HomeNewsUbuyobe bukomeye kubizihiza umunsi wa Easter bakunze kwita PASIKA.

Ubuyobe bukomeye kubizihiza umunsi wa Easter bakunze kwita PASIKA.

Muri iyiminsi abantu benshi batagira ingano kwisi barimo baritegura kwizahiza umunsi mukuru wo kwibuka urupfu rw’Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo.Urupfu rwe rukaba rwaraturutse kuyahudi bo mu bwoko bw’IDINI ryitwa ADVANTISTE icyo bitwaga  abapharisayo bakorerwagamo n’umwuka wubwibone gukunda icyubahiro nubutunzi  ku buryo bukabije cyane.

Babonye Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo amaze kuza mu isi ya bazima,bari bazi yuko azaza mu buryo bwa muntu,ku buryo aribo bazamwakira.Batangajwe ni uko kuza kwe,batigeze babigiramo uruhare,ikindi bumva inyigisho ze zisenya izabo kandi bari barize ku buryo bukomeye kandi we bakaba batazi aho yari yarize nkuko byibuze yuko bo bari  barize amashuri akomeye yubahwa na buri wese bahuraga nawe.

Kubera izi mpamvu z’uko bashakaga kwigira ibyapa bijya mu Ijuru,ariko bakabuza abashaka kurijyamo,byatumye bamufata barafunga bamuhimbira ibyaha bimucisha igihanga bavuga yuko ngo agomesha abaturage,kandi agashishikariza rubanda kwanga ubutegetsi bwariho.

Aba bantu wagirango hari icyo bapfana n’Umwakagara wazanye ingebitekerezo.Ubwo bahise bafata baramubamba birangira bamuciye igihanga.Uhereye ubwo nibwo hatangiye umunsi wa PASIKA ubusanzwe uzwi ku izina rya Passover,muyandi magambo bisobanura kwibuka umunsi w’umuganira  bibukaga urugendo rwo mugiputa uko Imana yabakujeyo amaboko akomeye.

Ariko ikibabaje kandi gitangaje,ni uko usanga amadini menshi adashobora gukoresha izina Passover,ahubwo  bagakoresha ijambo  Easter,nyamara ubushakashatsi bwemeza neza yuko izina rya Easter ar’izina ry’ikigirwamana cyo muri Cannan basengaga mbere yuko birukanwa mu gihugu cya gakondo ya Israel.

Umuntu wese ufite bibiliya yanditsemo ijambo ryitwa EASTER, izo bibiliya zanditswe kumugambi w’umwanzi Satani.Nyamara hari bibiliya nziza zagenewe abigisha,nubwo zihenda byibuze umuyobozi aba akwiye kugura iyo bibiliya kugirango abashe gusobanukirwa ibyo abwiriza cyangwa ibyo yigisha abakristu.

Abakristo bafite izo bibiliya zanditswe kumugambi wa Satani hamwe ni nkozi z’ibibi zigambiliye kuburizamo ijambo ry’Imana.Bakwiye kuzitwika bagashaka bibiliya nziza zifite ubusobanuro bwiza mu buryo bwatuma mu menya ijambo ry’Imana risobanutse neza mu nyigisho zose zigizwe nibitabo [66] byanditswe muri bibiliya.

1 king 12:32 kuwa cumi na gatanu z’ukwezi kwa Nyakanga za buri mwaka nibwo Umwami Jeroboam nibwo yajyaga I betteri gutambira ibitambo bya baar.Igitangaje rero ni ukuntu abanyagatolika bizihiza umunsi mukuru wa Bikiramaliya bavuga yuko ariho yagiye mu Ijuru.Ariko urebye neza usanga babeshya ahubwo ni umunsi ujyanye na bibiliya Umwami yizihizagaho kokereza ibigirwamana imibavu ihumura neza.

Kuba kiliziya gatolika yarahisemo iyo taliki ya 15 Kanama za buri mwaka bakizihiza uwo munsi bavuga yuko ngo ariho bibuka yuko Bikiramaliya ariho yagiye mu Ijuru,bigaragara yuko haba hari ikibyihishe inyuma abantu mukwiye kuba maso cyane.

2 king 18:4 Ariko Umwami AHAZI yafashe ikigirwamana cy’Inzoka yumuringa umugaragu w’Imana Moses yari yarakoreye ab’Israel ubwo baribwaga ni nzoka maze bakireba bagahita bakira.Ubwoko bw’Israel bwatwaye icyo gishushanyo bakigeza muri Israel bakajya bagisenga kugeza ubwo Umwami Ahazi yimye ingoma maze agasenya ibigirwamana byose byasengwaga muri Israel baranze gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments