Home News Imwe mu mpamvu zituma za magigiri zinanirwa akazo!

Imwe mu mpamvu zituma za magigiri zinanirwa akazo!

0

Nyuma yo kugenzura bihagije imikorere ya za magigiri zikoresha kubera guhangana nazo igihe kirekire naje gusanga zigifite urugendo rutoroshye kuko bakoresha uburyo twakwita uburyo bw’impmyi!Ubusanzwe urwego rw’ubutasi ruhabwa amafaranga ahagije nibikoresho bihagije,kugirango babashe gutunganya inshingano zabo bahawe n’igihugu.Ariko ubusanzwe urwo rwego ntirugamba gukora ibinyuranye nitegekonshinga riba uburenganzira.

Usibyeko mur’iki gihe,bahimbye amayeri bagashyiraho imitwe yiterabwoba kugirango bibaheshe akaryo ko kwica amategeko.Ubusanzwe mu mategeko arengera uburenganzira bwa kiremwa muntu,ntibyemewe kumviriza za telephone njyendwanwa zabanyagihugu.

Ariko kubera bashyizeho iyo mitwe yiterabwoba byatumye bitwaza izo mpamvu bagahonyora uburenganzira bwa muntu bityo bakaboneraho gukoresha imbaraga z’ubutegetsi bwashyizeho nabaturage bityo bakajya barwanya ndetse bakica cyangwa bagakora ibikorwa bibangamira uburenganzira bwa muntu hamwe na demokarasi.

Kuvaho za telephone cyangwa ikoranabuhanga ryaziye ryatumye bahinduka abanebwe.cyangwa injiji,urwego rw’ubutasi iyo rubonye za numero telephone z’umuntu,bahita bibwira yuko barangije umurimo ariko burya ntibaba barangije umurimo nk’uko babyibwira kuko muri service ya maneko habamo ikindi batamenye gikoreshwa muri urwo rwego ariko kikaba gihenze cyane kubona ibikoresho byacyo.

Gusa ugereranije namafaranga baba bafite aba kuri konti yitwa (Black box)bakagombye kuba bafite ibyo bikoresho ariko byakubitira ku kuba nabyo ubwabyo bishingira kuri (Satellite) nayo ishingiye kumajyambere y’igihugu hamwe na politike yubahiriza amahame remezo na demokarasi ugasanga abanyafurika tukiri kure cyane.

Nk’uko niyemeje kujya ntanga amasomo kuri za magigiri kandi ayo masomo nyatangira Ubuntu ntabwo mbishyuza kuko nziko bikundira amafaranga ikindi kandi mbanshaka guhesha agaciro umulimo w’ubutasi wambuwe agaciro nubutegetsi bw’umwakagara n’umwana w’umusita.

Ntabwo gutata ar’ukwica cyangwa kurenganya.Ahubwo kugigira numulimo ugirira abaturage nigihugu cyose umumaro bishingiye kunyungu z’igihugu.Ariko ntiwafata ubutegetsi bw’igitugu butsikamira abaturage ngo uvuge yuko ubwo butegetsi bwa gatsiko bushingiye kubutareba nicyane wabo ngo maze uvuge yuko ubwo butegetsi arubwabaturage.

Nshingiye kubitabo byaza magigiri nagiye nsoma,muri maneko habamo department yitwa “Track and Report”.Iyi department ishinzwe gukurikirana abacyekwaho runaka ikajya ibakurikirana amaso kumaso atarugukoresha za telephone ukajya ureba buri kimwe cyose gikorwa ugatanga raporo nyuha hazafatwa umwanzuro.Ariko iyo ushyizemo contact guhamagara umuntu mutaziranye kandi muhiga urumva yuko uba wamaze kwangiza wa mulimo wakoraga kuburyo kuba wakomeza kugira amahirwe yo kurangiza inshingano zawe bikuba kure cyane.Iyo nzira niyo yonyine ishobora gutuma hakorwa umurimo mwiza ubasha kugera kumusaruro mwiza,ariko iyo hajemo kurenganya uburenganzira bwa muntu no kutabwubahiriza kandi nawe uziko yuko ejo uzava kubutagetsi ukazacyenera bwa burenganzira wimaga abandi,ubwo se urumva amaherezo yo gusiba inzira wanyuzemo atazakubyarira amahali?

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar