Home News Ubutabera bw’Uwiteka,mu nzu nshingamategeko y’uRwanda,no mugisirikare cya RDF.

Ubutabera bw’Uwiteka,mu nzu nshingamategeko y’uRwanda,no mugisirikare cya RDF.

0

19th FEB,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Intekonshingamategeko yo mu Rwanda igiye gukora amahano yo guhindura itegekonshinga kubera bahawe intonorano.Dore buri munyamashingamategeko ahawe intonorano zingana na miliyoni zigera kuri 17 z’amanyarwanda.

Kubera iyo mpamvu baravumwe kuko bakoze ubushake bw’abana ba bantu uko niko Uwiteka avuze!Dore ibyobatinya ntibizabura kubageraho kuko ibyago nabavuzeho nubundi ntakizabibuza yuko bibasohoraho kandi abobose bemeye kurya intonorano ntabwo bazabasha kurokoka kuko biringiye abana ba bantu ukoniko Uwiteka avuzze.

Mwana w’umuntu dore abamaze gusinyira yuko itegekonshinga rihindurwa,abo bose nyuma yicyo gikorwa bazirukanwa mu ntekonshingamategekouko niko Uwiteka avuze.Dore bicukuriyeurwobo kuko icyo bakoze ninacyo kizabakoraho ntakabuza uRwanda ruzahinduka amatongo cyakora abakiranutsi banjye nzabarinda nk’uko nyina w’umwana amurinda inzara cyangwa icyago cyose cyamugeraho uko niko Uwiteka avuze.

Dore hagiye kwicwa impunzi ikomeye cyane mu maso yabana ba bantu izicwa nubutegetsi bw’umwakagara nyamara iyo mpunzi izize kutumvira ibihanurwa yiringiye imbaraga z’amaboko y’abanaba bantu,ndetse yanahakanye ubuhanuzi avuga yuko aribitekerezo by’abana ba bantu,ariko uko Col.Karegeya namurekuriye mu maboko yabanzi be,nuwo niko ngiye kumurekurira mu maboko yabanzi be yiringira amashuri yize ariko ku munsi wa makuba ayo mashuri ntazabasha akumukiza uko niko Uwiteka avuze.

Abakuru bingabo z’uRwanda RDF.

RDF21st FEB,2015 Ijmbo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu hanura kandi wandike ibi ngiye ku kubwira,dore igisirikare cy’Urwanda ngishyize mubutabera bw’Uwiteka kuko cyaranzwe no guca imanza zibera zishingiye ku karere, n’imiryango,n’amaoko,bagiye bazamura amapeti abavuye mu gihugu cya Uganda abandi batabaranye barabirengagiza,niyompamvu nanjye mbashyize murubanza kandi icyo gisirikare ntabwo kizongera kwibukwa ukundi kuko baranzwe no gukiranirwa ndetse ababahungiyeho barahindukiye barabica kandi bari baje kwifatikanya nabo kwitabaro.

Babishe ntacyo babashinja ngo niko babatinyaga kuzategekana nabo,ariko ibyo byose nzabishyira imbere yabo kumunsi w’urubanza uko niko Uwiteka avuze!Bwira ubwoko bwanjye burusheho kunyegera no kwiyeza kuko iminsi ishyize cyera kandi ubabwire uti,ururi mu nka ,ruri no mu mbwa uko niko Uwiteka avuze.Dore nzagirira neza abinzu yabakiranutsi kuko bankunze bagashaka mumaso hanjye ,nanjye niyompmavu ntazabura kubibuka igihe cyamakuba ubwo kizaba gisoheye uko niko Uwiteka avuze.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar