HomeInte'lJeannette kagame ararutanze

Jeannette kagame ararutanze

Amamkuru yakomeje gucicickana hirya no hino,kumbuga za internet amakuru yashyizwe ahagaragara n’umudamu warusanzwe akorana na Nyiramongi Jezebel kagame,ko inkunga zose z’amafaranga yatanzwe n’mahanga ngo yosenyashiriye mugifu cya Nyiramongi Jezebel Jeannette kagame.

Reka iyi nkuru tuyihere mu mizi,nyuma ya jenocide hagaragaye ko uburwayi bwa agakoko gatera SIDA bwiyongereye,maze umugabo w’umuhutu warutuye ku KICUKIRO SNATUB ashinga ishyirahamwe ryabarwayi agakoko ka SIDA

Uyu mugabo tutibuka amazina ye yahawe inkunga na BILL Gate FOUNDATINO igera kuri miliyoni yamadollar,ayo madollar akimara kugera muri BNR,uwo mugabo yahise ahamagarwa n’izego zishinzwe iperereza rya DMI,ako kanya yahise ahamagarwa aho aherereye maze baza kumutwara n’imodoka kw’itegeko rya Nyiramongi

Uwo mugabo baramutwaye bamuruhukiriza muri 19930,barangije baza kumufata kujya gusinyira ayo madollar nyuma yo kubona yuko nta zindi nzira barigukoresha ngo bayamwambure atabizi,ubwo bahise bamuha ibihumbi 20000frw maze bahita bamwambura rya shyirahamwe ryabarwayi bagakoko gatera SIDA

Iyo association bahise bayita FATA UMWANA NKUWAWE,ariyo nyuma yy’igihe gito yaje guhindukamo IMBUTO FOUNDATION,fata umwana nkuwawe harimo ibintu yari association ishinzwe abarwayi ba SIDA hamwenabarwayi basida.

Harindi ngingo yarikubiyemo muri zo gahunda nyuma yuko bashing iryo shyirahamwe ryokwiba abazungu biyitirira gufasha imfumbyi za jenocide nabarwayi bagakoko gatera SIDA,hari hakubiyemo ko Jeannette kagame Jezebel warufite umwana yabyaye hanze ubwo yabaga mu murwa mukuru wa Nairobi maze akamujyana kurerwa na nyina kugirango uzamurongora atazamenya ko yabyaye bigatuma abengwa kubera uburaya yaramaze gukora igihe kitari gito.

Ni uko IMBUTO DOUNDATION yavutse kugeza aho ibireye ubukombe ,muri iyi minsi niho umwe mubasangirangendo be yahunze igihugu maze ahitamo kumwanika kukarubanda buryo ki,Jezebel yasahuwe imfanyo zose zagenewe abana babakobwa,barwaye agakoko gatera SIDA,hamwe nabacika cumu

Kugeza mugingo aya amahanga yamaze kumenya no gutahura neza ko umwakagara n’umwkagara kazi ntacyo bamariye abanyarwanda ahubwo birirwa bisahurira umutungo wabanyarwanda hamwe nimfanyo zamahanga nyamara uRwanda arirwo ruzishyura iyo myenda bafashe mwizina ry’igihugu

Akatari cyera rero wa mugani wabakura mbere umuzinga uraza kuvamo umwibano,muri aya marembera y’umwakagara amabanga menshi arimo kugenda ajya ahagaragara kugirango ibyari imbaraga z’amabanga y’ikuzimu bishyirwe ahagaragara maze imbaraga z’umwanzi zirangizwe namabanga yahishe amahanga bityo uko kuzaba kubaye kurimbuka kwa BABULONI.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments