Home News Umwami Kigeli V Ndahindurwa yibutse ibitereko byasheshe!Ariko ntibyamubujije kwihanira umwiru mukuru n’umuhanuzi.

Umwami Kigeli V Ndahindurwa yibutse ibitereko byasheshe!Ariko ntibyamubujije kwihanira umwiru mukuru n’umuhanuzi.

0

Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa amaze kwigarurirwa na gaco abicanyi kari kayobowe na BEGA b’Abahindiro,amakuru yose Umuhanuzi Majeshi Leon,akaba numwanditsi w’ikinyamakuru ku inyangeNews yaburiwe Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa watanze taliki ya 16 ukwakira 2016 ko bamaze kumuzenguruka kandi bagiye kumuhitana.

Yamuhiriye inama yo guhamagara Chancellor Benzinge bakavugana akamugira inama uko ari bubyifatemo.Ako kanya bitewe ni uko bari bamaze kumushyiriramo twa tuzi twa MUNYUZA iyabugufiya,umugambanyi Mukashema Esperance wakurikiranaga bya hafi uko igikorwa cyo kumuhitana kirimo gukorwa,yahise aburira Umwakagara wa CANADA Gakwaya Jean Marie ko Umwami agiye kuvugana na Chancellor maze ako kanya bahita bajya inama yo guhita bamuheza umwuka mbere yuko Chancellor bavugana.

Mu gihe yaramaze kuvugana na Chancellor we,Umuhanuzi avuga ko,yahise ahamagara Cancellor akamubaza nimba yaba amaze kubugana na Nyir’uRwanda Umwami Kigeli V dahindurwa.

Chancellor yamusubije yuko bamaze kuvugana,ndetse yuko Umwami yamusabye imbabazi ndetse akaba yarazisabye n’Umuhanuzi kuko bamuburiye akanga kubumvira.Mu gihe rero Chancellor yararimo kwitegura mu bitaro,nibwo bahise ako kanya  uwitwa SGT.Ntaganira Christian yahise amuheza umwuka kugirango adasiga agize icyo avuze!

Ubwo barangije kumugobanura ijosi,ako kanya SGT.Ntaganira Christian yahise yigira kumazi koga kwinezeza kuko yararangije igikorwa cye cy’ubugizi bwa nabi.Ubwo Mukashema Esperance nawe yahise akuraho telephone ntabwo twongeye kuvugana kuko yaranekaga nanjye nkamuneka.Ubwo hari taliki ya 15 ukwakira 2016.

Nibwo ahagana mu masaha 11:00h za magitundo zo muri Africa,ubwo IBURAYI hari nka saa 10:00hrs cyangwa se saa 9:00hrs.Yahise ampamagara ambwira inkuru mbi yuko ngo Umwami yatanze,kandi ko abisomye ku kinyamakuru cyo mu Rwanda IGIHE.COM,ako kanya nahise mpamagara Chancellor Benzinge mubwira ibyabaye,ati reka da!Umwami twacuganye mukanya ndetse nashakaga kujya kumureba nti nyamara yatanze!

Ubwo inkuru iba ibaye kimomo ubwo nakomeje guhakanira Mukashema mubwira Umwami ari muzima nta kibazo,ati reka da,Umwami yatanze mukurikirane neza nyamara sinkubeshya urabizi ko uri inshuti yanjye!Ubwo nashakaga kumugigira kugeza menye amakuru yose uko gahunda zagenze.Amakuru yose yampaye yayavugaga nkaho yarahari cyangwa yarari muri gahunda yo kumuhitana.

Nta kundi byari kugenda usibye kubyakira mu mutima wanjye cyane yuko Imana yari yarabivuze!Ariko hagati aho,uko nandikaga ubuhanuzi niko Mukashema Esperance yashakaga kumenya ubwo buhanuzi uko busobanura,nanjye nkamurindagiza simubwire ibisobanuro byabwo neza,kuko ubwanyuma nanditse ko Umwami agiye kujya murugendo mu gihugu cy’Africa muri (Kenya)ubwo we yahise yumva yuko biftanye isano na rwa rugendo yaravuyemo mu gihgu cy’Ubwongereza maze yihutira gutanga amakuru kuri Gakwaya warushinze ibikorwa byo guhitana igihanga cya Nyir’uRwanda.

Aya makuru ntabwo nahise nyashyira ahagaragara kuko Mukashema yahise asaba leta y’Umwakagara ko banca igihanga vuba vuba nkakurikira Umwami Ndahindurwa.Maze yibagirwa yuko atari ngombwa yuko ibikundanye bitajyana!Ndatekereza yuko Umwami Mana azatanga ubutabera busesuye kuri Mukashema wahemukiye ubwami bw’uRwanda hamwe numugabo we SISI nawe w’umuhindiro bafatikanije guhekura uRwanda.Ndibwira yuko mu BURAYI atari kure kuko ntaho Uwiteka atagera ubugome bakoreye uRwanda nizere yuko Uhoraho azaduhoza akaduha ubutabera busesuye.Gusa igishimishije Umwami yatanze nta kibazo afitanye na Chancellor we,ndetse n’Umuhanuzi Majeshi Leon rwose yarihannye asaba imbabazi ninacyo cyanteye agahinda kenshi mu mutima wanjye kubona Umwami w’uRwanda ansaba imbabazi byansigiye umubabaro mwinshi cyane ntashobora kuzapfa nibagiwe mubuzima bwanjye!

Ubu buhamya mbutanze mbabaye cyane kuko bizagorana kuzibagirwa Umwami Ndahindurwa wishwe ni nkozi z’ibibi.Numvise ndemerewe mu mutima wanjye nigira inama yo gushyira hanze ibya mbayeho byose mu gihe cyose nabanye n’Umwami w’uRwanda wagiriwe nabi ni nkozi z’ibibi zahitanye ubugingo bwe kandi byari bidakwiriye.Umwami Mana nizere yuko azahorera Umwami w’Urwanda wahemukiwe ni nyanga birama kandi nuwo kwizerwa no kubikora ntazabura kubikora.Mana ndakwinginze isengesho ryanjye uryumve mu gitondo cya none kuko nibutse kwihana k’Umwami w’uRwanda wahitanywe nabagome bamuziza ubwami wamuhaye mukiganza cye.

Ndakwingize ngo umanure INKOTA yawe mu gihugu cy’uRwagasabo uhorere umugaragu wawe,kandi uce imanza zitabera kuko tukuziho ubutabera no kugira neza,kandi ababigizemo uruhare bose,ndakwinginze ngo Mukashema Esperance ntazongere kwibukwa mu isi yabazima!Ndetse nabamukomokaho bose bazibagirane mur’iyi isi kuko bakomoka mu nzingo yarwanije umugaragu wawe wimikishije amavuta yawe ya Elayo.Ibi mbisabye nk’Umugaragu we kuko wangize kuba umucamanza w’ubwoko bwawe mu isi ya bazima!

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar