HomeNewsIsubiranamo ry’Abahinduro na za magigiri muri leta zunz’ubumwe z’America!

Isubiranamo ry’Abahinduro na za magigiri muri leta zunz’ubumwe z’America!

 

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu ntore z’umwakagara,aravuga ko,intore hamwe n’umwakagara batamerewe neza,nyuma yaho gahunda yo kwiba umugogo no gukoresha inguvu nyinshi cyane bakonyuze mu uryango w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa aho bahawe intorano kugirango bagambanire Umwami w’uRwanda wari umuvandimwe wabo.

Icyo gikorwa kikaba cyateguwe na za magigiri zifatanije na Ezira Mpyisi kubufatanye bwe na Mukabayonjo Christine hamwe na Specioza Mukabayonjo maze bakoresha uwahoze ar’umujepe Ntaganira Christian nibwo yahawe utuzi twa Munyuza ashyiriramo se wabo Ndahindurwa aramunangura.

Ibyiringiro bari bafite bakimara kumuhitana bisa naho bashubije amerwe mu isaho,kuko bagiye kwiba umugogo w’Umwami bitwaje impapuro mpimbano nabyo biba iby’ubusa.Bamaze kumenya yuko ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro bwamaze gushaka umunyamategeko (LAWYER) bahise bacika intege ku buryo bugaragara.

Amakuru avuga ko bashatse uburyo batanga intonorano mu ba police ba America,Babura uwakwakira izo ntonorano zabo.Bamaze kubona bibarangiranye nibwo Jezebel Nyiramongi yahise abongerera cash (Dollar) ngo bagume mur’America kugirango bagigire uko gahunda zirimo kugenda kugirango barebe ko babona plan (b) yo guhitana Chancellor w’ubwami bw’uRwanda.

KibukayireIbisambo birasetsa,biratangaje kubona Christine Mukabayonjo nyuma yo gufatwa agiye kwiba umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa,noneho akomeje guhiga hasi hejuru Chancellor kandi mu by’ukuri arabizi ko Umwami Kigeli base bavukana ntabwo ari mushiki we direct ubwo yari yaje yitwaje umuhungu we ngo abe ari we usimbura Ndahindurwa kandi umugabo we ar’Umuhutu w’Umurundi.

Niryali abanyarwanda bagize Umwami ukomoka mu bahutu b’Abarundi?Bimaze kubayobera,ubu noneho intore zadukanye bya bitutsi byabo byari bimaze igihe bisa nibicogoye.Nibwo bihaye gutuka Chancellor batuka radio itahuka wagirango barahita bayikuraho ariko ibyo byose bigaragaza ubwoba bafite by’ibigiye kubabaho.

Intore zitandukanye ngo zirimo gushakisha kumenya amakuru yuguiye gusimbura Ndahindurwa,bakaba banashakankumenya nimba inteko y’Umwami Ndahindurwa izakomeza imirimo yayo kandi batarimika undi Mwami?

Nyuma yuko umwakagara ananiwe gutwara umugogo w’Umwami Ndahindurwa watanze aciwe igihanga n’Abahindiro bakoranaga n’Umwakagara ngo kugirango bahabwe intonorano igice nyuma,no kugirango bimike umwana wa Christine Mukabayonjo ukora murugand akwa Rujugiro mu gihugu cy’Uburundi.

Uwitwa MBUMBUZA KIBUKAYIRE yahise afata audio yafashe amajwi magigiri mugenzi we Christine ayitanga cyangwa ayoherereza Chancellor w’ubwami bw’uRwanda Benzinge ngo amwereke yuko adashigikiye abakagara ko umugogo utwarwa muri gakondo.Nyamara nubwo akomeza kwibeshya mu bwenge bwe ko ari igikomangoma,ubanza yaba yibeshya kuko ibyo yapfanaga na Ndahindurwa bisa nibyarangiye.

Biratangaje kubona umuntu wakugambaniye ngo baguce igihanga,ahindukira akakwita papa!?Ibigoryi biragwira!Injangwe yaraye hanze yitwa inturo,n’Inkoko yaraye hanze yitwa inkware!Ariko amakuru avuga yuko ngo bashatse Chancellor ngo bamuce igihanga,baramubura!None barimo kugerageza kureba yuko bamuvugisha bakumva ko yabavugisha kuko ngo burya ushaka kwica ubukombe arabwagaza!

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments