Amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews aravuga ko,umuryango wunze ubumwe bw’Afirca AU ko uteganya gukorera inama I Kigali mu Rwanda ku wa 10-18 mutarana aho bazaba biga uburyo bazakora amatora y’uzasimbura umuyobozi mukuru wa AU ariwe President Robert Mugabe uzaba arangije mandate ye uyu mwaka.
Gusa bitewe nizabukuru biravugwa ko atakibasha guhaguruka cyangwa kugenda ashobora no kutarangiza uyu mwaka.Amakuru akomeza avuga yuko,ku wa 27/2017 ariho hazakorwa amatora azabera ku kicaro gikuru cy’uwo muryango gisanzwe ubusanzwe kiba mu gihugu cya Ethiopia-Addi Asababa.
Urwanda na Uganda bitegamya kwiyamamariza uwo mwanya ariko havugwa nabategarugori bashaka guhaguruka bakiyamamariza uwo mwanya wo kuyobora uwo muryango kuko hazaba himamarizwa kumwanya mukuru wa AU n’umwungirije Chairman,and Deputy.
Ntamahirwe menshi twaha iyi nama ko yazabera I Kigali nubwo byamaze kwemezwa,kuko bishoboka yuko umwakagara atazarangiza uyu mwaka wa 2016.Naramuka awurangije bizaba ari mahire kuko uko biteganijwe muri gahunda ni uko azaba yakuwe kubutegetsi.Ayo namakuru atarashyirwa ahagaragara agihwihwiswa ariko twizera yuko mu minsi iri mbere bishoboka yuko twazayabagezaho.
Urugendo rwa Benjamin Netanyahu mur’africa ruvuze iki?
Ibyo byabaye mu mwaka w’03 Nyakanga 1976 mu ijoro nibwo baguye kibuga cya ENTTEBBE maze bakora Operation ikomeye yo gukiza abaturage babo.Iyo ndege yavuye Tel Aviv bayijyana muri ATHENS,bahavuye bayijyana muri Uganda bivugwa ko harimo na Badage (Germany) bari bashyigikiye abapalestina bakoze icyo gikorwa.
Maze president IDD Amin Dady ahitamo kugira abo baturage kuba imfungwa kandi nta cyaha bari bakoze.Mugukiza abo b’Israel bivugwa ko iyo Operation yaguyemo mukuru wa Benjamin Netanyahu.
Icyo gikorwa kugirango bakgereho ni uko bafashijwe na leta ya Kenya itaracanaga uwaka na leta ya IDD Amin.Maze igihugu cya Israel gitwara abantu bacyo Uganda iza kuemenya yuko batwaye abantu babo indege yamaze guhaguruka yagiye ariko bivugwa ko ab’Israel bari mu bitaro bagera kuri [3] bahise bicwa ubwo iyo Operation yakorwaga na bacmandos ba Israel.
Ku wa kabili Benajamin yasuye igihugu cya Kenya avuye muri Uganda azahava yerekeza mu Rwanda.Iki gikorwa cyo gusura akarere kuburasira zuba cyateguwe na perezida Uhuru Kenyatta uyoboye umuryango wa EAC muri uyu mwaka akaba agiye gusiga akoze igikorwa kingira kamaro kubijyanye nubutwererane bw’igihugu cya Israel na karere k’Africa y’uburasira zuba.
Save