Bwenge na Buhanga baganira ku ijambo ry’Imana,niko bwenge we,ko ari wowe munyabwenge twemera twese,nta muntu numwe utakwemera ngaho dusobanurira impamvu Yesu,yavuze ngo iyo muza kuba mufite amaso nti muba mur’impumyi!.
Bwenge:Urumva ibyo abivuga yari yishingikirije ku mwuka wera,nta bwo yavugaga amaso y’umubiri,yashakaga kuvuga amaso y’umwuka,kuko abantu batekereza ko ubwenge bafite bahawe no kutumvira Imana bushobora kugira icyo bubagezaho.
Ubwenge bwakimuntu sibwiza,kuko aho niho haturutse ibyaha byadutandukanije n’Imana.Kuko mu mugambi w’Imana iyo usomye ibyanditswe neza udasimbagaurika usanga Imana nta gahunda yarifite yo guha umwana w’umuntu ubwenge kuko Imana itashakaga ko umuntu yaruha.
Niyompamvu umuntu wese wmeye kuyoborwa n’Imana,ahabwa ubundi bwenge bujyanye no kubaha Imana,nta bwo ubwenge bwa satani nabadayimoni bwakomotse mukutumvira Imana bushobora kugira icyo butumarira cyeretse iyo Umwami Yesu abyivanzemo!
1cori 2:4 And my speech and my preaching was not with enticing words of man’s wisdom, but in demonstration of the spiritand of power.1cori8:2And if any man thinks that He koweth nothing yet as he ought to know.Cori 3:6 who also hath made usable miniters of the new testament ; not of the letter, but of the spirit:for the letter killeth,but the spirit gives life.
Ubuhanga:urashaka kuvuga ko,amagambo y’Imana yica?Ubwo se nkaho yakabaye adukiza ahubwo arica?jyewe ibyo urimo uvuga ntabwo mbisobanukiwe nsobanurira kuko birandeze niba ar’ibyo naba narataye umwanya wanjye wubusa.
Bwenge:ntabwo wataye umwanya wawe ahubwo uwo utekereza ko wataye niwo uyu munsi ugushoboje kuba turikumwe tuganira kuri ijambo,abakozi biyitirira ko bakorera Imana aabenshi bakoresha inyuguti nta bwo bakoresha umwuka w’Imana,kandi nawe uziyuko umwuka ar’ikintu gikomeye.
Umuntu adafite umwuka ntiyabaho,inyamaswa nazo ni uko,inyoni nazo zishobora kutabaho kuko nazo zirahumeka,ibitambagira hasi yewe nubutaka burya burahumeka ikintu cyose Imana yaremye gifite ubugingo kirahumeka.Imodoka indege ibinyabiziga iyo bidafite umwuka ntabwo bishobora kugenda.
Niyompamvu ubona abantu bize bateza akaga mw’isi barwanira ubutegetsi nyamara bakabaye bumvikana kuko bitwa abanyabwenge ariko baranga bakamara abantu kandi bitwa injijuke ubwose urupfu ruruta urwo warukurahe?
Cyera inyuguti yaricaga kuko yahabwaga ububasha n’amategeko,ariko mu gihe cy’ubuntu bwa Kristo,tubayeho kubw’ubuntu,niyompamvu udakwiriye gutangira Imana icya cumi ukoreshejejwe namategeko ahubwo bwa bw’Imana buri muri Kristo Yesu wahaweho umutage n’Uwiteka Imana,ubwo nibwo bukuyobora binyuze murukundo rwa Kristo Umwami wabakiranutsi gutanga utitangiriye itama kuko uko ugenza nawe ariko uzagenzwa ni uko rero mwana w’umuntu ugire umwete wo gukunda Uwiteka Imana yawe,maze umutangire ibivuye kumutima wawe kuko Uwiteka agerageza imitima y’ubwoko bwe kugirango arebe ko bamukundisha urukundo rwo mu mutima cyangw abamukundisha urukundo rwo kumunwa! Niyompamvu mu bona akantu kose satani agenda agahindura itegeko akoresheje ubutegetsi nyamara bashyiraho amategeko arwanya Uwiteka Imana.
Ninayo mpamvu Uwiteka Imana nawe atazabura kubarwanya,tekereza ko nta tegeko rihana umurozi ribaho,nyamara birazwi neza,ko abarozi bahari ndetse banakora uwo murimo kubera nabo ubwabo bakora uwo murimo wokuroga ariko usanga nta tegeko rihana abatinganyi nugerageje kurishyiraho agafatwa nk’ubangamiye ikiremwa muntu.
Ibyo sibya none ahubwo uhereye cyera kose abaremanywe gukiranirwa bahora bakiranirwa,nyamara ntabwo Uwiteka yahana inkozi zibibi akoresheje amategeko yabana bab’abantu kuko iyifitiye amategeko yo gukiranuka adafite icyo ahuriweho nayo mu isi.
Bwenge na Buhanga baganira ku ijambo ry’Imana,niko bwenge we,ko ari wowe munyabwenge twemera twese,nta muntu numwe utakwemera ngaho dusobanurira impamvu Yesu,yavuze ngo iyo muza kuba mufite amaso nti muba mur’impumyi!.
Bwenge:Urumva ibyo abivuga yari yishingikirije ku mwuka wera,nta bwo yavugaga amaso y’umubiri,yashakaga kuvuga amaso y’umwuka,kuko abantu batekereza ko ubwenge bafite bahawe no kutumvira Imana bushobora kugira icyo bubagezaho.
Ubwenge bwakimuntu sibwiza,kuko aho niho haturutse ibyaha byadutandukanije n’Imana.Kuko mu mugambi w’Imana iyo usomye ibyanditswe neza udasimbagaurika usanga Imana nta gahunda yarifite yo guha umwana w’umuntu ubwenge kuko Imana itashakaga ko umuntu yaruha.
Niyompamvu umuntu wese wmeye kuyoborwa n’Imana,ahabwa ubundi bwenge bujyanye no kubaha Imana,nta bwo ubwenge bwa satani nabadayimoni bwakomotse mukutumvira Imana bushobora kugira icyo butumarira cyeretse iyo Umwami Yesu abyivanzemo!
1cori 2:4 And my speech and my preaching was not with enticing words of man’s wisdom, but in demonstration of the spiritand of power.1cori8:2And if any man thinks that He koweth nothing yet as he ought to know.Cori 3:6 who also hath made usable miniters of the new testament ; not of the letter, but of the spirit:for the letter killeth,but the spirit gives life.
Ubuhanga:urashaka kuvuga ko,amagambo y’Imana yica?Ubwo se nkaho yakabaye adukiza ahubwo arica?jyewe ibyo urimo uvuga ntabwo mbisobanukiwe nsobanurira kuko birandeze niba ar’ibyo naba narataye umwanya wanjye wubusa.
Bwenge:ntabwo wataye umwanya wawe ahubwo uwo utekereza ko wataye niwo uyu munsi ugushoboje kuba turikumwe tuganira kuri ijambo,abakozi biyitirira ko bakorera Imana aabenshi bakoresha inyuguti nta bwo bakoresha umwuka w’Imana,kandi nawe uziyuko umwuka ar’ikintu gikomeye.
Umuntu adafite umwuka ntiyabaho,inyamaswa nazo ni uko,inyoni nazo zishobora kutabaho kuko nazo zirahumeka,ibitambagira hasi yewe nubutaka burya burahumeka ikintu cyose Imana yaremye gifite ubugingo kirahumeka.Imodoka indege ibinyabiziga iyo bidafite umwuka ntabwo bishobora kugenda.
Niyompamvu ubona abantu bize bateza akaga mw’isi barwanira ubutegetsi nyamara bakabaye bumvikana kuko bitwa abanyabwenge ariko baranga bakamara abantu kandi bitwa injijuke ubwose urupfu ruruta urwo warukurahe?
Cyera inyuguti yaricaga kuko yahabwaga ububasha n’amategeko,ariko mu gihe cy’ubuntu bwa Kristo,tubayeho kubw’ubuntu,niyompamvu udakwiriye gutangira Imana icya cumi ukoreshejejwe namategeko ahubwo bwa bw’Imana buri muri Kristo Yesu wahaweho umutage n’Uwiteka Imana,ubwo nibwo bukuyobora binyuze murukundo rwa Kristo Umwami wabakiranutsi gutanga utitangiriye itama kuko uko ugenza nawe ariko uzagenzwa ni uko rero mwana w’umuntu ugire umwete wo gukunda Uwiteka Imana yawe,maze umutangire ibivuye kumutima wawe kuko Uwiteka agerageza imitima y’ubwoko bwe kugirango arebe ko bamukundisha urukundo rwo mu mutima cyangw abamukundisha urukundo rwo kumunwa! Niyompamvu mu bona akantu kose satani agenda agahindura itegeko akoresheje ubutegetsi nyamara bashyiraho amategeko arwanya Uwiteka Imana.
Ninayo mpamvu Uwiteka Imana nawe atazabura kubarwanya,tekereza ko nta tegeko rihana umurozi ribaho,nyamara birazwi neza,ko abarozi bahari ndetse banakora uwo murimo kubera nabo ubwabo bakora uwo murimo wokuroga ariko usanga nta tegeko rihana abatinganyi nugerageje kurishyiraho agafatwa nk’ubangamiye ikiremwa muntu.
Ibyo sibya none ahubwo uhereye cyera kose abaremanywe gukiranirwa bahora bakiranirwa,nyamara ntabwo Uwiteka yahana inkozi zibibi akoresheje amategeko yabana bab’abantu kuko iyifitiye amategeko yo gukiranuka adafite icyo ahuriweho nayo mu isi.