Nyuma y’igihe kitari gitoya umuhanuzi Kazi utuye mu gihugu cy’Ubwongereza witwa BIZAMPORO JEANINE yagerageje gutera inkunga umuhanuzi Majeshi Leon ataruko yashakaga gufasha umurimo w’Uhoraho nkora ahubwo yari gahunda yarafite yo kumugigira ngo abashe kumucisha igihanga.Yaritanze bishoboka byose kugirango amenye uburyo bwiza yagurisha igihanga cy’umuhanuzi Majeshi Leon dore mur’iki gihe kiri kw’isoko rishyushye hot Cake.
We ubwe mukwezi kwa Nzeri 2015 yahishuriwe yicaye muri Bus afite amata yinshyushyu maze ayasiga muri Bus asubira murugo kujya kurera abana be,akimara kumbwira iryo yerekwa naramusobanuriye mubwira yuko akuwe mu murimo w’Uwiteka Imana yakoraga
Ariko ntiyigeze yihana nagato ahubwo icyakurikyeho bakomeje kunyitaho cyane we n’umutware Justin nibwira yuko ar’abantu b’Imana
Nibwo nimuraga ikinyamakuru inyangeNewss.com nkijyana mu Bwongereza ariko mbere yo kukijyana Uwiteka anyereka ko atari abantu beza ahubwo buzuye uburyarya bwinshi cyane kandi ambwira ko bari bugambanire ikinyamakuru inyangeNewss.com
Bwakeye ikinyamakuru za magigiri z’umwakagara zagikubise hasi ubwo sinabasha gusobanukirwa ibyari byo nibwira yuko iryo yerekwa rijyanye na barushimusi bashimuse gakondo y’umuhnauzi
Ubwo ikinyamakuru nahise ngisubizaho murwego rwo kugishakira umutekano mpita ndakimura maze ibyahanuwe bihita bisohora!Ubwo umutware we JUSTIN yahise agishakira abagihostinga maze nyuma y’iminsi (3) ;ambwira ko ngo abazungu banze kugihostinga ngo ikinyamakuru gifite database nini cyane
Nyamara aho cyari gihositnze cyari gifite MB 32,000,mu gihe abazungu bo bari baratanze MB 50,000 ubwo se koko murumva ibyo bintu bihuye?Nari namuhaye credential z’ikinyamakuru mbese za User na Passoword ubwo yahise abitanga kuri za magigiri z’umwakagara bahita bagusha ikinyamakuru byantwaye iminsi (5) kugirango mbashe kukigarura
Babonye yuko nabatahuye ubwo narabihoreye ndicecekera nibwo bahisemo kumpa intonorano nyamara ngirango muri buka ko ubuhanuzi bwo mu gice cya (27) bwari bwavuze yuko ngiye ghabwa intonorano kandi ngo nzazifate ariko sinzakore ibyo bifuza
Hasi hano murabona e-mail yanyandikiye amaze kubona yuko namutahuye nibwo yihaye gukoresha amagambo ya bibiliya nkaho yanyifuzaga amahoro
Jothan na David barinshuti kandi buri gihe Jonathan yakijije Umwami David mu gihe cyose ise ariwe Umwami Saul yashakaga kwivugana Umwami uzamusimbura David Abraham yasabye umugaragu we Eliyazari kutazasabira umuhungu we ISSAC mubanyamahanga batari abiwabo
Impamvu ni uko Eliyazari yabaye umugaragu mwiza ndetse na Abraham nawe akaba umkoresha mwiza urumva yuko hagati yabo ntawashoboraga guhemukira undi hanyuma se amagambo nkaya kuki yayakoresheje nib nta cyo yikekaga?
Gusa bene data biragoye cyane kubona abakiranutsi,uyu abaye umudamu wa (4) watumwe kuneka cyangwa kungigira nyuma yaho Mukama Christine wo muri RNC ananiwe kugera kunshingano yari yarahawe nabayobozi ba RNC Mukama akaba umuyobozi mukuru mu bari nabategarugori ba RNC (chairwoman)akaba atuye muri America akaba akora umurimo w’ubuganga akaba yarashatse umuhutu wiwabo IBUTARE
Hahise hakurikiraho Umuhanuzi Kazi Marie Esther Murebwayire ukorera umwakagara akenshi yavuzweho gukorera Kigali ariko twamubaza akatubwira yuko abahutu bamwanga urunuka ngo ni uko avuganira abatutsi imyaka namaranye nawe Uwiteka yagiye kubimpishurira haciye igihe kinini cyane
Nyuma ye hakurikiyeho undi mudamu ntashobora kuvuga amazina kubera impamvu za kazi utuye kumugabane w’Uburayi sinzi niba ariho akiri cyangwa niba atakihatuye
Hanyuma hahise hakurukiraho Umuvugabutumwa Consolee utuye mu Bufaransa twabanye mu idini ryo mudamu witwa LILIYOSE TAI ufite idini kwa RUBANGURA
Uyu console muribuka yuko nabagejejeho amakuru ye uburyo yavugaga ko Imana yamutumye ku Mwami w’uRwanda ngo ko Gen.Nyamwasa akwiye kwifatanya n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa maze ngo bagakorera hamwe bagakuraho umwakagara naho bishakiraga kumenya nimba haba hariho ubufatanye hagati y’ubwami na RNC ibyo na byo biramunanira
Byihuse hahise hakurikiraho umwega kazi utuye mu gihugu cya FinLande witwa Nyiramihanda Magnifique yagerageje ibishoboka byose ngo angigire ariko arananirwa yatanze agatubutse da ku buryo Uwiteka yamukoresheje akambera umugisha rwose kugeza kumutoza wa nyuma mufungira amazi numuriro kuko nari naramumenye kuva agitangira maze Uwiteka arambwira ati,reka nkwihere umugsha ukomoka mubanzi bawe kugirango umenye yuko nd’Uhoraho Imana yawe
Yitabaje Kigali ngo basenye ikinyamakuru kubera yuko nari namushyize ahagaragara,ubwo byarabananiye gusenya ikinyamakuru hahise hakurikiraho BIZAMPORO JEANINE akaba yarashakanye na JUSTIN bakaba bari batuye mu gihugu cy’Ubuholande baza kwimuka bajya kugakorera mu gihugu cy’UBWONGEREZA UK bakaba bakomoka IGITARAMA byumvikane neza yuko baharanira ingoma ya Keg aka Kagara ubu ibintu byarahindutse hariho ubwami bw’Abega rero waba umuhutu cyangwa umututsi w’Umwega cyangwa ukaba ukomoka IGITARAMA upfa kuba inkomoko yawe ari GITARAMA cyangwa urumwakagara ibyo biba bihagije ku Mwami wabakagara wanze kuyobokwa nabaturage akaba abayoboza igitugu.
Ubwo yatanze telephone zanjye mbona umunsi umwe barampamagaye nibaza uburyo Nziza yamenye telephone zanjye ndumirwa kandi niwe wenyine nari narazihaye kuko umuntu wese twajyaga tuvugana namuhaga telephone ye bwite kuko nkoresha nyinshi kugirango mbashe kumenya umugambanyi uwari we!
NB:Waruziko za magigiri zose zikoresha e-mail ya Hotmail.com? uhereye cyera kose muri Uganda za magigiri zose nabanye nazo nkorana nazo zikoresha Hotmail ubanza habamo imihamuro sigusa mfite ibimenyetso byinshi cyane nkoresha kugirango menye magigiri usibyeko nyine Umwuka w’Imana niwo ushyiraho kache bwa nyuma kugirango mbashyire ahagaragara
Tekereza nawe umuntu ushaka kugucisha umutwe akagusaba ko utazamushyira ahagaragara ngo nukubera intonorano ubwo se bihuriyehe nubugingo bwanjye?Reka Uhoraho akomeze abashyire ahagaragara kuko uko imirimo mibi igira ingaruka ninako nimirimo myiza nayo igira ingaruka nziza abakoze neza bazabihemberwa nabakoze nabi bazabihanirwa ntagahora gahanze umwakagara azavaho abandi bime ingoma icyo gihe muzaduha ibisobanuro bwibyo mwatangaga nanjye dossier ndazibika ndibaza yuko naho mutazataha mu gihugu bitazatubuza kubasanga mu bihugu mubamo hakoreshejwe inzira y’ubutabera ubwo niho muzamenya yuko uwiteka aca imanza zitabera.Uwaba afite amatsiko yamuhamagara kuri izi numero za telephone +447503278075/+447503777527 gusa afite nyinshi kandi nta nimpamvu
2016-03-10 0:23 GMT+03:00 JEANINE BIZAMPORO <jeanbiza@hotmail.com>:
Uwiteka akurindire mubuntu bwe.Ubwo rero muntu w’Imana nagirango ngusabe ikintu kimwe kandi Imana dusenga Iri kubayubaha nizereko itakinyima nziko nawe Umwami abigufashemo;
1)Igihe Abraham yasabaga igisonga cye kitazabira isaka umunyamahanga .
2) Igihe Elia na Elisa bajya gutandukana Elisa amusaba umugabane w’umwuka umurimo urazi
bajya gutandukana,
3Igihe Dawidi ajya gutandukana na Yonatani abo bose ubonye bumvikanye ko ntawe uzahemukira undi .Ubwo najye rero ibyo nagusabaga nagirango nk’abantu b’Imana twakoranye
Umbarirere rwose ;
Ntuzigere ushyira amazina yanjye cg Umutware wanjye kuricyo kinyamakuru cyawe
Cyangwa ngo bene data baba mugihugu cy’umwami kazi gakondo ya bakiranutsi ngo bamenye ibyanjye.
Nziko ibyo twakoze kandi tugikora twabikoranye urukundo rw’abana b’Imana kandi bashaka kuzabona ubugingo buhoraho.Nziko Uwiteka yabonye umutima wacu nubwitanjye bwacu kanziko azatugororera icyo Imana izajya iguhishurira kuritwe ujye ibitwohereza kuri e-mail yanjye tuzajya tugusubiza.
Rwose mbigusabye mbikuye k’umutima kandi mbikwandikiye narabitekereje n’arabisengeye
Imana izaguha umugisha kandi nziko y’umva ibyo tuyisaba ubwo busabe bwanjye ubwumve kandi Uwiteka arikumwe nawe .Turagusengera kugirango Imana igucire inzira.
Bye
- Ikindi umuntu ya kwibaza ni uburyo Justin yavuze yuko abazungu banze guhostinga kandi bari babyemeye hanyuma akanongeraho yuko banamusubije ama pound ye (£203) ako kanya ariko ubwo namusabaga ko anyoherereza ayo ma pound (£203) ngo nkore transfer ahandi,yambwiye yuko batarayamusubiza abuze uko abyifatamo yemera kuyohereza ariko abikora yabanje kugunonwa.Byose byari mu buryo bwo kwihisha kugirango atamenyekana
- Ikindi nibajije ni uko maze kumubwira ko yamfashisha iyo nkunga yari yankoreye yo kwimura ikinyamakuru,ntabwo byamunejeje yabanje kumbaza ibibazo nimba aho ngiye kuyimurira uwo muntu adashobora kumfasha yumvise yuko nshobora kutabibona neza ahita ambwira ko agiyekohereza ayo ma pound (£203)
- Ndashima Uwiteka Imana yanjye yuko atajya asinzira,nubwo njya mba injiji ku byayo,ndetse ngatinda kubyizera cyangwa kubisobanukirwa mbitewe nubujiji ariko ntibijya bintwara umwanya cyane ntaramenya ikibihatse
- None se ko Uwiteka yagaragaje yuko Jeanine adafatanije numugabo we,mbigenze nte?Ese ni mbimubwira,arabifata ate?Ese ku mwihorera har’icyo byatanga? Kwandika umugabo se,sinaba nshyize hanze umugore?Ariko se byo kubiceceka sinaba nteye inkunga satani na badayimoni n’Umwakagara? Mana mfasha umpe kumenya icyo nkwiriye gukora gikwiriye mu gihe gisa nk’iki!
- Jeanine akwiye kumenya imirimo mibi umutware we akora,reka mbimubwire ubwo azikuriramo igisubizo cyane ko umutware we nta cyo dupfa dore ko yari yanamfashije gusa nshingiye kumayerekwa nibimenyetso simusiga,umutware we akorera umwakagara.
- Mbere yuko mbimubwira reka mbanze mbaze Uwiteka numve yuko yangiramo inama isumba izindi ahari wenda bitaza kuba byagira icyo byica mugihe kitari cyabyo.





