Mar 22, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona hagiye kubaho amagambo akomeye cyane,kubera ijambo ry’ubuhanuzi rigiye gusohoza umurimo waryo,nicyo gituma hagiye kuvugwa cyane Umuhanuzi uburyo yahanuye ijambo rikakaye cyane ku Bega hamwe na zamagigiri zagerageje guhiga Umuhanuzi ngo zimuce igihanga kubera guhishura amabanga akomeye ahishwe mu mitima ya bana b’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bamwe muri bamagigiri bagera kuri [6] bamaze kwemera ijambo ry’ubuhanuzi,ariko abagera kuri [2] bakomeje kwinangira imitima yabo.Kuko hashyizweho abagera kumunani[8] bashinzwe kuguhiga no kugucisha igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa mbona abitwa “ABAKA B’ABATANGANA”duhangana kubera kwigira ko ngo aria bantu beza kandi bakaba bakunda ubwami bw’uRwanda kandi babeshya bakorera Umwakagara.Maze duhurira kurutindo(buridge)maze bashaka kunjugunya mu mazi hasi,ndabacika mpabwa amababa yo kuguruka(Spiritual Wings) ndabacika ndigendera ngera mugikombe cyari aho hafi,mbona haje umukobwa wa batangana aza yigize umukiranutsi kandi arisega riryana nabwo umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo anzaho ambwira ibye,ndamuhunga ndamucika ndigendera.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore haje umukobwa uje mu izina ry’Uwiteka Nyiringabo,ariko agambiriye ku kuryarya kugirango abone uko agucisha igihanga kubera gushaka amwe mu mabanga akomeye ari muri wowe niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa abadayimoni bafatanije na za magigiri bashaka kumenya amakuru yanjye anturutseho,kuko muri iki gihe byarabakomereye cyane kubona amakuru yanjye bituma Babura uko banca igihanga nyuma yo gutega imitego myinshi yo hirya no hino.Ariko Babura inzira z’Umuhanuzi nyuma yo gufunga telephone akaba ari nta muntu numwe avugana nawe niko Uwiteka abihishuye.
Mbona izo za magigiri zikorera mu mahanga(External Security Organization) nerekwa yuko bagiye kwinjizwa mu butayu bugufiya,kugirango bajyanwe muri rya shuli ryigisha ubwoko bw’Abatutsi kugirango bajye kwigishwa kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ya bakiranutsi uko niko avuga.
Ubwo nabonaga barebera kure gakondo ya bakiranutsi hagati yabo na gakondo harimo umusozi muremure,wawurengaho,hakaza inyanja nini ku buryo babonaga gakondo ya bakiranutsi ibari kurre cyane kuzayigeraho byari bibari kure cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira umukobwa wiyita JENNE KAYUMBA kuri za e-mail yuko ahanganye numuvumo umuriho,kandi kuzamuvaho bikazamugora kubera kwiyita uwo atari we,kandi akigira umukiranutsi kandi atari we.Kubera iyompamvu dore bizamubera umuvumo uzamwokamaho kuko ibyo yita ubwenge kuri we,ahubwo ari ubupfapfa niko Uwiteka avuze!
Dore akorera mu gihombo gikomeye kandi afite ibitotsi byinshi cyane bidashobora kuzapfa kumworohera ngo bizamushiremo,kandi ibyo bitotsi nibyabadayimoni bikomoka ku nkozi zibibi akorana nazo zizashirwa ari uko zirimbuye ubugingo bwe kuko umugabo witwa muvumo ahagaze kumuryango we uko niko Uwiteka avuze!
Mar 23, 2017 nerekwa Abega b’abagabo bahabwa umurimo ukomeye cyane wo guhumanya abantu batemera leta yabo.Uyu mwuga ukaba utazabahira kuko bahohotera ubwoko bw’Uhoraho na bantu b’Imana yo mu Ijuru ikiranuka muri byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa baterekerera Umuhanuzi kugirango imana zabo zibabwire icyo bashobora gukora kugirango bazamubone.Bashaka uburyo bamuhumanya ngo ntabone umugisha kuko bazi yuko iyo abonye umugisha arushaho gukora cyane umurimo w’uwiteka ashinzwe gutunganya maze bohereza iyo myuka mibi bayitegeka guhagarika imigisha yose kugirango itagera k’Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo bakoze birasa no gushing Umuhanda ku kirenge niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wa Mwega-Kazi wagusabaga yuko umuhamagara ntabwo ari umuntu mwiza ahubwo ni magigiri yari yibereye mukazi ashakisha uburyo yaguca igihanga none byaramuyobeye maze abwira abamukuriye mu kazi yuko ku kugigira bigoye kuko udakangwa na bagore nabakobwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore yasabye Umuhanuzi : Se maman Odile du Canada je prie beaucoup et j’emairai avoir votre numéro de téléphon 613 3022482 vous pouvez mes contacts.
Nerekwa umuyobozi mukuru wo mu gihugu cy’IBABYLON witwa SHUSHAN Dr.Kidero EVANS atsinda amatora kumwanya wa gavana wo kuyobora uwo murwa agira amajwi menshi kurusha abo ahanganye nabo bose.
Nerekwa urwego rwa za magigiri rwitwa DMI Directorate Military Intelligence bashinzwe guca ibihanga byabaturage bashinzwe kulinda mbona bashyira za magigiri mu nganda zose zikorera muri gakondo ya bakiranutsi.Uwabaga atari umwega kandi afite amashuli ya kaminuza bamushyira mu milimo rusange yo kugigira kuko idafitemo cyane zijyanye na gafaranga kamisiyo.Ariko umwega ufite amashuli abanza agashyirwa mu nganda akajya kuneka niba urwo ruganda rushyigikiye abatavuga rumwe na leta yabo y’Umwakagara.
Mar 24, 2017 The word of the Lord came to me,and told me that,son of man,look oversight of you,I returned and I looked my oversight I saw a person coming to me,and brings to me some fruits.And a’m told,son of man,that is your blessings your God almighty sends to you says the Lord your God.
Njyanwa mu iyerekwa mbona manuka wa musozi washyiriyeho kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kubaha Uwiteka Imana yo mu Ijuru.Mbona ko ngeze hagati abadayimoni baherekejwe n’umwuka w’Inzika ya cyera bahita bampagarika aho.Ndahagarara mpamagara Ijuru ngo rintabare,hamanuka imbaraga zumuriro maze mbona imyuka yose irahunze ako kanya manuka umusozi ndetse nambuka na bwa butayu bugufiya buri munsi yuwo musozi wubatsweho ishuli ryigisha abatutsi kubaha Imana yo mu Ijuru.
Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya Bega ushinzwe kugenza,nerekwa unanirwa kungendaho,mbona ukomereka akaguru utagishoboye gukomeza kungeza maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mwuka uciriweho iteka n’Uhoraho kuko ibyiringiro byabo byose birangiye bakaba batazongera kuguca iryela uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa bohereza umukobwa ufite ubutunzi yahaweho umurage na se umubyara,maze Abega bamutegeka gushakisha uburyo bwose yavugana n’Umuhanuzi kugirango azamubereye Delila azamufatishe mukigozi cy’Abega.Nerekwa tumanuka mu mugikombe gifite umuhora muremure cyane ku buryo umuntu aguyemo adashobora kuhivana.
Mbona nambitswe amababa (Spiritual Wingis) ndaguruka musiga muri icyo gikombe gifite umuhora muremure cyane,ndigendera Uwiteka akiza ubugingo bwanjye gutyo nshimira Uhoraho ko yita kubakiranutsi batagira ikizinga niko Uwiteka avuga.
The Rhema word coming from heaven, aphrodisiac: the meaning of this word, according research I’ve been made. It means food or drink or drug that arouses sexual desire courses the problems.
For the references I got another word called aphorism: The meaning of this word according the research I’ve been made. It means a short clever phrase which makes true point..
Nerekwa umwe mubigishwa b’ubuhanuzi utuye mu gihugu kiri kumugabane w’Uburayi (Belgium) nerekwa yuko agiye guhura nakaga gakomeye cyane kubera kutumvira ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze.
Once again the the Rhema word comes from heaven called Bias: a felling for or against someone or something that is not based on fair judgement.Another meaning it can be directional diagonal to the grain of a fabric.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ya nshuti yawe Aloys RUYENZI bamuhaye ipeti rya Major mu ngabo za RNC zitwa ‘IMVEJURU’bakaba bagiye gutera Umwakagara kugirango bamukure ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo mu gihugu cy’IBABYLON hadutse umuco wo kwica abanyamahanga bahatuye ndetse nerekwa inama yakozwe ni nkozi z’ibibi zemeje yuko ngo bagiye gufata abanyarwanda baturutse muri gakondo ya bakiranutsi bakabatangaho ibitambo ngo kuko ari bo Satani imana yabo yabasabye.
Nerekwa bahumanya abagabo gusa,maze bahabwa amabwiriza yuko batazakora kubagore,nabonaga abagabo bahinduka abasazi batangira kwiruka mu gihugu cy’IBABYLONI barasaze.Nongera kubona za magigiri ziza kumenyekanisha ba magigiri babo bakorera mu gihugu cy’IBABYLON kugirango mu matora azakorwa uyu mwaka muri kanama taliki ya 08,police izabakingire ikibaba babone uko bica abo bashaka kuzahitana.
Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo butuye mu gihugu cy’IBABYLON bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko ari we uzabashoboza kulindwa ibyago bibategereje niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga”.





