Amakuru agera ku inyangeNews aravuga ko,igihugu cya Koreya ya majyaruguru cyifatanije na IRAN bakaba bashyize ingabo hamwe kugirango bahangane na leta zunz’ubumwe z’America yatangije urugamba rwo kurwanya ibyo bihugu ibibuza gukora ibitwaro bya kirimbuzi.
Amakuru afite za gihamya ikinyamakuru inyangeNews gifite,avuga ko,igihugu cy’Ubushinwa ari cyo kirinyuma yizi ntambara bakaba barateze umutego igihugu cya leta zunz’ubumwe z’America gishyigiira Korey aya ruguru mugukora ibitwari bya kirimbuzi.
Ntabwo ar’ubushinwa gusa,ahubwo n’igihugu cy’UBUSIYA nacyo kiravugwa ko cyaba kirinyuma yiyontambara nyuma yaho gihanganiye na leta zunz’ubumwe z’America mu ntambara imaze igihe ibera muri Syria.
Leta z’America niziramuka ziyemeje kurwana iyi ntambara ishobora kubyara intambara ya lll yisi yose.Abategetsi b’America bamaze ibyumweru birenga bibi barimo kugendera ibihugu byo mukarere k’ASIA,ndetse n’UBURAYI aho barimo kwegeranya imbaraga basaba ibindi bihugu kuba bafatanya kurwana intambara barwanya ibihugu byigometse kuri America bidashaka kubahiriza amwe mu masezerano bagiranye mu ntambara ya kabiri yisi yose.
Ibyo bihugu nibiramuka byemeye kwifatanya na America,intambara ishobora guhita itangira aho America yamaze kugeza ibikoresho by’intambara muri koreye y’Epfo aho biteganijwe ko ariho bazatangirira intambara yo guhangana na Koreya ya majyaruguru.





