Home News Umwakagara agiye kugaburira abambari be,amabyi!

Umwakagara agiye kugaburira abambari be,amabyi!

0

Feb 27, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,William RUTO,arikumwe ni nkozi z’ibibi zirimo kumusiga imiti umubiri we wose kugirango abahabwe imbaraga z’umwijima zo guhangana na bagenzi be,bahanganye muri politike yo muri icyo gihugu aho barimo kwiyamamaza ndetse banashaka umwanya w’umukuru w’igihugu kugirango abe umwe mubazaybora icyo gihugu hagati ye na Gideon MOI ndete na Uhuru Kenyatta.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko umuntu arimbuka kuko yamenye ukuri ariko arakwirengagiza kubera ibyisi none ahisemo kurimbuka kandi azi neza yuko Uwiteka Imana yo mu Ijuru yamugirye neza none akaba ayisimbuje kuramya igirwimana na badayimoni na Satani uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bagaragu b’Umwakagara arimo gukoroga ifu itunganya amandazi,maze arayifata ayivanga na mabyi kugirango abaza kurya ayo mandazi bazahumane.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu ubonye ibilimo gukorwa na bagaragu b’Umwakagara?

Ndasubiza nti Yego!Nabibonye!Aransubiza ati,dore Umwakagara agiye guhumanya abayobozi bose bamukorera cyane cyane abamaze kugaragaza ubwoba bw’intambara imuri mbere kugirangoahumanye ubugingo bwabo kuko atakibabonamo umumaro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi Mukuru w’Ibyasezeranijwe,yubakirwa inzu yigiciro cyinshi cyane,kandi iteye kwibaza abayireba impamvu yabyo!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Nimumara kugera muri gakondo ya bakiranutsi ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azitura abagaragu be,balimo Umuhanuzi Mukuru w’ibasezeranijwe,Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,hamwe n’Umuhanuzi umugaragu w’Uwiteka Imana ishobora byose niko Uwiteka avuze!

Ibyo Uwiteka azabikorera kugirango ubwoko bw’Uwiteka hamwe na bantu b’Imana bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kumukorera nta gihombo kibamo cyane cyane abamwumviye bakagendana nawe,bakemera gukora ubushake bwe Uwiteka Nyiringabo maze isi yose izavuga yuko gukorera Uwiteka ari nta gihombo kirimo niko Uwiteka avuga.

Nerekwa Umwakagara amaze gukurwa ku ngoma,mbona hadutse insorensore zitari zashaka nabandi bashatse ariko bakiri bato haba mu ijambo ry’Imana cyangwa mu myaka isanzwe umuntu asabwa kuba afite kugirango akorere Uwiteka Imana ikiranuka yo mu Ijuru.

Mbona abo batekamutwe biha gushing utudini twinshi tudafite epfo na ruguru bavuga ngo barakorera Imana nyamara utwo tudini nta nubwo twari twubahirije ibisabwa na mategeko kugirango bafungure iryo dini ryabo ahubwo bihishaga mukwaha kw’Amadini afite ubuzima gatozi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nimumara kugera muri gakondo ya bakiranutsi,hazaduka utudini twinshi tuzabeshya abantu banjye.None byandike ubwire ubwoko bwanjye yuko utwo tudini ari nta cyo tuzabamarira kandi abazatuyoboka bazhaura numuvumo uturuka kuri sekibi Satani Umwanzi wabakiranutsi uko niko Uwiteka ababuriye,kandi nuko avuga.

Nkomeza kwerekwa uburyo gakondo ya bakiranutsi yahumanijwe ikeneye kuzahumanurwa n’Umuhanuzi umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara  namara kuva ku ngoma,kuko asigaje iminsi [2] ngo atange imihoho uzatunganye gakondo ya bakiranutsi wahaweho umwandu wawe kugirango uyihumanure maze ubwoko bwanjye buzabashe guhabwa umugisha kuko umuntu adashobora guhabwa umugisha kandi agihumanye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Save

Save

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar