HomeNewsIfungwa rya BG.Gen.Rusagara na Col.Tom Byabagamba mu buhanuzi igice cya (4); ni...

Ifungwa rya BG.Gen.Rusagara na Col.Tom Byabagamba mu buhanuzi igice cya (4); ni cya (5);

Igice cya (4) cy’ubuhanuzi havuga kubayoboizi (2) General na Colneri bazafungwa ariko Colneri akazashak auburyo bwose bwo gucika umunyururu ariko kuzamuhira bikazagorana bitewe n’umubazo uri hagati y’umwana w’Usita n’Umwakagara.

Ubu bahnuzi bwamaze gusohora nyuma yo kugenzura tugasanga bwaracaga amarenga ya BG.Gen.Rusagara ndetse na Col.Tom Byabagamba ubu basa naho bamaze gukatirwa nurukiko rwa gisirikare hakaba hasigaye gusa procedures kugirango imihango yurubanza irangire

Ubu buhanuzi bukaba bukurikiwe na bwa Rose Mukankomeje nawe wamaze gutabwa muri yombi ashunjwa kuba akekwaho kuba yarashatse gukingira ikibaba abakekwaho gutanga cyangwa kwakira ruswa

Ibi byose akaba ar’ibimenyetso byirimbuka kw’ingoma kwa FPR-Kagame nagatsiko ke kiyemeje kurimbura abanyarwanda batavuga rumwe nubutegetsi bwe,ndetse nabasigaye mu gihugu bagafatwa bugwate aho basabwa kwemera ubutegetsi ku ngufu za gisirikare dore leta yo ntayibaaho ahubwo agatsiko gakomeje gukoresha imbaraga za gisirikare mugutegekesha igitugu abaturage.

Hakaba hasigaye ibindi bimenyetso bitari byinshi aho hagiye guhunga umwe mu bategetsi bakoreye FPR ndetse uwo uzahunga akaba yarahoze ari minisitiri mu butegetsi bwa RPF ndetse akaba yaranakuwe no kumwanya yakoragaho igisigaye ubu rero akaba arugushakisha uburyo bwose bwo guhunga igihugu kugirango ashobore gukiza ubugingo bwe

Ndetse na Mushikiwazo nawe arimo gushakisha uburyo yahunga igihugu ubwo bazaba bamaze kumwubikira imbehe azahita abona akanya ko guhunga yerekeze mu mahanga dore ko imitungo ye yose yamaze kuyihungishiriza mu mahanga

Uko niko gahunda zo gukuraho umwakagara zirimo kugenda gahoro gahoro muzajya kubona ibintu byose bigiye mu buryo ariko ku buryo butunguranye icyo gihe muzamenye yuko umwakagara avuye ku ntebe ya bukunzi

Muri gakondo ibintu bikaba bikomeje kuba bibi kubera ko igihe kitari cya gera,ariko umunsi wasohoye gahunda zose z’umwakagara zizahitabzihinduka.Ubuhanuzi buvuga ko hazabaho inzara itarigeze kubaho mu isi yabazima.Ndetse bukavugako hazabaho ubukene budasanzwe kugeza magingo aya uRwanda rwitabaje abashinwa kuza gukorera ibintu uRwanda rukeneye aho gutumiza mu mahanga

Ibi byose bigaragaza ubuhanuzi bugenda busohora umunsi ku munsi niko Uwiteka agenda asohoza ibyo yavugiye mukanwa kabahanuzi banyagupfa rero bifitiye amatwi arimo urupfu ntibashobora kumva kuzagrza  wa munsi bazakurirwa mu mubiri

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments