Ubuyobozi bw’ikinyamakuru inyangeNews Media Agency burashimira bene data bo mu bwoko bw’Abakiranutsi batuye mu gihugu cy’Ubwongereza igihugu kiyobowe n’Umwami-Kazi Elizabeth ll mu gikorwa bakoze gikomeye cyane cyo guhesha umutekano gakondo yabakiranutsi ikinyamakuru inyangeNewss.com
Nyuma yihangana rikomeye cyane hagati y’itangaza makuru ryigenga Inyange News Media agency riyobowe n’Umuhanuzi Majeshi Leon na Leta y’umwakagara aho bamaze igihe bashimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com ariko kikanga kigasubiraho.
Dusabye bene data bose aho mwatataniye ku isi hose gushimira abo bene data hamwe no kubasabira umugisha kugirango Uwiteka asubize aho bakuye ariko kubwanjye by’umwihariko nk’uko Uwiteka yabimpereye uburenganzira ko uwo nzasabira umugisha azawuhabwa nanjye mbasabiye umugisha uturuka kuri data wa twese akaba na se w’Umwami wacu Yesu Kristo abampere umugisha.
Ubu rwaserera z’umwakagara,Nziza,Jezebel Nyiramongi bampozagaho zararangiye Uwiteka ahabwe icyubahiro kuko anduhuye umuruho ukomeye nahoranaga hamwe nimpungege za hato na hato.
Uko biri kose ngirango babonye yuko na mama yabyaye umuhungu kandi ko Uwiteka Imana nkorera atari ikigirwamana nka byabigirwa mana byabo byabalangi na bacwezi birirwa bajya kuraguza mu bigabiro bya Ndori wa Ndahiro mu nkore.
Bidatinze bagiye bagiye kwibonera yuko nta muntu ujya ahangana n’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko burya ukubise umugaragu abashaka shebuja reka rero nabo bamenye yuko Uwiteka akiri ku ngoma niba bari batarabimenya noneho bagiye kubimenya.





