May 24, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bose bo mu bwoko bw’imbata n’inkoko (urugimbu)bongera guhaguruka,ndetse mbona bari mu nzu ndimo kubegeranya kugirango mbakorere ibibakwiye ariko hanze y’iyo nzu,hari wa mwuka w’Inzika y’Inzigo(Abakagara) bategereje ko mbanza kwica abo badayimoni babo aribo ntwaro bakoresha cyane kugirango babashe kugera kumugambi wabo!
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwakagara yasizoye arabizi yuko byamurangiranye none nawe urimo gukinisha abadayimoni be ubakora mujisho?Dore umaze kwangiza imigambi ye,yo guhumanya Nyir’uRwanda no gushimuta Gen.Nyamwasa none unakomeje gutunga agatoki mujisho?Ariko ukomere kandi uhumure kuko Uhoraho ariwe Mana yawe iyakurinze ibihe byose birangiye ntaho yagiye komeza urugamba witinya kandi komera kumuheto kuko urugamba ruzarangira!
Nuko numva Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe abajije Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe,ati,ese ko hashyize cyera ijoro rizacya ryali?Nuko numva Umulinzi mukuru w’ibyesezeranijwe arasubije ngo,murwanyi we komeza urugamba burenda gucya kuko ndabona umuseke utambitse buraza gucya hanyuma!!!
Wihangane wibabara,dore urugamba ruzashira guma mu ntambara!burira ubwoko bw’Uhoraho burusheho kumwiringira kuko ibyahanuwe nabahanuzi bigiye gusohoza umurimo wabyo nubwo bikomeye,ntakabuza yuko ibyo abagaragu b’Uhoraho bavugishijwe nakanwa kabo bitazabura gusohoza umurimo wabyo mu mahoro kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Mana yabakiranutsi.
Nuko numva nsubijwemo ibyiringiro bikomene cyane kumva ko,umuseke utambitse kandi nkumva Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe,n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe bose bagifite ibyiringiro numva nongeye gukomera nsubizwamo imbaraga niryo ry’umwuka w’Uhoraho maze nkomeza umulimo nahamagariwe n’Uhoraho kandi nkomeza kunezererwa Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.
Ahagana mu saa munani 2:31 (hour) zigicuku,ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibinyabiziga byabadayimoni bibyukiye kumuhanda kandi niwowe bishaka barahagaze ngo bakoze ubulinzi nyamara ntibazi icyerekezo uherereyemo nuko rero umenye uko ugenza kugirango utagwa mu mutego kuko imigambi yabo Uhoraho yamaze kuyiburizamo uko niko Uhoraho avuga.
Nuko nitegereje mbona icyo kinyabiziga cyabadayimoni gitegereje uwo kitazi mbona kilimo ubusa!Ngerageza kwitegereza ngo ndebe ko nabonamo umuntu cyangwa umudayimoni ariko mbona nta muntu ugaragaramo maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,erega buriya Uwiteka aba aguciriye amarenga ngo umenye uko ugenza nuko gahunda yabadayimoni ihagaze bityo usobanukirwe imigambi y’inkozi zikibi zikorera mu isi y’umwijima ituwemo nabazima uko niko Uhoraho aburiye.
Mugitondo cya kare njyanwa muyerekwa maze mbona muri cya kibaya kili munsi ya gakondo ya bakiranutsi,mbona hateraniye inka z’inzungu(Abadayimoni)binkazi cyane(Commandos)nuko mbona zirimo zirarisha zimaraho ubwatsi bwose bwari aho muri icyo kibaya uruhande rugana haruguru y’umuhora bwose ziraburisha zibumaraho(kugota ahantu hose)
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uburyo abana b’Abantu bibeshya cyane wagerageje imitwe yabo ngo urebe uko bakora nuko batekereza baraye amarondo bategereje Umuhanuzi utakibarizwa aho bagutekereza?Ese ntibazi yuko umuntu yakoresha niryo koranabuhanga akabayobya kugirango batakaze uburari?Ariko bo bahora bibwira yuko ubwenge bakoresha umuntu w’Imana we adashobora kubukoresha?Uko niko umwuka w’Uhoraho abaza!
Ubwo nanjye nari nibereye ikantarange kuko aho nkorera imilimo yanjye ari kure cyane naho ntuye,kugirango mbashe kubona umutekano no kureba imikorere y’inkozi zikibi bityo nkamenya ikirere baherereyemo bigatuma niberaho mu mahoro.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,tuza uwo numuhengeri numuraba biraza gutuza nibimara kubura abo bihitana ubwabyo biraza kwihitana niko Uwiteka avuga.
Nuko mpita nigira mu mababa y’isumba byose ndituriza nkomeza kwiyandikira ubuhanuzi bw’Uhoraho kugirango abantu b’Imana batabura icya kiza ubugingo bwabo maze mukanya nk’ako guhumbya mbona w amwuzure uratuje werekeza inzira yo mu butayu bugufiya sijye wahera hahera umwwakagara nabadayimoni be!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze nerekwa mbona iyerekwa nigize kubona,na none mbona ndi munsi ya gakondo ya bakiranutsi nabonaga yarabaye umwirare cyane harahindutse igisuzuguriro buriwese wanyuragaho ntiyifuzaga kuyireba.Mbona ahazamuka hahindutse ahamanuka nahamanukaga hahindutse ahazamuka!
Nuko ndababara cyane maze arambwira ati,wibabara kuko Uhoraho atazabura kubuka umurwa wera wa Yerusalem ubwo umujinya we uzaba umaze gutururuka azongera yibuke isezerano yasezeranije abagaragu be Abraham,Yakobo,Issac,na Majeshi Leon maze yongere agirire neza ubwoko bwe azabuzura abuzamure nka Nyangumi ituruka mu Nyanja cyangwa intare y’ingore ibonye umuhigo uko niko Uwiteka avuga.
Nubwo ahantu hose hari harabaye urutare,nyuma yibyo byiringiro numva nongeye kugira ibyiringiro bikomeye ariko mbona ntawasigaye wo kubara inkuru nsanga bose bashiriye ku icumu ry’umwakagara .
Maze mbona abazimu bumwakagara baciye ruhinga nyuma bahungira muri bwa butayu bugufiya barashwirangira,yewe nkurikije ibyo mbonye bigiye kuba kuri gakondo naho umuntu yaba arumwanzi sinakwifuriza ko byamubaho.
Nuko ndabwirwa ngo,uwo niwo mujinya w’Uhoraho kubera barwanije ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ndetse bakagerekaho nuguhiga umugaragu w’Uwiteka Majeshi Leon,mbega umujinya w’Uwiteka ugiye gutera mu minsi iri mbere bazwukizwa niki?Uko niko Uhoraho avuga.Arakomeza arambwira ngo,reka bacirweho iteka kugirango abazasigara bazamenye agaciro kumuhanuzi kugirango batazahirahira bongera gusuzugura iajmbo ry’Uhoraho kuko abatutsi bazwiho gushinga amajosi maremare niyompamvu Uwiteka ya yaretse ngo bayateme bayacishe bugufiya maze bamenye yuko mu ijuru hari Imana ikiranuka kandi ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
Imandwa nazo zasizoye zananiranye bakoze kubakurambere nabo barabahakanira bababwira yuko akaga,ibyago,amakuba bimanukiye urwagasabo kandi ko,Nyir’uRwanda yongeye kwima ingoma akongera kwicara ku ntebe yabukunzi.Mbona abo bakonikoni binyangabirama bahakana Imana yabaremye bakarwanya imigambi y’Uhoraho bibwira yuko bazayitsinda nyamara bakibagirwa yuko ubugingo bwabo bubalizwa mu maboko y’Uwiteka akaba ari nawe wabageneye iminsi yo kuba ku isi nigihe bazayiviraho.
Numva ntangajwe nuburyo satani umwanzi wabakiranutsi ariganya abantu,kandi bazi neza yuko atar’Imana.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo,abongabo bavukanye imbuto yanga Imana kandi bihinduye abanzi b’Uhoraho nyamara yarabakunze abaha umwana we wikenege Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo kugirango ababere incungu bazabone ubugingo buhoraho ariko barabyanze none wibabazwa nabo bareke barimburwe kuko bakoze ibyo gukiranirwa ndetse banga imiburo ye kandi Uhoraho yarabakunze urukundo ruhebuje ruruta urundi uko niko Uwiteka avuga.
