OCT 25, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rimaze kunzaho rikansaba gukora amasengesho y’iminsi [6] maze kumunsi wa [7] nkaruhuka,mbona izuba riramanutse riza murutare aho nakoreraga amasengesho.Ayo masengesho akaba arayabanyantegenke yamasaha [12];ndabwirwa ngo,kuko ufite imirimo myinshi muri iki gihe,ukore amasengesho yabanyantegenke y’iminsi [6];maze ku wa [7];uzaruhuke.Nuko nerekwa igiti gisaturwamo imyase [6];maze ndabwirwa ngo,iyo myase [6];ingana n’iminsi [6];yamasengesho.
Naho izuba ryamanutse rikaza murutare (Kristo YESU) aho nari nihishe Inkozi z’ibibi,ngo n’umwe mubahamya Uwiteka yashyizeho bazaduhamiriza imirimo twakoze,kuko izuba ar’umuhamya wa kumanywa,naho ukwezi n’Inyenyeri bakaba abahamya ba ninjoro,bazatanga ubuhamya byibyakorewe mu isi ya basima.Kuko ibyo bihamya bifite ububasha bwo gufata amajwi no gufotora imirimo yose yibikorerwa mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira bene so mu Mwami wacu Yesu Kristo,uti dore ibitonyanga by’amaraso bikomeje gutonyanga nkono ya mashyiga,kuko kwihana mwarihannye ariko sineza nk’uko byari bikwiriye.Niyompamvu kubera umuvumo icyintu cyose bakozeho gihita nacyo gihumana uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imbere yawe Uhoraho ahashyize amasha-shi abiri [2];abo ba NYAMPINGA bombi bari mu butayu,umwe ari ku nkengero z’ubutayu,naho undi yakuwe ku nkengero z’ubutayu bugufiya yigizwa muri kimwe cya [3]; cy’ubutayu kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Dore bombi bahawe ikizamini cyo kugeragezwa uwubaha ijambo ry’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango uzagitsinda,ahabwe kuba isha-shi yo mu gikari cy’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Kugirango azakomokweho ubwoko bwereje ishyanga ryera rizakorera Uwiteka Nyiringabo amanywa nijoro,kandi imiryango yo mu gikari cy’ubwami bw’Uhoraho,ntabwo izakingwa amanywa nijoro.Kandi Ukwezi siko kuzabamurikira,ndetse Izuba n’Inyenyeri sibyo bizabamurikira,ahubwo umucyo w’Uhoraho niwo uzabamurikira ibihe byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,abikoreye kugirango ateze ishyari kubatumvira Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi bavuga ko,bitirirwa izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo,kugirango mu gihe gikwiriye bazamenye yuko Umuhanuzi yarabarimo kandi ko,ijambo ry’Uhoraho ryali hagati muri bo, uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Abana bo kurimbuka bashirira mu Nyanja:
Njynwa mu iyerekwa mbona ingabo z’Umwakagara zikorana umurandura nzuzi,nyuma yuko Umwakagara bamuciye igihanga bitunguranye,mbona ingabo ze zitagatanze abanyagakondorero bose hatavuyemo numwe,bose babagotera inyuma yiyo Nyanja mbona babuze aho bahungira babaroha muri ya Nyanja iherereye mu burasirazuba bwa gakondo ya bakiranutsi.Ubwo uko babarohaga mu Nyanja,ntabwo bari bigeze bamenya yuko nabo bagoswe nabanzi bumwanzi w’Umwakagara,izo ngabo zica abantu banshi cyane,ngo zijye guhindukira,zibona zagoswe kandi zari zizi yuko zihagije!
Nerekwa abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi kazi,baturutse ISAMARIYA bahunga bahungiye Yerusalem nabo ntibabagirira imbabazi bahita babajugunya muri yo Nyanja yaka umuriro byasaga nk’aho umunsi w’imperuka wabagereyeho maze nabo bahita babaroha muri iyo Nyanja ninabo babaye abanyuma kurohwa muri iyo Nyanja.Ubwo za ngabo z’Umwakagara mu gihe zirimo kwishimira igikorwa bakoze,batungurwa no kubona nabo inyuma yabo batazi aho ingabo ziturutse zari zije gutabara abamaze kurohwa mu Nyanja ariko bari bakererewe kuko ingabo z’umwakagara zari zamaze kubinika mu mazi,umuhengeri wamaze kubasubiza iwabo muri BISINIYA(Ethiopia) nta cyo bari bakiramira ubwo izo ngabo nazo zibakorera ibyo bamaze gukorera abandi inyanja irushaho kwibonera igaburo ritubutse kandi ibyo byose byakorerwaga imbere ya batuye ku Nyanja (Isi) uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti.mwana w’umuntu.dore abantu baraburiwe banga kumva,babihindura ibikino nkabirya byo kwa NOAH bibwira yuko imvura itazagwa,none dore baciriweho iteka kandi bararimbutse kuko inutmva zirira kumuziro uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’urupfu,uhagurukiye bene so,kuko umutware ahagurukiwe n’umugabo witwa rupfu,kandi igihe cye kitaragera.Nuko rero mubwire ashake mu maso h’Uwiteka,kuko inkozi z’ibibi zimigera amajanja kuko zishaka ko zamunyuza iyubusamo kubera ko Uwiteka abafiteho umugambi mwiza bakaba bamaze kuwubona akaba ariyompamvu bohereje umutware w’Ikuzimu witwa rupfu kugirango yikorere umurimo kuko umwuka wishyari ubahagurukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nuko rero akwiye gushaka mu maso h’Uwiteka iminsi [3] kugirango yirukane uwo mushyitsi uzanywe no kurimbura ubugingo bwe,kandi umubwire ahagarike za contact agirana na bantu baziranye,kuko umwanzi w’umuntu,ari uwo murugo rwe,kandi akaba adaturuka kure uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,dore Uwiteka aravuze ngo,ntutinye kandi ntugire ubwoba,kuko atazabura kwikorera imirimo ye,nk’uko yabivuze kandi ntutinye uwo mwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi,kuko igihe cyawo cyarangiye kandi imbaraga ze,zikaba zaracirirweho iteka n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nererkwa inkozi z’ibibi zijyanwa mu butayu (Abarozi) bugufiya,ndabwirwa ngo mburire inkozi z’ibibi zose zakozze umwuga wo guhumanya ubwoko bw’Uwiteka ko,Uhoraho yamaze kubaciraho iteka kuko bakoze ibinyuranije n’itegeko ry’Umwuka w’Imana kuko basagariye abatagira shinge na rugero,kandi batariho urubanza bakaba baramennye amaraso yabo ndetse babatwara n’umugisha bituma bagira ubuzima bubi bunyuranye na gahunda Uwiteka yabategurie bituma batuka izina ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko avuga.
Amajoji ya Twagiramungu.
Mbona ishirahamwe (Association Inkundamahoro amajoji) ya Twagiramungu akorera Nyabugogo,bahabwa utuzi twa Col.Munyuza,kugirango babanyuze iyubusamo,maze mbona abanyamuryango biyo association bose bahindutse abasazi,hitabazwa aba doctor baza kubapima,maze bahageze babaca igiciro gihenze kugirango babavure,ariko Umwakagara nawe aba yamaze kohereza abandi ba doctor nabo bari baje basa naho bikorera kugiti cyabo baraza baca igiciro cyo hasi kugirango babone uko bahitana Burundi ababaye abasazi kugirango hatazamenyekana imirimo mibi babakoreye babambura ubuzima bwabo biherewe na Nyagasani.
Maze babaganga ba mbere bari baje kandi bashoboraga gukora umurimo mwiza,bimwa ikiraka kuko bahise bavangirwa na bagaga b’Umwakagara baje bakavuga ko bashobora kuvura abo bantu (abanyamuryango) b’Inkundamahoro kugiciro cyo hejuru kuko bari bamaze kubona yuko bahumanijwe maze bituma bitabaza ibiciro byo hejuru kugirango bakorane na baganga bo hanze hakoreshejwe ikoranabuhanga.
Gen.Nyamwasa Kayumba.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abacuruzi bo muri gakondo abatari abega,bose Umwakagara yamaze kubahumanya kubera ubwoba yuko bazashyigikira Gen.Nyamwasa Kayumba,bituma abashyiriramo twa tuzi twa Col.Munyuza,abagenera ubuzima bugufiya,abandi abateza kuzasara ubwo igihe cye cyo kuva ku ngoma kizaba cyegereje kugirango hatazaboneka abazamurwana bakoresheje imbaraga z’ubucuruzi agakurwa ku ngoma none abantu hafi ya bose yarabahumanije.
Nicyo kizatuma uwiteka Nyiringabo,nawe amukorera ibitunguranye,kuko yigize akagirwamana mu bantu bamutinye maze abone uko abategekesha igitugu kuzageza ubuziraherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe,aguhaye ibyicaro by’umurimo bihoraho,kandi dore ashyize imbere yawe za “NYAMPINGA” babiri [2] kugirango uhitemo uwubashye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kandi umuvumo w’ubucyene wateye ni nkozi z’ibibi,urarangiye burundu.Nuko mbona yuko Uwiteka ateje ishyari kuri “NYAMPINGA”wari yaratoranijwe kuzakomokwaho urubaro ruzakorera mu gikari cy’ubwami bw’Uhoraho,ariko yanga kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana yanjye,nibwo Uhoraho Nyiringabo yamuteje ishyari kutagombaga kuba “NYAMPINGA”wo mu gikari cy’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Nuko byose ndabyitegereza,na maso yanjye,nsobanukirwa yuko,Uhoraho ajya agira neza,kandi ko,ajya yumva umubabaro w’umuntu,wo mu mutima.Ibyo maze kubigenzuza ubwenge bw’umwuka w’Imana Uwiteka nyiringabo yampaye nk’impano iruta imibavu ihumura neza,menya yuko kubaha Uhoraho ar’ibyagaciro cyane,kandi bigirira umumaro abubaha Uwiteka,bakazaragwa ubugingi buhoraho iteka niteka ryose Amina.
Intare yo mu muryango wa YUDA.
Ubwo hageze saa inne nigice nkiri mu iyerekwa,numva mbaye nkuwapfuye,numva ntambaraga ngifite zo kuba nava kugisasiro uheree mu ijoro,nsubizwa mu iyerekwa,njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi,numva abantu bavuga ngo,Intare yo mu muryango wa “YUDA”ngo yaramanutse aragenda ashinga igicumbi cy’ubwami bwe muri gakondo ya bakiranutsi.
Malaika w’intambara.
Kandi ngo”aho yashinze ubwami bwe,mu murwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi”YERUSALEM”ngo harinzwe nabasirikare benshi cyane.Aya magambo bayabwiraga abasirikare ba Kagame Defense Force KDF,maze nerekwa ingabo z’Umwakagara zifata abaturage babonye ubwo bwami bwavugwaga,bakeka yuko ar’Umwami w’uRwanda waje kwimikirwa murwagasabo hakoreshejwe imbaraga z’umwijima.
KDF ihiga ubwami bw’Umwami Yesu bwimitswe mu murwa mukuru w’uRwagasabo.
Nibwo bafashe ababibonye bose batangaga ubwo buhamya,bajya kubereka ubwo bwami aho bwimikiwe,ariko ntabwo bwari bukigarariza amaso ya bantu,ndete nabaturage babubonye bwimikwa,ntabwo bongeye kubica iryera.Baragenda ntibabubona,maze abasirikare ba KDF,babifata nkibihuha ko bashakaga guteza imidurumbanyo ubwo bose barafata barabafunga babashyira mu nzu z’imbohe,ariko mu byukuru ibyo bari babonye byari ukuri ni uko Uwiteka yahise abahuma amaso kugirango badakomeza kureba ubwo bwami bw’umwana w’intama Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo wamaze kwimika ubwami bwe muri gakondo kugirango ubwami bw’Umwami ugiye gusimbura Kigeli V Ndahindurwa,buzabone uko bwakirwa muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo avuga.
Umurwa w’IYERUSALEM.
Ubwami bwa Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi,bwamanutse bwimikirwa muri gakondo ya bakiranutsi,mukarere ka “KICUKIRO”,aho niho buhishwe mu murwa mukuru w’”IYERUSALEM”maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bw’Uwiteka uti,ubwami bw’Umwami wabakiranutsi bwamaze kwimikwa mbere yuko Umwami w’uRwanda ugiye gusimbura Ndahindurwa yimikwa bivuze ngo,ubwami bw’uRwanda buzakorera munsi y’ubwami bw’Umwami wabakiranutsi kugirango butazatana inzira bukajya gukorera izindi mana z’ibigirwamana kandi bwarahawe umugisha n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’urupfu wohererejwe bene so,mu Mwami wacu Yesu Kristo,uturutse kumugore,kandi uwo mugore niwe ushaka kubakenya ubugingo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Lake Victoria.
Mbona hamanutse imvura y’umuhindo,imanukira mu gihugu cy’Abaphilisitia (Uganda) mu murwa mukuru waho,mbona ubwo iyi mvura yamanukaga,ni Nyanja nayo ya Lake Victoria nayo ihise ivubura amazi y’umwuzure arengera Lake Victoria maze agera ku kumurwa mukuru waho witwa Kampala maze iyo mvura inyagira abatuye uwo murwa benshi cyane.
Umurwa wa Philistia(Kampala)
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abatuye uwo murwa mukuru wa Kampala ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,amanuye ibyago bikomeye kuri uwo murwa kubera gukiranirwa,kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we utegeka isi n’ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.
Ubwo niteguraga kujya gutangaza ijambo ry’Uhoraho,ndabawirwa ngo,ntuhaguruke ngo uve murutare,kuko umwanzi yamaze kugera aho utunganiriza ijambo ry’Uhoraho,nuko mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo na none,mbona abagore [2] umwe afite ibara rya “NYAMWERU”afite amasununu kunda agend akambakamba hasi kandi ar’umuntu mukuru.Ndabwirwa ngo nigitambo Umwakagara bamuzaniye kugirango agihereze imandwa ze,kugirango yemererwe kuba yacakira Umuhanuzi kuko aramutse amubonye cyangwa akabona umubiri (umugongo) w’Umwami Kigeli V Ndahndurwa,abo bombi nibo bamugirira umumaro kuko nibo imandwa zishaka cyane kugirango yemererwe gutegeka manda ya lll
Ijmabo rero rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntuve murutare kuko hanze hatameze neza,kuko umwanze wabakiranutsi yategateze utuyira,uduhanda,nibihandagaza yibwira yuko ahari byashoboka yuko yakugwa gitumo kuko gutanga k’Umwami Ndahindurwa kutagize icyo kumumarira uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa byinshi bitandukanye,mbona abatutsi baturutse Uganda bokereza ibigori(ibigeragezo) byihuse babyokereza abatutsi baturutse I BURUNDI,maze kubera umururmba abatutsi bavuye Burundi,babirya bitarashya neza.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatutsi bavuye Uganda bambuwe ubutware bwari kubitugu byabo,ubutware bari bafite buhabwa abaturutse Burundi none bubereye umwijito w’ikinonko utazi ko imvura izongera kugwa.





