Feb 22, 2017 Nika chukuliwa nyikani na Roho wa Mungu,na kufunuliwa mambo mengi ya nchi ya Kenya na hali ya uchaguzi vile inaendelea kudhoofika nchini.Roho wa Mungu akaendelea kusema kuhusu Taifa hilo,na kusema,mwana wa Adam,angalia kuna uchochezi unawofanyika chini chini,na ikiwa Kalonzo Steven Musyoka atakuwa mmoja wao watakao chochea moto huo ambao uko karibu kuwakishwa,basi Kalonzo mwenyewe ataingizwa ndani ya mto huo.Na moto huo ambaye ni Deputy President William Ruto,ndiye atakuwa chanzo cha mto huo unao talajiwa kuwashwa nchini Kenya.
Ni yeye amejitakia asema Bwana wa Majeshi.Na wa Kenya wataingia kwa furaha ndani ya moto huo, na hawatasikia ukali wa moto huo na hakuna mtu atakaye wakataza kuingia ndani yake kwasababu watakuwa na shauku ya kuingia ndani ya moto huo, na hakuna mtu watakaye msikiza kwa mawaidha yeyote ya kuwashawishi wasingie katika majaribu ya mauaji.Bari watajirazimisha kuingia ndani ya moto huo, na watazidi kuingia kwa undani zaidi ya moto huo wakifurahia asema Bwana wa ma Majeshi.
Neno la bwana likaendelea kuzungumza na mtu wa Mungu,mwana wa Adam,angalia kuna watu wanaotafuta kumfanya NAIBU wa Rais wa Kenya kuwa “KIPOFU”na akimalizwa hivyo “KIPOFU”basi itakuwa dhahilli ya kwamba hawezi kufanya lolote katika kazi za kisiasa kwasababu hana macho ya “KUONA”watafanya hivyo illi wapate jinsi ya kuweka mtu mwingine katika nafasi yake ya NAIBU wa Rais basi ikiwa hivyo,ni dalili ya moto huo utakao kuwa umefika mda wake wa kuwashwa asema bwana wa Majeshi.Hapatakua na amani tena katika nchi ya Kenya kwasababu nafasi ya vita itakuwa imepatikana kwa urahisi sana asema bwana wa Majeshi.
Nerekwa umwuka w’Ihene n’Intama zirwanira mu butayu,maze mbona Intama irwanye n’Ihene irayinesha,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma n’umwuka w’Ukuli birahanganye kandi umwuka w’Ikinyoma uraneshejwe kuko ukuri k’Uwiteka kuganje mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ubwo ngikomeza kwitegereza mbona ABEGA bajyanwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,kujya gukora ikizamini,mbona bakoze ikizamini kandi batsindwa nikizamini maze bahabwa ibihembo by’IBIGORI,ariko mbona intambwa y’umutambyi yo ikoze ikizamini iragitsinda maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuhero wa Bega urageze bagiye kujyanwa mu butayu bakorwe nisoni kugirango bigishwe kubaha Uwiteka Imana yawe ukorera bamenye yuko ar’inyembaraga kandi yuko yaremye Ijuru n’Isi niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umunyapolitike wo mu gihugu cy’IBABYLON witwa RAILA atsinze amatora y’umukuru w’igihugu nubwo barimo kugerageza kumwiba amajwi ntabwo bizashoboka ahubwo bizateza intambara ndetse itazaborohera kuko batazapfa kuyitsinda kandi umuriro bazaba bakije batazashobora kuwuzimya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Feb 23, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa za magigiri zijya gutegera kuruzabibu rwanjye nahaweho umwandu wanjye n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya muntu wakwandikiraga wiyita ineza iwacu sms,uwo muntu umwirinde kuko ari magigiri bafite amayeri yo kukwandikira kugirango nubasubiza kuko e-mail zabo zri muri data base ya system zabo babone uko bakora hacking.Ubona yuko ibintu akwandikira bijyanye ni ntengenke gusa gusa kugirango ushyireho umwete wo kumwigisha,ariko utazigishwa ni InyangeNews uzamwihorere azaba ar’urimbuka!
Umujinya w’Uwiteka amanukira idini rya Restoration Church hamwe n’umudamu witwa”MaMan NyeNyeri”utuye I Gisenyi.Ijambo ry’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umujinya w’Uwiteka Imana Nyiringabo umunukiye Restoration Church kubera banze kumva imiburo y’umwuka w’Imana warukurimo kandi bakaba barakuvuze amagambo atari meza.Ubu butabera bwaratinze bumaze imyaka [15] yose Uwiteka abategereje yuko bihana.
None igihe cyabo cyo kwihanganirwa kirarangiye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Ikindi ni uko wa mubyeyi witwa MaMan NyeriNyeri wagiriye neza maze we akakwitura inabi,nawe Uwiteka yibutse gukiranirwa kwe,kuko atagenje uko yarakwiye kugenza.Yafashe umugisha wawe ajya kuwubakisha urusengero rwa Restoration Church aho kuwuguha.Ibyo yabikoze kugirango agaragare imbere ya bana b’abantu kubera gukunda icyubahiro.Kandi numugabo we Vicent nta cyo yabikuzeho kandi azi ukuli kose yagombaga gukora nk’umugabo ariko yirengagiza ukuri ahubwo ashyigikira ikinyoma niyompamvu igihano cyabo kizarushaho kwiyongera kandi ntawuzagisengera ngo gikurweho kuzageza igihe umujinya w’Imana uzacururuka niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Igihe cyawe cyo guhabwa ubutabera kirageze ngo urenganurwe,kuko bakunze gukiranirwa cyane kuruta gukiranuka,niyompamvu abantu bakijijwe batandukanye kure cyane na bakiranutsi.Kuko uko Ijuru ritandukanye nisi,niko no gukizwa bitandukanye no gukiranuka.Bisobanura yuko gukiranuka no gukizwa ntaho bihurira kandi bikaba bidafite aho bihuriye no gukizwa akaba ariyo mpamvu abantu bitwa abakizwa badashobora kwinjira mu Ijuru,kuko Ijuru nirya bakiranutsi abera b’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.





