Amakuru aturuka muri za magigiri z’Umwakagara ziratangaza yuko ngo Umwakagara amereye nabi abakora umurimo w’ubu magigiri abawira ko ngo bananiwe akazi kikorana buhanga kugeza ubwo ikinyamakuru inyangeNews ari cyo cyonyine gisigara cyandika amakuru bakaba barananiwe kugisenya.
Yasabye izego z’iperereza gukora ibishoboka byose zigafata Umuhanuzi Majeshi Leon, byabananira, bagasenya inyangeNews kugirango adakomeza kwandika amakuru abashyira ahagaragara.Ariko yiyibagije yuko Majeshi Leon ari wewajayaga abakorera system yabo ya za magigiri kandi afite abasirikare bize ngo muri Israel.
Ariko kubera ubusambo bwabo,bamwambuye ibihumbi [60,000] amaze kubakorera abagarurira data zabo zari zabuze!Mu byukuri ibyifuzo by’umwakagara biragoye kuba hari umuntu wabishobora,kuko asaba ibintu bidashoboka.Abantu bize ikoranabuhanga ababyica ninabo babikiza.
Kandi nta shuri ryihariye baba barizemo twebwe tutizemo,wenda reka tuvuge ngo,uhiriye mu nzu,ntaho adapfunda imitwe!?Ariko nubwo bimeze gutyo,ubanza arimo gushinga umuhunda ku kirenge kuko asgaye arwana urwandanze!Igihe kirimo kugenda cyegereza wa munsi w’Abakagara uzabakura ku ngoma y’ikinyoma.
Kandi nabo barabizi ko,igihe cyabo gisigaye ari gitoya bagakurwa ku ngoma bakerekera mu butayu bakaza gudusimbura kugirango nabo bigishwe nk’uko natwe twigishijwe.Aya makuru ahora abibutsa ko,umunsi wabo uri bugufi,ahora abatera impagarara zituma batagoheka ngo bashyire uturaso kumubiri kandi bazi neza ko isi igiye kubahinduka bakaryoza ibyo bakoze bakamenya yuko mu Ijuru har’Imana ica imanza zitabera.
Amakuru atangwa na baturage bo muri gakondo,aravuga ko,ngo abaturage bageramiwe,aho usanga umuntu yishyuzwa bruise yarihiriwe na leta yiga muri kaminuza,ukongeraho umusanzu wa GACIRO FUND,ukongeraho uwa FPR,ukongeraho umusoro wa leta ugomba kwishyurira ubutaka utuyeho cyangwa wubatseho inzu ngo kuko nta munyarwanda ukigira icye!
Igitangaje ayo mafaranga yose bakata atarakugera mubiganza,byimvukana yuko uhabwa udusigarazwa tw’umwakagara,kuko abanyarwanda bose muri rusange bahindutse abagaragu b’Umwakagara kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana nyiringabo niho nibura abanyarwanda bazaruhuka.
Reka tubahumurize tubabwira tuti,Umwakagara n’umuhungu we,IVAN,bamaze gushyirrirwaho iherezo,hamwe no gucirwaho iteka.Ntimutinye,ntimugire ubwoba kuko dufiteho Uhoraho Uwiteka Imana yacu,ho umucunguzi.Ndabwiz’ukuri yuko,Ijuru ryamaze kurangiza urubanza rw’abakagara bose aho bava bakagera.Kandi ibyo bakoreye abanyarwanda,Uwiteka azabakubira 7×1000 nibwo bazamenya yuko ari we Mana.





