Feb 27, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,William RUTO,arikumwe ni nkozi z’ibibi zirimo kumusiga imiti umubiri we wose kugirango abahabwe imbaraga z’umwijima zo guhangana na bagenzi be,bahanganye muri politike yo muri icyo gihugu aho barimo kwiyamamaza ndetse banashaka umwanya w’umukuru w’igihugu kugirango abe umwe mubazaybora icyo gihugu hagati ye na Gideon MOI ndete na Uhuru Kenyatta.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko umuntu arimbuka kuko yamenye ukuri ariko arakwirengagiza kubera ibyisi none ahisemo kurimbuka kandi azi neza yuko Uwiteka Imana yo mu Ijuru yamugirye neza none akaba ayisimbuje kuramya igirwimana na badayimoni na Satani uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bagaragu b’Umwakagara arimo gukoroga ifu itunganya amandazi,maze arayifata ayivanga na mabyi kugirango abaza kurya ayo mandazi bazahumane.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu ubonye ibilimo gukorwa na bagaragu b’Umwakagara?
Ndasubiza nti Yego!Nabibonye!Aransubiza ati,dore Umwakagara agiye guhumanya abayobozi bose bamukorera cyane cyane abamaze kugaragaza ubwoba bw’intambara imuri mbere kugirangoahumanye ubugingo bwabo kuko atakibabonamo umumaro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!