Amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews aturuka muri za magigiri z’umwakagara,avuga ko ngo umugore mukeba wa Nyiramongi Jezebel Kagame,ngo aba mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi.Mu iperereza rigikomeje gukora n’ikinyamakuru inyangeNews kuri mukeba wa Nyiramongi, utuye mu gihugu cya Kenya,ntabwo twari twashobora kumenya neza agace aherereyemo mu murwa mukuru wa Nairobi.Ariko tukaba dukomeje gukora iperereza kuzageza igihe tuzamenya ukuri kumakuru amuvugwaho.
Ariko dukomeje gukora iperereza mu bantu baziranye nawe neza,ndetse harimo abakozi bamukoreraga bo murugo ndetse no mu bucuruzi butandukanye akorera mu gihugu cya Kenya.Inkuru irambuye tukazayibagezaho mu nkuru yacu y’ubutaha ubwo tuzaba tumaze kuyikurikirana neza.Kuko uwagombaga kuduha ayo makuru neza yagiye murugendo hanze ya Kenya akaba ashobora kugaruka muri uku kwezi k’ukuboza cyangwa muri mutarama 2017.
Amakuru avugako,mukeba wa Nyiramongi,yaguriwe umuturirwa w’inzu mu murwa mukuru wa Nairobi,akaba afite za STATION za ESSENCE,ngo ariko akaba adashobora gukandagiza ikirenge mu rwagasabo kubera gutinya mukeba we Jezebel Nyiramongi, uhora akubita agatoki ku kandi yifuza kumenya uwo mukeba we aho aherereye kugirango amukuremo umwuka!
Amakuru dufite afite za gihamya,avuga ko,mukeba Jezebel Nyiramongi, afitanye umwana umwe w’umuhungu n’Umwakagara mukuru,ngo kandi iyo umwakagara agiye hanze,ngo abanza kumuhamagara akamubwira ko afata indege bagahurira mu gihugu aba agiyemo.Ariko ngo muri iki gihe,hakaba haboneka ingorane z’uko Nyiramongi atagisigana n’uwitwa umugabo we,ku buryo bibangamiye mukeba we umeranye neza n’umwakagara muri iyiminsi.
Gusa bikaba bikekwa yuko,uyu mukeba we,ashobora kuzashaka “MPANGO WA KANDO” w’umusore uzajya amukemurira ibibazo by’umubiri mu gihe Umwakagara azaba atabonetse kuko aboneka imboneka rimwe.Ibi rero Umwakagara akwiye kubyumva kuko bitashoboka ngo,azajye amutegereza kuzageza igihe azazira kandi yaramuhaye ibituma umubiri unezerwa ku buryo ukenera umugabo buri kanya,dore ko,muri iyiminsi igihugu cya Kenya kiri mu bihe by’imbeho ukwezi gushize n’uku ku kuboza aba ar’ibihe byimbeho ku buryo rero usanga DUVET idashobora kurangiza imbeheo yo mu nzu,cyane ko,ubukonje bwaho bugera no bikuta byinzu!
Amakuru dukeneye n’ukumenya amazina yuwo mukeba wa Nyiramongi Jezebel, uwaba ayazi ya yatugezaho,akoresheje e-mail z’ikinyamakuru inyangeNewss.com, inyangenewseditor@gmail.com agace atuyemo mu murwa mukuru wa Nairobi,uwaba azi amazina ya babyeyi be,aho yigiye amashuri,naho akomoka kugirango tumenye amakuru yimvaho nyakuri tuzabone uko tuzagaruza umutungo w’igihugu cyacu ukomeje gusahurwa n’Umwakagara hamwe n’inkozi z’ibibi na bambari be.
Biravugwa yuko ngo,Umwakagara yabikoze murwego rwo kwihimura kuri Nyiramongi Jezebel,ndetse imandwa zikaba zaramubwiye yuko,ngo azapfana na Nyiramongi ndetse na bana bose babyaranye.Murwego rwo kuzasiga imbuto kugirango ntazarimburwe burundu,yigiriye inama yo gushaka undi mugore amuha ubutunzi buhagije kugirango naramuka apfuye,nibura atazabura gusiga izina mu isi ya bazima.
Na Jezebel Nyiramongi nawe yariteganirije naramuka apanze neza,agafata umuhungu we, IAN KIGENZA yabyaranye na EUGENE Nduhungirehe wahoze ariwe uhagarariye uRwanda muri UN,nyuma yaho bimenyekaniye ko,yabyaranye na madame w’umukuru w’igihugu, yahise ahungira mu gihugu cya Germany (UBUDAGE) aho yarasanganywe ubwene gihugu bwaho.Ukongeraho na wa mukobwa yabyaranye na Dr.David Rwabuhihi akaba ari nawe mfura ye.Urumva ko,bombi batsindanye (2-2) ntawahenze undi.
Umwakagara nawe akaba yifitiye umuhungu yabyariye Uganda n’UMUKIGA KAZI, nubwo yakunze kubihisha cyane,ariko nyuma byaje kumenyekana kuko nuwendeye NYINA munyenga,yaramenyekanye! Uwo muhungu akaba yitwa Rutagambwa Thadeyo,urimo gukora amashuri ye muri Kaminuza,mu gihugu cy’Africa y’Epfo! Kandi amakuru avuga ko,Umwakagara ngo ariwe washinze ikinyamakuru www.ikazeiwacu.fr kugirango ajye abona uko ashyira hanze imyitwarire mibi ya Nyiramongi Jezebel,akoresheje itangaza makuru ku buryo bumworoheye.Amakuru anavuga ko,Umwakagara ari we wayahuje umuhungu we,RUTAGAMBWA THADEYO,nikinyamakuru www.ikazeiwacu.fr cyandikwaga na za magigiri ze, bakora umurimo wa Rwasiri,kugirango azajya abona uko amugezaho amakuru umuhungu we RUTAGAMBWA THADEYO ku buryo bumworoheye!