nyiringabo abivuga.
April 20, 2015 The Rhema word came from heaven unto me, and told me that man of living God take a look front of you there’s word called” Pillen” and find out the meaning of it. In the research showed that it means the control bit, Pillen is used to enable its Operation. Or Disable its Operation.
The Rhema word came from heaven unto me once again, and said, son of living God I’m your (shield) means protection being safely, Ancestors word shield indeed the old English scied, amilla to scief ‘or shell’ in which sing as it is the meaning of the word.
Ubwo nari munsi y’igiti, ndi mu masengesho yo kwiyiriza no gushima Imana, nabonye message ivuye mu gihugu cya Cameroon yanditse mu cyongereza” +23 722 945 889 “Life Ends When You Stopped Dreaming, Hope Ends When You Stopped Believing, And Love Ends When You Stop Caring.”
Numva ndatangaye ku bwayo magambo y’Uwiteka yakoresheje umuntu ntazi kugirango anyoherereze amagambo ansubizamo imbaraga zingana gutyo nkoze ubushakashatsi nsanga iyo N° ya telephone iyo code ariyo muri Cameroon.
April 22, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge yuko igihe cyamasezerano yo guhabwa gakondo yabakiranutsi kirageze kandi kirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga! Dore ubwoko bwanjye bwamaze igihe kinini butegereje ayo masezerano none igihe ngishyizeho iherezo uko niko Uwiteka avuga. Abategereje bose mbahaye umugisha uyu munsi wa none uhereweho ubu butumwa uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bwira abari n’abatega rugori ko bagiye gusubira kubise n’ubwo badatwite! Bazababara cyane ariko abiringiye Uwiteka Imana Nyiringabo bamaze nk’umusozi zioni utabasha kunyeganyega, dore nzabana nabo mbagirire neza muri ako kaga niho bazamenya ko nitwa Uwiteka umunyemababazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(ii) Dore Umuhanuzi mukuru, Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe bakoze umurimo ukomeye cyane wo kulinda ibyasezeranijwe, ndetse no gukomeza abakiranutsi niyompamvu nanjye mbagiriye neza nkaba mbahaye umugisha mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
April 24, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umufasha w’umukuru w’igihugu Nyaramongi Jeannette Kagame, niwe usigaye utegeka igihugu hamwe na musaza we Murefu Richard naho Kagame Paul byaramurangiranye ntambaraga afite zo gutegeka nabo bakuru b’ingabo, yaba izirinda umukuru w’igihugu, cyangwa ingabo zitwa izigihugu.
(ii) Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, dore izo ngabo ziguwe neza cyane, ariko n’ubwo ziguwe neza, nyamara nibo bagushije ishyano kuko ingabo za RDF zigiye kurwana intambara izarangira ari uko Umwakagara yaciwe igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 25, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge yuko igihe cyamasezerano yo guhabwa gakondo yabakiranutsi kigeze kandi gisohoye! Dore ubwoko bwanjye bwamaze igihe kinini butegereje ayo masezerano none igihe ngishyizeho iherezo uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, dore ingabo zilinda umukuru w’igihugu cya gakondo yawe, barindisha umukuru w’igihugu amara masa kuko nta ntwaro bafite, nyamara umukuru w’igihugu yibwira yuko alinzwe, ariko habe namba nta bwo alinzwe kuko uzatera igihugu ntazabura kubanesha kuko basigaye bakaraba amazi ashyushye bari kuri patrol ya ni njoro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihugu ngishyize mu maboko ya bakiranutsi nk’uko na bibasezeranije, dore igihe muzamara kugera mu gihugu nzabaha ihumure kugirango mu menye ko nd’Uwiteka ushobora byose uko niko Uwiteka abivuga.
Dore umuvumo waruri ku gihugu wazanywe na banyampinga bambara uko bishakiye uvuye ku gihugu ntabwo uzongera kubaho ukundi kuko kirazira yongeye kugaruka mu gihugu yari yaraciwe na kiliziya akaba ariyo impamvu igihugu cyari gifite umuvumo kuva mu myaka yose ishize irenga 55 uko niko Uwiteka abivuga.
Nukuri barambeshyera sindi magigiri w’uRwanda
April 30, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Esther Murebwayire Marie akomeje kwijujuta ko adakorera Leta y’u Rwanda, kandi azi neza yuko ibimuvugwaho ari ukuri, dore arushijeho ku kwanga cyaneeee Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ikindi kandi warukwiye kumenya, s’ubwa mbere integenke ze zigaragara mu gitabo cyawe cy’Ubuhanuzi, ahubwo ntiwigeze ubyitaho nta gihe Uwiteka atamuvuzeho ariko akanga agakomeza gukorera intonorano z’inkozi zikibi. Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(i) Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye bube maso kandi bareke gukora ibyaha kuko igihe cy’imanza z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo cyaratangiye batazacirwaho iteka uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu uburire ubwoko bwanjye yuko imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zigiye gutangirira mu itorero rya Yesu kristo, hazakurikiraho guca imanza z’isi, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(ii) Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zongera kwiyambaza igisiga yo mu bwoko bw’inkanga (guineafowls) kugirango bongere bakore imihango yo guhumanya Umuhanuzi mukuru kugirango atezwe akaga, ibyago, amakuba, n’ubwo yinjiye mu masezerano, ariko arusheho guhura nibibazo bitandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
(iii) njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zigambirira guhumanya Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango baburizemo umugambi mwiza w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
May 1, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge ko itorero ry’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo ryari rimaze igihe mu bwihisho, none rishyizwe ahagaragara, kandi abantu bose bazariribesha amaso yabo kugirango bimenyekana yuko Uwiteka Imana Nyiringabo aca imanza zitabera uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru ahabwa ingemwe y’igiti cy’itunda, maze ijambo rinzaho arambwira riti, mwana w’umuntu dore uko ubonye iriya ngemwe y’igiti cy’itunda itewe kandi ikaba igiye gukura, ninako Umuhanuzi mukuru agiye kuzamurwa no guhabwa umugisha uko niko Uwiteka abivuga.
May 2, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo y’Abahutu yo muri 1961 ihagurutse izamuwe no kurwanya ubutegetsi bwa RPF kugirango bayikure ku ngoma maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, ubwire abahutu uti uko muhagurukijwe no kurwanya ubutegetsi bwa RPF nta bwo muzabukuraho ahubwo izarimbura ubugingo bwanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umunyagikari mu bwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga azana urumuri aruha Umuhanuzi mukuru, maze Umuhanuzi mukuru amurika hose muri gakondo, abona umuzimu wa republika itemewe namategeko azanywe no kwivanga mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire abahutu ko badashobora kongera gutegeka kuko igihe cyabo Uwiteka yari yarabahaye cyararangiye ntibagirengo bizaba akamenyero ko bazakomeza kujya barwanira ubutegetsi ngo babugereho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(ii) Njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka miba yaririrnze urwagasabo, maze umwuka w’Imana arambwira ati, reka nkwereke imyuka mibi irinze urwagasabo, nditegereza mbona iyo myuka yo mu buryo bwinshi uburyo igenda yihinduriza ikagenda yihindura inyoni cyangwa inyamaswa kugirango abantu batayitahura, ubundi yihinduraga ingona, ubundi ikihinduramo inzoka, maze mbona imbaraga z’Uwiteka zimanuka mu rwagasabo maze ya myuka yose ihita irahunga iragenda iva muri gakondo yabakiranutsi yerekeza mu gihugu cy’abaturanyi cyegerenya na gakondo uko niko Uwiteka abivuga.
Nuko ndakomeza ndayikurikirana kugeza muri gakonndo yabaturanyi muri DRCongo, mbona Umuhanuzi mukuru arampamagara arambwira ati, garuka kuko aho uhagaze atari muri gakondo yawe. Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 4, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abatuye isi, barushijeho kwijandika mu byaha cyane, none hanura ubwire abakiranutsi birinde kwijandika mu byaha kandi birinde iby’isi kuko nibyo bitumye abisi bijandika mu byaha kubera gukunda iby’isi bategereze umugisha w’Uwiteka kugirango batarimbuka uko niko Uwiteka avuze.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inyanja ndende cyane ibujyakuzimu, mbona abantu baturuka hejuru bakinaga muriyo Nyanja batabanje kureba aho inkombe ziherereye kugirango baze kubasha kuyivamo, mbona iyo Nyanja yagutse cyane mu bugari bwayo, kandi nta nkombe zari zihari aho abantu bambukira ngo babashe kwambuka bavamo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu abantu bagiye kwinjira mu isi cyane, batabanje no gutekereza ingaruka zizakurikiraho kuko bahisemo kurimbura ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Uwinagagamo wese muri iyo nyanja yakomezaga koga muri yo ariko kuvamo bikaba bitamukundira kugirango abashe gusubira ku hanze y’inyanja, maze umwuka w’Imana arambwira ati, dore uko ubibonye niko bimeze iyo bamaze kwijandika mu by’isi nta bwo biba bikibashobokeye yuko babasha kubivamo ngo bagaruke inyuma babashe gushaka mu maso h’Uwiteka kuko ibyabo biba birangiye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona iruhande rwiyo Nyanja hateye igiti cy’Ubugingo cya nyunyuzaga ya mazi ya yanyanja, maze mbona icyo giti giteye iruhande rwiyo Nyanja gifite imbuto nziza, ariko abantu ntibabashaga kuzibona ngo bazisorome, ahubwo babaga birangariye kureba ya Nyanja no gushaka kwinjiramo koga bakajya bayivurugtamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona umwana w’umuhungu w’imyaka (4) waruhagaze imbere yanjye ambuza kwinjira muriyo Nyanja, kuko narimfite ubwoba bwinshi ko nshobora kuyijyamo, kandi kuyivamo bidashoboka, ntangazwa n’uwo mwana muto uri imbere yanjye ambuza kwinjira muriyo Nyanja, kandi nawe na bonaga ntaho afashe ku buryo bitamubuza kugwa muri iyo nyanja (umwana w’umuhungu bisobanura umwuka w’Uhoraho) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’Uwiteka Nyiringabo, yagutanze ku nyanja kugirango utagwa mu nyanja (ibibazo bikomeye byo mu isi) maze ndabwirwa ngo, dore Uwiteka Nyiringabo akubereye umurengezi kugirango akomeze ubugingo bwawe, kandi nawe ukomeze kumwiringira kandi ukomeze umurimo we yaguhamagariye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 5, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi z’ikibi ziraguhagurukiye, ariko ntibigishoboka yuko hari icyo bagutwara, kandi bahagurukiye n’abakiranutsi, ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, ubabwire bafate umunsi wa masengesho basengere abakiranutsi b’itorero ry’Umwami wabakiranutsi Yesu kristo kugirango Uwiteka arusheho kubarinda no kubagirira neza uko niko Uwiteka abivuga.
(ii) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umugore witwa Susana Thomas Gatabazi yaguhumanije ukiri mutoya, dore hashize imyaka six years in the wilderness (6) uri mu butayu bugufiya, umaze kugaruza umugisha wawe wose yari yarakwambuye, none nta cyintu basigaranye yirirwa mu mandwa Azibaza uko yakongera akaguhumanya kugirango umugisha wabambuye bawusubirane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
(iii) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe kirageze ngo utangire ufashe ubwoko bw’Imana bwahumanijwe ubigishe uburyo bashobora kwibohora,Uwiteka Imana avugana nabo ariko ntibatahure icyo ababwira, abantu benshi bafite umuvumo wo guhumana barahumanijwe, kandi bakeneye umugisha nyamara ntibashobora kuwubona batarabohoka kuko baraboshye.Tangira utange amasomo kuri za nkoranya mbaga ubabwire uburyo bashobora kwibohora kugirango babashe kwinjira mu masezerano y’Imana bataboshye uko niko Uwiteka abivuga.
May 6, 2015 Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona igihugu gihabwa umugisha maze Uwiteka arambwira ati dore abantu biberaga mu murwa mukuru w’urwagasabo kubera amahoro menshi n’umugisha mwinshi igihugu kizaba gifite, dore abantu bazamanuka bajye kwibera mu byaro kuko ubuhinzi buzagira agaciro cyane kurusha kuba mu murwa uko niko Uwiteka abivuga.
May 13, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu cya Kenya kiratutumbamo intamabara, reba abanyamuryango ba Jubilee iyobowe na Uhuru Kenyatta bazava muri iryo shyaka bisangire uwo batavugaga rumwe kuko Leta ya Uhuru ikomeje kurangwa no kumena amaraso uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 16, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Umwami w’uRwanda namuhaye ubwami, mukura ku ngoma, none ongera uhanure uvuge uti, Umwami w’uRwanda yimye ingoma uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti niwumvira ibyo Uwiteka agusaba kumva no gukora uzasubira ku ngoma, ariko nuramuka utumviye ijambo rye, nta bwo uzongera kwima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, ubwire abanyarwanda biringira Kayumba Nyamwasa ko nta butegetsi ateze kuzafata kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yamuvumye uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nzagarura ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga, kugirango gakondo yabakiranutsi iyoborwe n’ubwami uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umuryango wabibumbye UN wongera kugarura ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga, mbona habaye ibirori bikomeye byo kwimika ubwami bw’uRwanda bwari bumaze imyaka ni myaniko mu mahanga, mbona ba nyampinga bashinzwe kwakira abantu muriyo hotel yakorerwagamo ibirori byo kwimika ubwami bw’uRwanda bwari bwagarutse mu gihugu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Mukanya ko guhumbya umukuru wa UN araza yemeza yuko Umwami w’uRwanda Kigeli Ndoli ari we ubaye umukuru w’igihugu cy’uRwanda w’ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga. Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
njyanwa mu iyerekwa mbona intumwa zitumwe n’umuntu ukomeye cyane kuza gushaka Umuhanuzi, izo ntumwa mbona bari (3); umwe muri bo yasaga n’umwe mubakomeye, abandi (2) basa na boroheje uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko bagiye kwakirira Umuhanuzi mukuru muri hotel nziza cyane, ariko sinamenya neza icyari kibazanye, nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti mwana w’umuntu dore nkugize ukomeye kandi abagupingaga bose nta bwo bashobora kuzabona umugisha batabanje kugushaka ngo bagusabe imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 17, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu cya Kenya, nyuma yifungwa ry’icyegera cy’umukuru w’igihugu Visi perezida Wiliam Ruto, bazahita bica umunyapolitike ukomeye wicyo gihugu witwa Raila Odinga kugirango bose bagendere icyarimwe bityo Uhuru Kenyatta azabone uko yiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu azaba muri 2017.
Ariko dore iyo migambi nta bwo izamuhira kuko hazaba intambara itarigeze kubaho muri icyo gihugu, kandi izaba intambara ikomeye cyane ndetse n’amahanga nta bwo azashobora kuyihagarika kuko ubwoko bw’Abakikuyu bazirukanwa mu murwa mukuru wicyo gihugu Nairobi bakazazerera amahanga kubera gukiranirwa kwabo uko niko Uwitekava avuze.
May 19, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubwoko bw’Abahutu bwamaze kugera mu mahanga aho bahungiye baradamarara baranezerwa kuko babonye igihugu cyera kuruta icyo bavuyemo!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ndetse bamwe muri bo nta nubwo bashaka kumva iyo mvugo kubera iyo mpamvu igice kimwe cy’Abahutu nta bwo bazataha kuko bazababazwa cyane nikurwaho rya repubulika itemewe namategeko uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muzagerageza kubakangurira gutaha, ariko nta bwo bazabyumva, ahubwo bazajya babuza na bashaka gutahuka ngo kuko nsubijeho ubwani ariko nibaramuka banze gutahuka igihugu cyose bazaba barimo bazahinga ntibazeza ibyo bazahinga byose bizarumba ntabwo bazabona umusaruro kuko bazaba barwanije umugambi wanjye nanjye nzabima imvura cyangwa mbime umugisha aho bazaba bari hose ku isi uko niko Uwiteka avuze.
May 20, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Intekonshingamategeko yo mu Rwanda igiye gukora amahano yo guhindura itegekonshinga kubera bahawe intonorano. Dore buri munyamashingamategeko ahawe intonorano zingana na miliyoni zigera kuri 17 z’amashillingi y’uRwanda kugirango bemeze ko Umwakagara atazava ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, kubera iyo mpamvu baravumwe kuko bakoze ubushake bw’abana b’abantu uko niko Uwiteka avuze! Dore ibyo batinya ntibizabura kubageraho kuko ibyago na bavuzeho n’ubundi nta kizabibuza yuko bibasohoraho kandi abo bose bemeye kurya intonorano nta bwo bazabasha kurokoka kuko biringiye abana b’abantu ukoniko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abamaze gusinyira yuko itegekonshinga rihindurwa, abo bose nyuma yicyo gikorwa bazirukanwa mu ntekonshingamategeko uko niko Uwiteka avuze.
Dore bicukuriye urwobo kuko icyo bakoze nina cyo kizabakoraho ntakabuza uRwanda ruzahinduka amatongo cyakora abakiranutsi banjye nzabarinda nk’uko nyina w’umwana amurinda inzara cyangwa icyago cyose cyamugeraho uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore hagiye kwicwa impunzi ikomeye cyane mu maso yabana b’abantu izicwa n’ubutegetsi bw’umwakagara Paul Kagame, iyo mpunzi ni (Umwami Kigeli V Ndahindurwa) nyamara iyo mpunzi izize kutumvira ibihanurwa yiringiye imbaraga z’amaboko y’abana bantu, ndetse yanahakanye Ubuhanuzi avuga yuko ari bitekerezo by’abana b’abantu, ariko noneho uko Col.Patrick Karegeya murekuriye mu maboko ya banzi be, n’uwo niko ngiye kumugenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 21, 2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura, kandi wandike ibi ngiye ku kubwira, dore igisirikare cy’Urwanda ngishyize mu butabera bw’Uwiteka kuko cyaranzwe no guca imanza zibera zishingiye ku karere, n’imiryango, na moko bagiye bazamura amapeti abavuye mu gihugu cya Uganda abandi batabaranye barabirengagiza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti. niyompamvu nanjye mbashyize murubanza kandi icyo gisirikare nta bwo kizongera kwibukwa ukundi kuko baranzwe no gukiranirwa ndetse ababahungiyeho barahindukiye barabica kandi bari baje kwifatikanya nabo kwitabaro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Babishe nta cyo babashinja ngo niko batinyaga kuzategekana nabo, ariko ibyo byose nzabishyira imbere yabo kumunsi w’urubanza uko niko Uwiteka avuze! Bwira ubwoko bwanjye burusheho kunyegera no kwiyeza kuko iminsi ishyize cyera kandi ubabwire uti, ururi mu nka ruri no mu ihene uko niko Uwiteka avuze. Dore nzagirira neza abinzu yabakiranutsi kuko ba nkunze bagashaka mu maso hanjye, nanjye niyompmavu nta zabura kubibuka igihe cyamakuba ubwo kizaba gisoheye uko niko Uwiteka avuze.
22 FEB 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, this is how the Lord Almighty God of heaven said to Kenyans. as you rejected me, also I ‘will rejected you says the Lord might glory.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge yuko mu gihugu cya Kenya hagiye kuba ibibazo bikomeye cyane ku buryo isi itazabashaka kugira icyo ibikoraho uko niko Uwiteka abivuga!
25 FEB,2015 njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya mbona Umuhanuzi Elisha wo muri Bibiliya aza gusura Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha mukiganza, maze arambwira ati, mwana w’umuntu humura komera kumulimo wa data kuko Uwiteka agiye ku kongera izindi mpano zikomeye kuko wagize umugisha Uwiteka aguhitamo akugira umugaragu we, none komera dore nanjye nguhaye impano zanjye na koreshaga kuko igihe cyose gishize nari nabuze uwo nziha ngo azikoreshe uko niko Uwiteka avuga!
27 FEB,2015 Neno la Bwana Mungu mwenyezi likanijia na kusema ya kwamba, vita kubwa sana inayo kwenda kutokea katika nchi ya Kenya, nikaona Jeshi la KDF nchini Kenya likipigana na wananchi lakini harikuweza kufanikiwa kurudisha amani asema Bwana wa Majeshi.
01 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu manuka mu butayu bw’umurwa mukuru w’Ishushani mu gihugu cy’Ibabyloni, maze ugende ujye mu kibaya cy’ubutayu bugufiya kugirango nkubwire ibikurikira. N’uko ndamanuka ngeze mu butayu bugufiya ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu dore inkozi z’ibibi z’umwakagara Paul Kagame zamaze kumenya aho utuye, none uko wasohotse n’inzira waciye ujya mubutayu, ntiwongere gusubira inyuma ngo usubire mu icumbi ryawe kuko bamaze gutegura umugambi wo kuguca igihanga.
02 Mar 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore indirimbo abanyarwanda bakwiye kuririmba muri iki gihe:” Mana nk’uko wabashaga basogokuruza natwe uzaturengere mu bihe biri mbere.” Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
03 Mar 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bava ku isi yose bateranira mu murwa mukuru wa Nairobi. Bari benshi cyane barangije binjira mu baturage baho babinjiramo maze ako kanya intambara ihita iratangira ku buryo butunguranye itazwi aho iturutse.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara isi iramwugarije kandi iramugenda runono, dore barimo gushaka uburyo bamuca igihanga, kandi na we arabizi neza, yuko bagiye kumuca igihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
04 Mar 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo urahagurutse kandi uhagurukanye imbaraga zidafite ibitereko, ariko uhumure kuko Uwiteka yamaze guca inzira ahatari inzira, ndetse yamaze kuzana amazi mukidaturwa ho mubutayu uko niko Uwiteka avuze.
05 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho inshuro (3); rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye butuze ndabizi neza yuko baremerewe n’ubutegetsi, ariko babwire ngo iyo RNC mwiringira nta bwo ishobora kubakiza kuko nta muntu numwe uzakizwa na maboko ya bana b’abantu dore nd’Uwiteka agiye ku bakiza iyo ngoyi ibaremereye uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abategarugori bo mu Rwanda bagiye kwinjizwa mu ishuri rikomeye ryitwa (Professional studies) iryo ishuri rizaba ari gaheza kuko nta numwe uzaritsinda (religious of Rwanda) uko niko Uwiteka avuze.
06 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore mu Rwanda hamanutse umwuka wo gufata imyenda yitwa “UMURENGE SACCO” nyamara abazafata iyo myenda nta bwo bazashobora kuyishyura ahubwo bazamburwa utwabo twose basigare iheruheru uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore mu rwagasabo abategarugori ntibagishaka kumva ubuhanuzi ngo kuko bwatinze gusohora, ikindi dore abahanuzi n’abahanuzi-kazi bahanganye n’intumwa ya Satani yitwa Rwandamura Charles uhagarariye idini rya United Christian Church UCC kuko adashaka kumva yuko haba hariho abandi bahanuzi bamuruta kandi atari Umuhanuzi, ahubwo akora umulimo wo kugigira abanyarwanda abinyujije mu nzira y’iyobokamana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, dore abanyamasengesho bamaze gucika imbaraga ntibagishaka gusenga ngo ni uko ibigeragezo bibaye byinshi cyane. Ariko babwire uti aho imbaraga zanyu zirangirira niho iz’Uwiteka zitangirira kuko igihe bari barangije gisigaye ari gito cyane ngo basoze ibi bagerageza uko niko Uwiteka abivuga.
07 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu, dore umwakagara agiye gushinga Foundation Kagame izamwamamaza mu matora ya 2017 kuko arateganya yuko ashobora kwitoza ku giti cye mu gihe azaba abona guhindura itegeko nshinga bitamworoheye, ikindi kandi arashaka ko iyo Foundation Kagame izaba ishinzwe kuyobora igihugu abo bazamwamamaza ari bo bazategekana nabo mu gihe azaba asubiye ku ngoma igira gatatu uko niko Uwiteka avuze.
10 Mar 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami w’uRwanda asubira muri gakondo yabakiranutsi wenyine atari kumwe na bajyana be, mbona amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kagame agera kuri (2) ashinga umutwe w’ingabo kugirango bakureho ingoma y’abega iyobowe n’Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, icyo gihe hazaba hariho undi Umwami wasimbuye Kigeli V Ndahindurwa ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa yuko byari biteganijwe yuko uwari kuzamusimbura yitwa (Nyirinyinya Uwanyirigira Biregeya). Ariko kuko azaba Umwami mubi cyane akazayobora ubwoko bwanjye nabi, azasimburwa n’umugabo utuye mu gihugu cy’Umwami kazi mu Bwongereza (United Kingdom) uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka aguhaye impano yo gukora ibimenyetso ni bitangaza mu gihe gitoya gisigaye mbere yuko ubutabera bw’Uhoraho Nyiringabo butangira kugirango utegure inzira yabakiranutsi cyane inzira y’Umwami Yesu kristo kuko igihe gishyize cyera kandi ibyahanuwe bikaba bigeze kumuryango ngo bisohore uko niko Uwiteka abivuga.
11 Mar, 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, this is what he says: He which sowed sparingly shall reap also sparingly; and he which sowed bountifully shall reap also bountifully the Lord God of living says.
13 Mar 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bazashira kubera ko babaye intumva bagashukwa n’Umwakagara ngo namahoro, nyamara bagiye kugubwa gitumo nk’uko umuhinzi agubwa gitumo nimvura yo mucyi.
Abanyarwanda bazashira burundu ku buryo uzarokoka azaba ameze nk’icyatsi cyo mu mapfa y’izuba mu gihe cy’inzara uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore abanyarwanda umwakagara yababereye nka Ahab mwene Nebat yigishije ab’Israel gukiranirwa yanyujije abakobwa na bahungu mu muriro abatandukanya n’Uwiteka bituma Uhoraho abarakarira maze abaheha nk’uheha amazira ntoki uko niko umwakagara Uwiteka azamuheha nka mazira ntoki uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo urahagurutse kandi ni wowe wifuza, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe nzakugirira neza niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka abivuga.
nccleon@gmail.com
