Feb 15, 2017 njyanwa mu iyerekwa,mbona ibitaboneshwa amaso y’umubiri wa bantu,mbona Inzika y’Inzigo yari yateguye umukoro yashyize ku isoko ngo uritsindira abe ari we uhabwa uwo mugabane wo kurikora.Maze numva Nzika avuga ngo,bampe iryo soko,ngiye gukora uwo mukoro,arongera arabihindura ariha mwene wabo bari bafatanije gutanga iryo soko.
Ubwo bamaze kunyima iryo soko mbona mu nzu yo gutekerwamo,hariho iziko ryaka umuriro ariko uwo muriro ukeneye yuko bahungiza kugirango imbaraga z’umuriro ziyongere.Nuko mfata inkooko bagusoza ingano ntagira guhungiza mbona umuriro wiyongereye imbaraga zawo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yaraguhize cyane ariko nta cyo yabashije kugeraho,ariko kandi yanarahiye cyane ko bakaza umurego wo kuguhiga kugeza bakubonye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
None dore umukoro wabo wahindutse imfabusa,niyompamvu ukwiriye gukora amasengesho kugirango uburizemo imigambi y’umwanzi kugirango ushobore gukomeza umurimo wa data wo mu Ijuru niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho nkomeza kumva imyasiro y’ijwi ry’umwuka wera,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ageze mu bihe bye bya nyuma.
None yarahiye ngo ntazaryama ntazasinzira ataguciye igihanga kuko ageze mu bihe bya nyuma bya marembera nuko rero urabe umunyabwenge kandi ube umuhanga mu byo ukora byose kugirango Uwiteka arinde ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Niyompamvu nguhaye uwo mu gabane uwuhawe kuko wabaye umwizerwa imbere yanjye,kandi ukaba utaratinye intambara z’ubwoko bwawe (Abatutsi) cyangwa ngo utinye gusebwa nurubwa rw’inkozi z’ibibi.Kubera iyo mpamvu umugambi wanjye wo gushinga igicaniro muri gakondo ya bakiranutsi,waruri hejuru ya Antoine Rutayisire none waburijwemo no gutinya no kutizera Uwiteka Imana Nyiringabo no gushaka ibyihuse uburyo igicaniro Antoine yagikozemo nta bwo ari ko cya gombaga gukorwamo.
Nagambiriye kuzashyira izina ryanjye muri gakondo ya bakiranutsi,kandi nzashirwa mbigezeho kuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo waremye Ijuru nisi,niki cyananinra?Uko niko Uwiteka abaza!Ndabwirwa ngo niyompamvu itorero ryo muri gakondo ridashobora kubohorwa ngo rikoreshwe ibikomeye kubera yuko bapfukamiye Baar,nerekwa itorero rigerageza kwibohora birananirana kuko bayoborwa n’Umwakagara aho kuyoborwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda wongere ubabohe batazapfa bibohoye kuko batagaragaje kwera k’Uwiteka Imana imbere ya bakomeye.
Nuko ndazamuka ngera aho uwo mugore yaragiye mubwiherero nsanga arimo kwituma (kubohorwa) maze mbona amazira ntoki hejuru y’umwobo yararimo yitumamo ndayasunika amugwa hejeru maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu ugize neza cyane uriya mugore ntabwo azashobora kwibohora ahubwo yongeye kubohwa kuko kubohorwa kwe,Uwiteka atabifitemo umumaro ahubwo ari bo bishakira icyubahiro kumenyekana mu bakomeye yuko babana n’Uwiteka kandi batabana nawe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abovuga.
Save
Save
Save
Save