Abacika cumu ngirango murabona yuko,abakuru banyu bari bazi kubarebera imbere hejo hazaza ko barangiye!Ndibwira yuko noneho ko ntacyo mugitegereje cyatuma mwongera gucibwa ibihanga.
Ubu musigaranye Imana yonyine kuko niyo ishobora kubakiza ikabagirira neza.Nta kundi byagenda kuko abana b’abantu mwari musigaranye bose bararangiye mwizere Imana yonyine kuko ibyo mwizeraga byose birangiye.
Umwakagara rero ari hafi kugera kumugambi we,ariko uko abitegura,ninako Imana nayo igiye kugera kumugambi wayo w’ijambo ry’Uwiteka Imana mwagejejweho n’Umuhanuzi Majeshi Leon.
Ngirango murabona neza yuko abarwaniye igihugu dushaka ko twabona gakondo,bose nabo Umwakagara yarabarangije.Twongeye gusubira iy’ubuhunzi aho twamaze imyaka [35] na nubu ntituzi igihe Uwiteka azongera kutugirira ibambe kugirango tuzasubire muri gakondo ya bakiranutsi.
Duheze ishyanga ariko nubwo bimeze gutyo,turacyafite ibyiringiro yuko Uwiteka atazabura kudutabara no kutugirira neza.Kuko Uwiteka afite icyo yatuvuzeho!Ubwo rero tukaba dutegereje isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Twese dufatanirize hamwe gusenga Uwiteka Imana ya bakiranutsi tujye tumubwira buri munsi tumusabe ko yaduha ubutabera kuko nta mwana w’umuntu waduha ubutabera kugirango Uwiteka yihutishe kandi adusohoreze amasezerano vuba bishoboka.
Abatutsi bashiriye muri gereza,abandi bakomeje kwicwa umunsi ku munsi ariko bury anta kitagira iherezo.Igifite itangiriro kigira niherezo!Nuko rero mukomeze kwiringira ijambo ry’Uwiteka Imana kugirango muzashobozwe kwinjira mu isezerano ry’Uwiteka Imana Nyiringabo.





