Ariko mfite akabazo k’amatsiko ngirango unsobanurire Mageshi Leon we! Iyo wihandagaza ukita ikiremwa muntu nkawe ngo ni nyir’u Rwanda,ubashaka kumvikanisha iki? Uwo uvuga niwe waruhanze? Yararuguze? Yaruhawe na nde? Ese rwaba urwe akaruhezwamo imyaka isaga 50 yose? Simbujije abantu gukunda ubwami ariko mujye mireka gukabya.
2 Samuel 16:5 (ASV) And when king David came to Bahurim, behold, there came out thence a man of the family of the house of Saul, whose name was Shimei, the son of Gera; he came out, and cursed still as he came.Kuba Abahutu bintangondwa bameze nk’Ashuli bumva ko Nyir’uRwanda adakwiye iryo zina, ngaho nibagende bajye murwagasabo bakore nk’ibyo bakoze niba babifitiye ubushobozi cyangwa bakureho umwakagara.
Nk’uko mubibona Umwami David yirukanywe mu bwami n’umwana we Absolomon David arahunga,asubira mu ishyamba atangira urugamba rwo kurwana n’umwana we,nyamara ibyo yakoraga byose yasabye ingabo ze ko zitakwica umuhungu we ariko Uwiteka aramutanga bamurasa fafashwe nimifatangwe anagana hejuru kubera yarafite imisatsi mire mire cyane igera munsi ya mavi.
Akishuri ukwiye gusubira mu ishuri ,nzagaya uzataha murwagasabo ku ngoma y’Umwami Kigeli V.Ndahindurwa.None se wamusore we,dore ko ntakwita umugabo kuko umugabo agirwa nabandi,cyangwa se muyandi magambo Umwami agirwa nabagabo wumva izina umukuru w’igihugu bisobanuye iki?Sinavukiye murwagasabo nta nubwo nize ikinyarwanda nkawe.
Ariko ubanza kwitwa umukuru w’igihugu bifite icyo bivuze cyaneiyo witwa Umwami byo bitandukanye no kwitwa Perezida kuko ni cyubahiro gituruka ku Mana.Urumva twebwe dukora ibyo tuzi ntabwo dupfa guhubuka niba ubwoko bwanyu budafite Umwami ibyo ntabwo wabiturenganyiriza kandi abadashaka ubwami ntimuzatahe murwagasabo kuko atazataha kubwa maboko ya bana bab’abantu ahubwo azarusubiramo kuko ar’Uwiteka wabivuze so ushaka wiyahure.
Proverb 24:21 Fear the LORD and the king, my son, and do not join with rebellious officials,





