HomeNewsUbuyobe bwo mu minsi y'imperuka!

Ubuyobe bwo mu minsi y’imperuka!

Iyo foto mubona niyo mu butayu bw’IBABYLON aho nakuye masters mu byo kwizera Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Bakundwa bene data nokubasuhuza mu Mwami wacu Yesu Kristo waduahwe kutubera umubavu uhumura neza nyuma yo kwemera kutubera igitambo gihoraho.umuhanuzi w’Uwiteka akaba n’Intumwa y’Uwiteka Imana nk’uko Umwami wabakiranutsi akaba nimfura muri bene se benshi na data wa twase Uwiteka Nyiringabo babigambiriye bagashima ko biba nk’uko babishatse uko niko bimeze kugeza uyu munsi wa none.

Muribuka mubutumwa mwahawe uhereye igice cya 1-3 ndetse icya (4) ni cya (5) aho hose hahamya ibyumuhamagaro nahamagariwe.Hari ahavuga kubijyanye no guhishukirwa intumwa Paul wahoze yitwa SAUL uburyo yansuye ubwo nari mu butayu akamanura kumusozi namubonye agenda hejuru ya mazi nk’uko UMwami wabakiranutsi nawe yabigenje ndetse siwe wenyine na Kefa wahimbwe Simon Peter nawe yayagenzeho nubwo nyuma yaje kurohama ariko yari yabanje gutera intambwe hejuru y’inyanja.

Mwabonye ko nahawe imidari (2) uwa Zahabu,n’uwa Diamond byombi bisobanura umuhagaro ukomeye,ndashima Uwiteka wangiriye ikizere akabona yuko nkwiriye iryo kamba ryo gukiranuka mu murimo wa data wa twese yateguriye abategereje bose kuza k’Umwami wabakiranutsi Intare yo mu muryango wa YUDA.Ibi sibyo twihaye ahubwo twabihawe na data ukiranuka muri byose nyuma yo kugeragezwa mu butayu agasanga ko dukwiriye icyo cyubahiro tudakesha abana bab’abantu.

Kuko iyo biza kuba hasabwa ibyangombwa nk’ibyo abisi basaba ahari nta bwo nari kwemerwa,ariko kubera Ubuntu bw’intare yo mu muryango wa YUDA,nyuma yo kwemera kumanikwa kumusaraba kumanywa yihangu kugirango aduheshe ubugingo buhoraho.Byatumye yitwa Umwami wo gukiranuka ikamba riruta ayandi yose.

Nyuma yo gutahura yuko nagiriwe Ubuntu,ndetse bikaza kugaragara yuko,abenshi batabwemeye,byambereye ibyigiciro imbere y’Uwiteka Imana kuba yarangize umugaragu we kandi afitiye ikizere ntigeze ngirirwa mu bana bab’abantu ku bwibyo Uwiteka ahabwe icyubahiro iteka ni teka ryose Amen.

M.BelaNdashimira Uwiteka Imana ko yacyuye umujakazi we,Mama Bela watashye 2013 Rwanda-Kigali Twakoranye umurimo mwiza wo kwizera Inyamirambo aho Abasilamu benshi baza gusengerwa rwihishwa kugirango nabo babarirwe murubyaro rw’Abaraham,ubu Uwiteka yaramucyuye ategereje kuzahishurwa k’Umwami wabakiranutsi nkabandi bose.

M.WambuiNdashima umubyeyi wangiriye umumaro ukomeye witwa Mama Wambui yatashye 2014 nahuye nawe mu gihugu cy’IBABYLON ahitwa KISIRIANI ubu nawe yaratashye yibereye hamwe n’umukiza wabakiranutsi.

Yagoswe nimbaraga z’inkozi zibibi(Illuminati)  maze zirimbura ubugingo bwe bwo mu mubiri ariko ubugingo bw’ijuru bubasha kurokoka dore ko yarageze muzabukuru!Uyu nawe sinshidikanya yuko tutazahurira muri gakondo yo mu  juru.

Nuko rero bene data icyo nshaka kubabwira,nuko bene data benshi basabye inyigisho zigaragaza ubuyobe buvuga mu ijambo ry’Imana.Ariko ndifuza ko mumenya yuko ubuyobe ni jambo rikomeye ariko ryoroshye kuriyoberamo.Reka turebe ubuyobe ubundi niki?Ubusanzwe ubuyobe nukuva mu nzira wakagambye kuba wanyuzemo.

Ku bijyanye n’umwuka rero ubuyobe bisobanura kutumvira umwuka w’Imana,no kutayoborwa nawo kuko niwo wahawe ubutware bwo kuyobora abagenzi bose bajya mu ijuru cyangwa mururrembo siyoni.Ariko mu ijambo ry’Imana bibiliya hagaragaza ubuyobe bw’uwita Anti-Kristo cyangwa uzarwanya cyangwa urwanya ukuri kwahishuwe n’UMwami wabakiranutsi ariwe Yesu Kristo imfura muri byose na mbere yo kurema ku isi. It has been alleged that firstborn means that Jesus was the first creation of God. Does this mean that Jesus Christ was a created being?  Colossians 1:15 nk’uko mu bizi neza yuko yabaye umukozi w’umuhnaga mukurema ibyaremwe byose ariko yasanze guhwana n’Uwiteka atar’ikintu cyo kugundirwa ahitamo kwicisha bugufi maze yemera kumera akamero k’Imana yicisha bugufi atwara akamero kumugaragu kugirango abashe gukiza ubugingo bwanjye nawe.Rero bakundwa mwirinde cyane abiyita intumwa nabahanuzi nyamara bataasha kugaragaza umuhagaro wabo cyangwa Uwiteka Imana abashe kuwemeza imbere yabahamya benshi.

Ariko se mutekereza mute ko umuntu yaba igisonga cy’Uhuraho maze ntashobore kuba yasengera nibicurane ngo bibashe gukira ariko ugasanga atera waraza ngo nawe n’umukozi w’Imana.Abahamagawe babasha kugaragaza imbaraga z’umwuka w’Imana kandi ntibiterwa namashuli cyangwa uburanga cyangwa igihagararo ahubwo byose bikomoka k’Uwiteka Imana yabakirnautsi ari nayo yabahamagaye kuva kera kose!

Ninayompamvu muri iyi minsi hagenda haboneka abaturosera biyita bene  data nyamara batagenda nk’uko ijambo ry’Uwiteka riri cyangwa nk’uko ribihamya abongabo bazuye inkovu z’ibyaha mu mutima yabo.Imana yabo ninda kuko bibjiriye abategarugori batwawe nibyi’isi bakabahanurira ibijyanye nirari ryabo ngo bakunde babambure utwabo bihahiye!

Abo bameze nk’umuyaga uhuha mu butayu kuko utagira icyo uhakura,ndetse ubundi ibyanditswe bivuga neza biti,bameze nk’idebe ririmo ubusa rihorera rigatwarwa numuyaga aho werekeje hose.Nuko rero mu menye yuko kuyoba atar’ikintu kinini nk’uko mubitekereza.Kuko igikorwa cyose ushobora gukora utakiyobowemo n’Uwiteka Imana yabakiranutsi icyo gikorwa kiba kiyobowe nabadayimoni bisobanura kuyoba!!!

Ubusanzwe hariho inyigisho ziyobya zabakurikiye anti-Kristo,izo zose usanga zihakana kwera no gukiranuka nk’uko byanditswe muri 2Timoth 3: Perilous Times and Perilous Men

But know this, that in the last days perilous times will come: For men will be lovers of themselves, lovers of money, boasters, proud, blasphemers, disobedient to parents, unthankful, unholy, unloving, unforgiving, slanderers, without self-control, brutal, despisers of good, traitors, headstrong, haughty, lovers of pleasure rather than lovers of God, having a form of godliness but denying its power. And from such people turn away! For of this sort are those who creep into households and make captives of gullible women loaded down with sins, led away by various lusts, always learning and never able to come to the knowledge of the truth. Now as Jannes and Jambres resisted Moses, so do these also resist the truth: men of corrupt minds, disapproved concerning the faith; but they will progress no further, for their folly will be manifest to all, as theirs also was.

The Man of God and the Word of God

10 But you have carefully followed my doctrine, manner of life, purpose, faith, longsuffering, love, perseverance, 11 persecutions, afflictions, which happened to me at Antioch, at Iconium, at Lystra—what persecutions I endured. And out of them all the Lord delivered me. 12 Yes, and all who desire to live godly in Christ Jesus will suffer persecution. 13 But evil men and impostors will grow worse and worse, deceiving and being deceived. 14 But you must continue in the things which you have learned and been assured of, knowing from whom you have learned them, 15 and that from childhood you have known the Holy Scriptures, which are able to make you wise for salvation through faith which is in Christ Jesus.

16 All Scripture is given by inspiration of God, and is profitable for doctrine, for reproof, for correction, for instruction in righteousness, 17 that the man of God may be complete, thoroughly equipped for every good work.

Bakundwa aba bantu biyita abakozi ba data usanga bemera ijambo rye,ariko bagahakana kwera kwaryo,ndetse nimbaraga zaryo bakurushaho kuzirwanya.Ibi jyewe ndabibwira mbihamya kuko ntigeze ndwanywa nabapagani ahubwo abapagani bakoresheje abiyita bene data hanyuma bagaca ruhinga nyuma bakajya kugambananira umuntu w’Imana kubera ishyari kuko bananiwe kubaho mukwizera.

Bamaze kubona yuko imibereho yanjye ijyanye nijambo ry’Uwiteka Imana yabakiranutsi,buzura ishyari ndetse barimo abiyita abakozi b’Imana ishobora byose kandi ntibatinye kwiyita abahanuzi bahanura mu izina ry’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Ndibuka nkiri mu gihugu cya Uganda,uwitwa Nsabagasani yavuye kurusozi azana nundi witwa EZEKIEL bari bavuye gusenga barampamagara bambwira ko baje kunsura maze njya kubakira kuko batari bazi aho ntuye nuko tukimara guhura bati turashonje nuko nanjye ndababwira nti,mwebwe ibyinzara mu byibagirwe ubwo mwangezeho.

Ubwo bari bazi yuko mba mukazu gatoya bahageze basanga mba mu gipangu,tekereza mu murwa wa kampala kuba narabaga mu gipangu byabaye umugani tubaha amafunguro aho kugirango barangize amafunguro ahubwo bafatwa nishyari bituma bananirwa kurya cyane cyane uwitwa Ezekiel ubwo hari saa tatu zijoro bampagara bamaze gufungura bati nta bwo turara ahubwo dusubiye kurusozi ubwo bagiye bakwiza amakuru yuko ngo nkorera Kigali abo nibo babaye abambere kungambanira.

Nyamara bantu b’Imana wareba amajoro naraye nandika ubuhanuzi bwa SGT.Nsabagasani ntushobora kubyumva!Ubusanzwe umuntu wubaha Imana arangwa no gukunda bene se kandi yabona mwene se ahawe umugisha ukabyishimira kuko mudashobora kugira ikibazo mwene data wahawe umugisha ngo abirengegize!

Ariko kubera kudakizwa no gushaka kumenyekana bidaturutse kubushake bwa data ahubwo biturutse kw’irari ryabo byatumye bangiza umurimo kugeza ubwo abatarakizwa babona umurimo dukora nkaho wabaye ubucuruzi kandi ibyo nukuri kose!Kuko habayeho kumvira,buri muntu yakora ibyo Uwiteka amutegetse kandi buri wese yabiboneramo umugisha.

Abayobya intore z’Imana nibenshi bishyize mu byo batahamagariwe ngo kubera ko bazi gusoma bibiliya cyangwa ngo bakaba banafite impano zitigeze zezwa ziyoborwa naabdayimoni nyamara iyo baza kwemerera umwuka w’Imana zari kwezwa bityo bagakora umurimo bahamagariwe.

Nuko rero mumenye neza yuko buri wese ashobora kuba cyangwa kwitwa Anti-Kristo ubitewe no gukora ibyo Uwiteka ataguhamagairiye kuko uwonguwo ntaho atandukaniye n’umwanzi wabakiranutsi!

Yego hariho satani ndetse hakabaho na Anti-Kristo ndetse sumwe ahubwo nibabiri ndetse nusoma neza uzasanga ari batatu inyamaswa ivuye mu Nyanja(Isi) inyamaswa ivuye kubutaka (Ku isi) nayanzoka izaha ubushobozi uhakana Kristo akaba ariwe uzigira Imana mukimbo cy’uhoraho.

Hariho uwitwa anti-Kristo(Samanil) uwo nguwo akomoka mu gihugu cy’Ubudage yavutse muri 1958 afite impamyabushobozi zose zibaho ku isi,amaze igihe asaba kuyobora LONI cyangwa ONU yahereye muri 1993.

Muri uwo mwaka uheruka mvuze hejuru yaje kujya mu gihugu cy’Israel agezeyo yagendagedanga mu masoko maze akagenda akora ibimenyetso bikomeye nibitangaza maze umuryango wa Lewi bajya gusenga babaza Uwiteka Imana niba koko uwo ari MESAYA wagarutse dore ko batazi uburyo azazamo.

Nuko Uwiteka arababwira ati,nimugenda mufate Camera yo mu bwoko bwa EXLEY maze mu mufotore ubwo baragiye bahita barayishaka bigabanyamo amatsinda (2) abagera ku 150 bajya hepfo yiyo hotel abandi 150 bajya haruguru yiyo hotera maze asohoka ahagana mu masaha 9:00hrs akigera hanze mu muhanda kuko yagendaga namaguru maze bahita baramufotora

Bahise biruka bajya  muri labour bajya gusohora iyo foto,bakimara kuyisohora nta foto ye yajeho ahubwo hajeho 666 ubwo bahise bamenya ko atari Mesaya.

Ubwo nawe yahise azunguza umutwe ahita ahungira Arabia Saudite kugeza magingo ay anta bwo ndongera kumenya amakuru ye,kuko aya makuru nayahawe muri 1995 ariko umwanzi yahise anyiba CD yariho icyo kiganiro kuko umwanzi buri gihe atajya shaka koi bye bimenyekana.

Burya iyo watahuye ko ufite umudayimoni runaka wowe ubwawe ukabyitahuraho ako kanya uwo mudayimoni ahita akurekura reka wenda tuvuge umudayimoni wubusambanyi iyo uwiziho biroroshye cyane ko ufata umwanya wo kwihana no gusenga maze uko ugenda ugira ubushake ninako uwo mudayimoni ahita akurekura burundu!

Niyompamvu satani arwanya ubuhanuzi kuko bugaragaza ibizabaho urumva yuko abo satani aba yaragambiriye kuzahitana ntabwo biba bigishobotse kuko muhita mutangira gufata inagamba hakiri kare.Reka tuvuge ko intambara harabo izahitana muri gakondo yabakiranutsi mu byukuri bazaba bapfuye kubera ubushake bwabo kuko bananiwe kuyiringira no kuyizera kubera gutinya guhunga husiga ibintu byabo ariko suko batabimenye!

Reka twanzure duhamya yuko kuyoba arukutumvira Imana,cyangwa kutayoborwa n’umwuka wera aribwo buyobe cyangwa kutizera ijambo ry’Imana ukaba wakumva har’ikindi wakongera ku ijambo ryayo nyamara ririhagije kuko nubu buhanuzi duhanura uzakore ubushakashatsi uzasanga bushingiye ku ijambo ryayo

Mbifurije kwizihiza umunsi mukuru wa bana babanyaburayi(Noheri) Kuko atavutse kuri 25th ukuboza ariko byabaye gutyo kugirango bimenyekane yuko yavutse ariko murundi ruhande bishakira kwizihiza iminsi mikuru yabo no gushaka kuyobya amateka y’ijambo ryayo.Ndetse ugenzuye neza na Pasaka ntabwo yitwa Easter ahubwo yitwa Passover kuko ijambo easter bisobanura ibigirwamana byo muri Cannan mbere yuko ubwoko bw’Israel buhabwa icyo gihugu.Aho niho muzabona ikinyoma gishingiye ku ijambo ry’Abafarisayo bakwirakwije mu itorero rya Kristo.Igitangaje byose nta na kimwe bayobewe ariko ntibashobora guhira guhira ngo bashyire ukuri kujye ahagaragara.

 Ubusobanuro bw’ijambo easter:

Easter – (Western Churches)

Easter is calculated as the first Sunday after the paschal full moon that occurs on or after the vernal equinox. If the full moon falls on a Sunday, then Easter is the following Sunday. The holiday can occur anywhere between March 22 and April 25.

The Western church does not use the actual, or astronomically correct date for the vernal equinox, but a fixed date (March 21). And by full moon it does not mean the astronomical full moon but the “ecclesiastical moon,” which is based on tables created by the church. These constructs allow the date of Easter to be calculated in advance rather than determined by actual astronomical observances, which are naturally less predictable. See also A Tale of Two Easters.

The Council of Nicaea in 325 established that Easter would be celebrated on Sundays; before that Easter was celebrated on different days in different places in the same year. See also dates of other Christian movable feasts.

April 12, 2015

Easter – (Orthodox Church)

The Orthodox church uses the same formula to calculate Easter, but bases the date on a slightly different calendar—the Julian calendar instead of the more contemporary Gregorian one, the calendar that is most widely used today. Consequently, both churches only occasionally celebrate Easter on the same day.

Unlike the Western Church, the Eastern Church sets the date of Easter according to the actual, astronomical full moon and the actual equinox as observed along the meridian of Jerusalem, site of the Crucifixion and Resurrection.See also A Tale of Two Easters and dates of other Orthodox movable feasts.

Ubusobanuro bwa Passover:

April 4, 2015 – April 11, 2015:

Passover

Passover, or Pesach in Hebrew, the holiday commemorating the Hebrews’ exodus from slavery in Egypt, lasts seven days in Israel and among Reform Jews, and eight days elsewhere around the world. It begins on the 15th day of Nisan, which is the seventh month in the Jewish calendar. It ends on the 21st of Nisan in Israel (and for Reform Jews) and on the 22nd of Nisan elsewhere. Since Hebrew days begin and end at sundown, Passover begins at sundown on the preceding day.

See also dates of other Jewish feasts.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments