Home News Nyiramongi ngo yaba ahukanye!?

Nyiramongi ngo yaba ahukanye!?

0

Amakuru agera ku inyangeNews aravuga ko,ngo nyuma yuko Gasana ahungiye mu Budage akanga kugaruka mu gihugu,kugirangonajye kwisobasonura mu nzego z’iperereza.Ahubwo agahitamo guhungira mu Budage ngo byateje impaka zikomeye hagati ya bacurabwenge n’Umwakagara hamwe na Nyiramongi.

Amakuru akomeza avuga yuko Nyiramongi ngo yaba yahukanye ariko bikaba bitaramenyekana ahoy aba ahukaniye.Amakuru akomeza avuga ko,ngo ashinja umwakagara kuba yaramwihanganiye kuva cyera ari kurugamba ariko ngo nyuma y’intambara umwakagara yakomeje kutamwitaho ahubwo akigira hanze akausigawenyine yitwaje imirimo y’igihugu.

Biravugwa yuko Umwakagara ngo noneho yabaye Intare ku buryo atarikumva inama arimo kugirwa avuga ngo,kabiri murugo rw’umugabo ngo birakabije kandi nagasuzuguro gakomeye ngo nibishaka ibyo kuyobora igiugu yabireka ariko agahabwa agaciro mu buzima bwe busanzwe ngo kuko gusangira umugore nabagabo [2] ngo birenze ubwenge bwa muntu.

Nyuma yuko Umwakagara yubitse imbehe ya mugenzi we bari basangiye umufasha we,AMB:Gasana EUGENE Nduhugirehe,yahisemo guhungira mu BUDAGE (Germany) kugirango akize ubugingo bwe.

Ibyo byabaye mu gihe,abacurabwenge b’Umwakagara bari basabye Umwakagara ko yakwirinda guhungabanya umutekano wa Amb:Gasana kugirango bitica Diplomacy na politike mpunza mahanga.

Ariko Gasana kuko yarazi neza yuko bizamugwa nabi,yahisemo kwikuriramo ake karenge ahungira mu Budage.Amakuru aravuga yuko ubu ngo Nyiramongi amerewe nabi kubera amakuru yamaze kuba kimomo ubu ngo ntatarabuka kubera gukorwa nisoni.

Ubuhanuzi buvuga ko,mbere yuko Umwakagara akurwa ku ntebe ya bukunzi,ngo hazabanza guhunga umudiplomate uyoborwa na minisitiri Mushikiwabo muri minisiteri y’ububanyi namahanga.

Kuba rero Gasana yahunze nikimenyetso simusiga gihagije kugaragaza ikurwaho ry’Umwakagara kugirango uwabasha gukuramo ake karenge agakuremo hakiri kare.Ubwo rero urabe wumva birenge ni wowe.

Cyakora biteye ubwoba ku buryo bukomeye cyane gusa ntakundi byagenda kuko ijambo ry’Uhoraho rigomba gusohoza umurimo waryo byanze bikunze.Gusa amakuru aravuga yuko ngo byashoboka yuko Nyiramongi yaba yikingiraniye ahantu akaba adashaka kugaragara nyuma yuko ikibyimba cyari kimaze igihe kinini cyaranze guturika noneho kikaba cyaturitse.

Ubu rero umwakagara arahitamo gusenya ashaje,cyangwa yemere bakomeze kujya bamufasha gutera akabariro kuko we amaze gusaza mu gihe umugore we Nyramongi aribwo agisorekara akaba akeneye umusore ufite imbaraga nka Gasana naho umwakagara arisaziye nareke kwiha rubanda kuko subwambere amubyariraho ubwo rero nk’uko yabwiye nyakwigendera Gisa Rwigema ko ngo niba Nyiramongi anyway urumogi ngonazarutera munsi yurugo ariko amugire umugore.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar