May 6, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona bwa butayu bugufiya buhinduka amatongo,cyangwa se ishyamba ryiza rimeze nka PARK yinyamaswa nyabagendwa.Ubu ni bwa butayu buherereye mu burasira zuba bw’Africa haruguru ya Nyanja iri mu mpera zubutayu.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubutayu burarangiye,kandi ahari umuvumo hasimbuwe n’umugisha hehe nubuhunzi ukundi kuko Uwiteka yumvise kurira na marira ya barengana muri gakondo ya bakiranutsi none akaba amanuwe nugutabara abaharenganira kugirango abahe ubutabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo uhagurukira abantu bose basoma ijambo ry’ubuhanuzi,bagerageza kugusha gakondo y’Umuhanuzi birabananira,noneho bahitamo gushakisha abantu bose basoma ubuhanuzi kugirango babace ibihanga.ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu banjye bajye basoma ubuhanuzi nibarangiza basibe (delete) link y’inyangenewss.com basomye kugirango nibakoresha ikoranabuhanga batabona yuko wasomye inyangenewss.com niko Uwiteka avuze!
Ujya brawser uafungura,ukajya kuri opn menu,click ugafungura kuri history ugahanagura ibyo wasomye byose.Ariko ushobora no gukora installation ya Mozira ituma batabona ibyo usoma ikagutegeka guhita udeletinga ibyo wasomye byose nta kibazo uzagira cya ba HACKERS b’Abakagara bashaka kumena amaraso ya batariho urubanza niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 7, 2017 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yagambiriye ko yasenya gakondo yawe,ngo kuko yamaze kumenya igice cy’ibanga ryawe nyamara aribeshya kuko bidashoboka ko gakondo yaawe wahawe ho ku kubera umwandu ilinzwe bikomeye bitagishoboka yuko inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega zongera gusenya gakondo yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,abo bantu bariyemeje kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi Uhoraho nawe yiyemeje guhangana nabo kuzageza kumunota wa nyuma kuko icyo bagambiliye gukora cyose ahita akiburizamo.
Dore bakoze ibishoboka byose bakoresheje ba Hackers,ariko babaye abashinga umuhunda ku kirenge kuko bamaze gucirwaho iteka kandi bakaba barihinduye abanzi b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo maze bituma Uwiteka nawe ababera umwanzi wabo kuko ari ko babishatse niko Uwiteka avuga.
Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi ababyeyi babeshyana na bana babo,babuza gusoma amakuru kuri za internet.Kuko ababyeyi batinya ingoma ya Bega imitima yabo ikaba yibera mu mutwe,abana nabo bakihisha ababyeyi babo bagasoma amakuru bihishe kuko ubutegetsi bwasabye ababyeyi kubuza abana babo kutabemerera gusoma amakuru yandikwa nibinyamakuru kuri internet.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abana ntibumvikana na babyeyi babo kuko basabwe kutazajya basoma amakuru yandikwa kuri internet,kandi banababuza kuzajya baganira ibya politike bari murugo ngo kuko bituma abana barushaho kwanga igihugu cyabo bikabakururira murubanza kandi byari bidakwiye.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,icyo ni kimwe mu bimenyetso byumunyagitugu bigaragaza kuva ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa umuyaga uturutse ikantarange umanurwa no gusenya no kurimbura abatavuga rumwe n’ubwami bw’Umwakagara.Uragenda ugera ahakoreraga ubwami bw’uRwanda ariko usanga ari amatongo gusa ufata ubusa.Ubonye ko ubuze icyo ufata,urakomeza werekeza kuri gakondo y’Umuhanuzi naho uhageze ufata ubusa.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara amaze igihe kinini cyane ahigahiga ngo amenye aho Umwami YUHI VI yaba atuye cyangwa ahoy aba akorera ariko none dore za magigiri ze zose zafashe ubusa nta makuru babonye bahindukiriye gusenya gakondo yawe ikomeje kwandika amakuru yibwami ariko nabyo ntabwo babishobora kuko barimo gusiganwa nigihe cyabarangiranye kandi bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko avuga.
Nerekwa za magigiri zicengana amacenga n’Umuhanuzi,mbona bakina agapira ko mu buto bwa bana,bakomeza gukora amacenga bibwira yuko bashobora gukora amacenga kurusha Umuhanuzi,mbona ko Umuhanuzi abacenze cyane bageraho bararambirwa maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigize abanyabwenge bibwira yuko barusha umwuka w’Imana ukurimo ariko dore bakomeje gukiranirwa bikabije kandi uko bakabya gukiranirwa niko barusheho barushaho kwishyira ikuzimu aho bazibera ubuzira herezo uko niko Uwiteka abitegetse kandi niko avuze!
Nerekwa IKIYOKA kirekire kandi kinini cyane,cyohererezwa Umuhanuzi ngo kimugirire nabi,ariko kigeze muruganiriro gihura ni INKOTA y’Uhoraho igicamo kabiri.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugiye kubona ubugambanyi bwihuse,ariko nta cyo buri bugutware kuko uwibwira yuko har’icyo azi ,aba ari nta cyo azi cyo ugereranije nicyo yarakwiye kuba azi.1 Cor 8:2
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso yumubiri bikorerwa mu mwisi y’umwuka ya bazima.Nerekwa ubutayu buherereye munsi y’umusozi wubatsweho rya shuli ryagenewe kwigisha abatutsi.
Mbona ndi munsi ya giti cyumuvumu cyagizwe igicumbi cya badayimoni bakoreshwa mu bwami bw’Umwakagara na bambari be.Mbona INYENYERI [2] zimanuka zinsanga muri ubwo butayu,zirimo zimanuka zigeze mukirere hafi y’ubutaka,mbona umucyo wose ukomoka kubiva bimanitswe ku Ijuru byose bihita birazima ubutayu bwose buhinduka umwijima hasigara za NYENYERI [2] arizo zimurika muri wa mwijima.
Inyenyeri [1] igwa muri meter (100), iyindi iraza igwa imbere yanjye.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,toragura iyo nyenyeri,ndayitoragura nyifata mu kiganza cyanjye maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yongeye kwibuka isezerano yagusezeranije kandi agiye kurisohoza vuba byihuse kugirango umenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yaremye Ijuru nisi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mpindukiye nsanga ndi haruguru gatoya yaho UKWEZI ni ZUBA (sun and moon) byansanze taliki 25 Feb,2015 ubwo nari ku nkengero z’ubutayu.Nuko ndagenda nitegereza aho narimpagaze icyo gihe kuko nibuka neza yuko narindimo kuvoma amazi mu gihe ntaruzuza ikivomesho ukwezi nizuba bikamanuka bikansanga aho narindi.
Ubwo INYENYERI zimaze kugenda haciyeho umwanya nongera kubona IZUBA rimanurwa riraza rinsanga kugisasiro aho nari nirambitse ndimo kwerekwa ubugome bw’Abega uburyo bagiye gusenya gakondo ya bakiranutsi ngo bakuwe ku ngoma kandi bari bazi yuko batazigera bakurwa ku ngoma bazayigumaho ubuzirahezo.
Nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakoze ibirori ku isi yose aho batataniye ngo kuko bari bumvise amakuru meza avuga yuko Umwakagara ya yamanitse.Mbona abagabo bose bajya mu tubari hirya no hino,banywa inzoga barasinda ariko ubwo niko nindaya rwali rugeretse barara mutubari kugeza ubwo ubutegetsi bw’ibihugu barimo buza kubakura mutubari.
Ariko mbona ubugome bakorewe n’Abega bukabije,ubwo binezezaga,ntabwo bari bazi yuko Umwakagara yamaze kubahumanya kandi yakoresheje abahutu bene wabo.Mu gih barimo bishima imibiri yabo itangira kuvunguka ivaho imvuvu uko bakomeza kuzikuraho,niko bagendaga babona ibinogo mu mibiri yabo baraboze batabizi numva ngize agahinda kenshi ko mu mutima uburyo Abega bakoze amarorerwa bakaroga rubanda rw’Umwami kugirango babamareho burundu ntibazongere kwibukwa mu isi ya bazima.
Nerekwa abega bakurwa muri gakondo ya bakiranutsi birukanwa mu murwa mukuru w’Iyerusalem bagiye kuva mu murwa basiga bashenye umurwa wose na mazu meza maremare yamagorofa mbona babanjirije ku nzu yitwa Centenary House ntiyaba ikigaragara ahayo.Bakurikizaho amazu yose bubatse maremare kugirango hatazagira abazayabamo cyangwa bakayakoreramo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,Abega baraje basanga abahutu barubatse amazu bayabamo kugeza igihe bubakiye ayabo.Ndetse babona ayo gukoreramo none se iyo baza gusiga bayashenye bari kugaruka bakaba hehe?Niko Uwiteka abaza!Icyo nikimenyetso yuko abega batazagaruka mu rwagasabo kuko bamaze kuvumwa n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Nyiringabo kuko bagiye kuba inzererezi nka CAIN mu isi ya bazima.
Kuko bazazenguruka isi yose kandi ntawuzabica ariko kandi nta nuzabagirira impuhwe kuko bakiraniwe bikabije kandi banze kwihana bavuga ko ngo bafite intwaro zo kuzarasa Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo.Bazabungabunga amahanga ariko bazamarwa numuvumo kuko banze gukiranuka bakimika ibigirwamana mu mitima yabo no mu mazu yabo.Kandi bakavuga yuko ngo Umwakagara angana n’umugaragu w’Uwiteka MOSES wacyuye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umutwe wa politike witwa JUBILEE uyobora igihugu cy’IBABYLON ukaba uhagarariwe na Uhuru Kenyatta.Mbona uwo mutwe wa politike utsindwa amatora y’umukuru w’igihugu umaze gutsindwa uhita wimuka mu murwa mukuru w’IBABYLON,ndetse ntiwaba ukigaragara muri icyo gihugu.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zirukanywe mu murwa mukuru w’IBABYLON,kugirango zimenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yaremye Ijuru nisi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nongera kwerekwa ndetse mbona umugisha mwinshi cyane wagutse,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umugisha wawe kandi wagutse dore uraje.Maze mpabwa ijambo ryitwa Rhema word:The word of the Lord God, come from heaven and told me, son of man, whatever You do, protect Yourself thus how the Lord says the Lord God of heaven.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RDF zirwana intambara ariko zirebana kujisho,intambara imaze kuzikomerera mbona abakuru bingabo barimo ba major,bakuyemo akabo karenge bariruka barahunga kuko bari bamaze kuremerwa barwana ariko urugamba rugakomeza kubasumbaniriza.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega biringiye intwaro zakozwe na maboko ya bana b’abantu.
None ngiye kubateza ubwoba bwo mu mutima kugirango batazarwanira abega maze batsindwe urugamba bahunge biruke kugirango birukannywe muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Nerekwa mbwirwa ngo nitegure kuko ngiye kujyanwa muri America,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umugambi wanjye ntabwo ujya uburizwamo n’umwana w’umuntu,cyangwa se ngo abakagara babahahamuye ngo babe baburizamo umugambi wanjye.
Ibyo nakubwiye kandi nagusezeranije no kubikora nzabikora,ariko se ikibumbano cyabwira umubumbyi ngo nakurusha imbaraga?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!Ubwo se abakagara baba bafite imbaraga zingana iki zatuma baburizamo umugambi wanjye?Uko niko Uhoraho abaza!
Nigihe kitari bwagere ariko umunsi cyageze uzagenda kandi nta nubwo bazamenya uko wagezeyo kuko wabaye umwizerwa ntiwizera inkozi z’ibibi zashaka kugutwarayo ahubwo wizera ijambo ryanjye nanjye rero nzagaragaza gukiranuka kwanjye imbere ya batuye mwisi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.
May 8, 2017 nerekwa mbona Abega bahunga bageze mu mahanga batangira gucuruza ya myenda baciye mu gihugu yitwa “CHAGUA”ariko kuko ari abanyamuvumo abaguzi bazaga kugura babageraho bagahita bakigira kugurira abandi bo bakirirwa bategereje yuko haruwaza kubagurira bagaheba.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bagiye guhunga,kandi bazahungira mu bihugu bihana imbibe na gakondo ya bakiranutsi.Bazahungana umuvumo aho bazajya hose umuvumo uzabagendaho kandi icyo bazakora cyose nta bwo kizabahira kuko barwanije ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka abitegetse!
Nkomeza kwerekwa ibikorerwa mu isi yabazima.Nerekwa mbona igihugu cy’IBABYLON,abashoramali baza gushora imali mu bucukuzi bwa mavuta ya petrol ahitwa “TURKANA” mbona bakoresha ikoranabuhanga rya zamachine zitwa ‘ROBOT’bafataga utugunguru bakaduhambira mu byuma bagashyiraho za ‘ROBOT’numusirikare umwe barangiza bakazamura twa tugunguru hejuru mukirere hakoreshejwe ikoranabuhanga bakazana amavuta mu murwa mukuru wa Nairobi kugirango abashe gutunganywa niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi izaza icyo gihugu kizaba gikoresha ikoranabuhanga rya ‘ROBOT’bazajya bakoresha mugutwara amavuta baakura aho bacukura bayazana kuyabika aho bayateguriye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubugambanyi,kuroga no kwica by’Abega birarangiye mu isi ya bazima.Kuko Uwiteka byose abishyizeho ishyerezo kugirango bazamenye yuko Uwiteka Imana atanegurizwa izuru kugirango bamenye yuko imbaraga z’umwana w’umuntu,nubutunzi bye,bijya bishyirwaho iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nambuka ikiraro mfite inkoko za masake [2];mbona ngiye gukora ikizamini,ariko icyo kizamini kikaba harimo nikizamini cya kazi.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka akoze ibikomeye cyane.Ibyari ikigeragezo bihindutsemo umugisha kandi ibyari umuvumo bihindutse umunezero uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ubwo ako kanya mbona abadayimoni bafashe inzira bajya kurisha,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imandwa za bega zababwiye yuko uyu munsi uri busohoke ukajya kumulimo wa data,none bahagaze imihanda yose cyane cyane bagiye ahakorerwa amatora yibanze arimo gusubirwamo ngo barebe yuko bakubona.
Bambarize uti,ko ubushize mwohereje abasirikare [2];bagendana n’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,bari kuri za motor zigendana n’umukuru w’igihugu zo mu bwoko bwa BMW ko twari twugamanye kuri station ko bagiye batandashe?Erega Uwiteka yabivuze ukuri ngo mu minsi yanyu yanyuma azabambura ubwenge bwo gutekereza kugirango aburizemo imigambi yanyu uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye buri mu gihugu cy’ibabylon ubabwire uti,mwirinde muri aya matora cyane kuko Umwakagara mbere yuko akurwa ku ngoma yagambiriye kubaca ibihanga yitwaje za rwaserera za matora akomeje kubera muri icyo gihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara arikumwe na Gen.Kayumba Nyamwasa,nta numwe wavugishaga undi,ariko general yashakaga kumuniga ariko agatinya yuko za ISKORT z’Umwakagara zahita zimenya ko ari we wamunize.Nuko ndamubaza nti,Nyamwasa ko wajyaga uhora wifuza guca igihanga Umwakagara nkuko nawe yifuje kuguca igihanga,none ukaba urimo kuzarira.
Maze igihe Gen.Nyamwasa agiye kumuca igihanga,Umwakagara ahita ahinduka umusazi ako kanya ahita arasohoka ajyenda yasaze yivugisha maze za ISKORT ziratangara zikomeza kumugendaho numva bavuga ngo agiye kwiyahura.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara yabaye umusazi muri iyiminsi kubera ibibazo bimaze kumugera mu ijosi kubera kugundira igihugu cyabanyagihugu kandi atabyemerewe nitegeko nshinga.Ikindi cyamugize umusazi,ni uko amahanga yamaze kumutera utwatsi nta numwe ukimwumva ahubwo bose bategereje kureba iherezo rye niko Uwiteka avuga.
May 9, 2017 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore habonetse imanza [2] zitaciwe imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Urubanza rumwe n’urwa ba Pastor (s) bo muri Vivante Church,basaba inkunga zabakene barangiza bakazirya urwo rubanza uruhe Nº0022/0005/0017.
maze ubamenyeshe yuko baciriweho iteka n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Inteko ya bacamanza yo mu Ijuru imaze kwiga urwo rubanza,yasanze abo bashumba ari ibisambo nabatekamutwe haba abahagarariye iryo dini muri gakondo ya bakiranutsi,cyangwa mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) bose nibisambo kandi nabicanyi none baciriweho iteka rihoraho n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse,kandi niko abivuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hari urundi rubanza wibagiwe guca kandi rwali rukenewe.Urwo rubanza nurwa Pastor Mandela Marcelle umuhutu w’Umurundi wigize umunyamurenge wasengeraga murusengero rwa Pastor NKUNDABANTU SIMON yakurwanije afatanije nabanyamurenge banga yuko uzahabwa umwanya muri urwo rusengero rwabo ngo kuko wabarushanga ururimi rw’ICYONGEREZA,bityo bagatinya yuko uzabatwara umwanya bashakaga kandi atariyo gahunda yari yakuzanye.
Maze baragenda baraterana baragambana bemeza yuko bagiye guhimba ikinyoma cy’uko abaguhiga bamaze kugera murusengero,kandi na Pastor NKUNDABANTU SIMON ko bagiye kumushyiraho iterabwoba ry’uko azicwa na leta y’Umwakagara kugirango agire ubwoba akwirukane bityo babe bagukize.Uko niko byagenze yaragufashe akujyana mu butayu,ndetse yanga no kugirira imbabazi se wabo wari yaje kwivuza IBABYLON,kandi umwuka hari icyo yari yamuvuzeho ahitamo yuko apfa aho gukiza ubugingo bwe,kubera gukunda intonorano uko niko Uwiteka avuga.
None mwana w’umuntu,uyu mu Pastor nta bwo Uwiteka yamuhannye uko abyifuza,nubwo aho yifuzaga ku kujyana ariho yajyanywe mu nkambi z’impunzi (KAKUMA) North Eastern ho muri icyo gihugu,nta bwo byahagije.Dore urubanza rwe Nº 0023/0005/0017 uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Kuko wahagurukiye umugaragu wanjye utariho urubanza,ukarambura ibiganza byawe ushaka kumena amaraso ye,kandi yarazanywe no ku kubera umugisha.Wowe Pastor Mandela Marcela hamwe na banyamurenge [2] mwakoze inama hagati y’italiki 27/31 ukuboza,2012 mu gihugu cy’ibabylon ahitwa KASARANI mwemeza yuko mugiye kwirukanisha Umuhanuzi Majeshi Leon,kubera kumutinya no gutinya impano imurimo.
Uwo mugambi mwarawushohoje taliki ya 02 mutarama,2013 muramwirukanisha ndetse muramuherekeza wowe Pastor Mandela Marcelle umugeza ahitwa NGONG–KIBIKO prayer centre umusigayo umusigiri amashillingi 1000 ksh umubwira yuko uzagaruka kumureba ntiwigeze usubirayo ahubwo wohereje za magigiri zijya kumwica.
Wohereje uwitwa Charles agura amata agenda ayashyiriye umugore wo mu bwoko bw’ABAKIKUYU nyiri Prayer Centre MaMa Macharia maze bemeza yuko birukana Umuhanuzi kandi yarahamaze amezi [2] niminsi [15] ubwo nukuvuga iminsi [45];arabahunga ahungira ahitwa TINGATINGA ahungishijwe n’umukozi wanjye witwa ELIJAH SAITAGA.
Kubera iyo mpamvu ibyo wakoze ntiwigeze ubyihana ngo umusabe imbabazi kandi warufite uburyo bwo kumubona ukoresheje e-mail nccleon@gmail.com kubera izo mpamvu zivuzwe haruguru uciriweho iteka rya burundu wowe nabagabo mwafatikanije kugambanira umugaragu wanjye ugiweho n’umuvumo ntabwo uzigera uba umunyamugisha wowe nabazagukomokaho bose kuko mwarambuye amaboko yanyu mushaka kwica utariho urubanza kandi yari yaje abahungiraho yibwira yuko muri bene se kugirango mu muhishe umwanzi wamugenzaga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.Uru rubanza ntabujurire rufite kuko uwakagombye kujurira ari we ubaciriyeho iteka rihoraho.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibijya gusa namaranga mutima w’Umuhanuzi,mbona Umwami YUHI VI nyiringoma yimye ingoma gakondo ya bakiranutsi yafashwe Umwakagara yakuwe ku ngoma.Nerekwa mbona rubanda rw’Umwami barimo gukora no gutunganya gahunda z’itahuka ry’Umwami w’uRwanda YUHI VI.Mbona ndetse n’Umuhanuzi abarimo abaafasha gutunganya izo gahunda zivuzwe hejuru.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ntabwo aramaranga mutima,ahubwo niko bimeze Umwami YUHI VI aratashye kandi Umwakagara aciriweho iteka.Hahirwa abazaba bari muri ibyo birori bya kataraboneka by’itahuka w’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi nyuma y’imyaka [57] ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inzara iraje kandi ikomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi,kuko Abega bagiye gusahura buri kimwe cyose bagahunga bakerekera mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.Ariko kuko ibyo bazakozaho intoki byavumwe n’ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo,ibyo bazatwara byose bizababera imfabusa niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nongera kwerekwa habaho amagambo menshi bavuga Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ayo magambo bakuvuga niyo nkomezi zawe,kandi niyo mbaraga zawe,kuko ibyo bigaragaza yuko ukora umurimo kuko umwana atavutse ntabwo ashobora kurira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!
Ndabwirwa ngo igihugu kirasenyutse kandi kirarimbutse,kuko Umwakagara yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero dore kimwe ⅓ cy’igihugu cyamaze gusenyuka kandi kandi dore imvura iraje kandi iraguye abari ahasenyutse bagiye kunyagirwa ariko kandi nahatarasenyuka hagiye guhirima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uwitwa NTUYEHE FRANCOIS ukorera Nyabugogo mu mashyirahamwe yitwa INKUNDAMAHORO yahuze ari amajoji ya Twagiramungu Faustin,uwo mugabo akaba yaramaze kwibikaho akayabo kubutunzi butari bucye,akaba yarahoze asengera muri ADEPR,ariko kubera gukunda ibyisi aza kuva mu byizerwa,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore FRANCOIS NTUYEHE yavuye mu byizerwa kubera gukunda ubutunzi bwiki gihe.
None dore ubutunzi yabonye bwose burarangiye asigaye acuruza chapatti,kandi aho bucyera araza kuba umudozi w’inkweto kuko yariganije umugore wo mu busore bwe kandi ari we yakomoyeho umugisha uko Uwiteka Nyiringabo yavuze muri Malaki 2:10 none mwana w’umuntu bwira NTUYEHE FRANCOIS uti ntabwo uzigera ubona umugisha kuko wahemuetse ukica isezerano ari nta mpamvu uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu ushinzwe CLEARANCE cyangwa umudecarara wa ma modoka,mbona ajya kunshakira PLATE NUMBER y’imodoka cyangwa PLAQUE z’imodoka.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umva uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze.Umaze igihe kinini ku nkengero z’ubutayu.
None igihe kirageze ngo Uwiteka agukure ku nkengero z’ubutayu burundu,dore aguhaye IMODOKA yo kugendamo,kuko niyompamvu yabanje ku gutegura akakwigisha imodoka ugahabwa category zose zishoboka ibyo Uwiteka agiye kubikora kugirango umenye yuko Uwiteka ari we waguhamagaye kandi ko ajya agira neza uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo abivuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abantu uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona kuko ubutunzi nicyubahiro byose biri iwanjye.
IMIGANI 8:17-18 naho umuntu yaba atarize kubera impamvu zabaddayimoni jyewe Uwiteka namukorera ibikomeye akiga amashuli ntitaye kumyaka yaba afite yose kugirango ngaragaze yuko nd’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi mfite imbaraga nubushobozi kugirango buri muntu amenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo riza kuri mushiki wacu mwene data,riramubwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi micye,Umwakagara agiye kuba ikimenya bose,aho buri wese azaba amurebera kuri telephone ye.Yaba abazaba bari mu ishuli cyangwa abazaba bari muri gereza;bose bazamureba kandi bazatangara kuko agiye gucibwa igihanga nkuko ijambo ryanjye jyewe Uwiteka ryabivuze kugirango ubwoko bwanjye bumenye ntajya mbeshya kandi ko,njya nca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Uwo mwene data ajyanwa mu iyerekwa abona abantu benshi cyane barimo bareba igihanga cy’Umwakagara kuri za telephone,yumvaga bavuga ko,ngo Umwakagara yaciwe igihanga,kandi igihanga cye,cyasanga nicyuzuyemo amaraso yaturukaga mu mazuru.Arabwirwa ngo igihe cy’Umwakagara kirageze kandi aciriweho iteka nkuko ijambo ry’ubuhanuzi ryabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu gihugu cya Tanzania ndi kumwe na mugenzi wanjye dushaka akazi,ariko turakabura.Mbona tugarutse mu gihugu cy’ibabylon mu murwa mukuru w’Ishushani.Mbona twoherejwe n’umuntu ukomeye muri office cyangwa bureau aho twagambaga guhabwa akazi,maze duhura nuwagambaga kuduha akazi,atubazanya umushiha mwinshi anafite ishyari,ngo ninde utwohereje ngo duhabwe akazi,tumusubiza ko umuyobozi mukuru wicyo kigo ategeka ari we utwohereje maze mbona acishije macyeya ariko kandi mbona atugiriye ishyari cyane kuko ngo twoherejwe na nyirubwite.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo asohoje ibyo yari yaragusezeranije arabisohoje kugirango umenye yuko Uwiteka Nyiringabo ataja abeshya kandi ko,ajya aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Nongera kubona nambuka urwobo cyangwa ikiraro,mbona ko,nabanje kugwamo ariko hanyuma mbona ikimeze nkumugozi ngikandagiraho maze mbona mvuye muri uwo mwobo maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi aciye icyobo,ariko Uwiteka nawe aciye icyanzu kugirango umenye yuko yakumenye mwizina uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 11, 2017 mwane data ajyanwa mu iyerekwa,abona Umwakagara yurira indege nziza cyane,ari kumwe nabamushagaye benshi cyane.Maze ijambo ry”Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rimuzaho maze riramubwira ngo,mwana w’umuntu,dore igihe cy’Umwakagara cyo gusanga basekuruza abo bita abakurambere kirageze kandi kiri bugufi.Kandi bariya bantu ubonye bose nabamuherekeje bazajyana nawe kuko Umwami adashobora gutanga ngo agende wenyine uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko rero burira abanyakondorero yuko Umwami w’umunyamwaga wa bega akuwe ku ngoma,kandi ko agiye gusimburwa n’Umwami YUHI VI kugirango bimenyekane yuko ijambo ry’Uwiteka ryavuze ukuri mu bijyanye nubwami bw’uRwanda.Aho Umwuka w’Imana yavuze yuko Umwami Ndahindurwa wanze guhindurwa ahubwo ubwami bwe,bukaba ariho bwarushijeho gukomezwa mu gihe Umwami wa Bega yibwira yuko aburimbuye burundu.
Nuko rero abanitse utwabo,babwire banure kuko izuba rigeze mu bicu,kandi imvura y’umuhindo,niyumutambiko byageze hasi kugirango batanyagirwa kandi baraburiwe uko niko Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi avuga.
May 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa gutambagizwa muri gakondo yab.akiranutsi,mbona abanyamahanga bahakorera batangira gufunga ibintu byabo bavuga ko,mu gihugu hagiye kuba intambara itewe n’Umwakagara wanze kuva kubutegetsi kuneza ngo arashaka ko azakurwaho n’intambara wagirango abanyarwanda bamuhaye umwanya wo gutegeka igihugu batinya intambara.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara akuwe ku ngoma;kandi asimbuwe n’Umwami w’uRwanda YUHI VI wavuzwe nijambo ry’ubuhanuzi ryahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ar’umufasha w’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,Murekatete Odette arwariye mu cumbi aho acumbitse mu gihugu cy’ibabylon aje azanywe no guhiga no kugambanira uwahoze ar’umutware we Leon.
Mbona njya kwa muganga ngo mushakire uko yavuzwa,ariko ngeze kwa muganga nsanga aganga kazi bose bahakora ari za magigiri zivanzemo na bega Kazi bashinzwe kuroga no kwica abatavuga rumwe na leta yabo.Uwo nageragaho yangaga kumpa imiti yamuvura ahubwo akampa ‘PAIN KILLER’ngo zo kumworohereza.
Mbona barimo kumukurira imva ya hantu mu busitani bwiza,ngo aho ngaho akaba ariho bashyinguye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Odette hamwe nizindi za magigiri bamaze kubaha utuzi twa Munyuza kugirango babanyuze iyubusamo.
Kuko agatsiko ka leta ya bega bamaze kubona ikurwa ryabo ku ngoma,kandi ntibashaka umuciville wese bakoresheje umurimo w’ubwicanyi nubugambanyi bita ko,ariwo murimo wubutasi ko bazabashinja murukiko rwamaze gushingwa nibihugu by’ibihangange kuzaba abagabo bazatanga ubuhamya kugirango batazabona ababashinja bagakatirwa burundu bakazahera mu nzu y’imbohe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko nta matora ahari muri gakondo ya bakiranutsi,yateganijwe kubashaka kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu.Uwanyerekaga arambwira ati,mwana w’umuntu,nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryavuze,muri gakondo ya bakiranutsi nta matora ahari nyamara banyarwanda benshi ntabwo bari kubyemera cyangwa kubyizera niyompamvu abenshi bazatungurwa bakarimbuka kubera gusuzugura ijambo ry’Uwiteka Nnyiringabo ryababuriye ariko bakanga kumvira ngo bakize ubugingo bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho kandi rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega amatwi wumve ibyo abasore bo muri gakondo ya bakiranutsi bavuga.Ntega amatwi numva bavuga ngo uwabaha kurongora Angel Kagame maze bakirira ubutunzi bwa se yakuye mu maboko ya banyarwanda hamwe naba Congoman.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abantu baragoye,kuki bifuza ubutunzi burimo uburiganya bwo gukiranirwa no kumena amaraso?Uko niko Uwiteka abaza!Ese Uhoraho baramwizeye abima ubutunzi bukwiriye?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!Dore bazarimbuka kubera kwifuza ubutunzi butaturutse mu kuboko k’Uwiteka Nyiringabo kandi bizabazanira kurimbuka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,utujojoba dutangiye kugwa,gahoro gahoro.Nerekwa mbona inzu(Igihugu)yasenyutse impande ni mpande zaho zose,abayituyemo badashobora kubona aho bikinga ngo batanyagirwa.
Mbona abagore batuye muriyo nzu (Idini) bimunyamunya ngo biking imbeho,ariko bikanga.Mbona abagore bo mu ntara bafite umushiha cyane kurusha abari mu murwa mukuru w’Iyerusalem.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tangariza abanyagakondorero uti,birarangiye kuko havugijwe impanda ya nyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
The Rhema word comes from heaven called COSPRACY unto me, according the research I did, it means…a secret plan by a group to do something unlawful or harmful.”a conspiracy to destroy the government””a conspiracy to manipulate the results”the action of plotting or conspiring.”they were cleared of conspiracy to pervert the course of justice”the action of plotting or conspiring.
“they were cleared of conspiracy to pervert the course of justice”late Middle English: from Anglo-Norman French conspiracie, alteration of Old French conspiration, based on Latin conspirare ‘agree, plot’ (see conspire).
bigeze kumugoroba nsanga umwega Kazi witwa Beatrice Abandi Manzi yahamagaye telephone zanjye akoresheje private number,arongera bimwanga munda akoresha numero zigaragara zidahishe.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko abega umuvumo urabaremereye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore numero za tel:yakoresheje 0015143295588 Canada
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakomeje kugukorera ubugambanyi.Kandi siwowe gusa ahubwo nabakunze gukiranuka bose barimo kubagambanira kugirango babace ibihanga.Nuko rero wigumire murutare maze utegereze yuko zibanza kugenda ubona kujya kumurimo wa data uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho kandi ryongera kungarukaho,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bamaze kwangiza mu nzira aho wanyuraga bamaze kuhituma(Inzitizi) cyangwa guhambirwa,nuko rero wirinde cyane kugirango utagwa mu mutego wizo nkozi z’ikibi zamaze kugambirira guca igihanga Umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri gakondo ya bakiranutsi abahoze arabacuruzi ba za bank barahombye,aho bank zakoreraga bahahinduramo utwumba twabacuruzi batoya bacuruza ubuconsho kubera ubusambo bwa bega bibwira yuko gukenesha abanyarwanda ariho bazabategeka ubuzira herezo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.Kayumba Nyamwasa ajya gushaka inkunga mu bihugu by’abaislam ngo bamufashe bamutere inkunga mu ntambara agiye kurwana yo guhangana n’Umwakagara.Ariko mbona kuzabona inkunga bimugoye cyane kuko yanze kwifatanya nubwami bw’uRwanda yibwira yuko afite amaboko akomeye we na RNC yuko bashobora gukuraho Umwakagara abanyarwanda batabigizemo uruhare.Wagirango urwagasabo nakarima kabo bironkeye kadafite banyirako.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira ngo,uhiriye mu nzu,ntaho adapfunda imitwe,mureke agerageze arebe yuko byazamukundira atazagira icyo yitwaza.Kugirango ijambo ry’Uhoraho ibyo ryamuvuzeho bizamusohozeho nta gushidikanya agifite mu mutima we,aho yari kuzavuga ngo,sinamenye irabanza icyo nakoze igaheruka.Icyo gihe noneho namara kuburirwa azamenya yuko Uwiteka avuga akanakora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Nerekwa umuryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol uri mukaga gakomeye kubera umukobwa wabo wafashe icyemezo cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu cya gakondo ya bakiranutsi.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bagize ubwoba bukomeye barimo kwiga uko baca igihanga cy’Umwali “DIANE SHIMA RWIGARA”wafashe icyemezo cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu kugirango atabare abanyarwanda abakure mukaga gakomeye bashyizwemo na FPR.
Ariko kuko ari nta matora ahari,kandi abakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu bazahangana n’umwana w’umwega (Umwakagara)utegetse igihugu imyaka [23] nta cyo yamariye abaturage,niyompamvu balimo kwiga uko bagenza uwo mwali nubwo bazi yuko uhagarariwe ‘N’INGWE’atabura kuvoma,ariko bagiye gushaka uko uwo muryango bawubamba cyangwa bawumanika usibye bitazaborohera gupfa kubigeraho,kandi nibabigeraho bazaba bakomye imbarutso kuko ako na kagori babateze kugirango haboneke intangiriro ryirimbukiro rya bega uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi uje vuba byihuse kugirango ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rishyirwe mu bikorwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abanya-GITARAMA biyonkora ku bega,nyuma yo kubona yuko ubwami bwabo busenyutse kugirango batazafatanya icyaha bakazajyana hamwe murukiko rwa bega rwamaze gutegurwa nbihugu bikomeye ndetse banashatse na bacamanza bazakora muri urwo rukiko hasigaye kuzabatangaza amazina ubwami bw’Umwakagara bukimara gukurwaho.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burya wabonaga inshuti zawe z’abanya-GITARAMA zirimo MUNYANEZA EMMANUEL na CLAUDE, nuko bari bamaze kugira ikizere cy’ingoma ya bega ikomoka iwabo igitarama bari bamaze kubona ko bakamiwe amata yamarindiro ni ngoma ya bega niyompamvu mu murwa mukuru w’Ubuphilisitiya (KAMPALA) bahise bahindura abanzi bawe kuko bari bamaze kumenya yuko utemera ingoma ya bega nyamara bibagiwe yuko kuba mwali muhujwe n’ubwami bwa ‘KRISTO’ byarutaga guhuzwa ni ngoma ya bega uko niko Uwiteka Nyirngabo abivuga.
Burya na Hodali w’Igisenyi muri “Restoration Church” nawe n’umwega niyompamvu yaciriweho iteka,nubwo yigiraga mwene so,ariko nawe ari mu bagambanyi b’abega kandi bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zohereza imbaraga z’umwijima zo kugirira nabi Umuhanuzi Kazi.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigambiriye kurimbura ubugingo bw’Umuhanuzi Kazi (Deborah) kugirango akurwe mu isi ya bazima.Kuko kubaho kwe,bibabangamiye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa uwo Muhanuzi Kazi,ajyanwa mu mazi menshi yikidendezi (SWIMMING POOL) mbona arimo kucyogamo,maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukwiye kuba maso kuko abanzi bumusaraba bamaze kugambirira kugirira nabi uwo Muhanuzi Kazi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore NYIRANDIRIRIMA arapfuye kandi ararimbutse kuko yamaze gucirwaho iteka n’umwuka w’Imana kuko yatutse umwuka w’Imana,kandi ijambo rivuga ko,uwatutse umwuka w’Imana yaba muri iyisi,cyangwa izaza atazababarirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Marko 3:20 “ibyo gutuka umwuka wera” “ariko umuntu wese utuka umwuka wera, nta bwo azababarirwa rwose, ahubwo aba akoze icyaha cy’iteka ryose.”
Mathayo 12:32 umuntu wese usebya umwana w’umuntu azababarirwa,ariko usebya “UMWUKA WERA” ntabwo azababarirwa n’aho haba mu gihe cya none,cyangwa mu gihe kizaza ntabwo azababarirwa (Mukandirima Odette) aciriweho iteka kubera gutuka umwuka wera hamwe na bega gatinyutse gusebya umwuka w’Imana ukorera mu Muhanuzi umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uti,nibyiza kwitwa umukiranutsi,kurusha kwitwa umukirisitu kuko bigira umumaro mu bugingo bwo gukiranuka kandi bigakomeza abagambirira gukomeza urugendo rwo mu Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nongera kwerekwa umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje(Fruits)kugirango Uwiteka akomeze isezerano yagusezeranije kandi umenye yuko imbaraga ze zitagira itangiriro niherezo.Kandi nabakurwanya bamenye yuko Uwiteka Imana yawe ukorera ifite imbaraga nububasha kubatuye mu isi ya bazima hamwe na bega bibwira yuko ngo Imana bayirashisha Ikombora rya “ARAPIGI” nyamara ibyo byose babiterwa nuko Uwiteka yabaretse batera imizi ikamera yarangiza igashora bakagubwa neza.
Ibyaha byose bakoze,nta bwo bigeze babihanirwa ahubwo bafashe ubutabera bwa bantu mu biganza byabo bibwira yuko ntaho bazahurira nabwo kuko bumvaga ko;isi yose ibashyigikiye kubera ikinyoma cya genocide bakorsheje bakagicururza bakitwa intwali zahagaritse genocide kandi ari bo bayiteje.Nyamara ubutabera bw’Uhoraho buri maso kandi bwamaze kubaciraho iteka kugirango bamenye ko,kugira imbaraga za bantu nta cyo byabamarira.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bantu baciriweho iteka bakivuka,kuko bahorana uburyarya numutima mubi,nicyo gituma batazabura gusarura aho babibye kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yabaciriye urubanza rutabera,kandi nabo barabizi yuko bakwiye gucirwaho iteka kuko ibyo bakoze na bugingo nubu,ntabwo bigeze bihana ahubwo bakomeje gukiranirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 13, 2017 nyanwa mu yerekwa mbona RNC ahantu ikorera imyitozo muri Africa y’Epfo,aho hantu nta musirikare ushobora kuhatoroka mu gihe yaba aremerewe nimyitozo,kandi ntabwo za magigiri zishobora kuhacika izaba zaraje kugigira kuko nimubutayu bwa kure y’umurwa na mashyamba ya kure kuhacika biragoye cyane.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore IMVEJURU zirimo kwitoza nizirangiza zijye gutera Umwakagara,ese buriya IMVEJURU zizafata gakondo ya bakiranutsi?Cyangwa bazauhira ubusa nkabasambanyi bakoresha condom?!Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!
Nuko rero abashaka kujyana ni IMVEJURU mujyende mujye kwifatanya nikinyoma muzi yuko amaherezo yanyu muzahembwa ikinyoma ntimuzavuge ngo nti mwabwiwe kuko Gen.Nyamwasa atarikumwe nubwami agiye wenyine kandi muzi yuko RNC yavumwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubwo rero ntimuzigere mushaka kuba abanyamugisha kandi mugiye muwusize inyuma kuko Umwakagara atazakurwaho na General nkuko nabibabwiye cyera,kandi nubu nkomeje kubibabwira ahubwo Umwakagara azakurwaho n’ijambo ry’ubuhanuzi Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka yavuze!
Nerekwa ihuriro rya politike ryo mu gihugu cy’Ibabylon ryitwa NASA,ritsinda amatora,ijambo ry’Uwiteka rirambwira iti,mwana w’umuntu,leta ya Jubilee irigukora ibishoboka byose ngo yigaragaze neza mu baturage ariko nta bwo bizashoboka kuko yamaze gucirwaho iteka nubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abagore uti,mushaka yuko abatware banyu babubaha,ariko mwebwe ntimububahe.Kandi muzi yuko umutwe wa Kristo ar’Imana,Kristo nawe akaba umutwe w’umugabo,umugabo nawe akaba umutwe w’umugore.Nuko rero dore abatware banyu babivumbuyeho kubera yuko mwanze kubahiriza ijambo ry’Uwiteka ryanditswe muri Effeso 5:23 none nimutaba maso muraza gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Kubagabo ni muri MALAKI 2:10
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburira abadamu babyarira kwa muganga,basengere abana babo amasengesho y’iminsi [3];batarya batanywa kubera inkozi z’ibibi zatwaye inda ya nyuma ya bana babo bajya kuyiha Satani kugirango babaterekerere abana bazakure bubaha Satani aho kubaha Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 13, 2017 ubwo nari narimvuye kumurimo wa data ’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,numva nguye agachuho nirambika kurubaraza rw’urutare.Maze njyanwa mu iyerekwa mbona abega bakora ibishoboka byose ngo bagushe gakondo y’Umuhanuzi,baragerageza ariko biranga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega basumbanijwe,amazi yabageze mu Ijosi,kuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryamaze kubaciraho iteka,kuko bahagurukiye umwuka w’Imana,ndetse baramusebya kandi baranamutuka niyompamvu bakoze inama yo kugucisha igihanga kugirango utazaba umutanga buhamya bwibyo bagukoreye ndetse bakanabikorera ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka Nyirinngabo abivuga.
Dore bashakishije aho baturuka gakondo y’Umuhanuzi(InyangeNews)barahabura,bagerageje ngo barebe yuko bayisenya ariko na byo byabananiye kuko batazi ibanga wakoresheje mukurindira umutekano gakondo y’Umuhanuzi kugirango uyikize inkozi z’ibibi z’inkubaganyi mu isi ya bazima niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 14, 2017 nkomeza kugirirwa ikizere na data wo mu Ijuru,anyereka ibikorerwa mu isi ya bazima.Nerekwa leta y’Umwakagara nabayigize bose ukuntu barimo kuyigambanira bayirimo.Mbona bahawe za rasolo mu maguru kugirango zijye zibafasha kugenda nibumva bananiwe zibasunike murugendo rwabo rule rule zijye zibasunika mu gihe bageze ahazamuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega bahawe za rasolo mu maguru(Impamba)y’ubuhunzi,ariko izashira bataragera aho bakwiye kugera cyangwa kuruhukira kuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryamaze kubaciraho iteka nk’uko ryavugiye mukanwa k’Umuhanuzi AINESHA Leon,uko niko Uwiteka Nyiringabo yabivuze!
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bw’Umwakagara bucana umubano n’igihugu cy’Ubwongereza kubera ideni Umwakagara bamugurije yanga kubishyura binyuze muri komisiyo ishinzwe amatora mu gihugu.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cya Bongereza gicanye umubano n’Umwakagara kuko batategetse neza,kandi bakaba batarubahirije amasezerano agenga demokarasi nuburenganzira bw’ikiremwa muntu izo mpamvu zikaba ari zo zitumye bacana umubano kuko leta y’Umwakagara bakora kibandi nnta bwo bagira Ubuntu buranga abantu basanzwe ahubwo umuntu usanzwe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,amahanga ategereje kureba yuko,akoresha amatora cyangwa atazayakoresha kuko ibimenyetso bigaragaza ko,nnta matora ahari.Sibyo gusa,no mu gihugu abanyagihugu byababereye urujijo rudasobanutse kuko batazi iyo bava niyo bagana.
Abashaka kwiyamamaza bafite ubwoba bwinshi cyane,abacuruzi babuze aho bagana ngo bahunge kubera bumva amakuru yuko amatora atazakorwa ahubwo ashobora gusimburwa n’intambara niyompamvu abatuye icyo gihugu bahagaritse umutima kandi bakaba barabaye imbohe badashobora guhunga icyo gihugu mbere yuko intambara iba,kandi baraburiwe nta na kimwe batazi mu bigiye kuba byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona uwo mwuka usinziriye,ukangurwa n’Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe.Uwo mwuka w’Inzika ukimara gukanguka,mbona Umwakagara agize ubwoba bukomeye cyane kandi bwinshi cyane,ahita afunga imipaka ya gakondo ya bakiranutsi yamuhuzaga nibindi bihugu byabaturanyi,kugirango hatagira umuntu numwe wahunga igihugu cy’urwagasabo kugirango bose bagume muri gihugu bagipfiremo.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu benshi biringiye abega,none bakozwe nisoni kuko banze kwiringira ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Ubwo ako kanya nibuka amagambo umukuru w’igihugu cy’America yabwiye abaturage ejo hashize,aho yagize ati,American we’re not believing in government,but we believing in our God.Yongera kubwira urubyiruko rwali rurangije kaminuza ati,never ever someone to stop your faith Donald trump Said.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uko inkozi z’ibibi zimaze igihe zaraboshwe ibiganza byanjye ngo ntazakira umugisha.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,igihe gishize cyose inkozi z’ibibi zari zarahumanije ibiganza byawe kugirango bitazagira icyo byakira.None haguruka unywe kuri ya mazi wasengeye ujya ukoresha wirukana imyuka mibi kugirango wakire umugisha w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse.
Dore izo nkozi z’ibibi zakoresheje uburyo bwitwa “NDIKURUHINZA” baguteza imbaraga z’umwijima kugirango udakomeza kwakira umugisha mu biganza byawe ubwo nibwo buryo bakoresheje ariko uhereye none izo mbaraga Uwiteka arazisenyuye zose uko zingana kuko ugiye kwakira umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Erega mwana w’umuntu,nta bwo bamenya ajya ahumanywa kuko byose bizanwa mu biganza bye,nkibyambaye ubusa.Nta na kimwe gishobora kumusoba ngo kuko aba yarashyiriweho kugirango abere amaso abantu bashaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo na batuye isi bose uko niko Uwiteka yabitegetse.
Njyanwa mu iyerekwa mbona muri RDF hacikamo ibice bibiri[2];igice kimwe nta bwo gishyigikiye Umwakagara,gikorana na gatsiko ko kurwego rwo hejuru kitwa “MAFIA”icyo gice nicyo gishinzwe kuzaca igihanga Umwakagara kandi igitangaje ntabwo Umwakagara ashobora kumenya abari bo bagiye kumuhitana.Igiteye ubwoba,nta numwe azi,usibye ko apfa gukeka gusa ariko nta gihamya afite zamwemeza yuko umuntu runaka ari we uri mu gaco kagiye kumuhitana.
Nerekwa na none Umwakagara ashyiraho igice cy’ingabo zishinzwe guteza umutekano mucye,no kuwuhosha!Mbona bahawe amabwiriza yo kujya kurasa abantu hakaba akavuyo noneho akabona uko avuga ko,ngo abateje akavuyo ar’ingabo za RNC,bityo agahita abona impamvu yo guhagarika amatora.
Nkiri mur’iryo yerekwa,mbona abajyanama be,bamugira inama yuko haba amatora kugirango hataba intambara mu gihugu yabashaka kumukuraho bitwaje yuko hatabaye amatora.Ariko kandi abamugiraga inama harimo nabashaka ko acibwa igihanga,ariko hakabamo nabafite ubwoba bashaka ko ajya mu matora kugirango acibwe igihanga babone uko bihungira.
Naho ikindi gice gishaka ko ajya mu matora,cyamaze kugirana amasezerano na ba “MAFIA”ndetse bamaze no guhabwa intonorano zabo,kugirango bategure neza uwo mugambi wo kurasa Umwakagara.Ndetse bamaze no kwizezwa umutekano wabo (Protection) y’imiryango yabo nibamara gucisha igihanga Umwakagara barahita bahungisha imiryango yabo ku buryo nta kibazo bazagira.Ngayo ng’uko iby’Umwakagara uko bimeze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara nta mahitamo asigaranye kuko batazabura kumuca igihanga nk’uko yabicye abandi kugirango amenye yuko Uwiteka ajya aca imanza zitabera,yakoresha amatora,atayakoresha misiyo yo kumuca igihanga yararangiye hasigaye gushyira mubikorwa gahunda ubundi akisangira basukuruza aho yajyanye abandi kugirango ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo risohoze umurimo waryo.
Mbona ko Umwakagara uko agenda ahindura amayeri kugirango iki gikombe kimuri imbere abasha kugikira,ari nako abashinzwe kumuca igihanga nabo bahindura amayeri yabo kuko bafite umuntu ukomeye Umwakagara yizera kandi atapfa gupfa gutekereza ko yamugambanira uwo niwe utanga amakuru yose na gahunda zose z’Umwakagara uko zirimo kugenda nuburyo zitegurwa uwo rero niwe umurangije uwo niwe ugiye kumucisha igihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ongera uhanure uvuge uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nta bwo Uwiteka ajya yivuguruza ahubwo avuga kandi agakora ibyo gukiranuka.Ibyo yavuze,niko bizaba kugirango ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rishobore gukora umurimo waryo nkuko ryahanuwe n’Umuhanuzi AINESHA uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore agatsiko kiyicaje ku ntebe ya bukunzi,kazayivanwaho no kumena amaraso nkuko bayigiyeho bamennye amaraso kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ajya aca imanza zitabera niko Uwiteka Imana yanjye avuze!
Nerekwa za magigiri nazo zifite ubwoba bwinshi cyane,zemeza yuko umwana w’Umwega kandi ari mukuru waboko yajya mu matora ngo kuko byagaragara nabi muruhando mpuzamahanga kuba umukuru w’igihugu yakomeza gutegeka atatowe nabaturage.Baravuga bati,nubwo tujya twiba amajwi nibura haba habaye amatora.Ariko se ubu ngubu tuzavuga yuko dutegetse gute kandi ari nta ntambara ihali?
Nuko rero nibahame hamwe kuko nibo barwishigishiye barusome kuko urujya kwica imbwa rubanza kuyiziba izuru,umwana w’umwega aheze hagati nkururimi kuko yikubise kugituza akabwira Imana ngo ahisemo intambara wagirango niwe uzayiyobora.
Nerekwa ko za magigiri z’Umwakagara zamaze kumenya uwo mugambi zishakisha inzira zose zamukizamo zirayibura.Nta bwo ashobora guhunga igihugu kuko yahawe ubuhungiro arabwanga,nta bwo yakora kudeta ngo asimburwe na LT.Cyomoro IVAN kandi ntibishoboka ko ibyo byakunda ahubwo nahame hamwe ijambo ry’Uhoraho rimusohorereho kugirango amenye yuko Uwiteka Nyiringabo ajya agira neza niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega barimo guteza ubwega kandi bari bakwiye kureka abatavuga rumwe nabo (opposition) bagakora ibikorwa byabo bya politike mu gihugu kugirango babashe kumenya amakuru ajjyanye nimigambi yabatavuga rumwe nawe.None baranze babafungira hanze banga ko baza mu gihugu none dore babuze amakuru ayo bari bakeneye kumenya bitumye bakurwa ku ngoma kubera gutekereza nabi no gutegeka nabi niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intumwa ziturutse iburengera zuba bwisi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa z’ubwami bw’uRwanda ziraje mu gihugu cy’ibabylon zije zitumwe n’Umwami YUHU VI nyir’uRwanda nyaguhorana amashyo ningoma.
Izo ntumwa zizahura nabategetsi b’ibabylon,kandi Umwami w’uRwanda YUHI yabategetse kuzahura n’Umuhanuzi bakamusuhuza kugirango bamuhumuriza bamubwire ko ibyo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryahanuye ari byo bisohojwe n’umwuka w’Uwiteka Nyiringabo Imana yawe,ari nayo Mana yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nyampinga nawe araje kandi aje ashagawe kugirango bikubere ikimenyetso cyibyo Uwiteka yavuganye nawe.Uwo niwe uzakubera umunezero wawe akazakuruhura uburemere wagiriye mu butayu,kandi akazakwibagiza umubabaro wo mu butayu kugirango umenye yuko Uhoraho ajya aca imanza zitabera kandi ko,ajya agira neza kubamukunda bose ahora abategurira ibyiza kugirango aramire ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa leta y’ubwami yishyura abanyarwanda bose bapfushije abantu muri genocide ya mbere yakozwe na MRND na FPR,ndetse na bandi barokotse muri genocide ya FPR,mbona yuko igihugu cy’UBUBILIGI gitsinzwe urubanza kuko cyashenye ubwami bw’uRwanda bagahera imahanga imyaka [57];kandi bagateza amacakubiri mu gihugu aho niho amoko yatangiriye mu gihugu kuko mbere y’umwaduko wabazungu nta moko yariho.
Mbona ubwami bwishyura abaturage ama Euro € yatanzwe n’gihugu cy’Ababiligi nka mande baciwe nubwami bw’uRwanda kubera kusambura ubwami bw’uRwanda basanze bwihagije kandi nigihugu bakagicamo ibice bice bakabiha ibihugu duturanye bagasiga gakondo ya bakiranutsi bahanitse kumusozi ngo barahima ubwami bw’uRwanda.Maze mbona batsinzwe nurubanza nerekwa umucyo mwinshi cyane ukwiriye mu gihugu kugirango bimenyakane yuko Uwiteka agira neza uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore hagiye kuba genocide yahereye muri 1959,1973,1994,none igiye gusozwa niya bega barimo gutegura 2017 tutazi igihe izarangirira.Ibyo byose bizashyirwa ku gatwe kababiligi nibo bazishyura ibyangijwe byose uhereye igihe ubwami bwasenywe na babiligi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Kandi ayo ma Euro € azajya afatirwa mu mirenge kandi azagera kuri buri munyarwanda wapfushije abantu be,muri genocide zakozwe na repubulika zitemewe namategeko uko niko Uwiteka abivuga.
Nerekwa ko,guhera ku ipeti rya Colner kugeza kuri general,bakoresha imbaraga z’umwijima,ngo kugirango bazamurwe mu ntera mu gisirikare cy’Umwakagara.Mbona Inzoka iraje ijya mu miyenzi kuko ariho ijya ihurira na shebuja,maze mbona Coloneri ayikoze kumunwa,nayo ihita yirukanka ijyanwa ubutumwa yari ayihaye kugirango ibujyanire Satani muri ibi bihe bikomeye byintambara za matora.Igitangaje yagiye kumiyenzi asa nugiye kwihagarika ku buryo na ISKORT atigeze amenye ibyari byo,ariko Uwiteka Nyiringabo we yarabirebaga byose uko babikora.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,muri RDF,abayobozi bakuru bingabo bose bakoresha imbaraga z’umwijima niyompamvu bahora bica abantu ngo batange ibitambo bemereye shebuja(Satani)ariko ibyo byose Uhoraho agiye kubisenya kandi abashyie ku karubanda bamenye yuko Uwiteka ari we utegeka isi nijuru uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abanyamasengesho bo muri gakondo bagiye gushyirwa mu nzu zimbohe.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uhoraho ryaburiye abiyitirira ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo,ariko bananiwe kwizera no kuryiringira ngo bahungishe ubugingo bwabo,none dore baciriweho iteka kubera kwizera imyuka mibi ya biyitirira kuba bahanuzi bakabahanurira amahoro none dore bagiye gushyirwa mu nzu zimbohe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nyanwa mu iyerekwa mbona imfubyi za genocide ya mbere [1] y’1994,niya [ll] 2017 zahonotse ku icumu ry’Umwakagara zinanirwa kwiga kubera guhungabana,mbona umunyeshuli umwe abona 1.5 mukizamini cya leta,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,bizagorana cyane kuzahumuriza abahungabanye cyane kubera genocide ya bega bagiye gukorera abanyarwanda abazayirokoka,bazabaho barahungabanye cyane ku buryo kuzagarura ubwenge ku buryo bworoshye niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abo ba general uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga,dore mwananiwe kwizera Imana yabaremye,ahubwo mwizeye imbaraga z’umwijima,kubera izo mpamvu dore Uwiteka agiye kubakoza isoni imbere yamahanga kugirango mu menye yuko Uwiteka ari we waremyeIjuru nisi kandi ko byose abitegeka uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa urubyiruko rwa Islamu abacitse ku icumu rya leta ya bega,basigara ar’imfubyi batangira kwiga guterekerera abazimu b’ababyeyi babo bajyaga bakoresha mbere yo kwitaba Imana.Mbona bagerageza guhamagara imyuka mibi kugirango ibazanire ubutunzi nkuko ababyeyi babo bakoranaga niyo myuka mibi,ariko birabananira kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yari yarageze muri gakondo ya bakiranutsi yarahahinduye ibirindiro bye.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu ko,umuntu wese uzagerageza kongera gukoresha imyuka mibi,kandi Uwiteka atuye muri gakondo ya bakiranutsi azagubwa nabi,kandi bizamugiraho ingaruka zikomeye cyane atazashobora kwikuramo kuko Uwiteka azaba abahaye gakondo kugirango mwihane kandi mwiyeze kugirango muzagirirwe imbabazi mu gihe kibi kiri imbere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uhoraho Uwiteka avuga,dore kumunsi wejo Uwiteka Nyiringabo azakugenderera kandi akubere umushyitsi(Visitor’s)nuko rero umwitegurire kugirango uzamwakire kuko atazabura ku kubera umushyitsi kugirango aze ku kubaza uko witwaye mu butayu bugufiya nicyagufashije kurangiza ubutayu.Kuko abantu bo muri iyiminsi bagoranye cyane kandi badashobora kugendana n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka yose y’Inzika yazikutse ivuye ikuzimu,mbona izamutse mu isi ya bazima.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byakomeye cyane kurusha uko umuntu ya bitekereza.Dore Inzika zose zirazikutse kandi zitegereje yuko zakirwa kuko zirashaka guhabwa amafunguro,mbona ushinzwe igikoni anyarukiye mu gikoni kureba no kwitegereza yuko biteguriye abashyitsi bakomeye basuye gakondo ya bakiranutsi hamwe nurugo rw’Umuhanuzi Mukuru w’Uwiteka Nyiringabo.
Ndabwirwa ngo,Umwakagara agushije ishyano rikomeye cyane,ndetse nabanyarwanda bagushije ishyano kuko umwuka w’Inzika ubazikukiye kugirango wihorere kandi namafunguro akaba aria ho bayatunganiriza amazi akaba amaze guserura ndetse nuwagiye kuzana ifu,nawe akaba ageze mu nzira aza azanye IFU y’imyumbati yo gusonga ubugari kuko umwuka w’Inzika zikundira ubugari bw’imyumbati ni NYAMA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko rero mwana w’umuntu,utangarize rubanda rw’Umwami w’uRwanda YUHI VI nyaguhorana Imana na mashyo,uti rubanda rwawe rurasumbanijwe kandi ruraremerewe cyane kuruta ibindi bihe byose gakondo ya bakiranutsi kugirango ubwoko bwawe budahona bagushiraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akuburiye kandi nuko avuga.
May 15, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona hariho intumwa zirimo umugabo Engineer woherejwe nabakomeye baje kugirango bakore ibidatunganye.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abakomeye uti,gukomera kutimo kwicisha bugifi ntabwo Bizana musaruro,kandi uti,gukomera no gutumwa bitarimo ubwenge nabyo ni nko kwiruka inyuma y’umuyaga mu isi ya bazima,kandi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 16, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Ijuru rizana umunzani upima ubutegetsi bw’Umwakagara,”MENE MENE TEKERI UPHARSIN”bisobanura ngo urapimwe usangwa udashyitsi niyompamvu ukuwe ku ngoma.DANIEL 5:25-27.Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Nyiringabo aciye urubanza hagati y’ubwami bw’uRwanda na republika.
Niyompamvu urubanza N° Nº0023/0005/0017 rwacibwaga na bacamanza bagize inteko yo mu Ijuru,banzuye bemeza yuko Umwakagara yatsinzwe nurubanza hamwe na gatsiko bafatanije gutegeka kuko batagenje neza,ahubwo bakabije gukiranirwa cyane no kurwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bakaba baciriweho iteka.Muri urwo rubanza nta bwo hagaragayemo umuvugizi wabakiranutsi Umwami Yesu ushinzwe kujuririra urubanza kugirango Ijuru ribe ryatanga imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara ahimba indi mitwe yamufasha kudakoresha amatora yitwaje umutekano mucye cyane agiye guteza mu gihugu.Mbona bakora inama bemeza yuko gahunda bari bafite yo kwitera bayihagarika kuko ikinyamakuru inyangeNews cyamaze kubyandika mu ijambo ry’Ubuhanuzi ryashyizwe ahagaragara n’Umuhanuzi AINESHA Majeshi Leon.
Numva bajya inama bavuga ngo,batere za gereza zose zo mu Rwagasabo uhereye kuri 1930 bimuriye ahitwa “MAGERAGERE” ngo kuko uwo mugambi bari barawuteguye kuva mbere bakaba batarashakaga ko,iyo gahunda yazakorwa gereza ikibarizwa mu murwa hagati kuko bakoze uwo mugambi bitabura kumenyekana.
Iyo akaba ariyo mpamvu bimuye iyo gereza.Inama yakomeje bemeza yuko batazafungura za gereza gusa,ahubwo yuko bazajya batera nibigo bya Police bagafungura abanyururu bategereje kujyanwa muri parike kandi ibyo bakabikora mu gihugu hose kugirango bateze urujijo mu gihugu hose ndetse na mahanga akazabona yuko ubutegetsi bw’Umwakagara bufite ikibazo gikomeye ku buryo nibavuga yuko ibyo bitero byitera bwoba birimo gukorwa na RNC,bizumvikana.
Dore no mu ijambo ry’ubuhanuzi naho ngo havuga yuko na RNC izajya itega za bombe bakanatega amamodoka bakayarasa kugirango baburizemo amatora ateganijwe muri kanama taliki ya 04,2017 ubu hakaba hasigaye iminsi nka [80] kugirango italiki ya matora ibe maze hamenyekane uzatsinda amatora adateze kuzaba ngo asimbure Umwakagara ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa mbona inkozi z’ibibi zishaka guhitana nyina w’Umuhanuzi Kazi,kugirango uwo Muhanuzi Kazi,azakure ar’imfubyi atagira ababyeyi kugirango atazabona uko azakora Umurimo w’Uwiteka Nyiringabo Imana yamutoranije kandi yagambiriye kuzakora umurimo w’ubuhanuzi Kazi.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo Muhanuzi Kazi mu minsi ya vuba agiye kuvuga kandi igihe kitari cyagera icyo kizaba kimwe mu bimenyetso bikomeye cyane bizagaragaza yuko yatoranijwe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,nongera kujyanwa mu iyerekwa,mbona ba COMMANDAT ba POLICE bahabwa amategeko uko igikorwa cyo guteza umutekano mucye mu gihugu kugirango haboneke impamvu izatuma Umwakagara atiyamamaza.Numva babwirwa ngo,bazajya baboherereza ibitero kuri za STATION za POLICE.
Maze abo ba COMMANDO bashinzwe guteza umutekano mucye mucyimbo cyo kurinda umutekano wabanyagihugu,bazajya baza batere za STATION za POLICE bafungure infungwa bazitware aho bashaka hanyuma babeshye yuko babambukije Uganda bagatwarwa na bus ya JAGUA ikabajyana mu myitozo y’igisirikare cya RNC cyitwa “IMVEJURU” bityo hazaba habonetse impamvu yo gutangariza amahanga yuko amatora atakibaye kubera impamvu z’umutekano mucye.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,birababaje cyane kumva Umwakagara ashaka gufungura imfungwa mu gihugu hose,akabica kugirango abone impamvu yo kuburizamo amatora y’umukuru w’igihugu kuko naramuka agiye mu matora azajya kwiyamamaza azahita araswa acibwe igihanga ibye birangirire aho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nkomeza kwerekwa amarembera y’ingoma ya bega,mbona abega bahunga uruvunga nzoka,mbona bahungana nibikorwa byabo byubucuruzi bari basanzwe bakora.Ariko aho bageraga hose nta mukiliya wabaguriraga kuko bari bahunganye ibintu byinshi basahuye muri gakondo ya bakiranutsi.Bamaze kugera mu buhungiro,mbona bafashe bibiliya bahakanaga batemeraga batangira kuyikoresha mu gikorwa cyo gushaka imibereho.
Abandi mbona biciyemo ibice [2] bihindura abayislamu kandi bari basanzwe arabagatolika.Mbona ayo makipe uko arabiri atangiye guhangana mu rwego rwo kurindagiza abaturage bahunganye nabo kugirango babone uko b’abayobora kandi amadini yahoo bahungiye abone uko yafasha.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirabwira riti,mwana w’umuntu,bwira abega uti,nibyo mugambiliye gukora nta bwo bizabahira kuko Uwiteka atazaba kuruhande rwanyu,kandi uzababona wese azumva abanze nta muntu uzumva agize umutima wo kubagirira neza kuko mwavumwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bityo rero muzirukanka amahanga muzayamarisha ibirenge kubera umuvumo ubariho kuzageza igihe muzarimbukira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nongera kwerekwa Umwakagara bamuciye igihanga mbona ahambwa na bantu batatu,mbona bafashe kore ijya gusa na zahabu bayimena ku isanduku kugrango bigaragare yuko bamushyinguye mu isanduku ya zahabu,ariko mu byukuri nta bwo yari zahabu.Mbona barayitunganije kugirango bamuhambemo kandi iyo sanduku bayitunganije mbere yuko acibwa igihanga kandi abashakaga isanduku ninabo bari bashinzwe kumuca igihanga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,havumwe uwiringira umwana w’umuntu,kuko umuntu wese utizera Imana,atazabura gupfa urupfu rubi rwabatizera Imana,kandi hanyuma akazajyanwa murubanza agacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nkomeza kwerekwa iherezo rya bega bavumwe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Mbona bagendagenda mu byondo bivanze na mase y’Inka,mbona amazu yose bagiye gucumbikamo Uwiteka yohereza umuyaga ukaza ukayasakambura.
Hanyuma hagashyirwaho ibindi byatsi kuko izo nzu zari zisakajwe nibyatsi nubundi bakongera bakazisakaza ibyatsi kugirango nibura batavirwa babone aho biking.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore abega bavuye mu mazu yibitabashwa none bajyanye mu butayu aho bazajya barara mu mazu y’ibyatsi,bisobanura kutagira igihugu,kandi nibihugu bazaba barimo batazabiboneramo umugisha kuko bahetse umuvumo ku migongo yabo.Hazabona ishyano abazashaka,cyangwa bagashakwa mu bega,kuko umugisha ni mbabazi z’Uhoraho bizababa kure nk’Ijuru uko niko Uwiteka abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara yashatse guhitana icyegera cy’umukuru w’igihugu cy’ibabylon,abinyujije ku bari bafite iyo migambi nyuma yuko Uhuru amusaby’inama uko byagenda kuko abona yuko azamwangiriza mu matora azaba mu mwaka wa 2017,kuko nawe ashaka kwiyamamaza kandi akaba adashobora kumuha umwanya ngo ategeke atabanje kuyobora mandate ze uko ar’ebyeri.Ariko uwo mugambi nta bwo watunganye nkuko babyifuzaga kuko Umwakagara yabonaga yuko Uhuru natsindwa amatora bizaba birangiye gukorera muri icyo gihugu kuko asa naho yacyigaruriye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 19, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,abaturage bahabwa ibigori(ibigeragezo) byihuse,nerekwa ko Umwakagara agiye gushakisha impamvu zose zishoboka zo kugira urwitwazo rwo guhagarika amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe taliki ya 04 kanama,2017 ariko akaba adashobora kuzaba kuko ari ko ijambo ry’ubuhanuzi bwavuze.
Ubusanzwe mbere ya matora y’umukuru w’igihugu aba habanza amatora yabashingamateka,hakabona gukurakiraho amatora y’umukuru w’igihugu(Umwakagara)kuko ntawundi ushobora guhabwa amahirwe yo gutsinda ayo matora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za mayibobo zitegera abantu kumihanda zikabambura utwabo twose zibacuza kubera nzara yateye mu gihugu ku buryo bukomeye kandi bakaba ari nta kundi babigenza ngo babeho.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muli gakondo ya bakiranutsi ibintu bimeze nabi cyane kubera inzara yahanuwe n’Umuhanuzi “AINESHA”kugirango ibyahanuwe n’umwuka w’Imana bikore umurimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 18,2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari mwene data Renovat ndikumwe nawe mu mwijima wicuraburindi hamwe na bandi bakobwa twasenganaga.Maze mbona jyewe na Renovat dusigaye muri wa mwijima,b’abakobwa twasenganaga (Utudini duto) bavamo bajya kwicara mu mucyo utari umucyo uturuka mu Ijuru.
Ubwo jyewe na Renovat dusigara muri mwijima,muri iyo nzu y’umwijima halimo umudayimoni wazaga kutubuza ibyiringiro byo kuzabona umucyo,maze mbona ya dayimoni ivugana na RENOVAT,numva binteye ubwoba ndabahunga ngeze imbere gato,mbona umucyo uturutse ku Ijuru uramulikira ndasohoka ariko RENOVAT asigara muri wa mwijima.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwahoze ari mwene so RENOVAT wakunze ibyiki gihe nka ‘DEMA’yasigaye mu mwijima kubera kwikundira ibyisi.Mu bwire uti,yewe mwana w’umuntu,mbese wahisemo irimbukiro kandi wari warasogongeye ku bwiza bw’umwuka w’Imana?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo,uwo yigize umwana wo kurimbuka yigira mu mbaraga z’umwijima kubera gukunda ibyisi kuruta iby’Ijuru,maze yirengagiza impano y’Imana imurimo Uwiteka yari yateguye kuzamukoresha ibikomeye mu isi ya bazima ariko byageze aho Uwiteka amutunganiriza muruganda kugirango azamukoreshe aho kwemera gutunganywa ahubwo asohoka muruganda atari yatungana arapfuba yigira mu isi ubwo umugambi w’Uhoraho Satani awuburizamo gutyo uko niko Uwiteka avuze!
May 19, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibihugu [3] birimo na gakondo ya bakiranutsi,ibihugu [2] byarwanyaga uRwanda kuko byatinyaga yuko gakondo igiye guhabwa Umwami wayo YUHI VI kuyiyobora azayobora akarere kose kibiyaga bigari.
Mbona igihugu cya Uganda gitangiza intambara ngo kuko gakondo igiye guhabwa Umwami YUHI VI izagarurirwa ibice byayo byose yambuwe na babiligi bikomekwa ku bindi bihugu birimo Uganda, DR Congo,Tanzania, bidaubizwaho kuko nibigarurwa kuri gakondo kizaba igihugu kigihangange kandi gifite ubukungu bwinshi cyane kandi kikazaba igihugu kizategeka ibihugu byo mukarere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona batangije intambara mu gihugu cya Congo kugirango babone aho batangirira mu majepfo y’uburasizuba bwa Congo kugirango babone uko bafata gakondo ya bakranutsi bagakuraho Umwakagara bakishyiriraho ubutegetsi bwabo kugirango baburizemo umugambi w’ijambo ry’Ubuhanuzi ryaturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi.
Nsubizwa mu iyerekwa mbona gakondo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo igabizwa inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’aba Islam,mbona binjiye mu murima w’inzabibu bajya gusarura inzabibu zo kwengamo umutobe kandi nyamara atari bo bazihinze.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara yaraye akoze inama ihura na raporo yakozwe ukwezi gushize yemezaga yuko haba hari ibitero birimo gutegurwa na All-shabaab.
Nyamara ntagahunda ya All-shabaab ihari ahubwo nurwitwazo bashatse kuko gahunda ya magereza bamaze kubona yuko yashyizwe ahabona maze bahitamo kuyireka ahubwo bazana gahunda ya all-shabaab kuko bazi neza yuko all-shaabab izwi mu bikorwa byose by’ubugizi bwa nabi ku isi yose!
Kandi iyo nama baraye barangije,bateguye yuko bazakora ibitero bitiriye all-shabaab bizatangira taliki 09-24 kamena,2017 kugirango bizabe impamvu yo kudakora amatora y’umukuru w’igihugu kugirango Umwakagara adacibwa igihanga kuko uko niko imandwa zabategetse.
Ariko nihahandi he,kureka amatora cyangwa kuyakora nta bwo ari byo byakiza ubugingo bwe,kuko abazamwica bamaze kuteganya uko bazamwica gusa amatora niyo yari kuzaborohera kumuca igihanga ariko natayakora nubundi ijambo ry’Uwiteka nta kizaribuza gukora umurim waryo nkuko ryahanuwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kiliya kinyoma cya All-Shabaab kijya gusa n’ukuri,ariko nta bwo ar’ukuri,kuko ar’umugambi bari bateguye ngo baburizemo gahunda ya matora kuko najya kwiyamamaza atazabura gucibwa igihanga uko niko Uwiteka abitegetse kandi niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Bariya baislam wabonye balimo gusarura inzabibu kandi bataraziteye,nurwitwazo leta y’Umwakagara igiye gukoresha ibeshyera abaislam ko bafite ingengabitekerezo yidini dore hazafatwa abaislam kandi bazafungwa kugirango ubwami bw’Umwakagara buzabone urwitwazo kuko ntawundi mutego bafite bakoresha kugirango bikure mu isoni zo kudakora amatora.Ariko kandi kudakora amatora bikazaba ikimenyetso simusiga cyo gucibwa igihanga cy’Umwakagara Umwami w’umunyamwaga warwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Ni uko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ry’uyu munsi,risoza rivuga ko,abega bakomeje gushakisha ikinyoma cya kwemerwa namahanga ariko icyo kinyoma nubwo kijya gusa nukuri,nta bwo ar’ukuri,kandi nta bwo amahanga ashobora ku cyemera kuko muri za magigiri ndetse no bateguye icyo kinyoma harimo abakorana na za magigiri zamahanga uko bakoze inama z’ubugizi bwa nabi,bahita batanga raporo z’inama bakoze amahanga akamenya gahunda zose barimo zirimo ibinyoma byo guhitana ubuzima bw’abaturage kubera gushaka kugundira ubutegetsi ku ngufu za gisirikare niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 19, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona abasore basa na barangije amashuli yisumbuye bafata icyemezo cyo guhunga gakondo ya bakiranutsi ngo kuko imvura yamaze kugera hasi kugirango itabanyagira.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,muri gakondo abantu baho bahagaritse imitima cyane kandi imvura igiye kugwa yamaze kugera hasi ababyeyi bafite abana b’abasore bakwiye kuhungisha nibura hakazagira abazaroko uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.
Mbona mu mashyirahamwe ya nyabugogo yitwa INKUNDAMAHORO yahoze aramajoji ya Twagiramungu Faustin,abari abayobozi bahagarariye ayo mashyira hamwe,barakennye kubera batishyuye inguzanyo zo kubaka ayo mashyirahamwe yitwa Inkundamahoro.
Mbonamo uwitwa Ntuyehe Francois alimo gushinga icyokezo cy’ibitoke byokeje kugirango arebe ko,yakongera gufata agatege.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyahanuwe byamaze kugera mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi,kuko abiratanaga ubutunzi,dore bwamaze kwambikwa amababa ngo bwigurukire bwisubirere mu bubiko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!
Nerekwa abega bajyanwa mu butayu bajyaga bajyanamo abandi,babugeze imbere bagira ubwoba bwinshi cyane,bashaka gusubira inyuma biranga,kuko inyuma yabo hakaga umuriro mbona bafashe icyemezo cyo kwinjira mu butayu bugufiya binjirira haruguru mu irembo ryo kuri ya Nyanja iherereye mu burengera zuba bw’Africa.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyo abega batinyaga,kandi barabikreye abandi,nabo nibyo bahembwe kugirango bamenye yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi vuba cyane byihuse kugirango ibyo Uwiteka yagusezeranije bisohoze umurimo wabyo vuba,maze umenye yuko Uwiteka Nyirngabo yagukunze,kandi ko ibyo avuga abikorera igihe cya byo.Ntabwo bijya bitinda cyangwa ngo bibanguke ahubwo abikorera igihe cyategetswe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 20, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo za batutsi zongeye guhaguruka,mbona kumpande zombi inzika zimeze nabi,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inzika za batutsi n’Inzigo zabo zirahagurutse,mbese haba hari uzarokoka iriya mvura imanutse iguye ko mbona igiye kunyagira abantu benshi cyane?
Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,kuzamuka ku inzika z’inzigo,nizo mbaraga z’Umuhanuzi kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Iri yerekwa ryaje saa 12:38,dore inzika z’Abega zihagurukiye abandi banyarwanda kugirango zibace ibihanga ngo ni uko bakuwe ku ngoma!Nyamara ubanza nabo amaherezo yabo atazababera meza kuko ngo Ijuru ridasakaye kandi buri wese akaba anyagirwa ku giti cye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ahagana saa 2:38 z’igitondo rirambwira riti,mwana w’umuntu,tangariza abo muri gakondo ubabwire uti,nta zindi mbuzi zisigaye usibye urupfu no kurimbuka gusa,uwabasha gukiza ubugingo bye,yabukza.Kandi uwiyeza yiyeze hakiri kare kuko ibyari bitegerejwe byamaze kurangira.Nerekwa abahoze ar’inshuti zanjye harimo Diedonne mbona atangira kwicuza icyatumye adahunga kandi yarabifitiye ubushobozi!Abantu benshi cyane batangira gutekereza ku ijambo ry’ubuhanuzi Uwiteka abagezaho buri munsi kugirango arebe yuko baba abanyabwenge bagakiza ubugingo bwabo,ariko baranze bamera nka miserebanya ngo nibisanzwe iyi nzu basanzwe bayicanamo .
May 20, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo z’Abega bo mu bwoko bw’Abatutsi ko zikomeje guhaguruka zihagurukiye Umuhanuzi ngo zimuce igihanga kuko akomeje gushyira ijambo ry’Uhoraho ahagaragara ngo ubwoko bw’Uhoraho bumenye ibirimo gukorwa ni ngoma yabo.
Nuko numva bavuga ngo,ubwo afite ubwene gihugu bw’ibabylon,biragoye kumubona ngo tumufate!Bakomeza kuvuga batanga ibitekerezo by’uko babigenza ngo babe babona inzira nziza ngo barimbure ubugingo bwanjye.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,za magigiri z’Abega zimeze nabi cyane kuko zamaze kubona iherezo ryazo ko ari ukurimbuka,kandi ko igihe cyazo cyamaze kurnagira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mu gihe naringitekereza ibyo neretswe,nongera kubona (INKA Z’ABEGA) imandwa zabo bakoresha mu guterekera,zisiganwa zirukanka zerekera mu butayu aho abadayimoni babo bagiye kwihisha kuko ntahandi hantu handi bagenewe.Ni uko ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega bamerewe nabi cyane kuko ikinyoma cyabo cyamaze kugera ahagaragara ku buryo bafite ipfunnwe ryo gukomeza kujya imbere ya baturage kandi badafite icyo b’ababwira ko byamaze kumenyekana yuko ari bo bakoze genocide yakorewe mu Rwanda abazungu babafashaga bamaze kubishyira hanze no guhindura inyito ya genocide yakorewe abatutsi,byahise bimenyekana maze abega Uhoraho abambura ijambo gutyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,iri niryo herezo ry’ikinyoma cya Abega barimbuye ubwoko bwanjye ubwo bashakaga gufata ubutegetsi.Nerekwa INKOTA y’umuriro mbona ukuboko kwa Malaika kurambuye inkota nziza yaka umuriro kurongera kurazinga irarangira.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rigira riti,mwana w’umuntu,nta buhanuzi busigaye bwa bega barimbuye ubwoko bwanjye.Ikibasigariye ni ntambara ibategereje igeze kumarembo y’irango ry’irembo rya gakondo ya bakiranutsi.Kugirango bamenye neza badashidikanya yuko ibyahanuwe n’umwuka w’Imana nta kizabihagarika gusohoza umurimo wabyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Dore bafashe umugambi wo kuguhigira hasi no hejuru kutabura,kuko ijambo ry’ubuhanuzi ryabahagaritse umutima cyane,kuko bo baryizera kubera imandwa zabo zibabwira yuko zibangamiwe n’Umuhanuzi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ngo kuko ari we ufite intsinzi ya masezerano y’ubwami bw’uRwanda kandi akiriho nta bwo bizashoboka yuko abega baguma ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabitegetse!
Nerekwa Jubilee ishyaka riri kubutegetsi mu gihugu cy’ibabylon bashaka guteza intambara ngo amatora maze babishyire kubatavuga rumwe ba NASA banze yuko hahindurwa icyemezo cy’urukiko rukuru rwa leta,rwanzuye ruvuga yuko amajwi yibyavuye mu matora azabarirwa mu turere(constituencies)naho Jubilee yo iri kuri leta ikaba ishaka ko,amajwi yibyavuye mu matora yazabarirwa mu ntara kandi atari ko bitegakanijwe nitegekonshinga.
Ariko nubwo bimeze gutyo,nta bwo ibyo jubilee yifuza izabigeraho kuko binyuranije namategeko nubwo bavuga ko nta muntu utsindwa ari ku ngoma,nyamara bagiye kubona ko bishoboka kandi ko ibyo bibwira bihabanye cyane numugambi w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho abitegetse kandi ni uko avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma uciriweho iteka,n’Uwiteka Imana Nyiringabo,kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari ku ngoma.Kuko hashize igihe kirekire kandi kinini umwanzi yarigaruriye ubwoko bw’Uwiteka akoresheje ikinyoma kuko ari we se wikinyoma akaba umujuru n’umwicanyi kuko yica abo ataremye,kandi agasarura aho atabibye kugirango yiyitiranye n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ayobye benshi muri bo imitima yabo ihora irarakiye ubutunzi bwo mwisi kugirango batazabona ubugingo buhoraho bazarimbukane nawe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com











































































