Home Great Lakes Inyeshyamba ndundi zatangiye intambara yo gukuraho Nkurunziza.

Inyeshyamba ndundi zatangiye intambara yo gukuraho Nkurunziza.

0

Amakuru yaraye ageze ku inyangeNews,aturuka mu murwa mukuru wa Bujumbura,aravuga yuko inyeshyamba zirwanya peter Nkurunziza wihaye kuyobora manda ya lll itemewe n’amategeko,zaraye zirashe ahitwa Kayanza uturuka kumupaka w’uRwanda n’Uburundi.

Aya makuru yemejwe nibinyamakuru bitandukanye birimo ibitangaza makuru mpuzamahanga,ndetse kumakuru twaraye tubagejejeho,yavugaga yuko,igihugu cy’America cyamaze kugabisha abakuru b’Uburundi ko bagiye gukorerwa impapuro zibata muri yombi kubera bahinyoye agateka ka zina muntu.

Kuba America yasohoye iryo tanagazo birerekana yuko,naho Nkurunziza yatsinda amatora yo kuongera kuyobora icyo gihugu ku nshuro ya lll,ntamahirwe ayaba afite kuko amakuru agera ku inyangeNews aturuka ahantu hizewe avuga ko abo bayobozi barimo Peter Nkurunziza bamaze gukorerwa impapuro zibata muri yombi.

Bisobanuye ko NDD-FDD gutsinda kayo ntacyo kumaze ahubwo bishyize mukaga gakomeye cyane kuko bagiye kurangiriza ubuzima bwabo muri gereza kubera abantu barashwe n’igipolice cy’Uburundi.

Ibi bikaba biri mubuhanuzi igice cya (10) cy’ubuhanuzi aho buvuga yuko abayobozi bakuru b’igipolice bagiye kuryozwa iby’intambara barwanye hagati yabo nabasivile kandi abasivile baraharaniraga uburenganzira bwabo bahabwa n’ibwiriza shingiro.

Ibyo byatumye inyeshyamba ziyoboka ishyamba maze zitangira kurasa igihugu cy’Uburundi ari nacyo gihugu nyiriza cyabo.Amakuru kugez’ubu ntaramenyekana izina ryizo nyeshyemba ndetse nuziyoboye ntabwo aramenyekana.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar