Amakuru akomeje kugera ku inyangeNews aravuga yuko,umunyabanga wa leta y’America ushinzwe ububanyi na mahanga JOHN Kerry,agiye kugirira urugendo mu rwasabo ahagiye kubera inama yiga ku by’imirasire y’izuba bivugwa ko agakingirizo kizuba gashobora kuba karatobotse!Bikaba bikekwa ko ariyo mpamvu izuba rishobora kuba ryarakajije ubukana rirushaho kwaka cyane ku buryo amapfa amaze kwiyongera ku isi ku buryo budasanzwe!
Iyo nama izaba kuwa 13 kugeza 14 ukwakira 2016, ariko byashoboka yuko haba hari ikibyihishe inyuma bitewe nuko ubundi izo nama, zakagombye kuba zarateguwe nabashinzwe ibidukikije.Ariko kuba abategetsi bakomeye ba za leta zo ku isi,biyemeje kwivanga muri ibyo bibazo byibidukikije ubusanzwe bikurikiranwa nibigo bibishinzwe,kandi bagahitamo ko iyo nama ibera mu Rwanda,nubwo bisanzwe bizwi yuko Umwakagara atanga za ruswa kugirango mu Rwanda hakorerwe amanama akomeye cyane,murwego rwo kujijisha amahanga no gushaka kugaragaza yuko mu Rwanda hameze neza ari ntakibazo gihari.Byashoboka yuko yaba arimwe mu nzira zo gushaka uburyo bwoguhitana Umwakagara.
Iyi nama ije mu gihe Umwakagara ari mu gihe kibi cyane, ku buryo muri iki gihe urwego rushinzwe ububanyi na mahanga nubutwererane,byaba bitifashe neza. Hagati y’ibihugu nterankunga ndetse na diplomasi.Ubwo yahinduraga itegekonshinga nta bwo amahanga yashyigikiye icyemezo cyo guhindura iteegkonshinga.Iki kibazo akaba agihuriyeho na Kabila na Peter Nkurinziza bakomeje kugaragaza inyota y’ubutegetsi bakaba bakomeje kubugundira kungufu zse zishoboka zaba izagisirikare cyangwa izabadayimoni.
Amahanga yamufashije kugera kubutegetsi,nta bwo yashimishijwe ni uko yahinduye itegekonshinga, aho yiyongeje imyaka 17 akiri kubutegetsi bivuga ngo,azava ku ngoma ategetse imyaka [40]bikaba biteganijwe ko azava kubutegetsi aho azasimburwa n’umuhungu we LT.IVAN Cyomoro ubu ufite imyaka [27] ubwo akazamusigira ubutegetsi kuko azaba afite imyaka [44]
Abakurikiranira hafi politike yo mukarere kibiyaga bigari,baravuga yuko,iyi nama ishobora kuba ihishe byinshi cyane umuntu atapfa kumenya,kuko ubusanzwe bene izi nama ubundi zikorerwa mu bihugu bikomeye!Kuba rero harafahwe icyemezo cyo gukorera inama mu bihugu bitubahiriza uburenganzira bwa muntu ndetse hakaba hatarangwa demokarasi nubutabera bwaho bukaba bidasobanutse,byashoboka yuko haba hari gahunda yo kwica Nkurunziza cyangwa gutegura uburyo bwo gukuraho Umwakagara.
Ikigaragara inzego z’ubutasi za CIA zizaba zabukereye,kandi zizaba zigenzura umutekano wose wo murwagasabo.Ku buryo izo nzego zizaba zibonye uburyo bwo gutegura urupfu rw’Umwakagara kuko iyo nama izabahuza nabakuru bingabo ndetse nabakuru binzego z’iperereza ku buryo bashobora gusigirwa intonorano ndetse bakaba banakwemererwa guhabwa ubuhungiro mu gihe bazaba bemeye gukora gahunda yo gukuraho Umwakagara.
Umwakagara ashobora kuzatungura abantu nyuma y’inama akazahita ahindura government nubwo hashize iminsi micye ahinduye government aho yakuyemo bamwe bari bagize leta,akinjiza andi maraso mashya!Reka tubitege amaso turebe aho byerekera naho bigana kugirango tuzamenye aho byerekera.
Igiswahili kigiye gusimbura igifaransa!
Imwe mu mpamvu zitumye igiswahili cyemezwa nk’ururimi rwemewe mu nzego za leta ya gatsiko kabicanyi,mu bwami bw’umwakagara,ni uko urwanda rwamaze gushyirwa mu bihugu bibarirwa mu muryango w’Africa y’Uburasira zuba bw’Africa EAST AFRICAN COMMUNITY EAC.
Ikindi gitumye bemeza ko igiwahili kigiye kuzajya gikoreshwa mu nzego za leta y’umwakagara,igizwe na gatsiko kabicanyi,ni uko hashize imyaka [10] uRwanda ruhanganye n’igihugu cy’Abafaransa,kubera akadossier ko guhanura indege y’uwahoze ar’umukuru w’igihugu Habyarimana Yuvenali hakaba haruguyemo abafaransa [6] barikumwe nawe,hamwe n’umukuru w’igihugu cy’UBURUNDI perezida Ntaryamira Cyprian.
Birashoboka yuko,igiswahili cyaba kigiye gusimbura ururimi rw’igifaransa, kuko bimaze kugaragara yuko,ikibazo cy’Indege kimaze gufata indi ntera idasanzwe.Kuko abatanga buhamya bose babayeho,ubuhamya bwabo busa naho butahawe agaciro gafatika cyane bitewe n’intonorano z’Umwakagara yahaye abacamanza b’Ubufaransa.
Ariko noneho ubu Gen.Nyamwasa waruri mubateguye umugambi wo guhanura indege y’umukuru w’igihugu nyakwigendera Habyarimana Yuvenali waje gushyirwa mu bikorwa taliki ya 06mata 1994, kumabwiriza ya perezida Paul Kagame wayoboraga ingabo za FPR,na nubu akaba agikomeje kuziyobora mu bikorwa by’ubwicanyi bikomeje kuranga izo ngabo z’Umwakagara.
Abanyarwanda bakwiye gushimira Gen.Nyamwasa kubutwari bukomeye kandi budasanzwe,kuba yarafashe icyemezo cyo kwikura,muri leta igizwe na gatsiko kabicanyi ka FPR.Akaba agiye gushyira ahagaragara ibyari amayobera yindege yahauwe yuwahoze ayobora uRwanda nyakwigendera Habyara.
Ikibazo cy’Indege gitumye Dr.Gen.Rutatina ashyirwa ku gatebe akaba irukanywe mu gisirikare cya RDF,yarakoreye mu myaka [22] ishize,ariko amakuru avuga ko,azize kuba yaranze gushinja Gen.Rusagara Frank wamaze gucirwaho iteka n’Umwakagara,akaba asigaye ategereje ko ijuru ryakora ibikomeye rikamukura mu maboko y’Umwakagara.
Gen.Frank akaba yarazize kuba yarajyaga yumva radio Itahuka yishyaka rya RNC.Akaba yarakatiwe imyaka [24] azamara muri gereza.Naho Col.Byabagamba,we akaba yarakatiwe imyaka [20] azamara muri gereza y’Umwakagara.
Bikaba bimaze kugaragara yuko urufatiro rwa munyangire ya FPR,rukaba rumaze gufata indi ntera idasanzwe ku buryo,niba abanyarwanda badafashe icyemezo ngo bakureho ubutegetsi bw’agatsiko kabicanyi ka FPR,n’Umwakagara,birashoboka yuko uRwanda rushobora kuzasibangana ku ikarita y’Isi.
Hari umuntu wabwiye mugenzi we,ati wagiye ukagura inzu ya mucuti wawe ko,FPR igiye kuyiteza icyamunara kubera amadeni ya bank yananiwe kwishyura,undi aramusubiza ati,inkoni ikubise mucyeba uyirenza urugo!Nawe aramubwira ati,ntabwo uyirenza urugo,ahubwo urayivuna kuko iyo uyirengeje urugo,iragaruka ikagubita.
Igihe cy’inkozi z’ibibi kirarangiye!!!
Mu gihe ibyahanuwe bikomeje gukora umurimo wabyo,inkozi z’ikibi zo zifite ubwoba bukomeye cyane ku isi hose,cyane cyane abanyamuryango wa Satani witwa ILLUMINATI.Nyuma yuko habayeho debate hagati yabakandida Donald Trump na Hillary Clinton baharanira umwanya w’umukuru w’igihugu muri leta zunz’ubumwe z’America.
Umuherwe Donald Trump akaba yaragaragaye ko ahagaze bwuma cyane mu bijyanye nubukungu bw’America bumaze kugwa hasi ku rwego mpuzamahanga,ariko Hillary akaba yaribanze cyane kuri diplomasi gusa.Akaba asa naho debate ya yitsinzwe!Twibutswe yuko ahagarariye umuryango wa ILLUMINATI kandi we n’umugabo we bakaba arabanyamuryango bakomeye!
Nyuma ya debate yagaragaje yuko Donald Trump akwiye kuzaba umukuru w’igihugu cy’America,inkozi z’ibibi zahise zishakisha amakuru ku buryo bwihuse,aho zagaragaje video Trump arimo kuganira numugore aho uwo mugore yatanze ubuhamya ko hashize imyaka [30] umuherwe Donald Trump ngo yamukorakoye kumubiri wose ntaburenganzira ahawe nuwo mugore.
Ariko muri iyo video,ntaho bigaragara amukorakora,itangazo ryashyizwe ahagaragara na komisiyo ishinzwe amatora muri America,yatangaje yuko,ibyo birego ntaho bihuriye n’ukuri,ahubwo ko,ar’abantu bashaka kwangiza izina rya Donald Trump kugirango azatsindwe mu matora.
Igitangaje izi nkozi za ILLUMINATI zanakoresheje umuryango w’Abibumbye aho ushinzwe iby’ububanyi namahanga mu muryango w’Abibumbye,yavuze yuko,gutsinda amatora kwa Donald Trump guteye impungege isi yose ngo kubera amagambo arimo kuvuga adasanzwe agaragaza yuko yazateza ibibazo bikomeye ku isi cyane mu bijyanye n’ubutunzi bw’isi.
Donald Trump yahuye n’intambara zikomeye cyane,ubwo yatangazaga kuziyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu cy’America.Ishyaka akomokamo ry’Abarepubulike ryabanje kumwamagana ko adashobora kuri rihagararira.Hanyuma nawe ntiyagira ubwoba,ahubwo atangariza abari bamushyigikiye ko aziyamamaza ku giti cye.Igihe cy’amatora yishyaka abakandinda birayamamaje maze bigaragara yuko Trump afitiwe ikizere na baturage bituma ishyaka ry’Abarepubulike bongera kumusaba ko yagaruka mu ishyaka agahagararira ishyaka ryabo mu matora y’umukuru w’igihugu.
Ariko ibyo babiveze kumunwa bari batarabyemeza munyandiko,nibwo yaje gutsinda amatora twa kwita preliminary kumwanya w’ishyaka murwego rw’igihugu aho ishyaka ry’Abarepubulike ryemeje bidasubirwaho ku wa 14 Nyakanga 2016 yuko inteko yiryo shyaka COMMITTEE yemeje yuko bazahagararirwa na Trump kuko ntayandi mahitamo bari bafite ngo babe bamusimbuza undi.
Ubwo bari bateze umutego wa nyuma wa debate ahari bari bazi yuko atazashobora kwihagararaho,ariko yagerageje gutanga STATISTICS zijyanye nibirego bamushijaga yuko yaba atarishyuye imisoro igera kuri miliyoni $900 mu gihe ibiro by’imisoro byari byarakoze igenzura bagasanga koko uwo mucuruzi yarahombye bigatuma bamusonera kwishyura izo miliyoni.Ibyo birego bamuregaga baje gusanga nta nakimwe kimufata!!!
Bene data bakundwa,mwite cyane ku ijambo ry’Uhoraho ry’ubuhanuzi,kuko ibyahanuwe ntakizabibuza gusohora byanze bikunze!Uwiteka atugirire neza Trump atsinde amatora,maze turebe amaherezo y’umwakagara uko azabyifatamo!Kuko niho ahanze amaso kureba uko bizagenda.Naho kuba yiyemera ko ikibazo cy’Indege y’Abafaransa azakirangiza,ibyo byaba ar’inzozi!
Gusa nubwo bimeze gutyo,ntabwo byoroshye,kuko izi nkozi z’ibibi zishobora kubona yuko zitsinzwe zigateza akaduruvayo mu isi ya bazima.Ariko uko biri kose abubaha Uwiteka bazarindwa kandi Uhoraho azabagirira neza kugirango yigaragarize abamwizera ko,ar’uwo kwizerwa kandi ko,ar’umunyembaraga kandi akaba ari we waremye isi ni ijuru.
Save