Home News Umwakagara agiye kurimbura abahutu,n’abacika cumu.

Umwakagara agiye kurimbura abahutu,n’abacika cumu.

0

May 06th ,2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore hagiye kubaho amarushanwa y’ikoranabuhanga mu itangaza makuru «Promotion of Social Media» dore nagushyize kuri lisiti,witegure rero Uwiteka agiye kuguha umugisha binyuze muri iryo rushanwa uko niko Uwiteka avuze.

May 07th ,2015 mwana w’umuntu hanura uvuge uti,dore hagiye kubaho inama y’ibihugu bihuriye mu muryango IGAD,uyu muryango ibi bihugu bihuriyemo,bagiye kwirukana impunzi ziba muri ibyo bihugu,buri mpunzi isubire iwayo uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zisubiranyemo kuko Uwiteka amanuye umwuka wo kubatandukanya kugirango yangize imigambi yabo uko niko Uwiteka avuga.

Ibyo Uwiteka abikoreye kugirango ijambo ryahanuwe nabahanzi rirusheho gusohora bityo inkozi zibibi zimenyeko mu ijuru har’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

j2Ubwo nari mvuye kumurimo w’Uwiteka kumurwa mukuru w’Ishushani wo mu gihugu cy’IBABULONI,ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ishyari ryishe abantu benshi kubera umurimo wanjye unkorera kuko benshi bifuje gukora umurimo ukora ariko ntibabigeraho

Dore bagiye kuzajya bagutuka ndetse banakuvuge ibibi banaguhimbira ibyo utigeze ukora,niyompamvu ntigeze nshaka ko umenyekana kugirango ubwo bazashaka kugusiga ibizinga bazabure impamvu uko niko Uwiteka avuga

May 08th ,2015 Mwana w’umuntu dore umwakagara ashyizeho komisiyo y’abakagara kugirango bahindure itegeko nshinga,kandi uwo mushinga agiye kuwukorera mu bwihisho maze igihe cyo guhindura itegeko nshinga nikigera aziyerurutsa avuge ko bagiye guhindura itegeko nshinga nyaramararyarahinduwe cyera.

Ariko ariyimbire kuko bishobora kutazamuhira mu gihewe yibwira yuko byarangiye,icyo gihe nicyo gihe ababyeyi bazifuza gucutsa no kutabayara uko niko Uwiteka avuga.

Dore umwkagara agiye kwica abahutu benshi kuko azi neza yuko batamushyigikiye hamwe n’abacika cumu ,azabicira hasi no hejuru,dore abacika cumu agiye gukoreshaamarozi kugirago amare abacika cumu bize hafi ya bose,none hanura uvuge ngo bwoko bw’Uwiteka muramenye mwirinde amarozi yuwo munyagwa ugiye kumara ubwoko bw’Uwiteka auko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu dore imfura zirashize nyamara zimazwe no kutizera ijambo ry’Uwiteka aryahanuwe nabahanuzi

Mwana w’umuntu dore Uwiteka yahinnye amaboko yabarepubulike bo mu bwoko bw’Abahutu,ahereye kuri Twagiramungu Fausitin kuko nta repubulika y’ikinyoma izongera kujya kubutegetsi mu gihugu cy’Abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga

Ijambo ry’Uwiteka arinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore inkozi zikibi ziritotombera cyane igikorwa cy’ubuhanuzi ko gikomeje gusenya imirimo yabo no gushyira ahagaragara uburiganya bwabo bityo abana bab’abantu bagahita bamenya imigambi yabo kandi byari ibanga.Basabye ko wafatwa ugafungwa ariko byarananiranye bashyize ibihembo kuwabasha ku kubona ngo baguce igihanga nabyo byaranaaniranye uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore umuhanuzi mukuru yakije umuriro ahar’umwijima kugirango yangize imirimo yabazimu n’abadayimoni uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore igihugu cy’Abakiranutsi kigiye kwinjira mubutayu bukomeye cyane igihe cy’akaga,amakuba,n’ibyago nymara kubaziringira Uwiteka Imana yabo azabagirira neza uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore basirikare bab’akagara bagiye kuzajya banyuruza abahutu buhoro buhoro nyamara iyo migambi yabo yose ndayuruzi nkabihorera bakagirango mpwanye nabo,igihe kiraje kandi kirasoheye ubwo bazishyura ibyo bakoreye ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore muri gakondo yabakiranutsi habaye uburiganya kuva mu Bugesera-kugera I Kigali ,ubwo buriganya bukozwe nabakagara hamwe nabaherwe bakoemeye kandi dore bakoresheje ubutabera kugirango bigwizeho imitungo nyamara nmayubusa kuko imirima yabo yezemo ibigori hamwe nibigoye uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore u Rwanda rugiye gufungirwa inkunga nkeya rwari rusigaranye kuko igihe cyarwo cyo kwinjira mubutayu kigeze uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore igisirikare cya RDF,kibohewe mu kirere cyo hejuru ahantu humwijima h’ubuperesi nyamara abaziringira ijambo ryanjye sinzabura kubagirira ibambe uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore abahutu bagiye kubuzwa amahoro mu marembera y’ubutegetsi bw’umwkagara,babwire uti mwanjiji mwe ntimubona yuko mugiye gushirira ku icumu ?nzavugana namwe ngeze ryari,ejo uzasanga muvuga ngo uko niko Uwiteka yabishatse nyamara mwananiwe kwizera ijjambo ryanjye bituma murimbukira mubutayu uko niko Uwiteka avuga

Ni uko nkiri muri uwo mwuka nerekwa idini ry’ADEPR rihatirwa kwinjira mu ishyiharamwe “ASSOCIATION”yitwa ILLUMINATI” iryo shyirahamwe ritegekwa na society yitwa “FRIMASONS”ni uko umwuka arambwira ati,mwana w’umuntu dore batangiriye mu mwuka none barangirije mu mubiri uko niko Uwiteka avuga

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Kayumba Nyamwasa Uwiteka amuhambiriye amaboko kugirango amukoze isoni bityoo abamwiringiye bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ,nkora ibyo nshaka ubutegetsi nkabuha uwo nshaka niyompamvu abamwiringiye bose bazakorwa nisoni ndetse bakazicuza impamvu batigeze biringira ijambo ryanjye uko niko Uwiteka avuga

Ni uko nongera kwerekwa umuhanuzi mukuru ahura na Gen.Nyamwasa maze amubwira uko Uwiteka ayavuze kuko icyo gihe amaso ye yaramaze kuba ibirori rori uko niko Uwiteka avuga

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar