HomeNewsPerezida Museveni ahisemo gusubiza ubutegetsi KIZA Besigye,kubera gutinya Donald Trump!

Perezida Museveni ahisemo gusubiza ubutegetsi KIZA Besigye,kubera gutinya Donald Trump!

Amakuru aturuka mu Uganda agera ku kinyamakuru inyangeNews aravuga yuko UMUSITA [M7i] agiye gufata ikiruhuko cy’ukwezi kwa Kamena,2017 nyuma y’imyka 31 ari kubutegetsi akaba atarigeze agira ikiruhuko habe n’umunsi numwe.Amakuru avuga ko ngo mbere yo gufata icyo kiruhuko yabanje guhamagaza Dr.Col.KIZA Besigye utavuga rumwe nubutegetsi bwe  ngo baganire uko yamusigira ubutegetsi.Bikaba binavugwa yuko ari we uherutse kumutsinda mu matora yabaye umwaka wa 2016 y’umukuru w’igihugu.

Amakuru akomeza avuga ko ngo Museveni aherutse guhagaza abagize umuryango we wose,ababaza uwo babona wamusimbura kubutegetsi.Ibi bikaba bije nyuma yaho perezida wa leta zunz’ubumwe z’America Donald Trump yatangaje ubwo yiyamamarizaga kuba umukuru w’umukuru w’igihugu cy’America yuko naramuka atsinze amatora,azihutira gufunga perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Robert Mugabe wa ZIMBABWE ngo kuko babangamiye demokarasi nisi yose muri rusange.

Museveni rero amaze kubona Trump atsinze amatora,ndetse uhereye ejo hashize amakuru yashyizwe ahagaragara avuga ko,Donald Trump mu minsi 100 yaba amaze gushyira mubikorwa ibyo yemereye abaturage b’America akaba ari we perezida wa mbere mu isi yose ushoboye kuzuza inshingano ze,aho yashyize ahagaragara ikinyoma cyayoboraga isi yose babeshya ngo bakorera abaturage.

Museveni nkusaza w’inararibonye amaze kubona yuko ibyo Trump yavuze no kubikora azabikora,none abonye yuko byose bishoboka aho Trump afatiye icyemezo cyo gutera N.Koreya bituma agira ubwoba none ubutegetsi yambuye Kiza Besigye agiye kubumusubiza kuneza nta mbaraga zagisirikare akoresheje cyangwa imbaraga zabaturage.

Amakuru avuga ko ngo yagiye kuvugana nabasheshe akanguhe muri Nkore,ndetse na masaka,abasaza bakamusaba ko yakumvikana na Amama Mbabazi,Kiza Besigye,Mugisha Muntu,ngo ibyo nabishobora azaba akoze ibyo bamusabye nta kibazo bazaba bamufiteho.Ariko bamubwira yuko naramuka atabishoboye ko nta cyo bazamufasha ngo agace ka Nkore kabashe kumwumva.

Bamaze kumubwira ibyo,Museveni yahise ahamagaza Family ye,ababwira uko ibintu byifashe kandi abamenyesha yuko yumva akeneye kuruhuka uhereye muri Kanama,akikorera ibijyanye n’umuryango we.Bikaba bivugwa yuko ngo yaba yamaze kumenya yuko ngo Umwakagara yaba agiye kumutera mbere yuko akoresha amatora,kandi ngo Umwakagara akaba yaramaze kuvugana na Besigye,Mugisha Muntu,na Amama Mbabazi wahoze ari ministiri w’intebe.

Birakekwa ko Umwakagara yaba agiye gukoresha abanyankore bita (ABIRU) bisobanura abahutu badatunga INKA mu Rwanda bazwi nk’ABAKIGA,ndetse Umwakagara akaba arimo gushaka uko yanavugana na baganda batemera ubutegetsi bwa Museveni kugirango ahite akura Nyirarume kubutegetsi.Burya inzira z’Imana ziratangaje cyane ntawamenya ibyazo cyeretse gutegereza kugeza kumunota wa nyuma.

Hagati aho rero Umwakagara nawe biravugwa ko yaba agiye gukurwa kubutegetsi ku buryo butunguranye,bivuze ngo Museveni naramuka atanze ubutegetsi akabuha KIZA Besigye,ubwo imibare y’Umwakagara iraba ipfubye.Ubwo Nyirarume araba yirangirije gahunda ze,ahunze umunyamerica ubwo Umwakagara niwe uza kubasigaye mukibuga cy’umupira.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments