HomeNewsAbega:Dutange ikirego azafatwe na mategeko,kuko kumushimuta byananiranye!

Abega:Dutange ikirego azafatwe na mategeko,kuko kumushimuta byananiranye!

April 4, 2017 njyanwa mu yerekwa mbona uburyo Abega bagambanye kubategetsi b’Ibabylon,bakoresha impapuro zo guta muri yombi Umuhanuzi AINESHA ngo kuko ijambo ry’ubuhanuzi rikomeje kuberemerera cyane no gutuma imitima yabo ihagarara kubera ibigiye kubaho muri gakondo ya bakiranutsi.Nuko mbona mu nzira nyabagendwa hatezwe inzoka(ubugome,nubugambanyi)maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,wirinde bikomeye kandi wigegensere cyane kuko umwanzi yaguhagurukiye nubwo atari ubwa mbere aguhagurukira.No mu gihugu cy’Ubuphilisitia barageraje barananirwa ubuse ibabylon niho bazabishobora?Niko Uwiteka ababaza!

Nerekwa izo nzoka zose uko baziteze mu nzira nyabagendwa,nzishinga umuhunda wanjye zose zirapfa!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe arakuneshereje,kandi ntutinye ndetse ntugire ubwoba kuko Uwiteka arikumwe nawe niko Uwiteka avuga.

Mbona mfashe impungure bari bateguye ngo bazinzanira muri gereza,ndazifata ndazibagaburira kuko nabo bari bashonje cyane bafite inzara.Maze ndabwirwa ngo”ibyo bakwifurizaga,nibo bisohoyeho niko Uwiteka avuze!”.Mbona urubyiruko rwa Bega rwinjizwa muri gereza aho bajyaga bafungira abandi bamenya yuko Uwiteka ari we mucamanza utabera niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nuko rero wikomereze inzira wigire mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,maze abagushakisha ubihorere kuzageza igihe cyabo cyategetswe n’Uhoraho kibanze gisohore bakurwe ku ngoma maze ubone kwidegembya ntawukiguhiga wikomereze gahunda zawe umutima utuje uko niko Uwiteka akuburiye,kandi nuko avuga.

April 5, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi Umwakagara yarayisenye akubita hasi amazu yasanze murwagasabo yubatswe na za Leta za bahutu.Mbona azamuye amazu maremare ataruko ashaka kuzana amajyambere,ahubwo agambiliye gukenesha abanyarwanda bo mu bwoko bwa bahutu.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo mu Umurwa mukuru w’Iyerusalem yazamutse ku buryo bukomeye cyane!

Kuko Umwakagara na bambari be,bagambiliye gukenesha abantu banjye ngo azabone uko abakubita hasi burundu azabategeke ubuziraherezo.Bwira ubwoko bwanjye yuko ngiye kubaha ubutabera kandi yuko azashaka mu maso h’Uwiteka azabasubiza ibyo bahoranye baruhiye byaturutse mu maboko yabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi ibyo zigambiliye biburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nerekwa umufuka wa magyi wa kilo 100,uhetswe ni nkozi z’ibibi zigiye gushaka uko zahumanya abantu,maze umuyaga uraza uhungabanya ingorofani bari bayahetseho,ako kanya amagjyi yose aramenagurika.

Ijambo rirabwira riti,mwana w’umuntu,ibigeragezo byari bije none Uwiteka abiburijemo,abadayimoni bari bagiye kuvuka ngo bakujujubye,bose baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza guhishukirwa ibikomeye bikorerwa mu isi ya bazima,mbona Idini rya Vivante riyobowe na Gataha Staraton inkozi y’ikibi yo mu bwoko bwa “soothersays” imbaraga bakoresha zo mu maso ukareba umuntu ukamenya ibyo atekereza cyagwa gahuna ashaka gukora,cyangwa ukamenya ikimuzanye agushakaho.Babyita ngo nimbaraga zituruka muri ‘science’ ariko ni mbaraga z’umwijima zikoreshwa cyane muri za kaminuza abazikoresha bahgarariye idini rya Satani bita “ILLUMINATI”.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,igihe kirageze ngo ibyahanuwe kuri “VIVANTE”bisohozwe,nuko mbona bagoswe cyangwa bazengurutswe na toilet cyangwa W.C yatobotse ibagose ahantu hose,maze nimvura ihita igwa kugirango iyo myanda ibagereho yose kuko aho bashoboraga gukandagira hose habaga hariyo myanda.

Mbona abantu bose batangiye gusohoka murusengero bahunga umunuko wiyo myanda yo muli toilet.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,iki nicyo gihe ijambo wahanuye uhereye mu w’2001 rigiye gusohoza imilimo yaryo nyuma y’imyaka [16] kandi biraje ndetse birasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Iryo dini rizasigara aramateka mu isi ya bazima,aho bazaba bavuga ngo habayeho uko niko Uwiteka avuga.

Iri dini riherereye mu murwa mukuru ahitwa mu KANOGO munsi ya kimihurura mu gace gaherereyemo inganda munsi ya Gikondo muri gakondo ya bakiranutsi.

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments