HomeNewsUmwakagara nagende amahoro,Umwami YUHI VI ahawe ikaze!

Umwakagara nagende amahoro,Umwami YUHI VI ahawe ikaze!

May 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uwitwa NTUYEHE FRANCOIS ukorera Nyabugogo mu mashyirahamwe yitwa INKUNDAMAHORO yahuze ari amajoji ya Twagiramungu Faustin,uwo mugabo akaba yaramaze kwibikaho akayabo kubutunzi butari bucye,akaba yarahoze asengera muri ADEPR,ariko kubera gukunda ibyisi aza kuva mu byizerwa,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore FRANCOIS NTUYEHE yavuye mu byizerwa kubera gukunda ubutunzi bwiki gihe.

None dore ubutunzi yabonye bwose burarangiye asigaye acuruza chapatti,kandi aho bucyera araza kuba umudozi w’inkweto kuko yariganije umugore wo mu busore bwe kandi ari we yakomoyeho umugisha uko  Uwiteka Nyiringabo yavuze muri Malaki 2:10 none mwana w’umuntu bwira NTUYEHE FRANCOIS uti ntabwo uzigera ubona umugisha kuko wahemuetse ukica isezerano ari nta mpamvu uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu ushinzwe CLEARANCE cyangwa umudecarara wa ma modoka,mbona ajya kunshakira PLATE NUMBER y’imodoka cyangwa PLAQUE z’imodoka.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umva uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze.Umaze igihe kinini ku nkengero z’ubutayu.

None igihe kirageze ngo Uwiteka agukure ku nkengero z’ubutayu burundu,dore aguhaye IMODOKA yo kugendamo,kuko niyompamvu yabanje ku gutegura akakwigisha imodoka ugahabwa category zose zishoboka ibyo Uwiteka agiye kubikora kugirango umenye yuko Uwiteka ari we waguhamagaye kandi ko ajya agira neza uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo abivuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abantu uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona kuko ubutunzi nicyubahiro byose biri iwanjye.IMIGANI 8:17-18 naho umuntu yaba atarize kubera impamvu zabaddayimoni jyewe Uwiteka namukorera ibikomeye akiga amashuli ntitaye kumyaka yaba afite yose kugirango ngaragaze yuko nd’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi mfite imbaraga nubushobozi kugirango buri muntu amenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo riza kuri mushiki wacu mwene data,riramubwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi micye,Umwakagara agiye kuba ikimenya bose,aho buri wese azaba amurebera kuri telephone ye.Yaba abazaba bari mu ishuli cyangwa abazaba bari muri gereza;bose bazamureba kandi bazatangara kuko agiye gucibwa igihanga nkuko ijambo ryanjye jyewe Uwiteka ryabivuze kugirango ubwoko bwanjye bumenye ntajya mbeshya kandi ko,njya nca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uwo mwene data ajyanwa mu iyerekwa abona abantu benshi cyane barimo bareba igihanga cy’Umwakagara kuri za telephone,yumvaga bavuga ko,ngo Umwakagara yaciwe igihanga,kandi igihanga cye,cyasanga nicyuzuyemo amaraso yaturukaga mu mazuru.Arabwirwa ngo igihe cy’Umwakagara kirageze kandi aciriweho iteka nkuko ijambo ry’ubuhanuzi ryabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu gihugu cya Tanzania ndi kumwe na mugenzi wanjye dushaka akazi,ariko turakabura.Mbona tugarutse mu gihugu cy’ibabylon mu murwa mukuru w’Ishushani.Mbona twoherejwe n’umuntu ukomeye muri office cyangwa bureau aho twagambaga guhabwa akazi,maze duhura nuwagambaga kuduha akazi,atubazanya umushiha mwinshi anafite ishyari,ngo ninde utwohereje ngo duhabwe akazi,tumusubiza ko umuyobozi mukuru wicyo kigo ategeka ari we utwohereje maze mbona acishije macyeya ariko kandi mbona atugiriye ishyari cyane kuko ngo twoherejwe na nyirubwite.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo asohoje ibyo yari yaragusezeranije arabisohoje kugirango umenye yuko Uwiteka Nyiringabo ataja abeshya kandi ko,ajya aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nongera kubona nambuka urwobo cyangwa ikiraro,mbona ko,nabanje kugwamo ariko hanyuma mbona ikimeze nkumugozi ngikandagiraho maze mbona mvuye muri uwo mwobo maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi aciye icyobo,ariko Uwiteka nawe aciye icyanzu kugirango umenye yuko yakumenye mwizina uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 11, 2017 mwane data ajyanwa mu iyerekwa,abona Umwakagara yurira indege nziza cyane,ari kumwe nabamushagaye benshi cyane.Maze ijambo ry”Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rimuzaho maze riramubwira ngo,mwana w’umuntu,dore igihe cy’Umwakagara cyo gusanga basekuruza abo bita abakurambere kirageze kandi kiri bugufi.Kandi bariya bantu ubonye bose nabamuherekeje bazajyana nawe kuko Umwami adashobora gutanga ngo agende wenyine uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero burira abanyakondorero yuko Umwami w’umunyamwaga wa bega akuwe ku ngoma,kandi ko agiye gusimburwa n’Umwami YUHI VI kugirango bimenyekane yuko ijambo ry’Uwiteka ryavuze ukuri mu bijyanye nubwami bw’uRwanda.Aho Umwuka w’Imana yavuze yuko Umwami Ndahindurwa wanze guhindurwa ahubwo ubwami bwe,bukaba ariho bwarushijeho gukomezwa mu gihe Umwami wa Bega yibwira yuko aburimbuye burundu.

Nuko rero abanitse utwabo,babwire banure kuko izuba rigeze mu bicu,kandi imvura y’umuhindo,niyumutambiko byageze hasi kugirango batanyagirwa kandi baraburiwe uko niko Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi avuga.

 

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments