Amakuru yatangwajwe nibinyamakuru bitandukanye byo ku isi hatarimo ibyo mu gihugu cya Uganda,byavuze yuko umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Museven Kaguta ko yafungiye murugo uwo batavuga rumwe n’ubutagetsi bwe,akaba yamufungiye murugo rwe,ruzengurukwa na ba police.
Kandi uwo munyagitugu yavuze ko ibinyamakuru byo muri Uganda byahawe gasopo yuko nibiramuka byanditse amakuru ajyanye nimyagaragambyo yategurwa na CYIZA Bisigye ko bishobora kwamburwa uburenganzira bwo gukora umulimo w’itangaza makuru.Kugeza magingo twandika iyi nkuru ntabwo twari twamenya yuko iyo myigaragambyo yakomeje cyangwa yaburijwemo numunyagitugu M7
Museven amaze imyaka [30] kubutegetsi yagiyeho muri 1986 akaba aregwa kuba yarishe abantu benshi ahitwa RUWERU ikaba ariyompamvu ituma atava kubutegetsi kandi yanavuze yuko ngo azava kubutegetsi muri 2056 mu gihe umwakagara we yavezeko azavaho muri 2034.
Bose abo banyagitugu uko ari [2] bahuriraho,bavuga yuko hataraboneka umuntu wabasimbura ngo bamusigire ubutegetsi.Nyamara birengagiza yuko ubutegetsi butangwa nabaturage binyuze mu matora yabaturage bihitiramo uwababera umuyobozi uzabageza kumajyambere ariko bo bahisemo kuniga demokarasi yabaturage.
Umuryango w’ubumwe bw’Ubrayi,muri iki cyumweru turangiza,wizihije uburenganzira bwitangaza makuru aho bwasabaga leta y’umwakagara kubahiriza uburenganzira bw’itangaza makuru ndetse akanareka abanyarwanda bakavuga icyo batekereza aho kugirango bayoborwe nigitugu kugeza ubwo bahinduka ibiragi.
Tugarutse kumakuru yo muli Uganda umukuru w’igihugu cya Uganda avuga ko agiye gukura ingabo ze muri Somaliya zalindaga umutekano ibyo abikoze nkitera bwoba nyuma yuko atereye ibaba muruhando mpunzamakungu kubera kuba umunyagitugu ukabije.Ibyo bije nyuma yaho aboneye amakuru yuko haba halimo gutegurwa intambara yo kumukura kubutegetsi bityo agasanga nta mbaraga agifite zihagije za gisirikare kuburyo yafasha andi mahanga kulinda umutekano
Ayandi makuru avuga ko,ngo kuva aho umuherwe Donald Trump arahiriye yuko naramuka abaye umukuru w’igihugu azashirwa aruko ashyize M7 mu nzu yimbohe akaharangiriza ubuzima bwose asigaje ku isi kubera ko abangamiye demokarasi yabanyaUganda.
Amakuru yabanyagitugu akomeje kwnagiza umugabane w’Africa,amakuru aturuka mu gihugu cya imbabwe igihugu kiyobowe numunyagitugu ukomeye kuruta M7,Robert Mugabe ubu igihugu cye nta faranga igihugu rigira kubera ko ubwo yirukanaga Abongereza idollar ry’icyo gihugu ryahise rigwa rita agaciro kuburyo ubu ritagikoreshwa mur’icyo gihugu.
Leta yatangaje yuko igiye kwikorera idollar ryayo ariko rikazaba ridafite agaciro muri Bank nkuru y’Isi yose.Ubu hasohotse itegeko ko nta muntu wemerewe kubikuza amadollar arenze $1000 kumunsi ngayo ng’uko uko abanyagitugu bakomeje kwangiza umugabane w’Africa kubera kudashaka gushyigikira demokarasi no kugundira ubutegetsi
Tekereza rero Robert Mugabe kumva ko ariwe watowe na bakuru b’ibihugu by’Africa Union bakamugira umuyobozi mukuru nyamara yarananiwe kuyobora igihugu cye.Biravugwa ko ubu Mugabe atakibasha kugenda ngo iyo shsgurutse ahita agwa hasi ubu yujuje imyaka irenga [92] umwaka ushize nibwo yakoze umunsi mukuru wa mavuko aho yakoresheje miliyoni 92 za madollar yicyo gihugu na gato ifite inzego [92]





