INTEKO YO MU IJURU ISHINZWE UBUCAMANZA MU BWAMI BW’URWWANDA,KURI UYU WA MBERE TALIKI YA 30 GICURASI,2016 YIRUKANYE IGIKOMANGOMA ‹‹GAKWAYA JEAN MARIE›› WAKORERAGA UBWAMI BW’URWANDA NK’UMUHUZA BIKORWA. KUBERA IBIKORWA BY’UBUGAMBANYI.
May 30, 2016 Inteko yo mu Ijuru yateranye kuri uyu munsi wa 30 Gicurasi,2016 maze yanzura urubanza N⁰009/05/16/30 yameza ibyemezo bitavuguruzwa cyangwa ngo bijurirwe.Hafashwe umwanzuro yuko umwe mbagize inteko y’ubwami bw’uRwanda bukorerwa mu buhungiro witwa Gakwaya Jean Marie yirukanwa mubagize inteko y’ubwami bw’uRwanda kubera umuco w’ubugambanyi amaze igihe akora agambanira ubwami bw’uRwanda.
Gakwaya Jean Marie akaba atuye mu gihugu cya CANADA ahitwa mount REAL,akaba yubatse afite umudamu na bana,afite numero za telephone zikurikira:+15142253596 akaba yambuwe imirimo yarashinzwe ijyanye nitahuka ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa akaba ajyanywe mu gihugu cy’ubutayu kujya kwigishwa uko abatutsi bakwiye kubaha Imana yo mu Ijuru yaremye ijuru n’Isi uko niko Uwiteka Imana yabakiranutsi yaremye Ijuru n’Isi avuga.
Inteko yo mu Ijuru imaze kubikorera ubugorora ngingo yasanze za gihamya zose zifite ishingiro yuko Gakwaya umuhuzabikorwa by’ubwami bw’uRwanda ko yakoze akanashyira mubikorwa bijyanye nubugambanyi bugambanira Umwami w’uRWanda Kigeli V Ndahindurwa umaze imyaka isanga [56] mubuhungiro mu gihugu cy’America.Inteko imaze kubona za gihamya zose zuzuye kandi ko igihe cyo kwima ingoma k’Umwami w’uRWanda gisohoye,hemejwe ko adashobora kongera kwima ingoma arikimwe nabagambanyi kuko azaba nta mutekano azaba afite.
Ibi bije bikurikira ibyemezo by’inama yo mu Ijuru ishinzwe ubutabera aho yemereje bidasubirwaho mukwezi gushize ko Umwami w’uRwanda igihe cye cyo gutaha agasubizwa muri gakondo akajya kuba Umwami w’ubwoko bw’Uhoraho kugirango ubwoko bw’Uwiteka bujye gutambira ibitambo Umwami Mana Uwiteka nyiringabo waremye Ijuru n’Isi.Kandi ibyo byahise bishyirwa mubikorwa hafatwa imyanzuro yemeza ko Kigeli V Ndahindurwa asubizwa murwagasabo hakaba hategerejwe gahunda ya nyuma.
Ibyo byatumye umuhuza bikorwa Gakwaya Jean Marie aburira umwakagara ko hamaze gufatwa icyemezo cyo gusubiza Nyir’uRwanda mu gihugu cye gakondo yabakiranutsi,maze umwakagara ahagarika umutima bikomeye bituma yemera gutanga ibyo yari yaranze gutanga kugeza magingo aya akaba ahabwa amakuru nushinzwe ibikorwa by’itahuka ry’Umwami w’uRWanda Gakwaya Jean Marie.
May 30, 2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ko ukomeje kugirira ibanga umwanzi w’ubwami bw’uRwanda,nyamara Uramuhishira, azaguhisha iwabo wa twese!
kandi ahiga ubugingo bwawe?Dore nutamushyira ahagaragara azakomeza ku kugiraho imbaraga zidasanzwe ariko numushyira habona isi yose izamumenya kugirango n’ejo icyo azakora cyose kizarusheho kumenyekana.
Uwo mugabo wigize imfura kandi arumugambanyi dore yahojejwe amarira numwakagara mukuru,yemera gukorera ubwami bw’umwakagara kuko icyo bapfaga cyarangiye urumva rero yuko kugambanira Umwami w’uRwanda Ndahindurwa byamwohera cyane kurusha kumushyira ku ngoma.
Uwo mugambanyi ntawundi utari Gakwaya Jean Marie icyegera mu bwami bw’uRwanda akaba n’umuhuzabikorwa by’Umwami (coordinator)uwo Nyir’uRwanda yamugiriye ikizere kirenze kwizera yibwira yuko ar’Imfura y’i Rwanda,nyamara arumugambanyi.
Erega mwana w’umuntu,gusimbuka intonorano z’umwakagara ntibyoroshye!Dore zitangiye kuvuguruza ibikomangoma kandi ubusanzwe ibikomangoma bifatwa nkimfura zidahemuka!?Ariko inzara yateye mu isi mur’iki gihe yo gushaka ubutunzi iraza gukoza isoni imfura nibikomangoma.
NB: Wibuke yuko yuko yakwibwiriye yuko,we n’umuryango we bifitiye ubwenegihugu bwa Canada,gufasha ubwami bw’uRwanda ar’ukugirango bitwirirwe ko bafite gakondo na bana nibashaka kujya muri gakondo kurreba igihugu cyabo batazibagirana ubwo se urumva koko uwo muntu hari gahunda afitiye ubwami bw’uRwanda?Niko Uwiteka abaza!
Ndabizi neza yuko utinya ko Umwami yazakurakarira,ariko se,akurakariye ugakiza ubugingo bwe,sibyo bifite umumaro kurusha uko yakwishimira ukarimbuza ubugingo bwe?Niko Uwiteka abaza!
Nakubwiye yuko,ngiye kumanura umwuka witwa ‹‹BAGARAGAZA››none se wibwira ko,uwo mwuka uzabagaraza utabashyize ku karubanda ngo bamenyekane?Ntabwo ukorera ubwami bw’uRwanda ukorera ijuru kuko niryo riguhemba kandi niryo ryagushyizeho ngo ube amaso y’ubwami bw’uRwanda.
Urahishira uwo Mwakagara Gakwaya Jean Marie azakumaraho ubutwari n’ubutwarane agucishe igihanga asigare yivuga amahamba ko yaguhambye kubera kuzira ikinyabupfura cyaba bana b’Abantu kidaturutse k’Uwiteka Imana yawe,ari nayo Mana yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.
Nagushyize hejuru ya mahanga,none wowe urashaka kujya hasi y’ubwami,ese icyo nicyo naguhamagariye?Dore nzagukoresha ibikomeye ibyo nakubwiye nibyo ibi ndimo ku kubwira mur’iyi minsi ngirango urabizi ko nta cyo wabona kitavuye mu maboko y’Uhoraho.
Ubwo wari mu nzu y’imbohe mu gihugu cya Uganda,ninde wakulinze?n’Umwami w’uRwanda?Ninde wagukijije kuwa 05 Nzeri 2012 ubwo umwakagara numusita bari bagiye ku kumira bunguri mu murwa rwagati wa Kampala ku Isaha ya QEEN?n’Umwami w’uRwanda wahagukuye?
Kora umurimo wanjye kuko niwo naguhamagariye kandi ntugatinye inkozi zikibi zose uko zaba zingana kose yaba ifite icyubahiro kingana gute,jy’ushyira ahagaragara ibindi bijyanye numutekano wawe nzabyikorera kuko nakubwiye ko amaso yanjye ahora kuri wowe mu isi yose,niyompamvu nguhishurira buri kantu kose gakorerwa mu isi ya bazima kugirango urusheho kugira kwizera no kumenya yuko arijye uvugana nawe uko niko Uwiteka avuga.
Ibuka mu buhanuzi bwo mu gice cya mbere utashyize ahagaragara ubwo wari muri Uganda ubutumwa wahaye Nyir’uRwanda za nkozi zikibi zitwa RPRK zakubujije gushyira ahagaragara bwavugaga ko Nyir’uRwanda arushye cyane kandi aruhijwe nuwitwa GAKWAYA JEAN MARIE ashinzwe kuburizamo no kudidinza imgambi yose y’ubwami bw’uRwanda icyo gihe warutaraenya byinshi kuko nabonaga ugifite intambara nurugendo rule rule maze ndakwihorera kugirango intambara zibanze zigabanuke maze igihe cyateganijwe nikigera bizashyirwe ahagaragara uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,erega nakugize umutambi w’ubwoko bwanjye kugirango uzabukize mu gihe gisa nk’iki!?Nuko rero witinya kandi wigira ubwoba niyompamvu iso yakwise Majeshi bisobanura INGABO ba ingabo ukomere kurugamba uribuka ko wagiye guhindura iryo zina nkakubuza nkakubwirako nurihindura intambara ziri mbere yawe utazazitsinda?
Wagize neza ko wumviye ijambo ryanjye nubwo wahuzagurikaga udafite uwagusobaurira iby’umwuka ariko igihe cyarageze ugira ubwenge buturuka mu ijuru ubasha kumenya ikibi nikiza maze utangira gusobanukirwa iby’umwuka kuko warumaze gukura mu bwenge,mu mwuka,no mu mubiri.
Mwana w’umuntu,dore ibwami bamaze iminsi mike bari mubibazo bikomeye cyane kandi batewe na Jean Marie Gakwaya ariko nyir’uRwanda ntabisobanukirwe bikamujija kubera kumugirira ikizere erega umwanzi w’umuntu nuwo mu nzu ye,iryo ni jambo ry’Imana nimuryakire.
Burira Nyir’uRwanda yange cyangwa yemere ariko wamuburiye igihe kizagera ubwo azamenya yuko Umuhanuzi ‹Majeshi Leon› ko yavugaga ukuri.Aho niho azamenya yuko Uwiteka Imana ukorera ariyo gukiranuka kandi ariyo kwizerwa uko niko Uhoraho avuga.
Mwana w’umuntu,nta cyegera kigira uburiganya nuburimanganyi,nyamara Gakwaya numuringanyi w’umututsi wivugira neza akavuga macye maze bikamufasha gukiranirwa akikorera gahunda ze neza maze abatamuzi bakibwira ko arimfura y’I Rwanda kandi ar’ikirura uko niko Uwiteka avuga.
Erega nta muntu numwe wagambiriye cyangwa wamennye amaraso ubaza mu bwami bw’uRwanda,kuko ubwo bwami buzima ingoma bidaturutse ku mbaraga z’umwana w’umuntu,cyangwa imbaraga z’amahanga kuko Uhoraho niwe wagambiriye kuzihesha icyubahiro kugirango nyir’uRwanda azasigire umurage ubwoko bwanjye abubwire yuko Uhoraho wenyine ariwe ukwiye icyubahiro no kwizerwa no kwiringirwa kuko atajya atetereza amwiringiye bakagira kwihangana bagategereza igihe cyategetswe kuzageza gisohoye maze bikamenyekana muri rubanda rw’Umwami yuko Uwiteka ariwe wagaruye ubwami bw’uRwanda atari kubwimbaraga za rubanda ahubwo ari kubwimbaraga z’Uwiteka Imana ya Abraham,ISSAC,YAKOBO na MAJESHI LEON uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero va mu bwoba ahubwo wambare imbaraga ndabizi ko bahiga ubugingo bwawe,ariko se imyaka (7) yose mbanye nawe baguhiga ko utarufite amahoro ngo uvuge ko wenda ubu bakubijije amahoro wahoraga mu ntambara za buri gihe kugeza magingo aya jyenda wandike kandi ushyire ahagaragara iyo nkozi yikibi maze isi yose imenye yuko icyegera cy’Umwami cyagambanye maze bamenye ukuri kugirango kubabature bave mu mwijima kuko umucyo wabarasiye maze bashime Uwiteka ko ariwe maso yabo kandi ariwe byiringiro byabo uko niko Uwiteka avuga.
IJAMBO RY’UHORAHO RIKOMEZA KUNZAHO MAZE RIRAMBWIRA RITI, MWANA W’UMUNTU, BURIRA NYIR’URWANDA UMUBWIRE UTI, BYABA BYIZA KWIBESHYA YUKO UMUNTU AR’UMWANZI WAWE KURUTA KWIBESHYA YUKO AR’INSHUTI YAWE KUKO BYAKIZA UBUGINGO BWAWE KURUSHA KURIMBURWA NO KWIRINGIRIA IMVURA IGWA MU ISHYAMBA YITUMBA KUKO IBYO NTAMATEGEKO ABIHANA KANDI URI MABAKURU BABAYEHO MWAJYAGA MUCA UMUGANI NGO, INYAMASWA Y’INYAMAKENGA, NTIYICWA NUMUTUTIZI UKO NIKO UWITEKA AGUCIRIYE UMUGANI KANDI NIKO AVUGA.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’Inzika y’Inzigo dore utegeye mu mayira [2]urabaza umuhisi numgenzi,ngo niwowe ba ntumye ko nta kuzi neza?
Nuko ndawusubiza nti Oya!Sijyewe bagutumye ahuwo wanyibehyeho akuko nsa na benshi subwambere banyibeshyaho bikunze kubaho buri gihe cyane cyane iyo nambaye neza abantu bakeka ko nduwo ndiwe kandi ntkriwe!Yewe bari bantumye ujya gusa nawe none ubwo atariwowe ba wigendeye
Mbona za magigiri [2]z’umwakagara zikomeza kunzaho cyane dore basaga nabatazi icyo bakora cyangwa icyo bashaka.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,bahungire urutoki maze urebe ko bakomeza kugukurikirana mbahungira muru rutoki rwari hafi ho,maze mbona bataye uburali bakomeza aho nta nyuze.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore SIBOMANA umuvugizi mukuru wa ADEPR akomeje kwihesha amahoro kuba akorana n’inkozi zikibi avuga ko Uwiteka ari kuruhande rwe,ariko umubwire uti,Uwiteka ntabwo ari kuruhande rwawe kuko ukomeje gukiranirwa kandi ukaba ufatanya na ABANIKOLAITI gutuka Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ugiye gukorwa nisoni Uwiteka akagushyira hagati y’ibikuta [2]aho utazongera kwinyeganyeza aho niho uzamenya yuko Uwiteka atajya anegurizwa izuru uko niko Uhoraho avuga.
IJAMBO RY’UWITEKA RIKOMEZA KUNZAHO MAZE RIRAMBWIRA RITI,MWANA W’UMUNTU,DORE ISI YOSE IGIYE GUHURA NAKAGA GAKOMEYE CYANE KUBERA IBYAHA BIKORERWA MU ISI YABAZIMA,NONE BURIRA ABATUYE ISI UBABIWIRE UTI,UHORAHO AGIYE GUTEZA AKAGA MU ISI KUGIRANGO ABANTU BAREKE GUKOMEZA GUKIRANIRWA KUKO ARI BYO BIBATEJE IBYAGO MU ISI YA BAZIMA UKO NIKO UHORAHO AVUGA.Ubwo abanyabwenge bakwiye gushaka mu maso h’Uhoraho kugirango bazagirirwe imbabazi n’Uwiteka Imana kuko umujinya wayo wamaze kurenga igipimo uko niko Uwiteka ababuriye.
NONGERA KUBWIRWA NGO,MWANA W’UMUNTU,URAMENYE NTUKANDIKE CYANGWA NGO UTEGURE INYANDIKO Z’UBUHANUZI URI KUMWE N’UMUNTU UWARI WE WESE KUKO UMWUKA WA BADAYIMONI UBA ARI MURI ABO BANTU YAJYA AKUMVANGIRA AKORESHEJE ABANA B’ABANTU MURI KUMWE UKO NIKO UHORAHO AVUGA.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakuru bingabo z’umwakagara zijyanywe mu myitozo gutoza kurwana urugamba rukomeye cyane rugiye gukura umwakagara ku ngoma amazeho imyaka [22] ategeka ubwoko bw’Uhoraho kandi abutegekesha igitugu.
Nerekwa abo bakuru bingabo bigishwa kurasa mucyico (Target) bibwira yuko bishobora kuzabagirira umumaro nyamara imyambi yabo yingobe izajya iraswa igwe hasi nta cyo imanukanye irinde ibashirana kuzageza igihe cyategetswe cy’urugamba kizarangirira maze bagasoza urugamba nta cyo batahanye.
Ndabwirwaa ngo,hagiye kubaho Umuhanuzi mu ngabo z’umwakagara ariko nubwo azaba ahanura azajya ahisha amahanuzi ye,kuko ashobora kuzagirirwa nabi,kandi ubuhanuzi bwe buzaba buturutse k’Uwiteka kuko amaze kwandika page [70]z’ubuhanuzi akaba yaratinye kubushyira ahagaragara.
Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira ngo,umuntu wese wandtse ubuhanuzi naho bwaba page [2] azoherereze Umuhanuzi ‹Majeshi Leon› kugirango zibatunganirize maze zishyirwe mububiko bwazigenewe kuko zigiye gukenerwa mu gihe kirimbere kandi zikazagira umurimo ukomeye kuko ubutumwa mwahawe bwaturutse k’Uwiteka ntabwo ari ubwanyu nuko rero uzumvira ijambo ry’Uhoraho agashyira mubikorwa ibyo ijambo ry’Imana rivuze uyu munsi azarya kubyiza by’igihugu.
Mbona undi muhanuzi wa kabili nawe wahanuye ubuhanuzi page zigera kuri [4]ndabwirwa ngo uwo nawe abwohereze mbubatunganirize kugirango bushyirwe mu bubiko kuko igihe kije kandi gisohoye ngo ijambo ry’Uwiteka rishyirwe hejuru.Maze numva ndanezerewe cyane kuko Uhorahoazamuye abahanuzi benshi umwanzi wabakiranutsi agiye guhura nakaga gakomeye cyane kuko iyo ubuhanuzi bushyizwe ahagaragara satani na badayimoni imbaraga zabo zose zirarangira ntabwo baba bagifite ububasha kubakiranutsi uko niko kunesha kubakiranutsi niko Uwiteka avuga.
Mbona abahoze ar’ingabo za APR bavuye kurugerero bagasuzwa mu buzima busanzwe,mbona umwakagara arabitabaje kugirango bamurwanire urugamba rwa nyuma abone uko yongera kwima ingoma ku nshuro ya gatatu lll ariko biranga bagerageje kumurwanaho abaha ibyo imitima yabo yifuza ariko biba ibyimfabusa kuko batarwanaga n’umuntu,ahubwo barwanaga n’Ijambo ry’Uhoraho kandi ari we wabaremye.
Umwakagara atanga amatangazo hirya no hino ku isi gushakisha Umuhanuzi ‹‹Majeshi Leon›› wamuhanuriye nabo nyuma yo kubwirwa yuko adashobora gutsinda urugamba atabanje kwica Umuhanuzi wahanuye yuko azakurwa ku ngoma!Mbona abajepe bitwa Republican Gurd (R/G) baratangatanz hirya no hino ku isi ahashoboka hose bumvise ko Umuhanuzi ‹‹Majeshi Leon›› yahanyuze bahacishaga umuriro bakareba nakatarebwa ariko birangira bamubuze kuko yarahishwe mu mababa y’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Icyo gitekerezo cyo gushaka igihanga cy’Umuhanuzi ‹‹Majeshi Leon›› kimaze igihe kinini kandi ibyo abakonikoni bumwakagara bamubwira nukuri,ariko naho Umuhanuzi yapfa,usibyeko bidashoboka ngo agwe hanze ya gakondo yabakiranutsi,ariko ubusanzwe nibyo ariko kandi ikibazo ni uko babigize urwitwazo aho kuvuga ko imbaraga zabo zananiwe ahubwo bahora bashaka urwitwazo nk’uko bimenyerewe ko Satani atajya yemera gustindwa kugirango bitagaragara ko nta mbaraga afite ahubwo ashakisha impamvu zatagira impamvu.Ariko mu by’ukuri ni uko Satani yatsinzwe n’Umwami wabakiranutsi hashize imyaka irenga ibihumbi (2000) atsinzwe n’uwitwa Yesu Kristo Umwami uca imanza zitabera ariko abananiwe kumwizera no kumwiringira bajya bagirango ntambaraga afite bakabyemezwa nuko batsinzwe burundu bakanacirwaho iteka uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwami bw’uRwanda abanzi b’ubwoko bwanjye barabuzahaje basenya inzego zose z’ubuyobozi kubera yuko babonye umwanya wo kugira nabi kandi byari mu gihe cyabo.Abitwa ko bakunze ubwami kandi baburwanirira ishyaka nibo babugambanira kuko babuhinduye uburisho barasha umutsima.
Ariko noneho igihe cyo kugirira neza ubwoko bwanjye n’Umwami wabwo kirageza,barwanije na mahanga ngo ni uko babaye abanyantegenke bakabarusha imbaraga ariko none kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka,abawanije ubwo bwami ninabo bagiye kongera kubusubiza ku ngoma kugirango bimenyekane yuko ubwo bwami bwaturutse k’Uwiteka Imana yabakiranutsi kandi yimitswe n’Uhoraho.
Ninayo mpamvu nalinze ubugingo bwe,nahumye amaso ubwoko bw’Abahutu kugirango badahishukirwa ko bagombaga kumwica,none nyuma y’imyaka [55]nibwo bibutse yuko bakoze ikosa rikomeye cyane ngo iyo baza kwica Ndahindurwa ntabwo bari kuba bafite ikibazo bafite none kuko bamaze kwiheba ko batazongera kubona ubutegetsi.
Kuko bahawe ubutegetsi cyangwa ubuyobozi babukiniramo,babaye nk’umwana wagaburiwe ibyo kurya yarangiza akabyitumamo.Ubwo bakuwe ku butegetsi basimburwa nagatsiko kabicanyi bibisambo barya ikiribwa nikitaribwa agatsiko kabadayimoni kakoze nabi kurusha ubutegetsi bwose bwabayeho mu isi yabazima.Ubwoko bwanjye bwirirwa burira kugeza ubwo buhogora amarira yabashize mu maso batabaza Uwiteka Nyiringabo kugirango abarengere ariko amaso yabo yaheze mukirere niko Uwiteka avuga.
Ariko noneho dore igihe cyo gusana ubwami bw’uRwanda,no kubutunganya bukozwa ndetse bukanavurwa aho bwakomeretse hose kirasohoye.Bagize ibyiringiro igihe kiragera barongera bariheba basigara bicariye ijambo rya nyirubwite.Iyo hataza kubaho gukomezwa n’ijambo ry’Uwiteka,ntaruvugiro bari kuba bafite.Ariko kuko banyiringiye kandi batazi ijambo ryanjye nari narabavuzeho,nicyo cyatumye nanjye Uwiteka ngambirira mu mutima kwihesha icyubahiro kugirango abo bakambwe mbasubizo ikamba mu gihe cyamarembera maze bazamenye yuko nd’Uhoraho Imana yabasogokuruza babo kugirango bizarangire banyizera kandi banyizeza urubyaro rubakomokaho uko niko Uwiteka avuga.
Nzasana ubwami bw’uRwanda,nzabwegeranya nk’uko inkooko yegeranya imishwi yayo ikayihisha mu mababa kugirango igisiga kidatera imishwi yayo urwara kikayirimbura uko niko nanjye ngiye kugnza ubwami n’Umwami w’ubwoko bwanjye Ndahindurwa kugirango muhoze amarira nagasuzuguro kabadayimoni bamukiniyeho kumanywa yihangu izuba riva akaba atarigeze abona ubutabera nyabwo imbere y’Uhoraho uko niko Uwiteka nyiringabo umutegeka wisi n’Ijuru abivuze.
Nzamugirira neza kugirango bimenyekane yuko namukunze nkamurutisha bandi bose bityo nawe azakorere ubwoko bwanjye ashinge ubutabera muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Dore nzamuha igihugu gishya muhe na bantu bashya bazatura icyo gihugu batangiritse mu bwenge batagize bahindura ubugome kuba amarariro yabo bazamwimvira kandi nzamuha gutegeka mu gihe cy’amahoro mu gihe cye ntawe uzarenganya undi kuko ntarugomo ruzongera kumvikana mu bwami bwe ahubwo ubwo bwami buzabaho mu gihe cyamahoro naramuka aomeje ijambo ry’ubuhanuzi bwamuvuzeho kandi akaryitondera ndabizi azagenza neza kuko azatangazwa no kugira neza k’Uhoraho azaba amugiriye mu gihe cya kazuba zuba ka kiberinka ubwo imitavu izaba ikina amatovu uko niko Uhoraho avuga.
Mwana w’umuntu bwira uwo Mwami uti,Uhoraho yaguciye iminzi mukiganza yagunze ukivuka kandi ibyawe byose byari bitunganye imbere y’Uwiteka Imana nyiringabo nta cyatunguye Imana muri byose byabaye kuko yaribizi ahubwo yaretse amabanyamururumba nabanyamwaga ibaha uburyo kugirango ejo batazavuga ko Uwiteka arobanura kubutoni ariko none bo ubwabo bagenje nabi nabo barabizi ndetse ntibakeneye urubanza ngo bacirweho iteka bo ubwabo bamaze kwicira urubanza biciraho iteka ryose narabaretse ndetse mbaha ibyo imitima yabo irarakiye kugirango batazagira icyo bitwaza ariko no kunshima habe nagato ahubwo birangiye bavuga yuko ngo Uwiteka adashobora byose iryo jambo niryo nabashakagamo kugirango bivuge ibigwi imbere yamahanga nibarangiza mbakoze isoni mu isi yabazima kuko bigize abanyabwenge cyane bumva bakora ibyo abandi batakoze.
Nibyo bakoze ibyo abandi batakoze bijyanye no gukiranirwa birase imbaraga bahawe nuwo naremye kandi nashyizeho kugirango abagirire neza maze bamaze kwima bigira abami kumbaraga z’maboko yabo maze bibwira yuko batazigera bagira iherezo,ariko none babwire ngo MANE MANE TEKERI UPHARISIN
Bisobanura ngo uragezwe basanga udashyitse niyompamvu uwiteka ibyo yagambiriye kuva cyera bitazabura gusohora kuko yabanje kuvugira mukanwa kabahanuzi avuga ibyabo avuga uko uzava ku ngoma maze Umwami w’ubwoko bwatoranije gukiranuka ahabwa kongera kwima ingoma kugirango bimenyekane yuko ishyanga ryakunze n’Uhoraho ryongeye gusubirana ubwami bwahoranye biturutse k’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.
Burira umwakagara maze umubwire uti,wigize Umwami wa gakondo y’ubwoko bwanjye ntabwo wigeze wimikwa n’ijambo ry’Uwiteka ahubwo nakuretse kugirango nzigaragarize kuri wowe kuko umeze nk’Umwami wa “Egypt FARAWO” wajujubije ubwoko bwanjye akabugira abacakara agambiriye ko bamukorera nyamara baramukoreye imyaka irenga imyaka [400] ariko abany’Egypt ntabwo bigeze banyurwa ahubwo barushijeho kubagirira nabi uko niko nawe wabereye ubwoko bwanjye warabujujubije ubuhindura abacakara maze umutima wawe uwushyira mukirere mu cyari cy’INYENYERI (STAR) maze uribwira ngo”Bazanyurahe,nimuri politike se,ni ntambara se,barababeshya nta nzira zihari ntaho bazanyura hose harafunze.
Ahubwo byaba byiza aruko munyobotse”kuko jyewe mbasha kureba ibirikure nk’Imana maze murebe yuko ntazabagirira neza mukareka kwirirwa mwiruka inyuma yabatazabagirira umumaro byaba atari ibyo,inkota ntizabura kuzabarya kandi ikazabarya no kumanywa yihangu izuba riva kuko nta mutabazi musigaranye usigaranye jyewe umwakagara jyenyine nijye uzabagirira neza ntawundi iyo Mana yanyu muvga yigeze ibategurira utari jyewe uko niko Uhoraho avuga.Ntakabuza nzakumanura ngukubite hasi uko niko Uwiteka abivuze (Obadiah 1:2-4)
Nukuri nukuri nzagukura kuri iyo ntebe yabukunzi wicariye kumbaraga zawe n’iz’umwana w’umusita mwafatanije gutegekesha ubwoko bwanjye imbaraga ariko igihe cyanyu kiraje kandi kirasohoye ngo mumenye yuko mwakoze ibyangwa n’Uwiteka imbere ya maso ye, none inteko ya bacamanza bwo mu Ijuru ikaba yasanze mukwiye guhanwa mukaba intangarugero imbere ya mahanga yose kugirango nayo arebereho kuko burya iyo imbeba irya umuhini iba yototera isuka uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,amasengesho wakoze yumvikanye haguruka ufungure kugirango ejo uzabone uko ujya kukazi gukora nugutunganya umurimo w’Uhoraho kuko umwuka w’Inzika inzugi yari yakinguye zose namaze kuzikinga kugirango mburizemo imigambi yabo none haguruka utunganye ibyo ufungure kandi ufungure niko Uwiteka avuga.
Ni uko ndahaguruka mfata umugati n’umwerera maze ndafungura numva ngaruye imbaraga z’umubiri maze mwuka wera arambwira ati,erega mwana w’umuntu urugamba rugeze mu manihira nibwo rugitangira ureke urwo warwanye rwose byaba birubu kuko rugeze mu marembera kugirango abanyamasezerano bajye gutambira Uhoraho muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.





