23rd OCT,2015 njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’ubutayu bugufiya buherereye mu burasira zuba bw’Africa mu majyepfo yicyo gihugu,nerekwa abantu besnhi batonze umurongo bari murugendo bagiye ku Nyanja iri mu majyepfo y’uburasira zuba bwiyo Nyanja.Abari bagiye kuri iyo Nyanja bari bavanze abakuru n’abato bose bakaba bari bagiye kuvoma cyangwa kunywa kuri ayo mazi yiyo Nyanja kandi ntabikoresho babaga bafite.
nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti,mwana w’umuntu,waba wasobanukiwe ibyiryo yerekwa?Ndasubiza nti.oya!Arambwira ati,buriya butayu abantu wabonye bari kunyuramo,nimibereho mibi barimo kunyuramo,hanyuma uriya musozi baturukaho berekeza kuri iriya Nyanja,nubizima babamo bwo kwizera kwabo kugenda guhura nibikomeye cyane.
Iyo bamaze kugera kuri iriya Nyanja,bahita banywa kumazi yiriya Nyanja bisobanura umusemburo wiyisi bamara kuryoherwa nibyisi bakaba batagishoboye gusubira muri ya nzira yak era mu byo kwizera kuko aho baba baraturutse baba bahazi kandi batifuza gusubirayo!Niyompamvu ubona ubugome bwamaze kugwira mu isi yabazima kuko bafite inyota yamafaranga cyane kugirango babashe kwinezeza.
Uwo niwe Olang’u Joyce yabatijwe 30/08/2015 arangije agambanira uwa mubatije umuhanuzi Majeshi Leon.
Mwana w’umuntu,humura ntutinye kandi ntugire ubwoba buriya butayu warebesheje amaso yawe,ntuzongera kubusubiramo ukundi nubwo umwe mubo mukorana umurimo w’Uwiteka yamaze kugambana yamaze kurya intonorano z’umwakagara kubera amaze kunamuka mu byo kwizera uhereye aho wamuhanuriye umubwira yuko amasezerano ko agiye gushyirwa mu muhanda ntabwo yigeze akurwa ku ntego kuko yamaze kwinjirwa nabadayimoni nyamara se ntihari hasigaye iminota (12) mukinjira mu byasezeranijwe uko niko abantu barimo gukurwa kurutonde rw’ijuru kugirango ijuru risigare ar’iry’abera uko niko Uwiteka avuga.
Witinya wigira ubwoba kuko ngiye kuguhisha mugikari cyabakiranutsi,dore nd’Uwiteka wifite imibiri byose mbese hariho icyananira?Yeremiya 32:27 uko niko Uwiteka abaza.Mwana w’umuntu,dore inkozi zikibi z’umwakagara zivuye kuraguza zibwiwe yuko ugiye kwambuka amazi none zahagurutse niyompamvu Joyce Olang’u mwakoranaga umurimo w’Imana atakiri kumwe nawe,none umenyebuko ugenza ndetse uhagarike amateraniro mwajyaga mukora maze ushake aho waba wikinze kugirango iyo miyaga ihite maze wikomereze gahunda zawe hamwe n’Uwiteka Imana humura dore gahunda zawe zose namaze kuzitunganya vuba cyane nakubwiye yuko uzabanyura imbere y’amaso yabo kuburyo nta cyo bazagutwara uko niko Uwitekaavuga.
Mu gihe nkiri muri uwo mwuka wo kwerekwa,mbona umupastor uvugabutumwa mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’IBABYLON avuga ubutumwa mu muhanda abwiriza abahisi nabagenzi.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,witegereze neza ibyo ngiye ku kwereka kuri uriya mu pastor,nuko mbona anyeretse arimo kuvuga ubutumwa arangije kuvuga ubutumwa aho mu muhanda atangira kwivugisha maze mbona mukanya ko guhumbya ahise aba umusazi.
Nuko ndabwirwa ngo,uriya mupastor nk’uko Uwiteka yakubwiye ko atajya yumvira Uwiteka Imana avuga ko akorera dore ugiye kumubwira ko agiye gusara ariko ntabwo ari bwemere ibyo umubwira ari bubihinyure kuko we ibyo yibwira nibyo ashaka yibwira ko bihwanye niby’Uwiteka,nyamara ntako utagize ngo umufashe ariko yarakunaniye siwe Pastor Nyambu Raphael afite ubwibon bukomeye cyane dore nabahuje kugirango akubere umugisha ndetse nawe nawe umubere umugisha urabona ko wagerageje kugeza akunaniye.
Abapastor benshi bategeka Uwiteka Imana ibyo bashaka ngo ibakorere ariko iyo Uwiteka nawe abategetse ibyo abifuzaho,ntabwo banagerageza ngo nibura bananirwe nibura bagerageje ahubwo bari bihinyura cyane iyo bitajyanye nuko bifuza ngiyo impamvu igiye gutuma barimbuka kubera kutumvira Uwiteka imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nkiri muri uwo mwuka mpabwa indirimbo igihimbano cy’umwuka,maze ndirimba iyo ndirimbo ndimo kumanuka wa muhanda wa BNR wo mukiyovu nezerewe cyane ariko umurwa wose wari wambaye ubusa kuko nta muturage warukirangwa muri uwo murwa.
Dore iyo ndirimbo uko yitwa:Bene data turi abana b’Imana,ariko uko tuzasa ntikurerekanwa bene data,icyakora kuri hafi.Aho hera aho hera mu ijuru tuzagerayo nzaririmbana nabera indirimbo zo kunesha.*2 nkomeza kuririmba iyi ndirimbo nezerewe cyane nibuka mushiki wanjye muri Kristo Yesu witwa Furaha twajyaga turirimbana ibiimbano by’umwuka numva nongeye kumukumbura cyane.
Ntakabuza ibizaba muri kiriya gihugu bizababiteye ubwoba nk’uko byahanuwe,ubwo kubera narimaze kwiririmbira iyo ndirimbo numvise najya mu mwanya wabo nkitahira nkisangira Umwami nkava muri iyi miruho yo mu isi,mvuye mu iyerekwa nsanga ryari iyerekwa.
Nerekwa uwo mukobwa wimyaka (52) witwa Joyce Olang’u Twakoranaga umurimo w’Imana ntiyigeze ashaka kubera yari yarazinzwe ngo ntazashake,akimara kuzingurwa Uwiteka Imana yamuhitishijemo gukorera Uwiteka Imana akazahabwa umugisha ndetse akongerwa iminsi yo kubaho mu isi kubera satani yamunyaze,cyangwa se agahitamo umugabo agashaka ubwo yahisemo gukorera Uwiteka maze akimara guhitamo gukorera Uwiteka Imana,hashize amazi macye haza umugabo waje kumurambagiza umusaza w’imyaka (70) akaba yarafite ubutunzi butari bucye aza kumbaza mwibutsa yuko Uwiteka Imana yamuhitishijemo gushaka cyangwa gukorera Uwiteka agahitamo gukorera uwiteka ndamubwira nti uracyafite amahirwe yo guhindura ugahitamo yakomeje ibyo yari yarahisemo ,mbere hukorera Imana
Nuko ku wa 23rd ukwakira 15 nibwo Uwiteka yahishuye neza nubwo iryo yerekwa ryo kungambanira nirindisanganywe nerekwa mbona ndi mu nzu ndi kumwe na Joyce Olang’u,mbona iyo nzu ifite imiryango (20 uwimbere nuwinyuma maze nyura muwinyuma ariko nsiga ndakinze maze ngeze imbere ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu.dore inkozi zikibi ziraje kandi iwawe zahamenye niwowe zishaka nyamara dore Joyce aribubakingurire.
Nerekwa binjira mu nzu arabakingurira bamaze kugera mu nzu,baravuga ngo ntabwo bari buve iwanjye ngo barantegereza,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu haguruka uve iwawe ujye kurara muri hotel kuko Joyce amaze igihe ahamagarwa n’uwahoze ari madamu wawe Mukandirima Murekatete Odette kugirango bamuhe intonorano maze agushyire mu maboko y’inkozi zibibi none haguruka ugende uve iwawe ibindi uzamenya uko ugenza nyuma.
Nuko nerekwa abadamu (2) babakagara bakora umurimo w’Ubutasi babazanya andi mayeri bashobora gukoresha kugirango bazabashe kumbona,mbona babuze uko babigenza nerekwa abadayimoni babo basubizwa mubutayu batungurwanuko ibyo bari babwiwe nabapfumu ko bari bumbone atari ko bigenze.
Gusa nababajwe cyane nuburyo umwanzi akomeje kuriganya abantu badakunda Uwiteka Imana,tekereza kuba umuntu twarakoranye umurimo akaba ariwe watangaga amashillingi yo kwandika ubuhanuzi yajyaga kuyakorera buri munsi yampaga amashillingi yo kubagezaho ubutumwa bw’Uiwiteka Imana ariko arangije agambanye ndetse yaranze no ghushaka kuko Imana yamuhitishagamo kuko yarizi neza yuko azagambana tekereza imirimo myinshi yakoze ibaye imfabusa kubera akamanyu kumutsima gusa kuri jye nibisanzwe kuko abantu nkabo mbamenyereye kuko Uwiteka yampinduye imari ishyushye kuburyo buri muntu antanze mu maboko y’inkozi zibibi atabura agatubutse yatangirira ho ubuzima.