Home News Uwisinziriza kandi akanuye,aba yigiza nkana!

Uwisinziriza kandi akanuye,aba yigiza nkana!

0

Nov 21, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’Abantu,nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ukubita agatoki ku kandi,wigira nk’aho wisinzirije,ariko wari maso!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wirinde cyane kurusha uko wirindaga kuko umwanzi agutegeye ahamanuka,kugirango arimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!

Dore wa mugore wikigina,niwe wafashaga za magigiri guhiga ubugingo bwawe,none washenye agahuru kimbwa.Nyamara kandi dore,Umwami usimbura Ndahindurwa agiye kwima ingoma kuko igihe kiregreje kugirango azibe icyuho cya Ndahindurwa wanze kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.

None mwana w’umuntu,umenye ubwenge kuko burya uwinzirije,ntabwo aba asinziriye,ahubwo abashaka ko,wirara kugirango wibwire yuko asinziriye,nyamara aba ari maso uko niko Uwiteka Nyiringabo akubiriye,kandi nuko ajya avuga!Nuko rero ube maso cyane kurusha Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango ibitotsi bitazakubuza kwinjira mu isezerano niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye kohereza abantu[2] mu Burundi agiye gutangaho igitambo mbere yuko atera igihugu cy’Uburundi,hanyuma igitambo nikigend neza,abone kubutera kuko intambara yamuteye ubwoba ko ishobora kuzaba imbarutso yo kumukura kubutegetsi niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka w’ikinyoma ukiri mutoya,mbona bawuzanye mu igurishwa,uwo mwuka w’ikinyoma warukuze vubavuba (umwana w’Ihene) mbona bashaka kuwungurisha $35,mbaha amadollar $20 barayanga,ngo ni uko uwo mwana w’Ihene ukuri mutoya kandi wakunze vubavuba ufite amezi [2] gusa.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwwana w’umuntu,dore bagiye kukoherereza umwuka w’ikinyoma bateguye mu mezi abiri ashize,ubwo rero umenye uko ubyitwaramo nibaramuka bashatse kugurisha uwo mwana w’ihene ubahende kugirango utabagurira niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nongera kubona inama ya bagore benshi iterana(AbaroziKazi)cyangwa agaco kabagambanyi,mbona bakora ibishoboka byose ngo baburizemo gahunda zanjye ariko umugambi wabo Uwiteka awushyira ahabona,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mugambi wabo bagizi ba nabi,ntabwo uzabatunganira kuko banyuranije n’ijambo ry’Uhoraho ikindi kandi ibirenge byabo byihutira kumena amaraso niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Kumasaha ya nimunsi,ubwo narimvuye mu murwa mukuru w’IBABYLON,ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kuvaho k’Umwakagara kuzambanziriza no kwirukanwa kw’abashingamateka mu nteko y’Umwakagara,kugirango ibyahahuwe bibone gusohoza umurimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,mbere yo guhaguruka uva ku murwa mukuru w’IBABYLON,warukwiye kubanza gutunganya uruzabibu rw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,hamwe na gakondo yawe wahaweho kuba umwandu wawe kugirango uzasige ibidatunganije bitunganye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ikigori kibisi ariko kimaze gukomera bitari cyane,maze mbona ndiyeho urutete rumwe gusa,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,humura ikigeragezo cyari cyije imbere yawe,gikuweho ntabwo kiribukugereho.Nubwo inkozi z’ibibi zagerageje kwitambika imbere yawe kugirango ziguce intege,ariko Uwiteka arahagobotse uhumure kuko iryavuzwe n’Uwiteka ntabwo rijya ribuzwamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nov 22, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,mbona uburyo hakozwe inama zo kuzamara abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu.FPR,imaze gukora inama,bemeza yuko bazamarisha abahutu indege(urupfu)kugirango bazabamareho burundu.Nerekwa bashyirwa mu cyizu kimwe cy’Igorofa kitaruzura,babashya ngo bagiye mu nama ya FPR,maze bahita babamariraho bose bararangira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nerekwa ko,abanyamurange b’abasore nabo bakora umwuga wo guhumanya abantu(kuroga)mbona bahawe amarozi ngo bayashyire mu nzira nyabagendwa abantu banyuramo.Mbona Umuhanuzi Mukuruaraje ayakuyemo,maze impano bari bafite zishinzwe gukorera Uwiteka,mbona barazambuwe zongererwa Umuhanuzi Mukuru wahawe kugenzura ibyahanuwe n’Uwiteka Imana Niringabo.Mbona abanyamurenge basigaranye ya mahwa gusa gusa(inzitizi) z’ijambo ry’Imana kuko banze kumvira umwuka wera w’Imana zera z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko avuze!

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo,agenda genda hirya no hino ashakisha Umuhanuzi ngo amuce igihanga,nerekwa amugenda runono,ariko ntiyabasha kugera kumugambi we,kuko Umuhanuzi yari yamaze kubicenga cyangwa kubitahura yuko hariho umwuka w’ubugambanyi kubera kwivuguruza kujyanye no kwirengagiza gutunganya ibyo uwo mwuka wemeye.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo,arimo gutegura ikinyoma ari bukubeshye kuko yamaze gufatwa mu ngoto zibyo yemeye kugukorera,akaba atarabikora,none agiye gushaka ikinyoma cyaba kikurangaza kugirango ube uhugiye kuri cyo,maze nawe abe yitegura uburyo bundi bushya bwo guhangana n’umwuka w’Imana zera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Umuhanuzi yongererwa imirimo inshuro [2] zijyanye n’umurimo w’icyubahiro,mbona abamalaika bo mu Ijuru,bahamagazwa mu nama y’igitaraganya,kugirango bige bakandi bategure imirimo y’Umuhanuzi agiye gukora bamaze igihe bamutegurira.Numva babwirwa ngo,nimugire vuba mwohereze imirimo yo gukiranuka kugirango Umuhanuzi abone uburyo akomeza imirimo ye yahamagariwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Nuko mbona atangiye umurimo  wa mbere mobana ko awutunganije neza cyane,ndete mbona ahawe abamufasha bagera kuri [2] nawe wa [3] maze mbona bose yuko iyo mirimo ibabereye cyane.Kandi mbona muri bo hagati yabo,habonetsemo uwakunze umurimo w’Uwiteka cyane,kandi mbona uwo murimo ahawe umukwiriye kandi umutunganiye neza cyane kuko wari umurimo w’icyubahiro ujyanye nubutumwa bwiza bw’ijmabo ry’Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.

Nerekwa abanyamurenge bahaba amazi ya mineral water yo kunywa angana na little [1] yo kunywa(kwiyeza) ariko bananirwa gufungura ayo maze ngo bayanywe,ahubwo bakomeza kuyarebera basa naho har’icyo bategereje.Ijambo ry’Uwiteka Imana rirambwira riti,mwana w’umuntu,amazi abanyamurenge bahawe yo kunywa banze kuyanywa ahubwo dore barimo kuyarebera gusa.Ndabakangara ngirango ndebe yuko bafungura bakayanywa ndabwirwa ngo biherere ntubakangare,ahubwo baraza kuyamburwa kugirango ahabwe abandi bayacyeneye,ahubwo fata ya mahwa bari bashyize mu nzira nyabagendwa,wongere uyasubize mu nzira kugirango bazitirwe ntibazabone uko bazacyenera kwihana nibanabishaka bizababere inzitizi kuko banze kumvira umwuka w’Uwiteka Imana ikiranuka bazabone kurimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Numva ntangajwe cyane no kubona umuntu ahabwa amahirwe yo kongera kwihana kugirango azabone ubugingi buhoraho,ariko akanga kwihana.Ijambo ry’uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntubabare kandi ntutangare,kuko umwana wo kurimbuka nuwo kurimbuka.Kuko ahabwa amahirwe akanga kuyakoresha,asa n’umwana ushonje uhabwa ibere akanga kuryonka uko niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

Nuko rero dore abantu benshi barimo gucirwaho iteka,banze kwemera ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ubanza batekereza yuko Imana izava mu Ijuru ikaza ku isi kubacira imanza.Ese ntibazi yuko ijambo ry’Uwiteka ryavuze kandi rinavuga ko,ari mwe muzacira imanza abana b’abantu?Niko Uwiteka abaza!Nuko rero dore iminsi irahita vuba nk’uko umuririmbyi yabivuze,kandi irahita yihuta vuba,kandi abantu batarakizwa!!!

«The word of the Lord come to me, and told me, son of man,look,the new device types of phone, has been detected your system. You need to be so intelligent more that as usually, because your enemies they betrayed you to break down your system. Thus is how the Lord your God says. But do not fear nor trembled before of them, always trust in the Lord your God, because God hidden you in his wings that is how Lord your God said»

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari NYAMPINGA wavuganye n’Uwiteka Imana Nyiringabo,amubwira yuko azabana nawe,none yabuze uko abikubwira kubera kugutinya,akabura uko yatangira abikubwira.Nuko rero andika ubu butumwa ubushyire ahagaragara kugirango umucire inzira yo kugirango abone uko yavugana nawe,abone yuko Uhoraho yamaze kuvugana nawe bityo bimworohere umukure mu bwoba uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Mwana w’umuntu,dore za magigiri zari zitegereje uyu munsi ko uri bujye gushyiraho amakuru n’ijmabo ry’ubuhanuzi wahawe n’Uwiteka,nuko rero ntugende aka kanya kuko bakigutegereje ahubwo wigendere igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe kugirango badasenya ndetse bakanarimbura uruzabibu rwawe wahaweho gakondo n’Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zohereje igisiga cyo mu bwoko bwa EAGLE,ubusanzwe ubwo nibwo burozi bukomee bakoresha,ubwo iyo eagle imaze kugera mu cumbi ryanjye,mbona ukuboka gufashe inkota,guca ibaba rimwe gisigarana irindi baba,mbona kwa kuboko kurongeye gukata ibaba rya kabiri,noneho gisigara nta baba kigifite.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uranesheje kuko imyuka mibi bari bohereje yo mubbwoko bwa eagle iciriweho iteka niko Uhorao Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar