HomeNewsGen.Jack Nziza yihimbye Majeshi Leon,ariko count ye yitwa "Astrida"muri Facebook.Maze yiga guhanura...

Gen.Jack Nziza yihimbye Majeshi Leon,ariko count ye yitwa “Astrida”muri Facebook.Maze yiga guhanura mu izina ryanjye!

Umuhanuzi Majeshi Leon ndamenyessha abantu bose yuko iyi message atari yanjye bahimbye amazina yanjye bashyiraho ubutumwa butanturutseho kubera yuko bananiwe gusenya ikinyamakuru inyangeNewss.com ubu kidashobora kongera gusenywa uko babyishakiye.

Ibibaye nyuma yahoo Nyiramongi Jeannette Kagame ansabye ko tuvugana kugirango nkure inkuru iri kukinyamakuru inyangeNewss.com igaragaza imyitwarire ye mibi ndabyanga bansabye no kumpa inzu iri mu murwa mukuru wa Nairobi ndabahanira

Ibi rero bigaragaza gutsindwa kwabo gukomeye kandi ibyo banyitirira sibyo kuko ni nyandiko zanjye mu menyereye uburyo nzandika ziba zifite uburyo zanditsemo urabona yuko ari na baswa mu kwandika ikinyarwanda kuko uyu s’umukono wanjye aha rero bakubise igihwereye.Inyandiko zanjye zitangirana ni taliki ukwezi n’umwaka kandi mfite uburyo nadnikamo amagambo y’imvugo y’umwuka ukabishyira mururimi rw’abana bab’abantu.

Ngirango murabona yuko amagambo wa mushumba wihene Nziza yakoresheje yishyira ku karubanda ngo arantuka,ko ari nayo yongeye gukoresha yibwira yuko ubwenge bwe buruta ubwanyarwanda bose.Muri count yihimbye amazina yanjye nakoze ubushakashatsi nsaga yitwa Astrida amazina ya nyina w’umwakagara uherutse kwitaba Imana akajya gusobanura ibikorwa yakoranaga n’umuhungu we.Imigani 4:16 ntibajya bagoheka cyeretse bagushije umwe mu bantu b’Imana.

 Inyandiko ya wa mushumba wihene Gen.Jack Nziza yigana guhanura mu izina ry’Umuhanuzi Majeshi Leon.

Nuko ku manywa y’ihangu nicaye mu nzu ntegereje ko izuba rirenga ngo abampiga bave munzira njyanwa mu iyerekwa Data yamaze kunsobanurira ko atari we riturukaho ahubwo ari imyuka mibi y’abacwezi yangiyemo nkiri mutoya, maze anyereka umubyeyi usa na Maman yicaye imbere y’abapfumu baraguza urugimbu, maze maman aramubwiira ngo: UMWANA NI UWANYU BABYEYI. Data arabwiira mgo Dore uko no nyoko yagutambye mu barangi n’abacwezi kuko aribo yakubyaranye nabo

Yongera kunyereka mbwira umudamu wanjye nabi cyane maze arambaza ati: ESE ISOKO YA TANGA AMAZI MEZA N’AMABi iCYA RIMWE? NANJYE NTI HOYA! N’UKO ARAMBWIRA ATI:IYI NI I NABI WABWIRAGA UMUGORE WAWE ODETTE YARAMPAMAGARAGA NKAMWUMVA, ANYEREKA UKO UBESHYA ABANYARWANDA NGO URABASENGERA WARANGIZA WE UKAMWUKA I NABI, NANJYE NDABIBIKA. NI WIHANA UGASABA UMUGORE WAWE IMBABAZI UBURYO WAMUSHARIRIYE NZAKUBABARIRA. IBI UZABIFATANYE NO KWIHANA ICYAHA CYO KUROGA CYAKABARE UKAMBESHYERA NGO NI JYE UMWISHE, ARI AMAGINI YAWE UMUTEJE. UZIHANE KANDI KUBA WARASAMBANYE UGIKORERA KU KANYARU UKAHABYARA UMWANA UKAMWIHAKANA, NTA MUHANUZI USAMBANA WARANYIYITIRIYE, UZIHANE NZAKUBABARIRA. N’UKO AKO KANYA NUMVA UMURIRO URATSE MU MABYA MAZE ARAMBWIRA ATI N UBUGUMBA NZABUGUKIZA NUTONGERA KUBESHYA ABANTU KO UKIZA INDWARA, JYE NZAGUKIZA NIJYE MUGANGA W’IBIHUMEKA. NDEBYE AMABYA YANJYE NSANGA INKOVU ZARIKO ZIRASHIZE, MAZE AHO KUGIRA AMABYA 2 MBONA ARIYUNZE RIBAYE RIMWE RININI.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments